Tariki ya 1 Mutarama 2021 nibwo amasezerano ashyiraho Isoko Rusange rya Afurika “African Continental Free Trade Area (AfCFTA)” yatangiye gushyirwa mu bikorwa. Amasezerano ashyiraho isoko rusange rya Afurika yasinyiwe i Kigali muri Werurwe 2018, biteganywa ko azahuriza hamwe ibihugu bigize uyu mugabane ku isoko ry’abaturage bagera kuri miliyari 1,3 bawutuye n’ibihugu 55 bifite umusaruro mbumbe wa miliyari 3400$. Azazamura ubucuruzi bukorwa hagati y’ibihugu bya Afurika busanzwe kuri 16%, igipimo kiri hasi cyane ugereranyije na 60% ibyo bihugu bikorana n’u Burayi na 50% bikorana Aziya. Ibihugu 54 muri 55 bigize Umuryango…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
AS Kigali irerekeza i Kampala mu marushanwa ya CAF Confederation Cup
AS Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino Nyafurika ya CAF Confederation Cup, irerekeza i Kampala muri Uganda kuri uyu wa Gatandatu gukina na KCCA FC mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri uzaba ku wa Gatatu tariki ya 6 Mutarama 2021. Abakinnyi 23 umutoza Nshimiyimana Eric yahisemo Nsabimana Eric, Kalisa Rachid, Ntamuhanga Tumaini, Shaban Hussein ‘Tchabalala’, Hakizimana Muhadjiri, Abubakar Lawal, Nkinzingabo Fiston, Benedata Janvier, Bishira Latif, Kwizera Pierrot, Biramahire Abeddy, Orotomal Alex, Rurangwa Mossi, Rugero Chris, Kayitaba Jean Bosco, Ndekwe Félix, Ndayishimiye Eric ‘Bakame’, Sudi Abdallah, Bate Shamiru, Hassan Rugirayabo,…
SOMA INKURURwanda: Covid-19 hari abo yarishije ubunani nabi
Minisiteri y’Ubuzima “MINISANTE” yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 01 Mutarama 2021, mu Rwanda abandi bantu babiri bitabye Imana bishwe na COVID-19. Abishwe na COVID-19 ku wa Gatanu ni abagabo babiri b’imyaka 81 na 73 bombi bakaba bitabye Imana bari i Kigali. Abo bantu babiri bahise buzuza umubare w’abantu 94 bamaze kwicwa n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020. Minisiteri y’Ubuzima kandi yatangaje ko ku wa Gatanu mu Rwanda habonetse abantu 77 bashya banduye COVID-19, naho abandi 56 mu bari barwaye bakize. Abo barwayi bashya 77 babonetse mu…
SOMA INKURUIbihugu bimaze kugaragaramo ubwoko bushya bwa Coronavirus
Nyuma y’uko hagaragaye virusi nshya ishamikiye kuri koronavirusi ( COVID-19) mu Bwongereza bivugwa ko yaturutse muri Afurika y’Epfo, ubu noneho no mu Bushinwa hagaragaye umuntu wa mbere uyifite. Yatahuwe ku munyeshuri w’imyaka 23 wavuye mu Bwongerezayerekeza iwabo mu Bushinwa akahagera ku wa 14 Ukuboza 2020agahita ashyirwa mu kato. Yaje kugaragaza ibimenyetso, ubu ibipimo byerekanye ko yanduye iriya virusi. Urubuga www.france24.com rutangaza ko hashakishijwe abahuye na we barimo abagenzi n’abakozi bahuriye mu ndege yamuzanye kugira ngo na bo ubuzima bwabo bukurikiranirwe hafi. Hanatewe umuti wica iyo virusi aho yagiye anyura hose. Iyi virusi nshya imaze kugaragara mu Bwongereza mu minsi ishize, ibihugu bitandukanye bigera kuri 50 birimo n’u Bushinwa, byagiye bihagarika ingendo z’indege zerekeza n’iziva muri icyo…
SOMA INKURUIcyo abakirisitu basabwe mu mwaka wa 2021
Nyiricyubahiro Karidinali Antoni Kambanda yageneye abakirisitu gaturika ndetse n’Abanyarwanda muri rusange ubutumwa busoza umwaka wa 2020 bukanatangiza umwaka mushya wa 2021, bugamije kwimakaza umuco wo kwita ku bandi hirindwa kwihugiraho. Muri Misa yabaye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatanu hifashishijwe ikoranabuhanga, Karidinali Kambanda yashimangiye ubutumwa bwa Nyirubutungane Papa Francis busaba abatuye Isi kongera imbaraga mu kwimakaza umuco wo kwita ku bandi muri uyu mwaka wa 2021. Yagize ati “Turashimira Imana yaduherekeje mu bihe bigoye [by’umwaka wa 2020]. Imana yacu ni nk’umubyeyi wita ku bana be mu bihe bigoye. Ubutumwa…
