Chaque année, des centaines de milliers d’enfants à travers le monde sont victimes d’un ennemi souvent sous-estimé: la pneumonie. Cette infection pulmonaire, parfois banalisée est pourtant l’une des principales causes de mortalité infantile, notamment dans les pays à revenu faible ou intermédiaire. La pneumonie est une infection des poumons, causée par des virus, des bactéries ou plus rarement des champignons. Elle provoque une inflammation des alvéoles pulmonaires qui se remplissent de liquide ou de pus rendant la respiration difficile. Chez les enfants, dont le système immunitaire est encore en développement,…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Nubwo yishimiwe bikomewe n’abafana, harimo uwamukoreye agashya
Mu mashusho yagiye hanze, agaragaza The Ben ari kuririmba indirimbo yahimbiye umugore we, Pamella True Love, bitunguranye isutiye y’umutuku imunyura hejuru, iturutse ku ruhande rwarimo abafana be bari bamukikije ubwo yaririmbaga. Ibi bikaba byabereye mu gitaramo cyavugishije benshi ndetse cyanitabiriwe cyane, cyabereye i Kampala kuri Serena Hotel, kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025 yahuriyemo n’abandi bahanzi batandukanye nka Kevin Kade na Elemen hamwe n’abo muri Uganda nka Karole Kasita, Warafik Muzik na Rema Namakula. Nubwo byamugendekeye gutya, The Ben yakomeje kuririmbira abafana be, gusa ntiyigeze anyura hejuru y’uyu…
SOMA INKURUImvururu muri shampiyona, imisifurire ya ruhago Nyarwanda ikomeje kuvugisha benshi
Ku munsi wa 28 wa Shampiyonay’u Rwanda, umukino wahuje Bugesera ari nayo yakiriye na Rayon Sports, wabaye udasanzwe nyuma y’aho ku munota wa 52 umukino wahagaze nyuma y’amakimbirane ikipe ya Rayon ishinja abasifuzi kuyiba, bikaba byaranabyaye igisa nk’imyigaragambyo ariko MINISPOC ikaba yatangaje ko iri gukurikirana iki kibazo. Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X yatangaje ko uru rwego rwiteguye gukurikirana ikibazo cy’imvururu cyagaragaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu. Ati “Mwiriwe neza! Hari amakuru twakomeje kubona ajyanye n’umukino wahuje…
SOMA INKURULe climat a changé et les récoltes aussi: L’agriculture rwandaise face à la menace du changement climatique
Au Rwanda, l’agriculture, qui fait vivre près de 70 % de la population, est de plus en plus menacée par un ennemi silencieux mais implacable: Le changement climatique. Sécheresses prolongées, pluies imprévisibles, glissements de terrain et apparition de nouveaux ravageurs compromettent la sécurité alimentaire du pays et mettent en péril les moyens de subsistance des agriculteurs. La saison ne prévient plus À Rulindo, Marie Mukankusi, cultivatrice de maïs depuis plus de 25 ans, décrit avec inquiétude les transformations du climat : « Avant, même si nous étions pauvres, nous connaissions les saisons…
SOMA INKURUTuracyafite inzozi: Ubuhamya bw’abafite virusi itera SIDA, bayimaranye imyaka irenga 20
Mu gihe benshi bagikeka ko kugira virusi itera SIDA ari iherezo ry’ubuzima, hari abanyarwanda batanga ubuhamya bw’uko bashobora kuyigira kandi bakabaho igihe kirekire, bagakomeza kubaho neza no kugera ku nzozi zabo. Ibanga ni uko benshi muri bo baba barayivumbuye hakiri kare, bitabira gahunda yo gufata imiti neza igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA, bakubahiriza inama bagirwa n’abaganga babakurikirana umunsi ku wundi kandi bakirinda kwiha akato ubwabo ndetse ntibanacibwe n’intege n’abashaka kukabaha. Ubuhamya bwa kubaka benshi “Namenye ko nanduye virusi itera SIDA, mu mwaka wa 2001, numva isi indangiriyeho” Mukamana Thérèse,…
