Kayonza: Arakekwaho gusambanya abana 4

Umugabo  w’imyaka 25 arakekwaho gusambanya abana bane bose bari munsi y’imyaka 15 bo mu midugudu ya Rebero, Kabeza na Akanyinya mu kagari ka Nyagatovu mu murenge wa Mukarange, mu karere ka Kayonza. Aya makuru yamenyekanye ubwo ababyeyi b’aba bana babajyanaga ku Kigo Nderabuzima cya Mukarange, bikagaragara ko basambanyijwe. Muri abo bana umwe afite imyaka itanu, uwa 15, ufite icyenda n’undi ufite itandatu, bikaba bikekwa ko yagiye abasambanya mu bihe bitandukanye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukarange Kabandana Patrick yemereye MUHAZIYACU ko aya makuru ari impamo, avuga ko ukekwa yahise atoroka akaba…

SOMA INKURU

The power of mind of Kouatcha, Nadia & Tesh  to win Africa’s Business Heroes Prize 2022

By Diane Nkusi By the financial help of Alibaba and Jack Ma, 15 people mostly young  from different African countries, are going to compete for the award called “Africa’s business heroes prize competition 2022” Kouatcha Flavien Kouatcha Simo from Cameroon, at the age of 33, is now among the young people who have the  opportunity to be called rich in the field of business of vegetable farming and fish farming (aquaponie). As one of the young entrepreneurs who chased the idea of ​​development from nothing, Kouatcha told umuringanews.com that he…

SOMA INKURU

Barasaba Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga hafi yabo

Kuri uyu wa gatandatu, tariki 17 Nzeli ubwo abaturage bo mu karere ka Nyagatare basobanurirwaga n’imikorere ya Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga byifashishwa mu butabera,  basabye ko bakwegerezwa ishami ryayo kuko byabafasha cyane mu butabera. Ni mu bukangurambaga iyi laboratwari yatangiye bwo kuzenguruka uturere isobanurira abaturage imikorere ya RFL kugira ngo abaturage babashe gusobanukirwa na serivisi gitanga batangire bayigane ku bwinshi. Muri serivisi batanga basobanuriye abaturage harimo serivisi yo gupima uturemangingo ndangasano, serivisi yo gupima uburozi n’ingano za alcohol iri mu maraso, serivisi yo gupima ibiyobyabwenge n’ibinyabutabire,…

SOMA INKURU

Icyerekezo gishya, iterambere rishya n’ubufatanye bushya hagati y’Afurika n’Ubushinwa

Kuva tariki 25 kugeza ku ya 26 Kanama 2022, Ihuriro rya 5 ku bufatanye n’itangazamakuru ry’Ubushinwa na Afurika ryabereye i Beijing mu Bushinwa mu buryo bwa interineti (Iyakure) . Iri huriro ryari rifite insanganyamatsiko igira iti “Icyerekezo gishya, Iterambere Rishya, n’Ubufatanye bushya.” Iri huriro ryateguwe n’ubuyobozi bukuru bwa Radiyo na Televiziyo by’Ubushinwa, guverinoma y’abaturage ya Beijing hamwe n’umuryango nyafurika w’itangazamakuru. Intumwa zirenga 240 zaturutse mu nzego zitandukanye za leta, mu bigo by’itangazamakuru rishinzwe gutunganya amajwi n’amashusho, abadiporomate intumwa zabo batututse mu Bushinwa n’abagize Komisiyo y’umuryango w’ubumwe bw’Afurika yita ku itangazamakuru…

SOMA INKURU

Imikorere mibi no kutubahiriza inshingano bivugwa kuri Royal Express bishobora kuyifungisha imiryango

Kampani Royal Express ya Nilla Muneza ishobora gufunga imiryango kuko yananiwe kuzuza inshingano zo gutwara abagenzi mu duce tw’Umujyi wa Kigali yari yahawe. Iterambere ry’igihugu rishingira ku bikorwa byinshi kandi bitandukanye bizamura imibereho y’abaturage. Ni muri urwo rwego hafashwe ingamba zo gukuraho Minubus zatwaraga abagenzi mu mujyi wa Kigali, bityo imwe mu mihanda ikaza gufatwa na Kampani Royal Express, ikindi gice gifatwa na KBS, igisigaye gihabwa Jali Transport. Amakuru yitangirwa n’abagenzi batega imodoka za Royal Express isaha ku isaha binubira imikorere y’iyi Kampani. Iyi mikorere mibi ivugwa n’abagenzi bo mu…

