“Dukwiriye kubaha abacu tubashyingura mu cyubahiro” – Dr. Bizimana

Mu muhango wo gushyingura mu cyubahiro imibiri 260 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwibutso rwa Rusiga, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, yongeye gusaba abatuye akarere ka Rulindo n’abanyarwanda muri rusange kugira uruhare mu gutanga amakuru y’ahakiri imibiri itaraboneka, kugira ngo abishwe bashyingurwe mu cyubahiro. Ni umuhango waranzwe no kwibuka no guha agaciro abazize Jenoside yakorewe abatutsi batarabona aho baruhukira mu mahoro. Muri uru rwibutso hashyinguye imibiri ibihumbi 6,437, rukaba ruherereye mu murenge wa Rusiga, hakaba hari gukorwa gahunda n’imyiteguro izatuma ruba urwibutso rw’akarere ka…

SOMA INKURU

Kigali yifuza kuba igicumbi gishya cya Loni mu rwego rw’amavugurura y’ubukungu

Mu gihe Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu cyerekezo cyo kuvugurura imikorere no kwimurira zimwe mu nzego zawo mu bihugu bidahenze, u Rwanda rwafashe iya mbere mu kugaragaza ubushake bwo kwakira izo mpinduka. Mu ibaruwa yandikiwe umunyamabanga mukuru wa Loni ku wa 15 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yemeje ko u Rwanda rwiteguye kuba urugo rushya rw’amashami, ibikorwa, n’inzego za Loni, by’umwihariko mu gihe hagamijwe gukemura ibibazo by’ubukungu byugarije umuryango. Kuki u Rwanda? Ibisobanuro bya Kigali ku bushake bwarwo Muri iyo baruwa, u Rwanda rushimangira ko rwifitemo…

SOMA INKURU

Que sait-on des premiers pourparlers directs entre la Russie et l’Ukraine depuis 2022 ?

Trois ans après un premier rendez-vous qui n’avait abouti à rien, Istanbul accueille, jeudi, de nouveaux pourparlers de paix directs entre l’Ukraine et la Russie. Des discussions qui se feront en l’absence de Vladimir Poutine. Plus de trois ans après le début de l’invasion russe de l’Ukraine, Kiev et Moscou sont sur le point, jeudi 15 mai, de relancer des pourparlers de paix directs à Istanbul, en Turquie. Une première depuis le printemps 2022. Le président ukrainien Volodymyr Zelensky a appelé son homologue russe Vladimir Poutine à s’y rendre pour…

SOMA INKURU

Yasutse amarira imbere y’urukiko nyuma yo gushinjwa ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa Kabiri Tariki 5 Gicurasi, nibwo Turahirwa Moses wamenyekanye mu iby’imideli ubwo yashingaga inzu idoda ikanacuruza imyambaro “Moshions”, yitabye urukiko mu iburanisha ry’icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge akurikiranyweho ndetse akaba akinakorwa iperereza ku kuba yaranabicurizaga. Umushinjacyaha yagaragaje ko inyandiko y’abagenzacyaha bakoze iperereza no gufatwa yerekanye ko Turahirwa yafatanywe udupfunyika 13. Ku bijyanye no gutunda ibiyobyabwenge, umushinjacyaha yavuze ko bishimangirwa no kuba mu ibazwa rye, Moses yaremeye ko ibiyobyabwenge yafatanywe yabivagana muri Kenya akabinywa. Ku bijyanye no kubika ibiyobyabwenge bishimangirwa no kuba yaremeye ko yafatanywe urumogi, nubwo atemera ingano y’urwo…

SOMA INKURU

Ingamba nyinshi zafatiwe abimukira bari muri Amerika

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bukomeje gushyira igitutu ku bimukira batujuje ibyangombwa, kuri iyi nshuro hatangajwe ko abazibwiriza kuva muri Amerika, bemerewe amahirwe yo kugaruka muri iki gihugu ndetse bagahabwa ibyangombwa mu gihe byagaragara ko ari abantu beza, bakunda iki gihugu. Minisitiri Noem yatangaje ko umwimukira utemewe n’amategeko uzamenyesha leta ko ashaka gusubira mu gihugu yaturutsemo, azahabwa tike y’indege imucyura ndetse n’amadolari igihumbi. Minisitiri w’Umutekano w’Imbere, Kristi Noem, yatangaje ko kwibwiriza kuva muri Amerika ari bwo buryo bwiza ku bimukira batemewe n’amategeko kuko ari bwo bwabarinda gutabwa muri yombi. Hari…

