Perezida w’umutwe wa M23 yashyize hanze amakuru mashya ajyanye n’urugamba

Abinyujije ku rubuga rwa X,  Perezida w’Umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Gashyantare 2024, Ingabo za Leta n’imitwe bifatanya zagabye ibitero kuri uwo mutwe mu bice bya Mushaki n’ibindi biyizengurutse ndetse abaturage b’inzirakarengare bikabagiraho ingaruka. Yavuze ko uwo mutwe wirwanyeho ugasubiza umwanzi inyuma, ukigarurira tumwe mu duce twinshi twari mu maboko y’ingabo za Leta. Yagize ati “M23 yasubije umwanzi inyuma iramutsinda ndetse zifata n’uduce dutandukanye bakundaga gukoresha bagaba ibitero. Ingabo zacu zafashe ibice byose bya Nturo1, Nturo 2 n’agace kari kazwi cyane…

SOMA INKURU

I Goma ubwoba ni bwose

Bamwe mu batuye i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru, baravuga ko bafite ubwoba ko inyeshyamba za M23 zaba ubu zigamije kuniga uyu mujyi ugasigara nta kintu kiwugeramo. Ni nyuma y’uko ubu M23 ivuga ko igenzura aga-centre ka Shasha kari ku muhanda mukuru wa Goma – Sake – Minova – Bukavu. Ubusanzwe, Goma – umujyi uri ku kiyaga cya Kivu, ibiribwa biwugeramo hejuru ya 90% biva muri teritwari ziyizengurutse za Rutshuru na Masisi, byinjiriye ku mihanda mikuru ine: Goma – Rutshuru – Butembo (ni nawo ujya/uva Bunagana ku…

SOMA INKURU

Aux États-Unis, un accord au Sénat sur l’immigration et l’Ukraine se heurte au veto des Républicains

Les sénateurs américains se sont mis d’accord, dimanche, pour un projet de loi de 118 milliards de dollars prévoyant le financement de mesures de sécurité frontalières ainsi que des aides à l’Ukraine. Le président Joe Biden a réclamé son adoption rapide, alors que le président républicain de la Chambre des Représentants américaine le rejette. Ascenseur émotionnel pour Kiev. Alors que le Sénat américain a annoncé être parvenu, dimanche 4 février, à un accord entre démocrates et républicains pour débloquer de nouveaux financements pour l’Ukraine, tout en durcissant la politique migratoire…

SOMA INKURU

Au Sénégal, les députés se penchent sur le report de la présidentielle dans un climat tendu

Débat incandescent à venir au Parlement. Au lendemain d’une manifestation violemment dispersée à Dakar, les députés sénégalais examinent, lundi 5 février, dans un climat explosif, une proposition de loi controversée sur le report de l’élection présidentielle annoncé par le chef de l’État, Macky Sall. Le débat s’annonce houleux sur ce texte, qui reporterait le scrutin de six mois maximum et dont l’approbation, qui nécessite une majorité des trois cinquièmes des 165 députés, n’est pas acquise. Le vote est prévu en fin de matinée. Macky Sall avait annoncé samedi, quelques heures avant l’ouverture de la…

SOMA INKURU

His commitment to a united Africa will be remembered – Kagame mourns Namibia’s Geingob

President Paul Kagame has extended condolences to former First Lady Monica Geingos and Namibia for the passing of President Hage Geingob. He died in the wee hours of Sunday, February 4, at Lady Pohamba Hospital in the country’s capital, Windhoek, where he was receiving cancer treatment. Kagame eulogised the fallen 82-year-old politician as a champion of Pan-Africanism whose work would be remembered for generations to come. Geingob had led the thinly populated and mostly arid southern African country since 2015, the year he announced he had survived prostate cancer. “My…

SOMA INKURU

It is upon you to take Rwanda to its deserved position- President Kagame to Diaspora