SOMA INKURU

U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rya Afurika muri Handball “Handball Championship 2022” 

Kuva kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Kanama kugeza 6 Nzeri 2022,  mu Rwanda haratangizwa irushanwa rya Africa “Handball Championship 2022”  rikaba rizahuza amakipe y’abatarengeje imyaka 18 hamwe n’abarengeje imyaka 18. Amatsinda y’abatarengeje imyaka 18 agizwe n’amakipe icyenda hamwe n’makipe y’abatarengeje imyaka 20 agabanyijemo amatsinda 2 agizwe n’amakipe icyenda. Itsinda A Congo BrazavilleLibyaMoroccoUganda Itsinda B AlgerieBurundiEgyptMadagascarU Rwanda Itsinda A AngolaCentre AfurikaMoroccoRwandaTunisiaItsinda B ArgeriaCongo BrazavilleEgyptLibya Ibirori byo gufungura irushanwa ku mugaragaro bizatangira saa Kumi n’imwe muri BK Arena, umukino wa mbere ukaba uzahuza  u Rwanda na Centrafrique. Tuyisenge Pascal,  Umunyamabanga w’Ishyirahamwe…

SOMA INKURU

Ruhango: Umugabo yishe umugore we amuziza mitiweli

Mu murenge wa Mwendo, mu karere ka Ruhango, umugabo  akurikiranywe acyekwaho icyaha cyo kwica umugore we amutemesheje umuhoro. Byabereye mu mudugudu wa Ruhamagariro,  mu kagari ka Gafunzo ku mugoroba wo kuwa kabiri, tariki ya 16 Kanama 2022 ahagana saa mbiri n’igice z’ijoro. Amakuru aturuka muri uwo murenge avuga ko uwo mugabo yishe umugore we witwaga Yankurije Vestine w’imyaka 26 y’amavuko ubwo yari aje kumusaba amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza. Uwo mugabo w’imyaka 36 na Yankurije ntabwo bari baresezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko kandi bari batakibana. Bari barabyaranye umwana umwe. Umuyobozi w’akarere…

SOMA INKURU

Kayonza: Ibyishimo ni byose ku bakobwa bitabiriye ihuriro “GLOW Summit”

Abakobwa babarizwa muri porogramu za GLOW harimo abari muri GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl Solve (Biga kwihangira umurimo baturutse mu turere dutandukanye tw’intara y’uburasirazuba basoje ihuriro ry’iminsi itatu ryari rigamije kubigisha amasomo atandukanye ku bibazo bagenda bahura nabyo aho batuye nuko babasha kubyigobotora. Biciye mu biganiro mu masomo ndetse n’imikino itandukanye abakobwa 510 baturutse mu karere ka Kayonza, Rwamagana na Bugesera bigishijwe amasomo ajyanye n’uburenganzira bwabo nuko babuharanira biciye mu kwikorera ubuvugizi, biga amasomo ajyanye n’amoko atandukanye y’ihohoterwa inzira bizamo, uko babyirinda nuko bamenyesha…

SOMA INKURU

Abakobwa 510 bazahurira mw’ihuriro “2022 GLOW SUMMIT” bazigiramo ibikorwa bitandukanye

Ready for Reading ikorera mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza ku bufatanye n’umuryango mpuzamahanga wigenga Global GLOW, yateguye ihuriro ry’abakobwa babarizwa muri gahunda zitandukanye za GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl Solve (Biga kwihangira umurimo), bakorera mu murenge wa Rwinkwavu, Mukarange, Musha, Bugesera bagera kuri 510. Iri huriro ryiswe “2022 GLOW SUMMIT” rizaba kuva Tariki 10 kugeza Tariki 12 Kanama 2022 kuri Ready for Reading, mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza. Abakobwa 510 bazahurira mw’ihuriro “2022 GLOW SUMMIT” bazigiramo ibikorwa bitandukanye…

SOMA INKURU

Kilifi CSOs urge Government to Conserve the Mangrove Forests along the Coastline  

By Diane NKUSI NIKUZE   The conservation of the Mangrove forests could influence the magnitude and duration of Kenya’s benefit from her planned blue economy, the Kenya Platform on Climate Governance (KPCG) has said. In a statement released on the International Day for the Conservation of the Mangrove Ecosystem, Anne Tek, the National Coordinator for the KPCG said conserving the mangroves will improve the coastal environment and boost the contribution of the blue economy to the national GDP. “Mangroves provide breeding grounds for the fish, which contributes to the national…

SOMA INKURU