Rwandair yemeje ko yashyize mu bikorwa icyemezo cya RDC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gashyantare 2025, nibwo Leta ya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yaciye indege ziva mu Rwanda mu kirere no ku butaka bwayo, isobanura ko ari ingamba z’umutekano, nyuma y’amasaha make RwandAir yavuze ko yatangiye kubahiriza icyo cyemezo. Urwego rwa RDC rushinzwe indege za gisivili rwavuze ko indege za gisivili cyangwa za Leta zanditse mu Rwanda cyangwa se ahandi ariko zikorera mu Rwanda, zaciwe mu kirere no ku butaka bwa RDC kubera umutekano muke watewe n’intambara Mu itangazo RwandAir yashyize hanze, yavuze…

SOMA INKURU

Imyambarire ya Justin Bieber yateye benshi kwibaza ku buzima bwe bwo mu mutwe

Umuhanzi Justin Bieber yagaragaye mu ruhame yambaye imyambaro yo kogana, bituma bamwe bongera kwibaza ku buzima bwe bwo mu mutwe, nyuma y’iminsi mike bihwihwiswa ko yaba yaratandukanye n’umugore we Hailey Baldwin. Uyu muhanzi yagaragaye mu Mujyi wa New York ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize tariki 8 Gashyantare 2025, yambaye imyambaro yo kogana. Byabaye mbere y’uko umugore we Hailey agaragaye asangira na Kendall Jenner ahitwa Big Apple yasize umugabo we. Ibi byatumye hibazwa ku mubano w’aba bombi umaze igihe ukemangwa na benshi bakurikirana imyidagaduro. Amasaha ya mbere y’uko Justin Bieber agaragara…

SOMA INKURU

The Impact of Illegal Stone Quarrying on Health in Muhanga district

In the heart of Rwanda’s Central Province, Muhanga District is home to breathtaking landscapes and a community that relies heavily on natural resources, especially stones and gravel, for their livelihoods. However, a growing concern is emerging in this region illegal stone quarrying, which has not only become a source of income for many but is also taking a severe toll on public health. In this article, we explore the destructive impact of illegal quarrying on the environment, the health of workers, and the surrounding community, through personal testimonies and interviews…

SOMA INKURU

USA: Abihinduje igitsina bahagurukiwe mu mikino y’abagore

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump akigera ku butegetsi yahigiye gushyiraho amategeko ahindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu mirimo itandukanye, ku ikubitiro yasinye itegeko rikumira abihinduje ibitsina mu mukino cyangwa amarushanwa yagenewe abagore. Nyuma yo gusinya iri tegeko, umukinnyi w’icyamamare wa Golf muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakinaga nk’uwihinduje igitsina, Hailey Davidson, yahise asezera burundu kuri uyu mukino. Nyuma y’iminsi irindwi akumiriye abihinduje igitsina mu gisirikare, yageze no muri siporo, asinya “Itegeko rikumira abagabo mu mikino y’abagore”. Ubwo yashyiraga umukono kuri iri tegeko…

SOMA INKURU

Cristiano Yihanangirije abagereranya ibidahuye

Rutahizamu Cristiano Ronaldo uzuzuza imyaka 4 ejo tariki 5 Gashyantare 2025, yatwaye Ballon d’Or inshuro eshanu, aba Umukinnyi mwiza wa FIFA ku Isi inshuro eshanu ndetse aba n’Umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu mwaka i Burayi inshuro enye n’ibindi byinshi, yihanangirije abagereranya ibidahuye. Igihangage mu mupira w’amaguru ku isi, umunya Portugal Cristiano Ronaldo yatangaje  ko Shampiyona ya Arabie Saoudite ikomeye ndetse inaruta iyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba yaboneyeho kunenga abagereranya izi shampiyona. Ati “Abantu bavuga badashyizemo ubwenge kandi bibaho, iyo abantu batazi ibyo bavuga akenshi baravuga cyane. Hari…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma y’ihagarikwa ry’imirwano ku ruhande rwa M23

Mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu 3 Gashyantare 2025, Umutwe wa M23 watangaje watangaje ko wafashe agahenge mu rwego rwo korohereza abakeneye ubutabazi kugira ngo babuhabwe. Ako gahenge kakaba gatangira none tariki ya 4 Gashyantare 2025 Uyu mutwe wasohoye itangazo rigira riti: “Ihuriro rya AFC/M23 riramenyesha ko bitewe n’ingaruka z’ibikorwa by’ubutegetsi bwa Kinshasa ku baturage, itangaje ibihe by’agahenge bitangira ku itariki ya 4 Gashyantare 2025, kubera impamvu z’ibikorwa by’ubutabazi.” Iri huriro kandi ryakomeje gusaba ko Ingabo za SADC ziri muri RDC ko zahava kuko ubutumwa zarimo butagifite agaciro. M23 yamaganye…

SOMA INKURU

Harateganywa impinduka zinyuranye muri serivise z’ubuzima

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko bitarenze tariki 1 Nyakanga 2025,mu rwego rw’ubuzima hagiye kubamo impinduka zinyuranye hagamijwe gutanga serivise y’ubuzima inoze. Muri izo mpinduka harimo kuba amavuriro y’ibanze arimo ibigo nderabuzima ndetse na Poste de santé bigiye kujya byishyurwa n’ibigo by’ubwishingizi mbere yo gutanga serivisi, bitandukanye n’uko byari bisanzwe bikorwa. Minisitiri Dr Nsanzimana yavuze ko kwishyura mbere bigiyeho mu rwego rwo gukemura ibibazo by’amikoro, bikunze kugaragara muri aya mavuriro kuko uburyo busanzwe bukoreshwa bwo kwishyurwa nyuma budindiza serivisi zitangirwa, kuko yakoreshaga amafaranga make na yo agatinda kubageraho. At:…

SOMA INKURU

The struggle for education among Afghan women and girls in a time of crisis

In the heart of Kabul, beneath the oppressive weight of Taliban rule, lies an unseen battle one that plays out in quiet classrooms, hidden study sessions, and in the whispered defiance of young girls and women who refuse to give up their right to an education. This is a fight not just for knowledge, but also for survival, dignity, and the future of an entire generation. The Promise Broken In August 2021, the Taliban returned to power, swiftly dismantling years of progress for women and girls in Afghanistan. One of…

SOMA INKURU

Amagaju FC yakoze mu ijisho APR FC

Mu mukino watangiye uryoheye ijisho mu gihe cya mbere, aho ku ruhande rw’Amagaju FC Useni Kiza Seraphin yagerageje gushimisha abari muri Stade, ku ruhande rwa APR FC Dauda Yussif Seif nawe ari nako ashimisha abafana, ariko byarangiye ku nshuro Amagaju akoze mu ijisho abafana ba APR FC. Ibi bikaba byabaye kuri iki Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, aho ikipe y’Amagaju FC yatsindiye APR FC kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye 1-0, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona, akora amateka wo kuyitsinda bwa mbere. Umunya-Ghana Dauda Yussif ku munota wa 32,…

SOMA INKURU

Abagenewe urukingo rwa virusi itera SIDA ni bantu ki? Rumara igihe kingana iki?

Gahunda yo gutanga urushinge rukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA “Cabotegravir (CAB-LA)”, yatangijwe mu Rwanda tariki 3 Mutarama 2025, itangirizwa mu bigo nderabuzima bya Gikondo na Busanza biherereye mu mujyi wa Kigali. Uru rushinge ruterwa umuntu utarandura virusi itera SIDA, urwa mbere rukamara ukwezi na ho urwa kabiri rukamara amezi abiri, bivuze ko buri mezi abiri uwahisemo ubu buryo asubira kwiteza urushinge. Iyi gahunda ikaba yaragenewe abafite ibyago byinshi byo kwandura virusi itera SIDA kurusha abandi, barimo abakora uburaya, ababana n’abo bashakanye umwe ari muzima undi yaranduye n’abandi. Umuyobozi…

SOMA INKURU