Mu gihe benshi bagikeka ko kugira virusi itera SIDA ari iherezo ry’ubuzima, hari abanyarwanda batanga ubuhamya bw’uko bashobora kuyigira kandi bakabaho igihe kirekire, bagakomeza kubaho neza no kugera ku nzozi zabo. Ibanga ni uko benshi muri bo baba barayivumbuye hakiri kare, bitabira gahunda yo gufata imiti neza igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA, bakubahiriza inama bagirwa n’abaganga babakurikirana umunsi ku wundi kandi bakirinda kwiha akato ubwabo ndetse ntibanacibwe n’intege n’abashaka kukabaha. Ubuhamya bwa kubaka benshi “Namenye ko nanduye virusi itera SIDA, mu mwaka wa 2001, numva isi indangiriyeho” Mukamana Thérèse,…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
U Bufaransa bwakuye akarenge mu bufasha bw’intambara bwageneraga Ukraine
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko igihugu cye kigeze aho kidashoboye kongera gutanga ubufasha bwa gisirikare kuri Ukraine, kuko bwamaze kugera ku ntambwe ntarengwa mu byo bushobora gutanga. Mu kiganiro yahaye televiziyo TF1 ku wa Kabiri, Macron yavuze ko u Bufaransa bwashyize imbaraga nyinshi mu gushyigikira Ukraine kuva intambara yaterwa na Russia yatangira, ariko ko ubushobozi bw’igihugu bwe bugenda bugabanuka. Yagize ati: “Twakoze ibishoboka byose. Nta kindi dushobora gukora tutisubijeho. Tugomba no kurengera inyungu n’umutekano wacu bwite.” Ibi bibaye mu gihe U Bufaransa buri mu bibazo by’ubukungu bikomeye: umwenda…
SOMA INKURUUmuherwe Munyakazi Sadate burya yavuye kure
Munyakazi Sadate, umwe mu bantu bazwi cyane mu rwego rw’ubucuruzi mu Rwanda, ntiyigeze atangira ubuzima bwe yorohewe. Nubwo ubu abarirwa mu baherwe b’imbere mu gihugu, yanyuze mu bihe bikomeye by’ihungabana ry’ubukungu, kugeza aho byabaye ngombwa ko agurisha ibikoresho byo mu rugo birimo intebe, kugira ngo abone uburyo bwo kubaho. Sadate yatangaje urugendo rwe rw’ubuzima rwuzuyemo ibigeragezo, aho yateye intambwe ya mbere mu kwikorera mu mwaka wa 2006 afatanyije n’umugore we. Muri icyo gihe, bacungaga ku bushobozi bucye bari bafite, ndetse bagafashwa n’inguzanyo batojwe gufata muri banki. Icyo gihe bari bafite…
SOMA INKURUQue sait-on des premiers pourparlers directs entre la Russie et l’Ukraine depuis 2022 ?
