Kuvuguruzanya kwa Benjamin Netanyahu na Perezida Biden guhatse iki ku ntambara yo muri Gaza?

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko ukuntu igihugu cye gishyigikiwe n’abaturage muri Amerika bizafasha Israel kurwana “kugeza ku ntsinzi yuzuye” kuri Hamas. Mu itangazo ku wa kabiri, Netanyahu yasubiyemo ibyo mu makusanyabitekerezo bigaragaza ko Abanyamerika barenga 80% bashyigikiye Israel mu ntambara muri Gaza. Avuze ibyo nyuma yuko Perezida w’Amerika Joe Biden aburiye ko Israel iri mu byago byo gutakaza abayishyigikiye ku isi muri iyi ntambara. Abategetsi bo muri Amerika bavuga ko barimo gukora ku gishobora kuvamo amasezerano y’agahenge. Mu itangazo rye, Netanyahu yavuze ko guhera mu ntangiriro y’intambara,…

SOMA INKURU

Ibya Apotre Yongwe byakomeje gufata indi ntera, yasabiwe igihano gikakaye

Apotre Yongwe yaburaniye mu rukiko rw’ibanze rwa Gasabo kuri uyu kabiri tariki 27 Gashyantare 2024, akaba akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Ubushinjacyaha bukaba bwamusabiye gufungwa imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, akanasubiza amafaranga abamwishyuza cyane ko we avuga ko ari benshi bamuhaye amafaranga. Aburana ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo,yavuze ko gusaba ituro atari icyaha, kuko abakirisitu benshi batanga ituro kugira ngo babone impinduka mu buzima bwabo, ndetse n’ibibazo bafite bikemuke, kandi ko ituro baba barihaye Imana. Ubushinjacyaha bwavuze ko Yongwe yizezaga abantu kubakiza akabaka amafaranga…

SOMA INKURU

Uwahoze mu Nteko Ishingamategeko ya DRC yinjiye mu ihuriro ririmo M23 anatangaza icyabimuteye

Kuwa 26 Gashyantare 2024 nibwo uwahoze ari umudepite muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu barwanashyaka bakuru b’ishyaka MLC, Mamba Jean Jacques  yatangaje ukwinjira kwe muri AFC (Alliance Fleuve Congo) ifite M23 nk’umutwe wa gisirikare wayo, ubwo yari i Bruxelles mu Bubiligi. AFC ni ihuriro ryashinzwe mu Ukuboza 2023 na Corneille Nangaa wabaye Perezida wa Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDC, rikaba rikorana na M23 nk’umutwe wayo wa gisirikare. Mamba yasobanuye ko yiyunze kuri AFC kugira ngo yifatanye na bagenzi be bari muri iri huriro gushakira RDC amahoro yakomeje kubura…

SOMA INKURU

Guerre Israël-Hamas : pourquoi l’Autorité palestinienne change de gouvernement

Le gouvernement de l’Autorité palestinienne (AP) a remis lundi sa démission au président Mahmoud Abbas. L’entité gouvernementale qui gouverne avec des pouvoirs limités en Cisjordanie occupée est vivement critiquée depuis le 7 octobre par les Palestiniens de l’intérieur pour son “impuissance” face à Israël à Gaza et en Cisjordanie occupée. Ce changement d’exécutif à venir semble être “un petit pas dans la bonne direction” en vue d’une réforme de l’AP, mais le chemin est encore long. “J’ai présenté la démission du gouvernement à monsieur le Président (Mahmoud Abbas) le 20…

SOMA INKURU

RDC: Le premier ministre Sama Lukonde démissionne

Le Premier ministre de la République Démocratique du Congo, Jean-Michel Sama Lukonde, a démissionné. Cette décision a déclenché la dissolution de son gouvernement. Après sa démission, Jean-Michel Sama Lukonde va rejoindre le parlement.   La présidence de la RDC a, ce mardi 20 février 2024, annoncé la démission du premier ministre Jean-Michel Sama Lukonde. Ce dernier a remis sa démission au président Félix Tshisekedi huit jours après la validation de son mandat de député national. Cette démission du premier ministre de la RDC a entrainé la dissolution de son gouvernement.…

SOMA INKURU

Rwanda to France: DR Congo crisis can be over if ‘real issues’ are addressed

The Rwandan government spokesperson Yolande Makolo, has responded to the accusations by France that Rwanda supports M23 rebels in eastern DR Congo. In a post on social media platform X, Makolo said on Tuesday, February 20, the French government was in position to know that a solution to the conflict in eastern DR Congo would be found if the root causes were addressed. “No one knows more about the root causes and history of the conflict in eastern DRC than France,” Makolo said. The Congolese government accuses Rwanda of supporting…

SOMA INKURU

Ni iki kihishe inyuma y’umubano udasanzwe wa Perezida Kim Jong Un na Putin?

Amakuru dukesha Russian Today, atangaza ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageneye impano y’imodoka mugenzi we wa Koreya Ruguru, Kim Jong Un. Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Gashyantare 2024, nibwo iyi mpano y’imodoka yo mu bwoko bwa Aurus, yakozwe n’uruganda rwo mu Burusiya, Aurus Motors yagejejwe i Pyongyang, kugira ngo ishyikirizwe Perezida Kim. Mushiki wa Perezida Kim, Kim Yo-jong yavuze ko iyi mpano ari ikimenyetso cy’umubano mwiza uri hagati y’aba bayobozi bombi. Ati “Iyi mpano ni ikimenyetso kigaragaza umubano wihariye uri hagati ya Perezida Putin n’umuvandimwe we.” Perezida Putin…

SOMA INKURU

Au Sénégal, le Conseil constitutionnel invalide le report de la présidentielle

Au Sénégal, la Cour constitutionnelle sénégalaise a invalidé jeudi 15 février le report de la présidentielle du 25 février au 15 décembre, plongeant dans l’inconnu le pays en proie à l’une de ses plus graves crises politiques depuis des décennies. L’instance a jugé que le texte de loi adopté par le Parlement pour reporter l’élection présidentielle, qui devait initialement se tenir le 25 février, viole la Constitution et doit être annulé. Le Conseil constitutionnel a par ailleurs annulé le décret du président Sall qui, trois semaines seulement avant l’échéance, modifiait de facto le calendrier…

SOMA INKURU

President Kagame in Addis Ababa for AU Summit

President Paul Kagame has arrived in Addis Ababa where he joins other Heads of State and Government from across the continent for the 37th Ordinary Session of the Assembly of the Heads of State and Government of the African Union. President Kagame will present a progress report on African Union reforms as the leader of the AU Institutional Reforms mandated by the Heads of State and Government of the Union. In the eight years since the start of the reforms, the revamped Peace Fund now stands close to $400 million…

SOMA INKURU

Flight of Innovation: Enhancing Tourism and Conservation Through Local Deliveries

By Diane NKUSI NIKUZE The Rwanda Development Board and Zipline collaborate to enhance tourist experiences through the delivery of ‘Made in Rwanda’ products, while simultaneously strengthening conservation efforts. A pioneering partnership takes flight, promising to revolutionize the intersection of tourism, conservation, and technology. As the dawn breaks over the majestic Volcanoes National Park, the hum of drones fills the air, heralding a new era of sustainable progress. Zipline, a trailblazer in autonomous drone delivery, unveils an unprecedented collaboration with the Rwanda Development Board (RDB). Together, they embark on a mission…

SOMA INKURU