Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko kuri ubu hongerewe ubushobozi n’imiti itangirwa kuri ‘Mutuelle de Sante’ iriyongera ikaba igeze ku 1500 ivuye kuri 800 yari iriho mu bihe byashize. Yagize ati “Bitewe n’indwara abaturage bakunze kwivuza, byabaye ngombwa ko ikigega cya mituweri gishyiramo serivisi nshya, zirimo indwara zitandura nk’imiti ya kanseri, imiti y’indwara z’umutima, insimburangingo…” Yakomeje agaragaza ko hari gahunda yo gukemura ibibazo bishingiye ku miti abaturage bakunze kugaragaza ko badahabwa iyo bivurije kwa muganga ahubwo bagasabwa kujya kuyigurira hanze y’ibitaro. Ati “Hari ukongera imiti…
SOMA INKURUCategory: Inkuru zikunzwe
Indwara zo mu matwi ku isonga mu ndwara 20 zivuzwa na benshi
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), igaragaza ko indwara zifata mu matwi ziri ku rutonde rw’indwara 20, ziza imbere y’izivuzwa n’umubare munini w’abagana ibitaro byo hirya no hino mu gihugu MU Rwanda. Mu bantu babarirwa mu bihumbi 390 bo mu Rwanda bafite hejuru y’imyaka itanu, byagaragaye ko bafite ubumuga, muri bo abagera ku bihumbi 42 bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kandi ahanini bituruka ku ndwara zo mu mu matwi ziba zitaravuwe neza. Kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, hakaba hatangijwe ku mugaragaro ubuvuzi bw’indwara zo mu…
SOMA INKURUUkuri ku bihuha bivugwa ku mbuto za “GMO” n’icyizere ku ruhare rwazo mu buhinzi bwunguka
Mu gihe Leta y’u Rwanda ishyigikiye ikoreshwa ry’imbuto zihinduwe mu buryo bwa siyansi “GMO” mu buhinzi, ibihuha byinshi byagiye bikwirakwira ku ngaruka ryazo ku buzima bw’abantu, ubutaka ndetse n’ibidukikije. Icyakora, abahinzi bo mu turere dutandukanye ndetse n’abashakashatsi bo muri RAB basobanura ko ibyo ari ibihuha bishingiye ku bumenyi buke, kandi ko iri koranabuhanga rifite akamaro kanini ku musaruro, ubukungu bw’imiryango y’abahinzi ndetse no ku gihugu muri rusange. Mukamwezi Béatrice, umuhinzi w’urutoki wo mu karere ka Rwamagana, avuga ko afite amakuru ko igeragezwa riri gukorwa ry’imbuto za GMO z’imyumbati, urutoki, ibirayi…
SOMA INKURUAmagaju FC yakoze mu ijisho APR FC
Mu mukino watangiye uryoheye ijisho mu gihe cya mbere, aho ku ruhande rw’Amagaju FC Useni Kiza Seraphin yagerageje gushimisha abari muri Stade, ku ruhande rwa APR FC Dauda Yussif Seif nawe ari nako ashimisha abafana, ariko byarangiye ku nshuro Amagaju akoze mu ijisho abafana ba APR FC. Ibi bikaba byabaye kuri iki Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, aho ikipe y’Amagaju FC yatsindiye APR FC kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye 1-0, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona, akora amateka wo kuyitsinda bwa mbere. Umunya-Ghana Dauda Yussif ku munota wa 32,…
SOMA INKURUAbagenewe urukingo rwa virusi itera SIDA ni bantu ki? Rumara igihe kingana iki?
