Nyuma y’aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima “OMS” na “UNAIDS” bitangaje ko icyorezo cya COVID-19 cyugarije isi kibangamiye intambwe zo kurwanya icyorezo cya SIDA ndetse bikazagira ingaruka ku iboneka ry’imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA “antiretroviral”, bamwe mu bafata iyi miti batangaje ko bafite umuhangayiko udasanzwe ko ubuzima bwabo bugiye kujya mu kaga bibasirwa n’ibyuririzi bibaviramo akato n’urupfu rudasigaye. OMS yasobanuye ko iki kibazo cyo kugabanuka ku iboneka ry’imiti igabanya ubukana bwa virus itera SIDA kizaba mu gihe kingana n’amezi atandatu, bityo ko ibihugu by’Afurika yo munsi y’ubutayu…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Amakuru mashya kuri COVID-19 ku isi yose
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima “OMS” ryatangaje amakuru mashya ku cyorezo cya COVID-19, aho kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Gicurasi 2020, ku isi abantu 5 270 aribo bishwe n’iki cyorezo abandi 86 991 bamaze kucyandura. Ku mugabane wa Afurika wose hamaze kugaragara abantu 73 974 banduye Coronavirus, abamaze gupfa basaga 2 507 naho abakize ni 26 250. Afurika y’Epfo iri imbere mu kugira abafite ubwandu bwinshi kuko ari 12 074, abamaze gupfa ni 219, ikurikirwa na Misiri ubu ifite abamaze gupfa benshi kuri uyu mugabane, kuko bageze kuri…
SOMA INKURU2020 umwaka watangiranye n’ibiza bidasanzwe
Muri uyu mwaka wa 2020 hagaragayemo imvura itari nke, by’umwihariko muri uku kwezi kwa Gicurasi 2020 haguyemo imvura nyinshi cyane, by’umwihariko iyaguye mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki 7 Gicurasi 2020, yahitanye ubuzima bw’abagera kuri 72 bo mu bice binyuranye by’igihugu ndetse hanangirika ibikorwa remezo bitandukanye. Akaba ari muri urwo rwego Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi “MINEMA”, yashyize hanze raporo yerekana uburyo hagati ya Mutarama na Mata uyu mwaka wa 2020 haguyemo imvura iteza ibiza birimo imyuzure, inkuba, inkangu n’ibindi byatwaye ubuzima bw’abantu 140, abagera kuri 225…
SOMA INKURUAirtel Rwanda continue innovation to their customers
On this Monday 11 may 2020, Airtel Rwanda Launches One Stop Digital Platform “kizigenza muri karitsiye” to it’s customers which enable them offers a convenient self service channel to manage their account and interact with Customer Care, best of services , pay bills online, view payment history and complete account management, where Airtel Rwanda will be rewarding a ‘Community Champion’. Launching on the campaign, Amit Chawla Airtel Rwanda Managing Director said “We have designed and developed the portal after spending extensive time researching customer needs and understanding their requirements for…
SOMA INKURUHashyizweho abayobozi bashya mu nzego zinyuranye
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 111, n’iya 112; kuri uyu wa 11 Gicurasi 2020, Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho abayobozi batandukanye mu buryo bukurikira. Moses Rugema wakuwe ku rwego rwa Ambasaderi hanyuma agirwa Umuyobozi Mukuru ushizwe Porotokole ya Leta muri Perezidansi ya Repubulika. Ambasaderi Jacques Kabale yagizwe Ambasaderi wihariye ushinzwe gukurikirana ibikorwa byo kwishyira hamwe kw’Afurika . Theophile Mbonera yagizwe Umuyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera; Clementine Mukeka yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri…
SOMA INKURURwanda: Abasirikare bashinjwa gufata ku ngufu baburanishijwe
