Rwamagana: Harashakishwa umugabo wishe umwana akirukankana umutwe we

Umugabo utaramenyekana wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari, yishe umwana w’imyaka 11 amuciye umutwe arawirukankana kuri ubu inzego z’umutekano zikaba zikiri kumushakisha. Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ugushyingo 2022 mu Mudugudu wa Nyakabungo mu Kagari ka Bwinsanga mu Murenge wa Gishari. Uyu mwana yaciwe umutwe ubwo yari kumwe n’abandi bagenzi be batandatu bavuye kuvoma mu mugezi uri mu gishanga basanga hari umugabo wabategeye ku muhanda. Yahise afata umwana umwe muri bo abandi bariruka ubundi amuca umutwe abandi biruka bajya gutabaza.…

SOMA INKURU

Akora ubuhinzi budasanzwe, arifuza guha agaciro ibikorerwa mu Rwanda

Kidamage Jean Pierre, ni umwe mu rubyiriko rukora ubuhinzi, we akora ubuhinzi budasanzwe bumenyerewe mu Rwanda bw’amasaro ndetse akanayongerera agaciro. Mu kubyaza umusaruro ibikomoka ku buhinzi bw’amasaro, akoramo ibikoresho binyuranye birimo imitako, amarido, amashapure, ibinigi bigezweho biherekejwe n’ibokomo byabyo n’amaherane. Arifuza guha agaciro “Made in Rwanda” Kidamage wifuza guca ibikomoka ku masaro bituruka mu mahanga akimika ibikorerwa mu Rwanda “Made in Rwanda”, afite company yitwa ” Zamuka Rwanda Ltd”, ikorerwa mu Ntara y’Iburasirazuba, akarere ka nyagatare, umurenge wa Rukomo, akagari ka Gashenyi, mu mudugudu wa Nyamirambo, atangaza ko afite indoto…

SOMA INKURU

Youth, key actors on strengthening the use of biotechnology in agriculture- Dr NDUWUMUREMYI

By Diane NIKUZE NKUSI The growth rate of the world population continues to increase day by day. World population projected to reach 9.8 billion in 2050 as United Nations revealed. It means that the resulting in a serious need to increase agricultural production by all means, among them there is the use of modern biotechnology in the production of genetically modified crops. This will mean obtaining sufficient, healthy, safe and nutritious food needed to feed the world’s growing population. Since Rwanda’s population is made up of young people, they can bring innovative…

SOMA INKURU

Nyuma yo kubeshya Perezida Kagame yakatiwe iminsi 30

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo 2022, nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, hemejwe ko Muhizi Anatole akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje. Anatole akaba akurikiranyweho icyaha cyo gutesha agaciro icyemezo cy’inzego z’ubutabera no gukoresha inyandiko mpimbano. Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya Perezida wa Repubulika ko yimwe ibyangombwa by’ubutaka, ubwo yahabwaga umwanya wo kugeza ibibazo bye kuri Perezida wa Repubulika mu ruzinduko aherutse kugirira mu karere ka Nyamasheke. Muhizi yari yaregeye Perezida wa Repubulika Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR)…

SOMA INKURU

Rwanda: Umwaka mushya uzatangirana n’amasaha mashya y’akazi n’amasomo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya 11 Ugushyingo 2022, Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri yafatiwemo ibyemezo bitandukanye birimo amasaha mashya yo gutangiriraho amasomo n’umurimo. Ingingo z’amasaha mashya, inama y’abaminisitiri yanzuye ko abanyeshuri bazajya batangira amasomo azajya atangira saa mbiri n’igice za mugitondo bagataha saa kumi n’imwe z’umugoroba, naho abakozi bakazajya batangira akazi saa tatu za mugitondo bagataha saa kumi n’imwe z’umugoroba. Inama y’Abaminisitiri yatangaje ko izi gahunda zizatangira kubahirizwa muri Mutarama 2023, Minisiteri zibifite mu nshingano zikaba zizatangaza amakuru arambuye.       ubwanditsi: umuringanews.com