Gahunda yo gutanga urushinge rukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA “Cabotegravir (CAB-LA)”, yatangijwe mu Rwanda tariki 3 Mutarama 2025, itangirizwa mu bigo nderabuzima bya Gikondo na Busanza biherereye mu mujyi wa Kigali. Uru rushinge ruterwa umuntu utarandura virusi itera SIDA, urwa mbere rukamara ukwezi na ho urwa kabiri rukamara amezi abiri, bivuze ko buri mezi abiri uwahisemo ubu buryo asubira kwiteza urushinge. Iyi gahunda ikaba yaragenewe abafite ibyago byinshi byo kwandura virusi itera SIDA kurusha abandi, barimo abakora uburaya, ababana n’abo bashakanye umwe ari muzima undi yaranduye n’abandi. Umuyobozi…
SOMA INKURUMINISANTE yakanguriye abaturarwanda gukaza ingamba mu kwirinda indwara y’ibicurane
Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X, Minisiteri y’Ubuzima yibukije abaturarwanda ko bakwiriye kwirinda indwara y’ibicurane muri aya mezi ya mbere y’umwaka cyane koigira ubukana mu gihe cy’ubukonje. Ubu bwoko bw’ibicurane bwa “Influenza A” buterwa na virusi yitwa Influenza ikaba yibasira abantu mu gihe cy’ubukonje cyane, ikaba ikunda kwibasira cyane abana bari munsi y’imyaka itanu, abagore batwite n’abantu bashaje bafite intege nke. Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko kuva mu mwaka wa 2022 kugeza muri uyu mwaka abasanganywe iyi ndwara ya Influenza A mu gihugu hose bangana na 6.6%. Ibiranga uwafashwe…
SOMA INKURURDC-Masisi: Imirwano ikomeje kuvana abaturage mu byabo, abandi bahatikiriza ubuzima
Amakuru avuga ko kuva tariki ya 1 kugeza kuya 3 Mutarama 2025, abantu ibihumbi 102 bavuye mu ngo zabo muri teritwari ya Masisi bitewe n’imirwano y’ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23, abantu bane bishwe abandi 12 barakomereka Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi “OCHA”, ryatangaje ko tariki ya 4 Mutarama, M23 yarushije imbaraga ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC, iryambura iyi santere. OCHA yagize iti “Hagati ya tariki ya 1 n’iya 3 Mutarama 2025, imirwano ikomeye y’igisirikare cya RDC n’umutwe witwaje intwaro utari…
SOMA INKURUThe impact of domestic violence on the mental health of children who are its victims
Domestic violence is often viewed through the lens of its impact on the immediate victims typically women and men who suffer physical and emotional abuse. However, the profound effect of domestic violence on children living in abusive homes is frequently overlooked. These children not only witness trauma, but they also experience deep psychological, emotional, and social consequences that can haunt them well into adulthood. The hidden victims: Children of abusers Domestic violence doesn’t only harm the person being physically attacked; it wreaks havoc on the entire family dynamic, with children…
SOMA INKURUIkihishe inyuma yo kutitabira igitaramo yari ategerejwemo na benshi ku bunani
Mu gitaramo cyari cyiswe “Ab’ubu n’ab’ejo” cyitabiriwe n’abacuranga indirimbo zigezweho ndetse n’iza gakondo, ryari ihuriro ry’urubyiruko n’abakuze barimo Orchestre Impala, Le Fellows, Dauphin, n’Umuhanzi Jado Famous baza gutenguhwa no kutabona Kayirebwa Cecile. Umuhanzi nyarwanda w’icyamamare Cecile Kayirebwa ufatwa nk’icyitegererezo mu bahanzi nyarwanda kubera ijwi n’injyana byanyuze benshi mu myaka irenga mirongo itatu y’ubuhanzi, yari ategerejwe nk’umushyitsi mukuru mu gitaramo cyo ku Bunani kuri ’LUXURY GARDEN’ ariko birangira ataje. Mu gihe igitaramo cyari kinikije, abakunzi be bamubuze mu bahanzi bari bategerejwe, maze batangira kwijujuta ariko abateguye igitaramo bahise bamushyira ku ndangururamajwi…
SOMA INKURUAPR ikomeje kongera amaraso mashya mu ikipe
Umwe mu bayobozi ba APR FC yemeje ko bamaze gusinyisha umugande Hakim Kiwanuka, uri mu bakinnyi bahagaze neza muri Uganda Premier League. Hakim Kiwanuka yageze muri Villla SC muri Nzeri 2023, avuye muri Proline FC ndete yigeze kujya mu igerageza i Burayi. Kiwanuka ni umukinnyi usatira izamu anyuze iburyo, akaba ari we watsinze igitego cyafashije Uganda gusezerera u Burundi mu ijonjora rya kabiri cya CHAN 2024 mu mpera z’Ukuboza, akaba yari asigaje umwaka n’igice, kugira ngo ahabwe amasezerano y’imyaka ibiri mu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Mu mwaka w’imikino ushize, yafashije Jogoo…
SOMA INKURU