Trois ans après un premier rendez-vous qui n’avait abouti à rien, Istanbul accueille, jeudi, de nouveaux pourparlers de paix directs entre l’Ukraine et la Russie. Des discussions qui se feront en l’absence de Vladimir Poutine. Plus de trois ans après le début de l’invasion russe de l’Ukraine, Kiev et Moscou sont sur le point, jeudi 15 mai, de relancer des pourparlers de paix directs à Istanbul, en Turquie. Une première depuis le printemps 2022. Le président ukrainien Volodymyr Zelensky a appelé son homologue russe Vladimir Poutine à s’y rendre pour…
SOMA INKURUDon’t Underestimate Tuberculosis: The Hidden Truths Behind a Deadly Disease
Tuberculosis (TB) has long been a global health crisis and Rwanda is no exception. Despite significant progress in addressing infectious diseases, TB remains one of the leading causes of death in the country. With thousands of new cases reported each year, the battle against this airborne disease is far from over. The Rwanda Biomedical Center (RBC) reports that TB incidence is higher in certain regions, such as Kigali and Western Province, where overcrowded living conditions and poor sanitation exacerbate the spread of the disease. Additionally, drug-resistant TB remains a significant…
SOMA INKURUTeenage pregnancy in Rwanda: A silent crisis with lasting consequences
In Rwanda, teenage pregnancy remains a pervasive issue, affecting thousands of young girls every year. Despite significant strides in education, healthcare, and gender equality, teenage pregnancy continues to pose a threat to the country’s social fabric. While there are numerous contributing factors, from poverty to cultural pressures, the consequences for the girls and their communities are severe. According to recent reports from the Rwanda Demographic and Health Survey (RDHS), nearly 7% of girls aged 15-19 in Rwanda have experienced a pregnancy. The figures vary across regions, with rural areas seeing…
SOMA INKURURwanda: Mines illégales, vies brisées et climat en péril
Dans les collines verdoyantes du Rwanda, derrière les discours de croissance verte et de développement durable se cache une réalité aussi brutale qu’invisible: Celle de l’exploitation minière illégale. Alimentée par la pauvreté, tolérée par les silences officiels et orchestrée dans l’ombre par des réseaux bien organisés, elle saigne le pays, tue ses enfants, détruit son écosystème et alimente l’industrie mondiale de l’électronique. Plongée au cœur d’un enfer souterrain où la quête de survie côtoie le cynisme institutionnel et la crise climatique. À l’aube, dans la brume du district de Rutsiro,…
SOMA INKURUTake care of your mental health at all stages of life
Mental health is not a luxury it’s a foundation. From childhood through old age, mental well-being is critical for how we think, feel, and interact with the world. Yet, stigma, lack of access, and misinformation often prevent people from seeking the help they need. According to the World Health Organization (WHO), one in eight people globally lives with a mental disorder, yet more than 60% receive no treatment. The need for awareness and care across all stages of life has never been more urgent. Childhood and Adolescence: Building Resilience Early…
SOMA INKURUYasutse amarira imbere y’urukiko nyuma yo gushinjwa ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa Kabiri Tariki 5 Gicurasi, nibwo Turahirwa Moses wamenyekanye mu iby’imideli ubwo yashingaga inzu idoda ikanacuruza imyambaro “Moshions”, yitabye urukiko mu iburanisha ry’icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge akurikiranyweho ndetse akaba akinakorwa iperereza ku kuba yaranabicurizaga. Umushinjacyaha yagaragaje ko inyandiko y’abagenzacyaha bakoze iperereza no gufatwa yerekanye ko Turahirwa yafatanywe udupfunyika 13. Ku bijyanye no gutunda ibiyobyabwenge, umushinjacyaha yavuze ko bishimangirwa no kuba mu ibazwa rye, Moses yaremeye ko ibiyobyabwenge yafatanywe yabivagana muri Kenya akabinywa. Ku bijyanye no kubika ibiyobyabwenge bishimangirwa no kuba yaremeye ko yafatanywe urumogi, nubwo atemera ingano y’urwo…
SOMA INKURUIngamba nyinshi zafatiwe abimukira bari muri Amerika
Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bukomeje gushyira igitutu ku bimukira batujuje ibyangombwa, kuri iyi nshuro hatangajwe ko abazibwiriza kuva muri Amerika, bemerewe amahirwe yo kugaruka muri iki gihugu ndetse bagahabwa ibyangombwa mu gihe byagaragara ko ari abantu beza, bakunda iki gihugu. Minisitiri Noem yatangaje ko umwimukira utemewe n’amategeko uzamenyesha leta ko ashaka gusubira mu gihugu yaturutsemo, azahabwa tike y’indege imucyura ndetse n’amadolari igihumbi. Minisitiri w’Umutekano w’Imbere, Kristi Noem, yatangaje ko kwibwiriza kuva muri Amerika ari bwo buryo bwiza ku bimukira batemewe n’amategeko kuko ari bwo bwabarinda gutabwa muri yombi. Hari…
SOMA INKURU