SOMA INKURUU Bufaransa bwakuye akarenge mu bufasha bw’intambara bwageneraga Ukraine
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko igihugu cye kigeze aho kidashoboye kongera gutanga ubufasha bwa gisirikare kuri Ukraine, kuko bwamaze kugera ku ntambwe ntarengwa mu byo bushobora gutanga. Mu kiganiro yahaye televiziyo TF1 ku wa Kabiri, Macron yavuze ko u Bufaransa bwashyize imbaraga nyinshi mu gushyigikira Ukraine kuva intambara yaterwa na Russia yatangira, ariko ko ubushobozi bw’igihugu bwe bugenda bugabanuka. Yagize ati: “Twakoze ibishoboka byose. Nta kindi dushobora gukora tutisubijeho. Tugomba no kurengera inyungu n’umutekano wacu bwite.” Ibi bibaye mu gihe U Bufaransa buri mu bibazo by’ubukungu bikomeye: umwenda…
SOMA INKURUUmuherwe Munyakazi Sadate burya yavuye kure
Munyakazi Sadate, umwe mu bantu bazwi cyane mu rwego rw’ubucuruzi mu Rwanda, ntiyigeze atangira ubuzima bwe yorohewe. Nubwo ubu abarirwa mu baherwe b’imbere mu gihugu, yanyuze mu bihe bikomeye by’ihungabana ry’ubukungu, kugeza aho byabaye ngombwa ko agurisha ibikoresho byo mu rugo birimo intebe, kugira ngo abone uburyo bwo kubaho. Sadate yatangaje urugendo rwe rw’ubuzima rwuzuyemo ibigeragezo, aho yateye intambwe ya mbere mu kwikorera mu mwaka wa 2006 afatanyije n’umugore we. Muri icyo gihe, bacungaga ku bushobozi bucye bari bafite, ndetse bagafashwa n’inguzanyo batojwe gufata muri banki. Icyo gihe bari bafite…
SOMA INKURUQue sait-on des premiers pourparlers directs entre la Russie et l’Ukraine depuis 2022 ?
Trois ans après un premier rendez-vous qui n’avait abouti à rien, Istanbul accueille, jeudi, de nouveaux pourparlers de paix directs entre l’Ukraine et la Russie. Des discussions qui se feront en l’absence de Vladimir Poutine. Plus de trois ans après le début de l’invasion russe de l’Ukraine, Kiev et Moscou sont sur le point, jeudi 15 mai, de relancer des pourparlers de paix directs à Istanbul, en Turquie. Une première depuis le printemps 2022. Le président ukrainien Volodymyr Zelensky a appelé son homologue russe Vladimir Poutine à s’y rendre pour…
SOMA INKURUDon’t Underestimate Tuberculosis: The Hidden Truths Behind a Deadly Disease
Tuberculosis (TB) has long been a global health crisis and Rwanda is no exception. Despite significant progress in addressing infectious diseases, TB remains one of the leading causes of death in the country. With thousands of new cases reported each year, the battle against this airborne disease is far from over. The Rwanda Biomedical Center (RBC) reports that TB incidence is higher in certain regions, such as Kigali and Western Province, where overcrowded living conditions and poor sanitation exacerbate the spread of the disease. Additionally, drug-resistant TB remains a significant…
SOMA INKURUTeenage pregnancy in Rwanda: A silent crisis with lasting consequences
In Rwanda, teenage pregnancy remains a pervasive issue, affecting thousands of young girls every year. Despite significant strides in education, healthcare, and gender equality, teenage pregnancy continues to pose a threat to the country’s social fabric. While there are numerous contributing factors, from poverty to cultural pressures, the consequences for the girls and their communities are severe. According to recent reports from the Rwanda Demographic and Health Survey (RDHS), nearly 7% of girls aged 15-19 in Rwanda have experienced a pregnancy. The figures vary across regions, with rural areas seeing…
SOMA INKURU