Uko serivisi n’inganda byahinduye isura y’umusaruro mbumbe w’u Rwanda

Mu gihe cy’amezi atatu ya mbere y’umwaka wa 2025, u Rwanda rwagize impinduka zigaragara mu bukungu, aho umusaruro mbumbe w’igihugu wageze kuri miliyari zisaga 5 z’amafaranga y’u Rwanda, uvuye kuri miliyari zisaga 4 mu gihembwe cya mbere cya 2024. Ibi bivuze ko umusaruro mbumbe wiyongereyeho 7.8%, ibintu byafashijwe ahanini n’izamuka rikomeye mu rwego rwa serivisi n’inganda. Abaturage n’inzobere mu by’ubukungu bagaragaza uko iri zamuka rishimangira intambwe y’ubukungu u Rwanda rugenda rutera, ariko banagaragaza ibibazo bikiri mu buhinzi ndetse n’ahari intege nke mu yandi masoko y’umusaruro mbumbe. Serivisi n’inganda byagize uruhare…

SOMA INKURU

Isoko ry’ibikomoka kuri peteroli mu kaga: U Rwanda rwiteguye gute guhangana n’iki kibazo?

Mu gihe Isi yugarijwe n’inkubiri y’intambara hagati ya Iran na Israel, u Rwanda rwahisemo kudategereza ingaruka z’iri hungabana, ahubwo rushyira imbere ingamba zo kwigira no kwirinda gutungurwa n’ingaruka zituruka ku mpinduka z’isoko rya peteroli. Intambara yatangiye ku wa 13 Kamena 2025, yahise itera ibibazo ku masoko ya peteroli, aho ibitero byibasiye ibikorwaremezo bikomeye bifasha mu gutunganya no kubika amavuta y’imodoka n’indege. Ibi byatumye ibiciro bitangira kuzamuka, bikagera kuri 78.85$ ku kagunguru k’amavuta adatunganyije kuwa 19 Kamena, bivuye ku izamuka rya 7% mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa. Guverinoma y’u Rwanda mu…

SOMA INKURU

Ikiriyo cy’uwahoze ari perezida wa Zambia cyasubitswe bitunguranye

Mu gihe Zambia yari mu bihe by’amarangamutima yo gusezera kuri Dr. Edgar Lungu Chagwa wahoze ari Perezida w’iki gihugu, habaye impinduka zidasanzwe zatumye gahunda yari iteguwe na Leta ihagarara, biturutse ku kutumvikana gukomeye hagati y’ubutegetsi n’umuryango wa nyakwigendera. Lungu yapfiriye muri Afurika y’Epfo ku itariki ya 5 Kamena 2025, ahatangiriye ibiganiro hagati y’impande zombi ku bijyanye no kumucyura no kumushyingura mu cyubahiro. Gusa, imishyikirano ntiyagenze uko byari byitezwe. Ku wa 18 Kamena, ubwo igihugu cyari cyiteze kwakira umurambo wa Lungu ku kibuga cy’indege cya Lusaka, ibintu byahindutse. Umuryango we watangaje…

SOMA INKURU

Ukraine’s Zelenskyy warns diplomacy in crisis after Trump’s early G7 exit

Ukraine’s leader was denied a meeting with his most powerful ally, after Donald Trump left the summit a day early. The Group of Seven summit in Canada has ended without leaders issuing a joint statement in support of Ukraine, as Ukrainian leader Volodymyr Zelenskyy warned that “diplomacy is now in a state of crisis”. The summit of major industrial democracies, which wrapped up in the Canadian Rocky Mountain resort of Kananaskis late on Tuesday, had been intended to showcase unity on major global issues. But unlike in previous years, when…

SOMA INKURU

Guerre Israël-Iran: Trump appelle à une “capitulation sans conditions” de Téhéran

Donald Trump a appelé mardi à la reddition de l’Iran et assuré que les États-Unis pouvaient aisément tuer le guide suprême iranien, alors que la confrontation militaire entre Israël et Téhéran se poursuit. Donald Trump a considérablement haussé le ton contre l’Iran mardi 17 juin, assurant notamment que les États-Unis “savaient exactement où se cachait” le guide suprême iranien Ali Khamenei mais qu’ils ne comptaient pas le tuer “pour le moment”. Dans un message en lettres majuscules sur sa plateforme Truth Social, le président américain a aussi exigé une “CAPITULATION…

