Rusesabagina yaba akiri mu gihugu? Impamvu ikimwicaje mu Rwanda ni iyihe?

Amakuru aheruka yemeza ko Paul Rusesabagina akiri i Kigali ari kumwe n’abahagarariye Qatar mu Rwanda kuva yarekurwa mu ijoro ryo kuwa gatanu. Kuwa gatanu, umuvugizi wungirije wa leta y’u Rwanda yabwiye BBC ko Rusesabagina nyuma yo kurekurwa agomba “gusaba kuva mu gihugu nk’uko biteganywa n’amaegeko”. Byitezwe ko igihe icyo aricyo cyose ashobora guhabwa ubwo burenganzira akava mu Rwanda, ariko ntabwo ahita ajya mu rugo rwe muri Amerika, araca muri Qatar. Mbere gato y’uko arekurwa kuwa gatanu, Dr. Majed Al Ansari umujyanama wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Qatar yatangaje kuri Twitter…

SOMA INKURU

Uwahoze ari Perezida wa USA yatangije ibikorwa byatunguye benshi

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye ibikorwa byo kwiyamamariza kuzongera kuyobora iki gihugu binyuze mu matora ya Perezida ateganyijwe mu 2024. Ibikorwa byo kwiyamamaza Donald Trump yabitangiye ku wa Gatandatu tariki 25 Werurwe mu 2023, ahera i Waco muri Leta ya Texas. Muri aka gace uyu mugabo yakiriwe n’abakunzi be babarirwa mu bihumbi, abagezaho imigabo n’imigambi ye yazashyira mu bikorwa mu gihe baba bongeye kumugirira icyizere. Trump yabwiye ibihumbi by’abari bamukurikiye ko hari abantu bamaze igihe bamugendaho ariko uburyo bwonyine bwo kubacecekesha ari ukongera gusubira…

SOMA INKURU

Bafatanye bari guca inyuma abo bashakanye none kubatandukanya byabaye ihurizo kubera amikoro

Umugabo wo mu gace kitwa Mtendere kari mu nujyi wa Lusaka muri Zambia yafatanye n’umugore w’abandi yari ari gusambanya none baheze mu bitaro by’ako gace kubera kubura akayabo baciwe n’ushaka kubatandukanya. Ibi byabaye kuwa Kabiri w’iki cyumweru ahagana saa mbili z’ijoro ubwo aba bombi barimo guca inyuma abo bashakanye bananirwa kurekurana. Abantu barahuruye ku bwinshi na polisi irahagera bose basanga aba bantu bafatanye nta warekura undi. Umwe mu batangabuhamya witwa Noami Sinkamba yabwiye Diamond TV news,yo muri Zambia ko uyu mugore atazi amazina ukomoka ahitwa Chongwe yahuye n’aka kaga kubera…

SOMA INKURU

Uganda: Inteko ishingamategeko yemeje umushinga w’itegeko ryo gufunga abatinganyi

Inteko ishingamategeko ya Uganda yemeje umushinga w’itegeko rishobora guhana mu rwego rw’amategeko abantu bavuga ko bahuza ibitsina ari ab’igitsina kimwe, bazwi nk’abatinganyi (LGBT). Abo bantu bashobora gufungwa igihe kirekire mu gihe uyu mushinga w’itegeko waba ushyizweho umukono ukemezwa nk’itegeko na Perezida Yoweri Museveni. Bijyanye n’uyu mushinga w’itegeko, inshuti, abo mu muryango n’abandi baturage bafite inshingano yo gutanga amakuru ku bategetsi mu gihe bamenye abantu bahuza ibitsina ari ab’igitsina kimwe. Ibikorwa by’ubutinganyi bisanzwe binyuranyije n’amategeko muri Uganda. Ariko uyu mushinga w’itegeko urashaka gufata indi ntera ugahindura icyaha kuba abantu baba ari…

SOMA INKURU

Ni iki kihishe inyuma ku iperereza ry’inkomoko ya Covid-19 ?

Kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Werurwe nibwo Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe gukora iperereza ikamenya inkomoko y’icyorezo cya Covid-19 kimaze imyaka itatu  yatangiye kumva abatangabuhamya ba mbere mu mujyi wa Washington, intego ni ugukora isesengura bakagaragaza ahantu nyaho Covid-19 yaturutse.  Iyi Kimisiyo yashyizweho igizwe n’abantu 16 bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika. Byitezwe ko hazavugisha inzobere mu buvuzi, abashakashatsi, abanditsi b’ibitabo, abakora ubucukumbuzi n’abandi. Mu cyumweru gishize, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Iperereza cyo muri AmerikA (FBI) Christopher Wray yatangaje ko amahirwe menshi bayaha kuba iyo virusi yaravuye muri Laboratwari…

