E-Mobility in Rwanda: A dream for secondary cities amid infrastructure challenges

By Diane NIKUZE NKUSI Rwanda is aggressively pushing for e-mobility to combat rising air pollution and safeguard public health. With vehicle numbers increasing by nearly 12% annually and emissions emerging as a primary urban pollutant, the government has set ambitious targets for a cleaner future. The plan involves converting 30% of motorcycles, 8% of cars, 20% of buses, and 25% of mini-buses to electric by 2030 a transition estimated to cost around $900 million. The initiative is expected to yield significant reductions in greenhouse gas emissions, with projections suggesting reductions…

SOMA INKURU

Rwanda: Ubucucike mu mashuri butiza umurindi ubusumbane mu burezi

Iyo unyarukiye mu bigo by’amashuri bya leta hirya no hino mu Rwanda, usanga abanyeshuri barenga 100 mu ishuri rimwe, umubare ukubye kabiri uwo amabwiriza agena. Ni mu gihe mu mashuri yigenga yo hafi aho usanga ihame ari ukutarenza abanyeshuri 30 mu cyumba. Ubwo bucucike bukomeje gutiza umurindi ubusumbane mu burezi mu Rwanda. Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) itangaza ko amabwiriza agena ko nibura icyumba kimwe cy’ishuri kigenewe abana 46, nyamara ubucucike busa nk’ubwashinze imizi mu burezi bw’u Rwanda, dore ko na raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta mu mwaka wa 2022 yagaragaje ko…

SOMA INKURU

Kanye West mu nkiko ashinjwa ubujura bw’ibihangano

Umuririmbyi ukomoka mu Budage Alice Merton, yareze icyamamare Kanye West amushinja kwiba igice cy’indirimbo ye “Blindside” atabisabiye uburenganzira mu ndirimbo yise “Gun to My Head”, yakoranye na Ty Dolla $ign na Kid Cudi. Ariko muri Gashyantare 2024, Kanye West yanyuze kuri BMG Rights Management asaba uburenganzira bwo gukoresha iyo ndirimbo, ariko Merton arabyanga. BMG yaramwandikiye imubaza impamvu yanze, maze undi asubiza ko atemera imyumvire ya Kanye West, aribwo yeruye atangaza ko atakwemera gukorana n’umuntu ukomeje gukoresha amagambo arwanya Abayahudi ndetse no gukwirakwiza ivangura. Merton, uba mu Budage, afite imiryango yarokotse…

SOMA INKURU

Nyuma yo kwitwara nabi imbere y’abafana, Amavubi yasubiye inyuma ku rutonde rwa FIFA

Ku rutonde rw’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi “FIFA” ikipe y’u Rwanda “Amavubi” mu mwaka ushize Ukuboza yari ku mwanya w’i 124, ariko nyuma y’imikino 2 yakiniye iwayo igatsindwa ndetse ikananganya bishobora kuyisubiza inyuma ku myanya 6 ikaba yakwisanga ku mwanya w’i130. Ibi bikaba byaturutse ku mukino yatsinzwe na Nigeria ibitego 2-0 hamwe no kunganya n’ikipe ya Lesotho igitego 1-1 mu mikino yo gushaka igikombe cy’isi, bikaba byaratumye amavubi atakaza amanota 7. Uretse ikipe y’u Rwanda “Amavubi”, muri Afurika andi makipe ataritwaye neza muri iyi mikino harimo ri Guinée-Bissau yatakaje imyanya…

SOMA INKURU

Mu bihugu by’i Burayi haratutumba urunturuntu, abaturage baraburirwa

Hadja Lahbib, Komiseri mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi “EU” ushinzwe Imyiteguro y’ibihe bidasanzwe, yatangaje ko ibihugu by’u Burayi bifite ibyago bikomeye byatewe n’intambara y’u Burusiya na Ukraine, ashimangira ko mu gihe intambara yagera mu bindi bihugu, abaturage bakwiriye kwitegura, bakabika ibintu by’ingenzi byabamaza amasaha 72. Ati: “Turi gusaba ibihugu binyamuryango: amasaha 72 yo kubika ibikenewe byose niyo ahagije.” Muri video uyu muyobozi yerekanye igaragaza ibyo abaturage bashobora kubika, harimo ibiribwa, ibinyobwa byiganjemo amazi, imiti, amafaranga afatika, ibyangombwa, icyuma n’ibindi bitandukanye. Uyu muyobozi yavuze ko iki cyemezo kitagamije gutera abantu ubwoba.…

