Umuhanzi Justin Bieber yagaragaye mu ruhame yambaye imyambaro yo kogana, bituma bamwe bongera kwibaza ku buzima bwe bwo mu mutwe, nyuma y’iminsi mike bihwihwiswa ko yaba yaratandukanye n’umugore we Hailey Baldwin. Uyu muhanzi yagaragaye mu Mujyi wa New York ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize tariki 8 Gashyantare 2025, yambaye imyambaro yo kogana. Byabaye mbere y’uko umugore we Hailey agaragaye asangira na Kendall Jenner ahitwa Big Apple yasize umugabo we. Ibi byatumye hibazwa ku mubano w’aba bombi umaze igihe ukemangwa na benshi bakurikirana imyidagaduro. Amasaha ya mbere y’uko Justin Bieber agaragara…
SOMA INKURUCategory: Imyidagaduro
P-Diddy yibasiwe n’uburwayi bwari bwagizwe ibanga
Amakuru asa nk’ayari yagizwe ibanga, yatangajwe na TMZ ko umuraperi P-Diddy umaze amezi 4 afungiye muri gereza ya Brooklyn, yajyanywe mu bitaro by’igitaraganya mu Mujyi wa New York nyuma yo kugira ikibazo cy’ivi. Iki kinyamakuru kivuga ko ibi byabaye kuwa 30 Mutarama 2025, gusa ntabwo P-Diddy yaraye mu bitaro, yasubijwe muri gereza. Ntabwo abanyamategeko ba P-Diddy, bigeze bifuza kugira icyo bavuga ku burwayi bwe, ariko abaganga batangaje ko ikibazo Diddy yagize gishingiye ku mvune ya kera yongeye kubyuka. P-Diddy ategereje kuburana muri Gicurasi 2025, nyuma y’uko urukiko rwanze ingwate inshuro…
SOMA INKURUIkihishe inyuma yo kutitabira igitaramo yari ategerejwemo na benshi ku bunani
Mu gitaramo cyari cyiswe “Ab’ubu n’ab’ejo” cyitabiriwe n’abacuranga indirimbo zigezweho ndetse n’iza gakondo, ryari ihuriro ry’urubyiruko n’abakuze barimo Orchestre Impala, Le Fellows, Dauphin, n’Umuhanzi Jado Famous baza gutenguhwa no kutabona Kayirebwa Cecile. Umuhanzi nyarwanda w’icyamamare Cecile Kayirebwa ufatwa nk’icyitegererezo mu bahanzi nyarwanda kubera ijwi n’injyana byanyuze benshi mu myaka irenga mirongo itatu y’ubuhanzi, yari ategerejwe nk’umushyitsi mukuru mu gitaramo cyo ku Bunani kuri ’LUXURY GARDEN’ ariko birangira ataje. Mu gihe igitaramo cyari kinikije, abakunzi be bamubuze mu bahanzi bari bategerejwe, maze batangira kwijujuta ariko abateguye igitaramo bahise bamushyira ku ndangururamajwi…
SOMA INKURUThe Ben yasabye imbabazi abanyarwanda mu izina rye na Meddy
Mu kiganiro cyihariye The Ben yagiranye n’umunyamakuru Jado Castar wa B&B FM, yatangaje ko asabye imbabazi abanyarwanda bafashe kuguma kwe na Meddy muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nko kubatenguha, ahamya ko cyari icyemezo batigeze bajyana ubwo berekezagayo mu mwaka wa 2010. Muri iki kiganiro, The Ben yagize ati “Ni icyemezo tutagiye dufite n’ikimenyimenyi Meddy yari yaragiyeyo aragaruka. Mu yandi magambo ntabwo gahunda yari ukugumayo.” The Ben ahamya ko nyuma yo kwamamara cyane, bageze aho babona ko kubaho ubuzima bw’i Kigali nk’ibyamamare byari bigoye, ari na yo mpamvu bahisemo kugenda.…
SOMA INKURUAmakuru mutamenye ku ifatwa rya Miss Muheto Divine
Polisi y’u Rwanda yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko mu minsi ishize yataye muri yombi Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022, kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agira, akagonga ndetse yangiza ibikorwaremezo, anagerageza guhunga nyuma yo kugonga. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Ukwakira 2024n nibwo mu itangazo ryashyizwe hanze Polisi yagize iti “Polisi iramenyesha ko idosiye ya Miss Muheto Divine wambitswe ikamba rya Miss Rwanda mu 2022, yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha akaba ashinjwa ibyaha byatangajwe hejuru. Amakuru tukesha IGIHE atangaza …
SOMA INKURUYoung Grace Arrives in Dubai for Upcoming Concert and Birthday Celebration
Young Grace, an established female artist in the music industry, has arrived in Dubai to perform at a highly anticipated concert scheduled for September 21, 2024. The event will not only celebrate her music but also mark her birthday, and she plans to treat her fans to tracks from her latest album. The rapper is set to perform at the “Dubai Hot Party,” which will take place at the Sun & Sand Matrix African Club, located within the Plaza Hotel in Dubai. Young Grace landed in Dubai on the morning…
SOMA INKURUBelgian Miss Ready to Help Revive ‘Miss Rwanda’ Pageant
Belgian beauty queen Kenza Johanna Ameloot, who has Rwandan roots, is actively involved in charity work, particularly in providing medical treatment for underprivileged children suffering from cataracts. In addition, she has expressed her readiness to support efforts to bring back the Miss Rwanda pageant. Ameloot made these remarks on Wednesday, September 11, 2024, when discussing the possibility of reviving the Miss Rwanda competition and her willingness to contribute to its return. “I believe the Miss Rwanda pageant has greatly benefited young women in Rwanda, and I think it would be…
SOMA INKURU“SIKOSA” Unites The Ben, Kevin Kade, and Element removed from Kevin Kade’s YouTube channel
By ANGE KAYITESI The Rwandan music scene has been buzzing with excitement following the release of “SIKOSA,” a new collaboration between The Ben, Kevin Kade, and Element. This unexpected trio has created a track that is quickly becoming a favorite among fans, blending their unique styles to create a memorable and infectious song, It was as a result removed from Kevin Kade’s YouTube channel on Thursday before it was recovered a day later. “SIKOSA” is a powerful fusion of The Ben’s soulful melodies, Kevin Kade’s fresh and dynamic lyrics, and…
SOMA INKURUZari Hassan yashyize ukuri hanze ku makimbirane afitanye n’umugabo we
Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The Boss Lady, yabwiye umugabo we baheruka kugirana ibibazo Shakib Cham ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Bibaye nyuma y’iminsi ibiri bombi bashyize ahagaragara iby’isenyuka ry’urugo rwabo, byatangiye ubwo Diamond Platnumz yajyaga mu isabukuru y’umukobwa we yabyaranye na Zari yabereye mu rugo rw’uwo muherwekazi ruherereye muri Afurika y’Epfo. Yifashishije ikiganiro yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram Zari yabwiye Shakib akwiye kwigirira icyizere, kandi ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Yanditse amagambo agira ati: “Shakib…
SOMA INKURUEddy Kenzo appointed Senior Presidential adviser on creatives
Popular Ugandan musician Eddy Kenzo has been appointed senior presidential adviser on creatives by President Yoweri Kaguta Museveni. The Ugandan National Musicians Federation President, real name Edrisa Musuuza has joined the growing list of over 160 advisers of the Head of State with his appointment set to yield fruits for an industry that has for so long been said to be ignored by the government. Kenzo’s partner Phiona Nyamutoro, who is also the Minister of State for Energy and Mineral Development took to social media to congratulate him. “Congratulations on…
SOMA INKURU