Mbere y’uko ataramira abanyarwanda i Kigali mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 17 Kanama 2019 mu gitaramo cyo gusoza Iwacu Muzika Festival cyabereye muri Parikingi ya Stade Amahoro , Umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz yabanje gusura inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya Kigali Arena Arena, akigera iwabo muri Tanzaniya Diamond yasabye Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuri kubafasha nabo kubona inyubako nk’iyi ishobora gufasha abahanzi badafite ahantu heza ho gutaramira. Ubwo yari ageze muri Tanzania Diamond Platnumz yanze kuripfana avuga ko yatangajwe n’inyubako ya Kigali Arena yabonye mu Rwanda Ati…
SOMA INKURUCategory: Imyidagaduro
Diamond akomeje kwerekana ko ari umuhanzi ukunzwe
Tariki 16 Kanama 2019 mbere y’amasaha make gusa ngo aze gutaramira mu Rwanda Diamond byitezwe ko azabanza gutaramira mu mujyi wa Bujumbura mu gitaramo gihenze kizitabirwa n’abifite, iki gitaramo cya Diamond i Bujumbura kukinjiramo bizaba ari amafaranga y’Uburundi 50000 mu myanya isanzwe mu gihe imyanya y’icyubahiro yo bizaba ari 6500 by’amafaranga y’Uburundi. Ushyize mu manyarwanda itike ya make izaba igura arenga gato 15000frw mu gihe iyi ya menshi nayo irenga 20000frw. Uyu muhanzi waherukaga i Burundi mu gitaramo yakoze tariki 28 Nyakanga 2019, cyaranzwe n’ubwitabire bwo hejuru kigasozwa n’imvururu za…
SOMA INKURUIsura y’umuhanzi Asinah yononwe
Igikorwa cyo konona isura y’umuhanzi Asinah Era cyabaye ku Cyumweru gishize ariki 4 Kanama 2019, tmu kabyiniro ka People Club gaherereye mu mujyi wa Kigali, aho uyu muhanzi wigeze no kuba umukunzi wa Riderman yatangaje ko yasagariwe n’umukobwa atazi wamusanze mu kabari akamukatisha urwembe ku itama, ku buryo byasabye ko ajyanwa mu bitaro ngo yitabweho n’abaganga. Asinah yatangaje ko byamugwiririye aho yabonye umukobwa amwegera agahita amukebesha urwembe, nta hantu asanzwe amuzi, nyuma akaza kumenya amazina ye ayabwiwe n’abasanzwe bamuzi. Ati “Njye ntabwo nari nsanzwe muzi ariko abamuzi bambwiye ko yitwa…
SOMA INKURUIkirangirire muri cinema akurikiranyweho gusambanya abanyeshuri
Umwongereza witwa Chris Obi wamenyekanye muri Filimi yitwa Star Trek yatawe muri yombi nyuma yo gushinjwa n’abanyeshuli batandatu yigishaga isomo rya “Drama”ko yabasambanyaga abandi akabakorakora. Byavuzwe ko uyu mwarimu Chris Obi yahohoteye aba bana yigishaga ubwo yakiniraga imikino y’urukundo ku myanya yabo y’ibanga. Uyu mugabo wahoze ari umwarimu wa Drama,yashukaga aba bana ababeshya ko bari gushyira mu bikorwa amasomo yabaga yabigishije ku gukina ikinamico. Chris Obi ubusanzwe amazina ye nyakuri witwa Christopher Ogugua yasambanyije umukobwa umwe abandi 5 abakorakorakora ku myanya y’ibanga. Nyuma yo guhatwa ibibazo n’ inzego z’ ubutabera,Chris…
SOMA INKURUImpanuro za Zari ku mukunzi mushya wa Diamond
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru [blogger] Millard, Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cy’abaturanyi cya Tanzania Zari Hassan yatangaje ko uyu muhanzi atazigera areka gusambana ndetse ko umukunzi we Tanasha yakwitegura kurera umwana atwite wenyine. Zari yaburiye mukeba we Tanasha ko akwiriye kwitegura kuzarera umwana we wenyine cyane ko ngo Diamond Platnumz atazareka gusambana. Zari Hassan akaba yarakundanye na Diamond ndetse babana nk’umugore n’umugabo mu gihe cy’imyaka 5, yabwiye Tanasha ko Diamond adateze kureka gushurashura ariyo mpamvu akwiye kwitegura kurera umwana wenyine nk’uko abo yagiye abyarana nabo byagiye…