SOMA INKURU

“Dukwiriye kubaha abacu tubashyingura mu cyubahiro” – Dr. Bizimana

Mu muhango wo gushyingura mu cyubahiro imibiri 260 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwibutso rwa Rusiga, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, yongeye gusaba abatuye akarere ka Rulindo n’abanyarwanda muri rusange kugira uruhare mu gutanga amakuru y’ahakiri imibiri itaraboneka, kugira ngo abishwe bashyingurwe mu cyubahiro. Ni umuhango waranzwe no kwibuka no guha agaciro abazize Jenoside yakorewe abatutsi batarabona aho baruhukira mu mahoro. Muri uru rwibutso hashyinguye imibiri ibihumbi 6,437, rukaba ruherereye mu murenge wa Rusiga, hakaba hari gukorwa gahunda n’imyiteguro izatuma ruba urwibutso rw’akarere ka…

SOMA INKURU

Kigali yifuza kuba igicumbi gishya cya Loni mu rwego rw’amavugurura y’ubukungu

Mu gihe Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu cyerekezo cyo kuvugurura imikorere no kwimurira zimwe mu nzego zawo mu bihugu bidahenze, u Rwanda rwafashe iya mbere mu kugaragaza ubushake bwo kwakira izo mpinduka. Mu ibaruwa yandikiwe umunyamabanga mukuru wa Loni ku wa 15 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yemeje ko u Rwanda rwiteguye kuba urugo rushya rw’amashami, ibikorwa, n’inzego za Loni, by’umwihariko mu gihe hagamijwe gukemura ibibazo by’ubukungu byugarije umuryango. Kuki u Rwanda? Ibisobanuro bya Kigali ku bushake bwarwo Muri iyo baruwa, u Rwanda rushimangira ko rwifitemo…

SOMA INKURU

Que sait-on des premiers pourparlers directs entre la Russie et l’Ukraine depuis 2022 ?

Trois ans après un premier rendez-vous qui n’avait abouti à rien, Istanbul accueille, jeudi, de nouveaux pourparlers de paix directs entre l’Ukraine et la Russie. Des discussions qui se feront en l’absence de Vladimir Poutine. Plus de trois ans après le début de l’invasion russe de l’Ukraine, Kiev et Moscou sont sur le point, jeudi 15 mai, de relancer des pourparlers de paix directs à Istanbul, en Turquie. Une première depuis le printemps 2022. Le président ukrainien Volodymyr Zelensky a appelé son homologue russe Vladimir Poutine à s’y rendre pour…

SOMA INKURU

Yasutse amarira imbere y’urukiko nyuma yo gushinjwa ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa Kabiri Tariki 5 Gicurasi, nibwo Turahirwa Moses wamenyekanye mu iby’imideli ubwo yashingaga inzu idoda ikanacuruza imyambaro “Moshions”, yitabye urukiko mu iburanisha ry’icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge akurikiranyweho ndetse akaba akinakorwa iperereza ku kuba yaranabicurizaga. Umushinjacyaha yagaragaje ko inyandiko y’abagenzacyaha bakoze iperereza no gufatwa yerekanye ko Turahirwa yafatanywe udupfunyika 13. Ku bijyanye no gutunda ibiyobyabwenge, umushinjacyaha yavuze ko bishimangirwa no kuba mu ibazwa rye, Moses yaremeye ko ibiyobyabwenge yafatanywe yabivagana muri Kenya akabinywa. Ku bijyanye no kubika ibiyobyabwenge bishimangirwa no kuba yaremeye ko yafatanywe urumogi, nubwo atemera ingano y’urwo…

SOMA INKURU

Ingamba nyinshi zafatiwe abimukira bari muri Amerika

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bukomeje gushyira igitutu ku bimukira batujuje ibyangombwa, kuri iyi nshuro hatangajwe ko abazibwiriza kuva muri Amerika, bemerewe amahirwe yo kugaruka muri iki gihugu ndetse bagahabwa ibyangombwa mu gihe byagaragara ko ari abantu beza, bakunda iki gihugu. Minisitiri Noem yatangaje ko umwimukira utemewe n’amategeko uzamenyesha leta ko ashaka gusubira mu gihugu yaturutsemo, azahabwa tike y’indege imucyura ndetse n’amadolari igihumbi. Minisitiri w’Umutekano w’Imbere, Kristi Noem, yatangaje ko kwibwiriza kuva muri Amerika ari bwo buryo bwiza ku bimukira batemewe n’amategeko kuko ari bwo bwabarinda gutabwa muri yombi. Hari…

SOMA INKURU