SOMA INKURU

Kayonza: Arakekwaho gusambanya abana 4

Umugabo  w’imyaka 25 arakekwaho gusambanya abana bane bose bari munsi y’imyaka 15 bo mu midugudu ya Rebero, Kabeza na Akanyinya mu kagari ka Nyagatovu mu murenge wa Mukarange, mu karere ka Kayonza. Aya makuru yamenyekanye ubwo ababyeyi b’aba bana babajyanaga ku Kigo Nderabuzima cya Mukarange, bikagaragara ko basambanyijwe. Muri abo bana umwe afite imyaka itanu, uwa 15, ufite icyenda n’undi ufite itandatu, bikaba bikekwa ko yagiye abasambanya mu bihe bitandukanye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukarange Kabandana Patrick yemereye MUHAZIYACU ko aya makuru ari impamo, avuga ko ukekwa yahise atoroka akaba…

SOMA INKURU

The power of mind of Kouatcha, Nadia & Tesh  to win Africa’s Business Heroes Prize 2022

By Diane Nkusi By the financial help of Alibaba and Jack Ma, 15 people mostly young  from different African countries, are going to compete for the award called “Africa’s business heroes prize competition 2022” Kouatcha Flavien Kouatcha Simo from Cameroon, at the age of 33, is now among the young people who have the  opportunity to be called rich in the field of business of vegetable farming and fish farming (aquaponie). As one of the young entrepreneurs who chased the idea of ​​development from nothing, Kouatcha told umuringanews.com that he…

SOMA INKURU

Barasaba Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga hafi yabo

Kuri uyu wa gatandatu, tariki 17 Nzeli ubwo abaturage bo mu karere ka Nyagatare basobanurirwaga n’imikorere ya Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga byifashishwa mu butabera,  basabye ko bakwegerezwa ishami ryayo kuko byabafasha cyane mu butabera. Ni mu bukangurambaga iyi laboratwari yatangiye bwo kuzenguruka uturere isobanurira abaturage imikorere ya RFL kugira ngo abaturage babashe gusobanukirwa na serivisi gitanga batangire bayigane ku bwinshi. Muri serivisi batanga basobanuriye abaturage harimo serivisi yo gupima uturemangingo ndangasano, serivisi yo gupima uburozi n’ingano za alcohol iri mu maraso, serivisi yo gupima ibiyobyabwenge n’ibinyabutabire,…

SOMA INKURU

Icyerekezo gishya, iterambere rishya n’ubufatanye bushya hagati y’Afurika n’Ubushinwa

Kuva tariki 25 kugeza ku ya 26 Kanama 2022, Ihuriro rya 5 ku bufatanye n’itangazamakuru ry’Ubushinwa na Afurika ryabereye i Beijing mu Bushinwa mu buryo bwa interineti (Iyakure) . Iri huriro ryari rifite insanganyamatsiko igira iti “Icyerekezo gishya, Iterambere Rishya, n’Ubufatanye bushya.” Iri huriro ryateguwe n’ubuyobozi bukuru bwa Radiyo na Televiziyo by’Ubushinwa, guverinoma y’abaturage ya Beijing hamwe n’umuryango nyafurika w’itangazamakuru. Intumwa zirenga 240 zaturutse mu nzego zitandukanye za leta, mu bigo by’itangazamakuru rishinzwe gutunganya amajwi n’amashusho, abadiporomate intumwa zabo batututse mu Bushinwa n’abagize Komisiyo y’umuryango w’ubumwe bw’Afurika yita ku itangazamakuru…

SOMA INKURU

Imikorere mibi no kutubahiriza inshingano bivugwa kuri Royal Express bishobora kuyifungisha imiryango

Kampani Royal Express ya Nilla Muneza ishobora gufunga imiryango kuko yananiwe kuzuza inshingano zo gutwara abagenzi mu duce tw’Umujyi wa Kigali yari yahawe. Iterambere ry’igihugu rishingira ku bikorwa byinshi kandi bitandukanye bizamura imibereho y’abaturage. Ni muri urwo rwego hafashwe ingamba zo gukuraho Minubus zatwaraga abagenzi mu mujyi wa Kigali, bityo imwe mu mihanda ikaza gufatwa na Kampani Royal Express, ikindi gice gifatwa na KBS, igisigaye gihabwa Jali Transport. Amakuru yitangirwa n’abagenzi batega imodoka za Royal Express isaha ku isaha binubira imikorere y’iyi Kampani. Iyi mikorere mibi ivugwa n’abagenzi bo mu…

SOMA INKURU