Umuririmbyi ukomoka mu Budage Alice Merton, yareze icyamamare Kanye West amushinja kwiba igice cy’indirimbo ye “Blindside” atabisabiye uburenganzira mu ndirimbo yise “Gun to My Head”, yakoranye na Ty Dolla $ign na Kid Cudi. Ariko muri Gashyantare 2024, Kanye West yanyuze kuri BMG Rights Management asaba uburenganzira bwo gukoresha iyo ndirimbo, ariko Merton arabyanga. BMG yaramwandikiye imubaza impamvu yanze, maze undi asubiza ko atemera imyumvire ya Kanye West, aribwo yeruye atangaza ko atakwemera gukorana n’umuntu ukomeje gukoresha amagambo arwanya Abayahudi ndetse no gukwirakwiza ivangura. Merton, uba mu Budage, afite imiryango yarokotse…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Nyuma yo kwitwara nabi imbere y’abafana, Amavubi yasubiye inyuma ku rutonde rwa FIFA
Ku rutonde rw’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi “FIFA” ikipe y’u Rwanda “Amavubi” mu mwaka ushize Ukuboza yari ku mwanya w’i 124, ariko nyuma y’imikino 2 yakiniye iwayo igatsindwa ndetse ikananganya bishobora kuyisubiza inyuma ku myanya 6 ikaba yakwisanga ku mwanya w’i130. Ibi bikaba byaturutse ku mukino yatsinzwe na Nigeria ibitego 2-0 hamwe no kunganya n’ikipe ya Lesotho igitego 1-1 mu mikino yo gushaka igikombe cy’isi, bikaba byaratumye amavubi atakaza amanota 7. Uretse ikipe y’u Rwanda “Amavubi”, muri Afurika andi makipe ataritwaye neza muri iyi mikino harimo ri Guinée-Bissau yatakaje imyanya…
SOMA INKURUMu bihugu by’i Burayi haratutumba urunturuntu, abaturage baraburirwa
Hadja Lahbib, Komiseri mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi “EU” ushinzwe Imyiteguro y’ibihe bidasanzwe, yatangaje ko ibihugu by’u Burayi bifite ibyago bikomeye byatewe n’intambara y’u Burusiya na Ukraine, ashimangira ko mu gihe intambara yagera mu bindi bihugu, abaturage bakwiriye kwitegura, bakabika ibintu by’ingenzi byabamaza amasaha 72. Ati: “Turi gusaba ibihugu binyamuryango: amasaha 72 yo kubika ibikenewe byose niyo ahagije.” Muri video uyu muyobozi yerekanye igaragaza ibyo abaturage bashobora kubika, harimo ibiribwa, ibinyobwa byiganjemo amazi, imiti, amafaranga afatika, ibyangombwa, icyuma n’ibindi bitandukanye. Uyu muyobozi yavuze ko iki cyemezo kitagamije gutera abantu ubwoba.…
SOMA INKURUDonald Trump impose des droits de douane de 25 % aux voitures produites hors des États-Unis
Le président américain Donald Trump a annoncé, mercredi, 25 % de droits de douanes supplémentaires pour toutes les voitures qui ne sont pas fabriquées aux États-Unis. Le taux jusqu’ici appliqué était de 2,5 %. Les voitures importées seront désormais taxées à 27,5 % de leur valeur, un nouveau coup dur pour le secteur automobile. Et un de plus. Après l’acier et l’aluminium, et en attendant le bois de construction ou le cuivre, le président américain Donald Trump a ajouté, mercredi 26 mars, un nouveau secteur d’activité à sa liste, en…
SOMA INKURUU Bubiligi bwihakanye bwivuye inyuma iby’abasirikare babwo muri Congo
Nyuma y’aho urubuga The Great Lakes Eye rutangaje ko kuwa 17 Werurwe u Bubiligi bwohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abakomando babarirwa hagati ya 300 na 400 ndetse n’ibifaru byo kurwanya M23, Leta y’u Bubiligi yahakanye aya makuru. Aba bakomando bivugwa ko bari i Kindu ho mu ntara ya Manyema, byavuzwe ko mu nshingano bafite harimo guha imyitozo Brigade ya 31 y’Ingabo za RDC ishinzwe gutabara aho rukomeyendetse no gufatanya n’ihuriro ry’ingabo za Leta kurwanya M23. Ariko Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bubiligi akanaba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Maxime…
SOMA INKURUBugesera: Batewe ishema no kuzahagararira igihugu mu marushanwa ya “PISA”