SOMA INKURUZari aravugwaho kwigabanyiriza imyaka
Abakoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe n’imyaka ya Zari Hassan , nyuma yuko avuga ko yavutse mu 1990 kandi yaravutse 1987. Ku mbuga nkoranyambaga zirimo Instagram hakwirakwijwe Pasiporo igaragaza imyaka ya Zari Hassan umaze gutandukana n’abagabo barenga 5 kandi bose babyaranye. Ubusanzwe Zari yatangazaga ko yavutse mu 1990 gusa Pasiporo yagaragaje ko yavutse mu 1987. Ikimara kujya hanze, abantu benshi bayisamiye hejuru bavuga ko uyu mugore yigira umwana akagabanya imyaka nyamara akuze. Mu gusubiza abantu bagiye bashyira ifoto y’iyi pasiporo ku mbuga nkoranyambaga, yabise ‘abanzi’ avuga ko n’iyo yagira imyaka 100 azakomeza…
SOMA INKURUWema Sepetu mu bibazo bimukomereye
Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Kamena 2019, nibwo urukiko rwa Kisutu ruherereye i Dar es Salaam muri Tanzania, rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Wema Sepetu wamamaye cyane kuva mu mwaka wa 2006 ubwo yambikwaga ikamba rya Nyampinga wa Tanzania, mu mwaka wa 2012 yinjiye mu rukundo na Diamond Platnumz, kuva icyo gihe nibwo yatangiye kumenyekana cyane ndetse akina no mafilime anyuranye muri Tanzaniya, nyuma yo kumubura mu iburanishwa nk’uko byari biteganyijwe, akaba akurikiranweho gusakaza amashusho y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga. Ubushinjacyaha bwari buyobowe na Silvia Mitanto muri uru rubanza…
SOMA INKURUAnge Kagame yitabiriye ibirori by’imideli
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki 08 Kamena 2019 nibwo habaye ibirori by’imideli bya “Rwanda Fashion Week 2019” byari bibaye ku nshuro ya kane, Ibi birori byitabiriwe n’abantu bagera kuri 500, barimo abana b’umukuru w’igihugu harimo Ange Kagame n’umukunzi we Bertrand Ndegeyingoma. Herekwanywe imideli itandukanye yahanzwe n’abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga barimo babiri baturutse muri Nigeria. Ange Kagame n’umukunzi we bari bajyanishije imyenda yakorewe mu nzu y’imideli ya Moshions iyoborwa na Moses Turahirwa. Abinyujije kuri Twitter, Ange Kagame yashimiye Moshions yabambitse imyenda myiza kandi yari ibabereye. Ati “Mu ijoro ryakeye ubwo nashyigikiraga…
SOMA INKURUIrushanwa “Ikibazo cy’umunsi” rirarimbanyije
Ni ku nshuro ya kabiri irushanwa rizwi nk’ikibazo cy’umunsi risozwa ritegurwa na Giramahoro Troupe ku bufatanye na Slella pub +, aho rihemba batanu ba mbere mu baryitabiriye bagera kuri 15, bahuzwa n’urubuga rwa watsapp rw’abakunzi n’abakiriya b’akabari gaherereye i Nyamirambo kazwi nka Stella pub+. Iki gikorwa cyo guhemba abatsinze amarushanwa y’ikibazo cy’umunsi ku nshuro ya kabiri cyabaye kuwa 31 Gicurasi 2019, kuri Stella pub+, i Nyamirambo ku isaha ya saa tanu z’ijoro, abayatsinze akaba ari Tonton Leonce, Nemeye, Marrie Jeanne, Léonie na Assuerus. Nyuma yo guhabwa agashimwe, aba batanu ba…
SOMA INKURUIby’urukundo rwa Teta na Weasel bikomeje gufata intera
Ejo hashize kuwa Gatandatu tariki ya mbere Kamena 2019, nibwo Teta Sandra yashyize ifoto ya Weasel ku rukuta rwe rwa Instagram arangije ashyiraho udutima tubiri mu rwego rwo kugaragaza ko yamwihebeye, Weasel na we ntiyatinzamo yahise amusubiza nawe akoresheje imitima bose baca amarenga y’urukundo. Teta Sandra akoze ibi, nyuma yaho muri Werurwe ubwo Weasel yazaga mu Rwanda mu gitaramo, yanditse ko afitiye icyizere uyu musore, aho yagize ati “ maze amwita “Abanya-Kigali banjye mwiteguye umuntu wanjye [ashyiraho utumenyetso tw’imitima]. Mu rugo bagiye kugufata neza, nizeye abantu banjye ijana ku ijana,…
SOMA INKURU