NISHIMWE Aimable ni umuhinzi mworozi wabigize umwuga ku myaka 23, nyuma yo kurangiza amashuri yisumbiye muri scince (PCB), akaba afite Company “PRE EMINENT Ltd” ikora ubuvumvu mu karere KARWAMAGANA, umurenge wa KARENGE, akagari ka BICACA. umudugudu wa RUNZENZE agamije gufasha abaturage bo mu RWANDA kubangurira ibihigwa hakoreshejwe inzuki bityo umusaruro w’ibihigwa ukiyongera ari nako umusaruro w’ubuki uboneka ku isoko. NISHIMWE yatangaje ko yatangiye n’ubworozi bw’ingurube anabufatanya no gutanga serevisi zo guhugura urubyiruko mu gukoresha imirasire y’izuba mu kuhira, anahugura urubyiruko uburyo bwo gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi anabahishurira amahirwe ari mu…
SOMA INKURUCategory: Ibidukikije
Nyamasheke: Yafashe iya mbere mu kurwanya imirire mibi
MANIRAGABA Theogene ni umuyobozi mukuru wa Company New Innovation Services, akaba ari umwe mu rubyiruko wanze guheranwa n’ubushomeri nyuma yo kurangiza kaminuza mu icungamutungo, aba rwiyemezamirimo aho ari mu rugamba rwo guhangana n’imirire muri Nyamasheke ndetse n’ahandi hose mu Rwanda abakorera kawunga yujuje ubuziranenge hamwe n’ifu y’igikoma. Maniragaba yagize ati: Dukorera mu karere ka Nyamasheke, mu murenge wa Cyato aho dukora ifu y’akawunga yitwa “Akanyuzo” hamwe n’ifu y’igikoma igizwe n’amasaka, ingano, umuceri na soya ikaba ari umwimerere kandi ikoranye isuku, byose tubitangira ku giciro cyiza haba ku barangura ndetse n’abagura…
SOMA INKURUYouth, key actors on strengthening the use of biotechnology in agriculture- Dr NDUWUMUREMYI
By Diane NIKUZE NKUSI The growth rate of the world population continues to increase day by day. World population projected to reach 9.8 billion in 2050 as United Nations revealed. It means that the resulting in a serious need to increase agricultural production by all means, among them there is the use of modern biotechnology in the production of genetically modified crops. This will mean obtaining sufficient, healthy, safe and nutritious food needed to feed the world’s growing population. Since Rwanda’s population is made up of young people, they can bring innovative…
SOMA INKURUAbaturarwanda baraburirwa
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe “Meteo Rwanda”, cyashishikarije abaturarwanda bose n’inzego zibifite mu nshingano gukumira ibiza, kwitwararika no gufata ingamba zijyanye no guhangana n’ibiza kuko hateganyijwe ibihe by’imvura nyinshi hagati ya tariki 10 n’iya 20 Ugushyingo 2022. Iki kigo cyatangaje ko imvura nyinshi iteganyijwe mu ntara y’Amajyaruguru, Iburengerazuba n’Amajyepfo ukuyemo agace k’Amayaga. Inateganyijwe kandi mu Ntara y’Iburasirazuba n’Umujyi wa Kigali, aho bizaterwa ahanini n’isangano ry’imiyaga ihehereye ituruka mu Nyanja ngari ya Atlantique n’iy’u Buhinde. Izatera kandi kutareba neza imbere ku batwaye ibinyabiziga, bikaba bishobora guteza impanuka. Hari ingaruka ziterwa n’umuvuduko mwinshi…
SOMA INKURUUSA: Ibiza byahungabanyije bikomeye ibikorwa
Bimwe mu bibuga by’indege byafunze imiryango kubera ubwiyongere bw’inkubi y’umuyaga ivanze n’amahindu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika by’umwihariko muri Leta ya Floride, bikaba byangije ibikorwaremezo binyuranye n’ibidukikije ndetse binahagarika ingendo z’indenge. Ingendo z’indege zisaga 1200 muri iki gihugu zasubitswe k’ubw’ iyi inkubi y’umuyaga uvanze n’imvura byiswe ‘Nicole’ byibasiye Leta ya Florida. Iyi nkubi y’umuyaga ifite umuvuduko wa kilometero 120 ku isaha nk’uko ibinyamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bibitangaza. Nibura ingendo z’indege 1212 muri Amerika nizo zasubitzwe kuri uyu wa Kane, bigira ingaruka ku bagenzi n’ubucuruzi muri…
SOMA INKURUPerezida Kagame arahamagarira ibihugu bikize guhagarika kohereza ibyuka bihumanya mu kirere