SOMA INKURU

“Je retire ma fille de l’école” : la colère gronde en Iran face aux empoisonnements

En Iran, plusieurs établissements scolaires de jeunes filles ont été ciblés ce week-end et lundi par des intoxications au gaz. Des parents d’élèves ont manifesté, à Téhéran notamment. La colère se répand pour demander des comptes aux autorités et certains envisagent de ne plus envoyer leurs enfants à l’école. “Je retire ma fille de l’école jusqu’à nouvel ordre”. Pour ce père de famille à Téhéran, les nouveaux cas d’empoisonnement d’écolières iraniennes ce week-end, ont été ceux de trop. Sur les réseaux sociaux, il dit ne plus faire confiance au personnel scolaire. “L’enseignante…

SOMA INKURU

Imbogamizi mu kwirinda virusi itera SIDA zikomereye urubyiruko rwa Nyakarambi

Mu gasantire ka Nyakarambi gaherereye mu karere ka Kirehe havugwa uburaya bukabije, kugeza ku bana b’imyaka 14 bavugwaho kwishora mu busambanyi. Igitangaje muri iyi santire ni uko aho usanze abakobwa 10 muri bo 5 baba bafite agapira ko kuboneza urubyaro mu kaboko ndetse bakaba bumva ko ari ubwirinzi bubarinda inda na virusi itera SIDA kuko iby’agakingirizo batabikozwa. Ku rundi ruhande abasore baho bagatangaza ko bafite imbogamizi mu kubona udukingirizo. Akarere ka Kirehe, kamwe mu tugize intara y’Iburasirazuba, gafite isantire ya Nyakarambi ihuriramo abanyamahanga banyuranye by’umwihariko abashoferi b’ibikamyo bituruka muri Tanzaniya,…

SOMA INKURU

Sobanukirwa n’ubwoko bwa kanseri buterwa no kunywa inzoga

Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Ubushakashatsi kuri kanseri mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (CIRC), cyatangaje ko 4% by’abayirwaye bashya muri 2020 byagizwemo uruhare no kunywa inzoga. Muri bo 741.300 (4%) bashya babonetse mu 2020; bagizwe n’abagabo 77% n’abagore 23 %. Kanseri yo mu muhogo ni yo iza imbere ifitwe n’abagera ku 189.700, iy’umwijima ni 154.700, naho iy’amabere ni 98.300. Ibihugu bya Mongolie,u Bushinwa, Maldives, na Romanie ni byo byagararagayemo umubare munini; mu gihe ibihugu by’Abayisilamu nka Kuweit, Libya na Arabie Saoudite byo byabonetsemo bake. Abashakashatsi bakoze iyo nyigo bavuze ko “hakenewe…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma y’ihungabana mu rubyiruko

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe kugenzura no kurinda indwara, CDC kigaragaza ko imibare y’abana b’abanyeshuri bugarijwe n’ikibazo cy’ihungabana ryiyongera umunsi ku wundi. Abugarijwe ngo ni abo mu muryango wa LGBTQ, ab’igitsina gore ndetse n’abandi bariterwa no guhezwa bitewe n’ibara ry’uruhu rwabo. Mu 2021 CDC yatangaje ko 45% by’abanyeshuri bo mu muryango wa LGBTQ bagerageje kwiyahura, mu gihe abana b’abirabura ari bo bagize umubare munini w’abagerageza kwiyambura ubuzima bijyanye n’irondaruhu bakorerwa. Inteko Isinga Amategeko y’u Bwongereza yo yatangiye kuganira ku giciro cyo kujya ku mbuga nkoranyambaga mu kurinda abo bana ndetse mu mwaka…

SOMA INKURU

Yakatiwe igifungo kigeretse ku kindi

Umuririmbyi Robert Sylvester Kelly wamamaye nka R. Kelly aherutse gusaba ko yagirwa umwere mu rubanza yaregwagamo gufata ku ngufu hamwe no gukinisha filime y’urukozasoni umwana w’umukobwa w’imyaka 14. Kuri ubu yahamwe n’ibi byaha ahanishwa igifungo cy’imyaka 20 muri gereza. Kuwa 23 Gashyantare 2023 umucamanza wa Leta ya Chicago, Harry Leinenweber yasomeye mu rukiko imyanzuro y’urubanza rwa R.Kelly, aho yavuzemo ko R.Kelly yahamwe n’ibyaha byo gufata ku ngufu abana b’abakobwa batandatu (6) bari hagati y’imyaka 14 na 16 barimo n’umwana yari yarabyaye muri batisimu (His Goddaughter) akamufata ku ngufu mu mwaka…

SOMA INKURU