Ibi akaba yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Ukwakira 2025, mu cyumba cy’inama cy’Ikigo cy’Igihugu cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Rwanda Defence Force (RDF), Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga y’Abagaba b’Ingabo zirwanira ku butaka (Land Forces Commanders Symposium), yitabiriwe n’abasirikare bakuru baturutse mu bihugu bisaga 30 byo muri Afurika n’ahandi ku Isi. Mu ijambo rye ryakiriwe n’amashyi menshi, Perezida Kagame yibukije ko ibibazo by’umutekano bikomeje gukomera ku mugabane ariko ko ibisubizo byabyo bidakwiye gutegerezwa ahandi. Ati: “Afurika iracyarangwa n’intambara nyinshi kurusha ahandi hose…
SOMA INKURUCategory: politike
Sarkozy muri gereza: Uko ubuzima bwe bwahindutse isomo rikomeye ku bayobozi b’i Burayi
Mu masaha ya saa tatu n’igice z’amanywa kuwa Mbere tariki 20 Ukwakira 2025, nibwo urusaku rw’imodoka n’abanyamakuru rwuzuye umuhanda ugana kuri gereza “Prison de la Santé”, imwe mu magereza akomeye yo mu Mujyi wa Paris. Mu modoka yijimye, irinzwe bikomeye, niho Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida w’Ubufaransa, yari yicaye agiye gutangira igihano cye cy’igifungo cy’imyaka itanu. Ni amateka mashya mu Bufaransa: Perezida wayoboye igihugu hagati ya 2007 na 2012 abaye uwa mbere winjiye muri gereza kubera ibyaha by’iperereza, kwakira amafaranga binyuranye n’amategeko no kurigisa umutungo. “Byari nk’inzozi mbi” Claire Dubois,…
SOMA INKURUAbus dans les médias: L’OVPR trace la voie d’une presse professionnelle
La liberté d’expression, pilier de toute démocratie, a été au cœur d’une conférence nationale organisée par l’Observatoire des Droits des Personnes Vulnérables (OVPR) sur la prévention des abus dans la profession médiatique. L’événement, qui s’est tenu le jeudi 9 octobre 2025, a réuni journalistes, blogueurs, You tubeurs, tiktokeurs et autres acteurs numériques, afin d’analyser les défis et responsabilités liés à l’exercice de leur métier. La conférence a permis de poser les bases d’une compréhension partagée des enjeux liés à la liberté d’expression, à la responsabilité professionnelle et à la qualité…
SOMA INKURUAbasenateri bashyize igitutu kuri RURA
Mu gihe impanuka zo mu muhanda zikomeje guhitana ubuzima bw’abatari bake, abasenateri bagize komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano basabye Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) kugaragaza ingamba zifatika zo gukura mu muhanda ibinyabiziga bishaje, by’umwihariko ibitwara abantu n’abanyeshuri. Perezida w’iyi Komisiyo, Senateri Murangwa Ndangiza Hadidja, yavuze ko bitumvikana uburyo imodoka zimaze imyaka irenga 30 mu muhanda zigihabwa ibyangombwa byo gutwara abantu kandi ari zimwe mu ntandaro z’impanuka. Senateri Nyirasafari Espérance yongeyeho ko bisi nyinshi zishaje ziterwa amarangi zikagaruka mu muhanda gutwara abanyeshuri, nyamara nta burinzi buhagije zifite.…
SOMA INKURUUko zahabu izamura igiciro niko abashoramari bunguka nyamara abacuzi bataka
Mu gihe igiciro cya zahabu ku isoko mpuzamahanga cyageze ku $ 129,76 ku igarama, ikibyihishe inyuma n’impinduka za politiki n’ubukungu ku isi. Mu Rwanda, abantu bakora muri serivisi zifite aho zihurira na zahabu (abacukuzi, abacuruzi ndetse n’abazitunganya bazibyaza ibintu binyuranye birimo imikufi) barimo guhindura ubuzima bwabo mu buryo butandukanye. Ku ruhande rumwe, abashoramari bakomeye bari kurushaho kuyibika nk’ubwishingizi bw’imari, ariko ku rundi ruhande, hari abanyarwanda batunzwe n’akazi ko kuyihindura imikufi n’ibindi bitandukanye, batangaza ko izamuka ryayo ryabaye nk’impano ifite impande ebyiri. Abasesenguzi bavuga ko uko isi irushaho guhura n’ibibazo bya…