Perezida wa Repubulika Paul Kagame arahamagarira ibihugu bikize guhagarika kohereza ibyuka bihumanya mu kirere nta rundi rwitwazo amazi atararenga inkombe. Umukuru w’igihugu yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama mpuzamahanga y’umuryango w’Abibumbye ku mihindagurikire y’ibihe COP27 ikomeje kubera mu gihugu cya Misiri. Ikibazo cy’ubushyuhe bw’Isi bwiyongera uko umwaka utashye biturutse ku bikorwa bya muntu gihangayikishije Isi ndetse mu nama ya COP27 ibera mu Misiri ni cyo kigarukwaho kurusha ibindi mu mbwirwaruhame z’abayobozi mu nzego zose. Ubwo abakuru b’ibihugu bahabwaga umwanya wo kugeza ijambo ku batuye Isi, Perezida wa Repubulika Paul…
SOMA INKURUCOP27 ni iki? Dore akamaro kayo mu kurwanya ihindagurika ry’ibihe
None Tariki 7 Ugushyingo 2022, nibwo abategetsi batandukanye bo ku isi n’abo mu karere badasigaye bahurira i Sharm El-Sheikh mu Misiri mu nama yo kurwanya ihindagurika ry’ikirere izwi nka “COP” . Uyu munsi ni uw’ibirori bikomeye byo kuyitangiza. Nibwo abategetsi bo ku isi bajya hamwe tukabona “ifoto y’umuryango” y’inama ya ONU ku by’ikirere. Abagera ku 120 baregerana bakajya mu ifoto imwe. Benshi ni abava mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere. Nka perezida wa Kenya, urugero, niwe uri buvuge mu izina ry’itsinda rya Africa. Hitezwe ijambo ryuje amarangamutima kuri we ubwo…
SOMA INKURUHow GMO crops could boost yields, save crops from pests and diseases in Rwanda
By Diane NIKUZE NKUSI Genetically modified crops known as GMOs could increase agriculture production, address pests and diseases that attack crops and scientists have assured that they don’t pose threats to human health. GMOs are products of Agricultural biotechnology-an area of agricultural science involving the use of scientific tools and techniques, including genetic engineering, molecular markers, molecular diagnostics, vaccines, and tissue culture, to modify living organisms namely plants, animals, and microorganisms. Dr Athanase Nduwumuremyi, Coordinator of Roots and Tubers Program at Rwanda Agriculture and Animal Resources Development Board (RAB)…
SOMA INKURUIkoranabuhanga mu buhinzi ryaba igisubizo ku bidukikije no kurwanya inzara
Ubushakashatsi bumaze igihe bukorwa mu ikoranabuhanga ku buhinzi bugaragaza ko gukoresha imbuto nshya hifashishijwe ibihingwa byahinduriwe ituremangingo bizatuma umusaruro wiyongera binabungabunge ibidukikije. Iyi ntero ivuga ko ibihingwa byahinduriwe uturemangingo bishobora kuzana igisubizo kuri byinshi itangiye kuvugwa mu gihe isi yugarijwe n’ ikibazo cy’ imihindagurikire y’ ibihe igira ingaruka zikomeye ku mibereho y’ ibinyabuzima (abantu, ibimera n’ inyamaswa). Ubushakashatsi ku bihingwa by’ ingenzi mu bisanzwe bitunga abanyarwanda by’ umwihariko nk’ imyumbati hagaragayemo indwara yiswe kabore, mu rutoki habonekamo kirabiranya ndetse no mu muceri harimo ikibazo cy’ umunyu muke ushobora gutuma abana…
SOMA INKURUHari umuburo ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo
Itsinda ry’Impiguke, ryitwa Observatoire volcanologique de Goma, OVG, mu itangazo ryashyize ahagarara, ryavuze ko ku wa 11 Ukwakira 2022, ahagana saa 3:30 ryabonye ibimenyetso bigaragaza ko impinduka kuri iki kirunga cya Nyiragongo. Iri tsinda ry’abahanga bashinzwe gukurikirana ibijyanye n’iruka ry’ibirunga mu Mujyi wa Goma, ryatangaje ko hari ibimenyetso bidasanzwe byabonetse ku kirunga cya Nyiragongo giherereye mu Burasirazuba bwa Congo, risaba abaturage kuba maso kurushaho. Ibyo bimenyetso byabonetse mu gace ka Munigi na Kibati, aho bigaragaza ko ibikoma byacyo bigitogota. Itangazo rya OVG risobanura ko nyuma yo gusesengura ingufu ziboneka muri…
SOMA INKURU