SOMA INKURU

Donald Trump impose des droits de douane de 25 % aux voitures produites hors des États-Unis

Le président américain Donald Trump a annoncé, mercredi, 25 % de droits de douanes supplémentaires pour toutes les voitures qui ne sont pas fabriquées aux États-Unis. Le taux jusqu’ici appliqué était de 2,5 %. Les voitures importées seront désormais taxées à 27,5 % de leur valeur, un nouveau coup dur pour le secteur automobile. Et un de plus. Après l’acier et l’aluminium, et en attendant le bois de construction ou le cuivre, le président américain Donald Trump a ajouté, mercredi 26 mars, un nouveau secteur d’activité à sa liste, en…

SOMA INKURU

U Bubiligi bwihakanye bwivuye inyuma iby’abasirikare babwo muri Congo

Nyuma y’aho urubuga The Great Lakes Eye rutangaje ko kuwa 17 Werurwe u Bubiligi bwohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abakomando babarirwa hagati ya 300 na 400 ndetse n’ibifaru byo kurwanya M23, Leta y’u Bubiligi yahakanye aya makuru. Aba bakomando bivugwa ko bari i Kindu ho mu ntara ya Manyema, byavuzwe ko mu nshingano bafite harimo guha imyitozo Brigade ya 31 y’Ingabo za RDC ishinzwe gutabara aho rukomeyendetse no gufatanya n’ihuriro ry’ingabo za Leta kurwanya M23. Ariko Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bubiligi akanaba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Maxime…

SOMA INKURU

Bugesera: Batewe ishema no kuzahagararira igihugu mu marushanwa ya “PISA”

Bamwe mubanyeshuri bo mu bigo bitandukanye  byatoranyijwe kuzakora isuzumabumenyi mpuzamahanga rya “PISA” 2025, bavuga ko batewe ishema no kuzisanga mu bazajya guhatana muri aya marushanwa izitabirwa n’bihugu 91 byo hirya no hino ku isi. Isuzumabumenyi rya “PISA” (Program for International Student Assessment), risanzwe ritegurwa buri myaka 3 kuva muri 2000, rikaba ryarashyizweho  n’umuryango mpuzamahanga witwa “OECD”, uvugurura politiki z’Ubukungu n’Imibereho y’abaturage. Bamwe mu banyeshuri biga mu kigo cy’ishuri cya Maranyundo girls School bavuga ko ayo masomo azakorerwamo isuzuma mpuzamahanga rya “PISA”2025 basanzwe bayatsinda neza, kandi ko biteguye kuzahesha igihungu ishema…

SOMA INKURU

Ubukangurambaga ku isuzumabumenyi mpuzamahanga “PISA” burakomeje

Kuva tariki 17 Werurwe 2025, ubukangurambaga kuri “PISA” burakomeje hirya no hino mu Rwanda, abakozi ba NESA bakaba bakomeje kuzenguruka mu bigo byatoranyijwe bizitabira iri rushanwa  basobanura byimbitse ibijyanye naryo ari nako basubiza ibibazo binyuranye babazwa n’abana bari mu cyiciro cyirebwa n’iri suzuma. Kuri uyu wa gatatu tariki 192025, ubu bukangurambaga bwakomereje mu karere ka Bugesera,  ku ikubitiro hakaba hasuwe  Maranyundo Girls School, akaba ari rimwe mu mashuri 7 yo muri Bugesera azitabira “PISA”. Abanyeshuri bagaragaje amatsiko menshi kuri iri suzuma ari nako babaza byinshi. Mu matsiko menshi, umunyeshuri wo…

SOMA INKURU

Rwanda: Ku nshuro ya mbere hagiye gukorwa isuzuma mpuzamahanga “PISA”

Mu Rwanda hagiye kubera amarushanwa mpuzamahanga ya PISA (Programme for International Student Assessment) ku nshuro ya mbere, akaba azitabirwa n’ibigo by’amashuri bitandukanye, rikazakorwa n’abanyeshuri bari mu kigero cy’ imyaka 15 kugeza ku bafite 16 n’amezi 2. Amashuri 213 yo mu turere dutandukanye two mu Rwanda niyo azitabira iri suzuma rya PISA 2025,  muri ayo mashuri 164 abarizwa mu cyaro, 49 akaba aherereye mu mijyi. Muri buri kigo hazatoranywa abana 35, abanyeshuri bose hamwe bazakora iri suzuma rya PISA ni 7,455, bazakora imibare, icyongereza na science. Dr. Bahati Bernard, umuyobozi mukuru…

SOMA INKURU