SOMA INKURUGaza talks in Egypt: “Positive climate,” negotiators welcome
The first round of negotiations on Gaza between Hamas and Israel concluded late Monday night. “The overall climate is positive,” sources close to the Egyptian and Hamas mediators said, while UN Secretary-General Antonio Guterres called for an end “now to hostilities in Gaza, Israel, and the region.” The ” climate is positive ,” according to Egyptian mediators, as well as Hamas sources who spoke to the Qatari channel al-Jazeera, which is very close to the Palestinian Islamist movement, reports our correspondent in Cairo, Alexandre Buccianti . “The discussions were positive…
SOMA INKURUSuspect arrested in fatal shooting of Ukrainian politician, Zelensky says
Ukrainian officials have arrested a suspect in the shooting death of former parliamentary speaker and prominent Maidan protest leader Andriy Parubiy, President Volodymyr Zelensky announced early Monday. While details of the suspect’s identity were not revealed, the head of the Ukrainian police said Kyiv suspects Russian involvement. Ukraine President Volodymyr Zelensky said early Monday that a suspect had been arrested in the shooting of former speaker of parliament Andriy Parubiy, and had given an initial statement to investigators. A statement from the country’s interior minister suggested that Saturday’s killing had…
SOMA INKURUIgisirikare cya RDC mu mayira abiri: Byinshi kuri dosiye y’abasirikare bashinjwa umugambi wo guhirika Tshisekedi
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gushakisha amahoro n’umutekano mu gihe cy’impinduka zitoroshye, urubanza rw’abasirikare bakuru bashinjwa umugambi wo gukura Perezida Félix Tshisekedi ku butegetsi rwafashe indi ntera. Ubushinjacyaha bw’igisirikare bwasabye Urukiko Rukuru rwa gisirikare gufatira abo bofisiye ibihano bikomeye, birimo gufungwa imyaka 15, kwirukanwa mu ngabo no kwamburwa amapeti. Abashinjwa barimo Brigadier General Ericsson Bakati, Lt Col Gervais Malaji, Majors Jean-Marie Kasereka, Philippe Mambolo na Paluku, ndetse na Lieutenants David Lusenge na Kakule. Ubushinjacyaha bwari buhagarariwe na Gen Maj Cyprien Muwau, bwemeje ko aba bose bagize uruhare…
SOMA INKURUUbumuga si iherezo ry’ubuzima:Biyemeje guhinyuza imyumvire mibi biyubakira ejo hazaza
Mu Mujyi wa Rubavu ahazwi nko kuri “Petite barrière”, harangwa n’urujya n’uruza rw’abambukiranya umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagaragara abagabo n’abagore bafite ubumuga butandukanye harimo abafite ubumuga bwo kutabona n’ubw’ingingo, batwaye imizigo ku magare yambukiranya imipaka. Bose babarizwa muri koperative COTTRARU yahinyuje ibitekerezo by’uko kugira ubumuga ari iherezo ry’ubuzima bw’umuntu. Iyi koperative, yashinzwe mu mwaka wa 2011, itangizwa n’abanyamuryango 28 bamugariye ku rugamba, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bafite ubumuga ndetse n’abafite ubumuga bavukanye cyangwa batewe n’impanuka, ikaba yari igamije guha imbaraga abafite ubumuga binyuze…
SOMA INKURUUrurimi rw’amarenga mu Rwanda: Urufunguzo rwa byinshi ruramutse ruhawe agaciro
Mu Rwanda, abantu bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bakomeje gutabaza, basaba ko ururimi rw’amarenga rwahabwa agaciro nk’izindi ndimi, rukigishwa mu mashuri, mu bigo by’imyuga no mu nzego zose z’ubuzima rusange. Bavuga ko kutamenya no kudaha umwanya ururimi rwabo bituma bahura n’ingaruka zikomeye, zirimo kubura serivisi z’ibanze, guhezwa mu muryango nyarwanda no gushyirwa mu kaga k’ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rivuga ko ku isi hari abantu basaga miliyoni 466 bafite ubumuga bwo kutumva cyangwa kutavuga, kandi uwo mubare ushobora kugera kuri miliyoni 900 mu…
SOMA INKURU