Abazacuruza imbuto, imiti n’ifumbire bitujuje ubuziranenge bashyiriweho ibihano bikomeye

Abantu bakora ubucuruzi bw’imbuto, imiti n’ifumbire bikoreshwa mu buhinzi bazajya bahanwa bikomeye nibaramuka bagurishije ibitujuje ubuziranenge cyangwa bakarenga ku mabwiriza abigenga. Mu bihano biteganywa harimo igifungo gishobora kugera ku myaka itatu n’ihazabu y’amafaranga ari hagati ya miliyoni imwe na miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda. Ibi bikubiye mu itegeko rishya rigenga ibihingwa, ryatowe n’Umutwe w’Abadepite ku wa 23 Nyakanga 2026, rigamije gusimbura iryari risanzweho kugira ngo rijyane n’igihe ndetse rihuze n’intego za Gahunda ya Kabiri y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2). Iri tegeko rireba ibikorwa byose bifitanye isano n’ubuhinzi, birimo imbuto z’ibihingwa,…

SOMA INKURU

AFC/M23 na Twirwaneho bakomeje kwagura imbago

Mu gihe ibiganiro byo gushakira amahoro uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje guhura n’imbogamizi, ibikorwa bya gisirikare ntibirahagarara. Mu minsi ishize, ihuriro AFC/M23 n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho ryakomeje kugaragaza ubushobozi bwo kwagura ibirindiro mu bice bitandukanye bya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. Raporo yashyizwe ahagaragara n’ikigo Critical Threats, gikurikirana kandi kigasesengura ibibazo by’umutekano ku Isi, igaragaza ko kugeza kuwa 24 Nyakanga 2026, imirwano yakomeje kuvugwa muri teritwari za Masisi na Walikale ndetse no mu bice by’imisozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo, aho impande zihanganye zikomeje guhatanira kugenzura uturere dufite akamaro…

SOMA INKURU

Pariki y’Akagera yinjije arenga miliyoni y’Amadolari mu mezi atatu

Pariki y’Igihugu y’Akagera yakomeje kwerekana umusaruro ushimishije mu rwego rw’ubukerarugendo no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, aho mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026 yinjije amafaranga arenga miliyoni imwe y’Amadolari ya Amerika, akomoka ku bukerarugendo n’izindi serivisi zitangirwa muri iyo pariki. Raporo yashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera igaragaza ko muri ayo mezi atatu yakiriye ba mukerarugendo 8.919, bikaba byarayifashije kwinjiza amafaranga yiyongereyeho 4% ugereranyije n’igihembwe nk’icyo cyo mu mwaka wa 2025. Iyo raporo igaragaza kandi ko ugereranyije, buri mukerarugendo wasuye iyo pariki yakoresheje Amadolari ya Amerika 108. Amafaranga yinjiye yaturutse mu…

SOMA INKURU

RDC: Les allégations de violences basées sur le genre visant les Wazalendo alimentent les inquiétudes

« Si tu refuses, nous te tuerons »:  Des survivantes brisent le silence « Si tu refuses, nous te tuerons » Ces mots, rapportés par une survivante interrogée par Amnesty International, résument la terreur vécue par plusieurs femmes dans l’est de la République démocratique du Congo (RDC), où les violences sexuelles continuent d’accompagner le conflit armé. Dans un rapport publié en août 2025, Amnesty International affirme avoir recueilli les témoignages de 53 personnes, parmi lesquelles des survivantes de violences sexuelles, des proches de victimes, des professionnels de santé, des défenseurs…

SOMA INKURU

Oil prices fall amid pause in US strikes on Iran to give ‘space’ for diplomacy

Oil prices fell on Monday amid a pause in strikes between the US and Iran, boosting hopes for a return to a ceasefire and new talks on reopening the Strait of Hormuz. The United States held fire over the weekend after 13 days of attacks on Iran, with Washington’s UN envoy saying the US was “giving talks some space”. Tehran, in turn, said it would stop its retaliatory attacks on regional neighbours, handing Gulf shipping and the oil industry a respite. “Since … our strategy has essentially been retaliatory, we…