SOMA INKURU

Guerre en Ukraine : pourquoi Poutine officialise la présence des soldats nord-coréens

Le président russe, Vladimir Poutine, a reconnu, pour la première fois, que des soldats nord-coréens avaient participé aux combats dans la région de Koursk contre l’Ukraine. La fin d’un secret de Polichinelle qui intervient à un moment très opportun pour Moscou et Pyongyang qui signent, aux yeux du monde, une victoire militaire commune sur le front ukrainien. Le président russe, Vladimir Poutine, a, pour la première fois, lundi 28 avril, officialisé la présence de soldats nord-coréens aux côtés de l’armée russe face aux Ukrainiens. © Studio graphique France Médias Monde…

SOMA INKURU

Amnesty International: “The world is watching a live genocide on its screens” in Gaza

In its annual report dated Tuesday, the NGO Amnesty International stated that since the Hamas attacks on Israel on October 7, 2023, “the world has been witnessing a live genocide” in Gaza. These accusations were already made in late 2024 and rejected by Israel. Amnesty International has reiterated its accusations of “genocide” against Israel . “The world is witnessing a live genocide on its screens” committed by the Hebrew state in the Gaza Strip , denounced its Secretary General Agnès Callamard, in the preface to the organization’s annual report on…

SOMA INKURU

Impinduka nyinshi muri gahunda yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 31

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa 3 tariki 3 Mata 2025, kivuga ku gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène yatangaje uko imyiteguro ihagaze ndetse n’impinduka nyinshi zizabaho. Yatangaje ko mu cyumweru cyiIcyunamo hazatangwa ikiganiro 1 tariki 7 Mata 2025 ko ariko nta bindi bikorwa bidasanzwe  bizabaho dore ko hari hamenyerewe ibiganiro buri munsi hirya no hino mu midugudu. Minisitiri Bizimana yagize: “Twashyizemo ikiganiro kimwe gusa kizaba ku wa 7 Mata 2025 mu gitondo. Kizaba ari ikiganiro…

SOMA INKURU

Bugesera: Batewe ishema no kuzahagararira igihugu mu marushanwa ya “PISA”

Bamwe mubanyeshuri bo mu bigo bitandukanye  byatoranyijwe kuzakora isuzumabumenyi mpuzamahanga rya “PISA” 2025, bavuga ko batewe ishema no kuzisanga mu bazajya guhatana muri aya marushanwa izitabirwa n’bihugu 91 byo hirya no hino ku isi. Isuzumabumenyi rya “PISA” (Program for International Student Assessment), risanzwe ritegurwa buri myaka 3 kuva muri 2000, rikaba ryarashyizweho  n’umuryango mpuzamahanga witwa “OECD”, uvugurura politiki z’Ubukungu n’Imibereho y’abaturage. Bamwe mu banyeshuri biga mu kigo cy’ishuri cya Maranyundo girls School bavuga ko ayo masomo azakorerwamo isuzuma mpuzamahanga rya “PISA”2025 basanzwe bayatsinda neza, kandi ko biteguye kuzahesha igihungu ishema…

SOMA INKURU

Ubukangurambaga ku isuzumabumenyi mpuzamahanga “PISA” burakomeje

Kuva tariki 17 Werurwe 2025, ubukangurambaga kuri “PISA” burakomeje hirya no hino mu Rwanda, abakozi ba NESA bakaba bakomeje kuzenguruka mu bigo byatoranyijwe bizitabira iri rushanwa  basobanura byimbitse ibijyanye naryo ari nako basubiza ibibazo binyuranye babazwa n’abana bari mu cyiciro cyirebwa n’iri suzuma. Kuri uyu wa gatatu tariki 192025, ubu bukangurambaga bwakomereje mu karere ka Bugesera,  ku ikubitiro hakaba hasuwe  Maranyundo Girls School, akaba ari rimwe mu mashuri 7 yo muri Bugesera azitabira “PISA”. Abanyeshuri bagaragaje amatsiko menshi kuri iri suzuma ari nako babaza byinshi. Mu matsiko menshi, umunyeshuri wo…

SOMA INKURU