Bamwe mubanyeshuri bo mu bigo bitandukanye byatoranyijwe kuzakora isuzumabumenyi mpuzamahanga rya “PISA” 2025, bavuga ko batewe ishema no kuzisanga mu bazajya guhatana muri aya marushanwa izitabirwa n’bihugu 91 byo hirya no hino ku isi. Isuzumabumenyi rya “PISA” (Program for International Student Assessment), risanzwe ritegurwa buri myaka 3 kuva muri 2000, rikaba ryarashyizweho n’umuryango mpuzamahanga witwa “OECD”, uvugurura politiki z’Ubukungu n’Imibereho y’abaturage. Bamwe mu banyeshuri biga mu kigo cy’ishuri cya Maranyundo girls School bavuga ko ayo masomo azakorerwamo isuzuma mpuzamahanga rya “PISA”2025 basanzwe bayatsinda neza, kandi ko biteguye kuzahesha igihungu ishema…
SOMA INKURUUbukangurambaga ku isuzumabumenyi mpuzamahanga “PISA” burakomeje
Kuva tariki 17 Werurwe 2025, ubukangurambaga kuri “PISA” burakomeje hirya no hino mu Rwanda, abakozi ba NESA bakaba bakomeje kuzenguruka mu bigo byatoranyijwe bizitabira iri rushanwa basobanura byimbitse ibijyanye naryo ari nako basubiza ibibazo binyuranye babazwa n’abana bari mu cyiciro cyirebwa n’iri suzuma. Kuri uyu wa gatatu tariki 192025, ubu bukangurambaga bwakomereje mu karere ka Bugesera, ku ikubitiro hakaba hasuwe Maranyundo Girls School, akaba ari rimwe mu mashuri 7 yo muri Bugesera azitabira “PISA”. Abanyeshuri bagaragaje amatsiko menshi kuri iri suzuma ari nako babaza byinshi. Mu matsiko menshi, umunyeshuri wo…
SOMA INKURURwanda: Ku nshuro ya mbere hagiye gukorwa isuzuma mpuzamahanga “PISA”
Mu Rwanda hagiye kubera amarushanwa mpuzamahanga ya PISA (Programme for International Student Assessment) ku nshuro ya mbere, akaba azitabirwa n’ibigo by’amashuri bitandukanye, rikazakorwa n’abanyeshuri bari mu kigero cy’ imyaka 15 kugeza ku bafite 16 n’amezi 2. Amashuri 213 yo mu turere dutandukanye two mu Rwanda niyo azitabira iri suzuma rya PISA 2025, muri ayo mashuri 164 abarizwa mu cyaro, 49 akaba aherereye mu mijyi. Muri buri kigo hazatoranywa abana 35, abanyeshuri bose hamwe bazakora iri suzuma rya PISA ni 7,455, bazakora imibare, icyongereza na science. Dr. Bahati Bernard, umuyobozi mukuru…
SOMA INKURUIsuzuma “PISA” ryitezweho byinshi mu kunoza ireme ry’uburezi ry’u Rwanda
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 17 Werurwe 2025,nibwo hatangirijwe ku rwego rw’igihugu igikorwa cyo kumenyekanisha ndetse no kwitegura isuzuma mpuzamahanga ry’abanyeshuri PISA ( Programme for International Student Assessment) ryiganjemo ibihugu by’Amerika n’Uburayi, kikaba cyatangirijwe mu mujyi wa Kigali, mu karere ka Kicukiro ku ishuri rya EFOTEC/ESI KANOMBE. Iri suzuma rikaba rigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya mbere aho rizakorwa guhera tariki 28 Mata 2025. Isuzuma “PISA” ryitabirwa n’ibihugu 91 byo hirya no hino ku isi n’u Rwanda rurimo, ryitabirwa n’abana bafite imyaka 15 kugeza ku bafite…
SOMA INKURUEse amadini yibona muri gahunda yo kurwanya inda ziterwa abangavu?
Mu Rwanda imibare y’abangavu basambanywa bikabaviramo gutwara inda, ikomeje kurushaho kwiyongera n’ubwo inzego za Leta ku bufatanye n’imiryango itari iya Leta hamwe n’amadini n’amatorere biyemeje gushyira hamwe mu kuzikumira, haracyavugwa amadini atabyibonamo. Nubwo iki kibazo cyahagurukiwe hari abayobora amadini n’amatorero bakigenda biguru ntege mu gutanga inyigisho zijyanye n’ubuzima bw’imyororokere nk’imwe mu zakoreshwa mu kwirinda inda ziterwa abangavu. Bamwe mu bahagarariye amadini n’amatorero mu Rwanda bavuga ko kwigisha ingingo y’imyororokere mu nsengero bose batabyumva kimwe ariko ngo bashyizeho uburyo ikiciro cy’urubyiruko cyabyigishwa. Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolee avuga ko u…
SOMA INKURU