President Paul Kagame on February 3 urged the Rwandan Diaspora to stay connected with the country and make choices that take Rwanda to the place it deserves to be. He made the remarks during the 11th edition of Rwanda Day themed: “Rwanda: A Legacy of Inclusiveness within and beyond Our Borders,” held in Washington D.C. The event brought together more than 6,000 Rwandans and friends of Rwanda living abroad to reflect on the country’s development and different avenues through which they can make their contributions. While noting the importance of…

SOMA INKURU

Perezida Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya

Nyuma y’uko mu Mujyi wa Goma humvikanye igisasu ntihamenyekane uwaba wagiteye haba ku ruhande rw’Ingabo za FARDC cyangwa urwa M23, amakuru ahari n’uko ngo Perezida Tshisekedi yahise atumiza inama y’aba Minisitiri igitaraganya. Ni ikibombe cyatewe ku masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatanu taliki 02 Gashyantare 2024 muri quartier ya Mugunga muri Komine Kalisimbi hafi n’ishuli ryisumbuye rya Nengapeta. Ibi bikimara kuba , ngo Félix Antoine Tshisekedi, Perezida w’iki gihugu cya DRC yahise ahamagaza i nama idasanzwe y’aba Minisitiri, i Kinshasa, igamije kwiga kuri iyi mirwano no kurinda umujyi wa Goma.…

SOMA INKURU

Ubukungu bw’u Rwanda buzamuka neza- Francis Gatare

Ku munsi wa mbere wa Rwanda Day i Washington D.C, tariki 2 Gashyantare 2024, ba rwiyemezamirimo, abayobozi mu rwego rw’imari n’abashoramari bahuriye mu nama yiga ku Bukungu, yateguwe n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB). Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere, Francis Gatare, yagaragaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzamuka neza, ahanini bishingiye ku ishoramari rishyirwa mu bikorwa remezo. Yavuze ko nubwo Covid-19 yahungabanyije ubukungu bw’u Rwanda, ariko bwongeye kuzahuka ndetse ubu bukaba buhagaze neza. Abitabiriye iyi nama bahawe ikiganiro ku kubaka ishoramari n’ubushobozi, hagati y’Abanyarwanda baba muri Diaspora n’abo mu Rwanda. Iki…

SOMA INKURU

Umubano w’u Rwanda na Guinée-Conakry witezweho byinshi- Ubusesenguzi

Umubano w’u Rwanda na Guinée-Conakry witezweho byinshi dore ko ari igihugu gifite ubukungu bwubakiye ku buhinzi ndetse kinakungahaye ku mabuye y’agaciro aho cyihariye ayo mu bwoko bwa bauxite n’ubutare (iron/fer) kurusha ibindi ku isi, kikagira kandi zahabu na diyama byinshi, kikaba gihabwa amahirwe yo kuba cyaba kimwe mu bikize cyane muri Afrika. Uyu mubano watangiye kumenyekana muri Mata 2023, ubwo Perezida Kagame yagiriraga uruzinduko muri Guinée-Conakry.  impande zombi zashyira umukono ku masezerano y’ubufatanye ashingiye ku bukungu, umutekano, ikoranabuhanga, ubuhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’umuco. Uza gushimangirwa kuwa 25 Mutarama 2024 ubwo Perezida…

SOMA INKURU

DRC: Intambara ikomeje gufata indi ntera uko bwije n’uko bukeye ihindura isura

Imirwano ihanganishije umutwe w’inyeshyamba wa M23 hamwe n’ingabo za Leta ya Congo iy’u Burundi ndetse n’abasirikare bo mu muryano wa SADC ikomeje gukara, dore ko nyuma y’uko hatangajwe Ambisikade yatezwe ingabo z’uburundi ziri muri iyo mirwano ubu noneho umubare wabamaze guhitanwa nayo wamenyekanye. Ni igico cyatezwe kuva 25 kugeza kuri 27 Mutarama 2024, ubwo Ingabo z’u Burundi zari zigabye igitero kuri M23 mu gace ka Muremure mu nkengero za Mweso muri Teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bikavugwa ko haguyemo abagera kuri 472 abandi 131 bagakomereka, harimo nabafashwe…

SOMA INKURU