Urukiko rwa gisirikare mu Rwanda rwatangiye kuburanisha ku gufunga cyangwa gufungura by’agateganyo abasirikare batanu n’umusiviri umwe baregwa ibyaha birimo gufata abagore ku ngufu, abaregwa bose bahakanye ibyo baregwa. Bose ni abasirikare bakinjira mu gisirikare b’ipeti rya ’private’, ubushinjacyaha bwabareze ibyaha birimo; kurema umutwe w’abagizi ba nabi, gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no guta akazi, bakekwaho gukora bari mu kazi ko gucunga umutekano. Ibyo aba basirikare bashinjwa byabaye mu kwezi kwa gatatu bikorerwa mu gace gatuwe n’abaturage bugarijwe no kwimurwa binyuranyije n’ubushake bwabo. Bose bagejejwe mu rukiko bambaye udupfukamunwa mu rwego…
SOMA INKURUAirtel Rwanda didn’t miss to fight against the pandemic COVID-19
On this Friday 1 may 2020 Airtel Rwanda donate 135 millions to Government of Rwanda through Ministry of health to fight against the pandemic covid-19. Managing Director of Airtel Rwanda Amit Chawla said this the good time for Airtel Rwanda to join the fight against COVID-19 in Rwanda while he was donating the fund to the minister of health Dr Daniel Ngamije. He said that “Today Airtel Rwanda we are happy for this chance of donating fund as our part of helping to fight against the pandemic COVID-19”. The Managing…
SOMA INKURUAirtel Rwanda ntiyasigaye mu gutera inkunga mu kurwanya Covid-19
Kuri uyu wagatanu tariki 1 Gicurasi 2020, Airtel Rwanda ibinyujije Muri Minisiteri y’Ubuzima yateye inkunga Guverinema y’u Rwanda isaga miliyoni 135 z’amafaranga y’urwanda yo kurwanya COVID-19. Umuyobizi mukuru wa Airtel Rwanda Amit chawla ashyikiriza Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije iyi nkunga, yatangaje ko uyu ari umwanya mwiza Airtel Rwanda ibonye mu rugamba rwo gukumira icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda . Yagize ati ” Uyu munsi, Airtel Rwanda twishimiye amahirwe tugize yo gutanga inkunga nk’uruhare rwacu mu musanzu wo kurwanya icyorezo cya COVID-19″. Uyu muyobozi mukuru wa Airtel Rwanda, Amit chawla…
SOMA INKURUPerezida Trump n’ubutasi ntiberanwa ku nkomoko ya Coronavirus
Mu minsi ishize nibwo uyobora ibiro by’ubutasi bya Amerika yari yatangaje ko bakiri gukora iperereza ku nkomoko ya Coronavirus, nyuma nibwo ibi biro byatangaje ko byamaze kubona ko Corona atari virus yakozwe n’abantu cyangwa yahinduwe nkana. Nyamara Perezida Trump we akaba yemeza ko ari Ubushinwa bwayikoze nubwo atazi neza niba Ubushinwa bwarayikoze habayeho kwibeshya cyangwa bigambiriwe, avuga ko icyo bwongeyeho ari ugukora irindi kosa. Ati “Sinumva uburyo abantu batemererwaga kugenda imbere mu Bushinwa ariko bakemererwa kujya ahandi ku isi. Ni ibintu bibi, ni ikibazo gukomeye bagomba gusubiza”. Ejo kuwa kane,…
SOMA INKURUImpinduka nyinshi kuri gahunda yo kurwanya Covid-19
Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye tariki 30 Mata 2020 ryari ryitezweho byinshi ku bijyanye na gahunda yo gukumira icyorezo cya Covid-19, hakaba habayeho impinduka nshya kuri gahunda ya Guma mu Rugo, ingamba nshya kuri iyi gahunda zikaba zizatangira gukurikizwa ku wa mbere tariki ya 4 Gicurasi 2020. Hari hashize iminsi 40 leta ishyizeho ingamba zikomeye zirimo gufunga ibikorwa hafi ya byose mu gihugu hagasigara hakora ibyangombwa gusa nk’amavuriro n’amaguriro y’ibiribwa, ndetse abaturage bose bagasabwa kuguma mu ngo. Uko iri tangazo riteye: None kuwa kane tariki ya 30 Mata 2020,Inama…
SOMA INKURU