SOMA INKURUAmakuru mashya y’ubushakashatsi kuri Covid-19
Ubushakashatsi butandukanye bwakozwe hirya no hino ku isi bwerekana ko iyo habonetse umuntu umwe muri sosiyete wanduye Covid-19, haba hari abandi bantu icyenda banduye ariko batagaragara kuko nta n’ibimenyetso baba bafite. Ibyo ni ibyagarutsweho na Dr Sabin Nsanzimana, Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC), aho ashishikariza abantu kwipimisha iyo ndwara ku bushake, cyane ko aho kuyipimira hagenda hiyongera ndetse n’ikiguzi kikaba cyaragabanutse. Dr Nsanzimana avuga ko kwipimisha muri iki gihe ari ngombwa kuko ubwandu burimo kwiyongera, ndetse hari n’abantu baba barware Covid-19 bakayitiranya n’ibicurane bisanzwe. Ati “Ubushakashatsi bwo…
SOMA INKURURDF yahawe umuvugizi mushya
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje Lt Col Ronald Rwivanga nk’Umuvugizi mushya, akaba asimbuye Lt Col Innocent Munyengango wari usanzwe muri uyu mwanya kuva tariki ya 26 Nzeri 2017. Lt Col Rwivanga yari asanzwe ari Umuhuzabikorwa w’Amasomo mu Ishuri rikuru rya Gisirikare (RDF Command and Staff College) riherereye mu Karere ka Musanze. Bivugwa kandi ko Lt Col Rwivanga yakoze indi mirimo itandukanye mu Ngabo z’u Rwanda, aho yabaye n’Umwanditsi Mukuru w’ikinyamakuru cy’Ishuri rikuru rya Gisirikare, Warrior Magazine. Lt Col Rwivanga yabaye umwe mu bagize ingabo zishinzwe kurinda Umukuru w’Igihugu (Republican…
SOMA INKURUMuhanga: Batawe muri yombi nyuma yo kwiba asaga miliyoni
Ku Cyumweru tariki ya 27 Ukuboza 2020, Polisi ikorera mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Shyogwe yafashe Ntagengwa Christian ufite imyaka 19 na Habimana Jules ufite imyaka 27 bakekwaho ubujura. Aba basore babiri bafatanwe amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni (1.185.000) bikekwa ko bari bamaze kuyiba umucuruzi witwa Nyiramana Pelagie, ufite depo y’inzoga mu gasantere ka Munyinya ho mu Murenge wa Shyogwe mu Kagari ka Ruli. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, Superintendent of Police(SP) Theobald Kanamugire yavuze ko bariya basore baje kuri depo ya Nyiramana, maze uwitwa Ntagengwa Christian…
SOMA INKURUGupima Covid-19 mu buryo bwihuse byagejejwe mu bigo nderabuzima
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) buvuga ko gahunda yo kwemerera amavuriro yigenga gupima COVID-19 hagatangwa igisubizo mu buryo bwihuse irimo kugaragaza umubare munini w’abanduye iki cyorezo, bikaba byatumye Leta ifata ikemezo cyo kugeza izo serivisi ku bigo nderabuzima byose mu gihugu. Tariki ya 17 Ukuboza 2020, uyu mwaka ni bwo ibitaro byigenga byemerewe gusuzuma COVID-19 bikanahita bitanga ibisubizo mu buryo bwihuse. Abakenera iyi serivisi bavuga ko ibafitiye akamaro gakomeye. Ukuriye abaforomo mu ivuriro La Croix du Sud riherereye mu Karere ka Gasabo, Dr. Claudine Muratwa avuga ko barimo kwakira umubare munini…
SOMA INKURUMonkey see, monkey do, depending on age, experience and efficiency
Capuchin monkeys learn best-payoff ways to open fruit from othersWild capuchin monkeys readily learn skills from each other — but that social learning is driven home by the payoff of learning a useful new skill. It’s the first demonstration of “payoff bias” learning in a wild animal, and could inform whether and how animals can adapt to rapidly changing conditions, for example due to climate change or reintroduction of species from captive breeding.“When animals learn, they can learn very (…) Capuchin monkeys learn best-payoff ways to open fruit from others Wild…
SOMA INKURU