SOMA INKURU

Les drones au menu de la rencontre Zelensky-Burnham au Royaume-Uni

Le président ukrainien Volodymyr Zelensky se rend lundi au Royaume-Uni pour proposer un “accord sur les drones” au nouveau Premier ministre Andy Burnham. Lors de cette visite, Londres doit annoncer le partage avec l’Ukraine de la propriété intellectuelle d’un nouveau système britannique de brouillage électronique. Le nouveau Premier ministre britannique Andy Burnham reçoit, lundi 27 juillet, Volodymyr Zelensky, le premier dirigeant étranger à être accueilli depuis son arrivée au pouvoir la semaine dernière. Au programme : un possible “accord sur les drones” entre Kiev et Londres, proposé par le président…

SOMA INKURU

Ebola: En dix jours, la RD Congo recense un millier de nouveaux cas supplémentaires

La République démocratique du Congo fait face à une flambée du virus Ebola dans l’Est. Les autorités ont annoncé dimanche que 3 075 cas, dont 1 354 décès, avaient été recensés dans le pays, alors que le seuil des 2 000 cas avait été atteint mi-juillet. Plus de 3 000 cas d’Ebola ont été recensés en République démocratique du Congo depuis le début de l’épidémie, ont indiqué dimanche 26 juillet les autorités congolaises. Le seuil des 2 000 cas avait été dépassé le 15 juillet. La République démocratique du Congo…

SOMA INKURU

Rwanda: Igituntu kiracyatwara ubuzima abatari bake; dore abibasirwa kurusha abandi

Nubwo u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije mu kugabanya impfu ziterwa n’igituntu, iyi ndwara iracyari ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange, cyane cyane mu byiciro bifite ibyago byinshi byo kuyandura by’umwihariko abafite virusi itera SIDA kuko muri bo 12% bahitanwa nayo, mu gihe muri 2005 yicaga 1/2 cyabo. Abahanga mu buzima bavuga ko ubukene, imirire mibi, ubucucike bw’abaturage, ubwandu bwa virusi itera SIDA, kutamenya hakiri kare ko umuntu arwaye ndetse no gutinda kwivuza ari byo bikomeje gutuma igituntu kidacika ari nako gitwara ubuzima. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya igituntu mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima…

SOMA INKURU

Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé yanditse amateka mashya ayobora u Bufaransa muri 1/8

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Kylian Mbappé, yakomeje kwigaragaza nk’umwe mu bakinnyi bari kwitwara neza mu Gikombe cy’Isi cya 2026, nyuma yo gufasha igihugu cye gusezerera Suède kiyitsinze ibitego 3-0, gihita kigera mu cyiciro cya 1/8 cy’irangiza. Uyu mukino wabereye kuri Stade MetLife muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ijoro ryo ku wa Kabiri. Nubwo Suède yatangiye isatira ishaka igitego hakiri kare, cyane binyuze kuri Anthony Elanga, u Bufaransa bwaje gufata umukino mu maboko bugenzura umupira no guhanga uburyo bwinshi bwo gutsinda. Mbappé yagerageje kenshi gufungura amazamu mbere y’ikiruhuko.…

SOMA INKURU

Trump yanenze icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga cyaburijemo umugambi we

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje kutishimira icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga cyatesheje agaciro umugambi wari ugamije gukuraho ubwenegihugu bw’abana bavukira ku butaka bwa Amerika, mu gihe ababyeyi babo baba bari muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko cyangwa bafite uburenganzira bw’igihe gito bwo kuhaba. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, Trump yavuze ko kuba Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ko ihame ry’ubwenegihugu bushingiye ku kuvukira ku butaka bwa Amerika rikomeza kubahirizwa, ari icyemezo abona kitagirira inyungu igihugu. Yagize ati: “Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ko ubwenegihugu bushingiye ku…

SOMA INKURU