Igitego cya Lionel Messi cyahaye amahirwe Inter Miami mu gikombe cy’Isi cy’amakipe

Lionel Messi yongeye kugaragaza impano ye idasanzwe, afasha Inter Miami kubona intsinzi yayo ya mbere mu mikino y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe, nyuma yo gutsinda FC Porto ibitego 2-1 mu mukino w’ishiraniro wabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni umukino wa kabiri w’iyi kipe muri Itsinda A, aho yaherukaga kunganya na Al Ahly 0-0, bikaba byari byongereye igitutu kuri Messi n’abandi bakinnyi be basabwaga intsinzi y’agaciro. Ku ikubitiro FC Porto ku munota wa 8 yabonye penaliti nyuma y’ikosa rikorewe mu rubuga rw’amahina. Samu Aghehowa yayivanyemo igitego cyabaye nk’igitangira urugamba ku ruhande…

SOMA INKURU

Umuherwe akaba na nyiri Telegram, yahishuye uburyo yabyaye abana barenga 100

Pavel Durov, washinze kandi uyobora urubuga ruzwi cyane rwa Telegram, yongeye gutungurana atangaza ko afite abana barenga 100 yabyaye binyuze mu gutanga intanga mu bihugu 12 bitandukanye. Uyu mugabo w’imyaka 40, ukomoka mu Burusiya, ariko ubu utagira igihugu abamo bya buri gihe, yavuze ko imyaka 15 ishize yatangiye gufasha inshuti ye ibuze ubushobozi bwo kubyara, bituma yinjira mu rugendo rwatumye intanga ze zikoreshwa n’abagore batandukanye ku Isi, kugeza ubwo habonetse abana barenga ijana. “Ibi ntibyari ibikorwa byo kwinezeza cyangwa kwiyemera,” Durov yagize ati. “Byari ubushake bwo gutanga ubuzima ku bantu…

SOMA INKURU

Ikiriyo cy’uwahoze ari perezida wa Zambia cyasubitswe bitunguranye

Mu gihe Zambia yari mu bihe by’amarangamutima yo gusezera kuri Dr. Edgar Lungu Chagwa wahoze ari Perezida w’iki gihugu, habaye impinduka zidasanzwe zatumye gahunda yari iteguwe na Leta ihagarara, biturutse ku kutumvikana gukomeye hagati y’ubutegetsi n’umuryango wa nyakwigendera. Lungu yapfiriye muri Afurika y’Epfo ku itariki ya 5 Kamena 2025, ahatangiriye ibiganiro hagati y’impande zombi ku bijyanye no kumucyura no kumushyingura mu cyubahiro. Gusa, imishyikirano ntiyagenze uko byari byitezwe. Ku wa 18 Kamena, ubwo igihugu cyari cyiteze kwakira umurambo wa Lungu ku kibuga cy’indege cya Lusaka, ibintu byahindutse. Umuryango we watangaje…

SOMA INKURU

Whispers of a vanishing Eden: Rwanda’s silent biodiversity crisis

Despite its reputation as a conservation success story, Rwanda faces an urgent threat its rich biodiversity is slipping away under pressure from human activity, climate change and habitat loss. In the heart of Africa, Rwanda is often praised as a model of environmental recovery and reforestation. But behind the rolling green hills and flourishing national parks lies a growing concern that few are talking about an accelerating loss of biodiversity that threatens the very soul of this “land of a thousand hills.” A growing silence in the forest Nyungwe and…

SOMA INKURU

Les terrasses sauvent nos collines: Quand l’agriculture rwandaise s’appuie sur la terre en paliers

Sur les collines verdoyantes du nord du Rwanda, dans le district de Gicumbi, les courbes régulières de la terre témoignent d’une révolution silencieuse: la terrasse. Loin d’être un simple agencement esthétique, cette pratique ancestrale remise au goût du jour devient un bouclier contre l’érosion, un levier de productivité agricole et une réponse locale aux défis climatiques. Un rempart contre la dégradation environnementale Le Rwanda, surnommé “le pays des mille collines” est confronté depuis des décennies à une problématique majeure: l’érosion des sols. Les fortes pluies saisonnières, combinées à la déforestation…

SOMA INKURU

Ukraine’s Zelenskyy warns diplomacy in crisis after Trump’s early G7 exit

Ukraine’s leader was denied a meeting with his most powerful ally, after Donald Trump left the summit a day early. The Group of Seven summit in Canada has ended without leaders issuing a joint statement in support of Ukraine, as Ukrainian leader Volodymyr Zelenskyy warned that “diplomacy is now in a state of crisis”. The summit of major industrial democracies, which wrapped up in the Canadian Rocky Mountain resort of Kananaskis late on Tuesday, had been intended to showcase unity on major global issues. But unlike in previous years, when…

SOMA INKURU

Guerre Israël-Iran: Trump appelle à une “capitulation sans conditions” de Téhéran

Donald Trump a appelé mardi à la reddition de l’Iran et assuré que les États-Unis pouvaient aisément tuer le guide suprême iranien, alors que la confrontation militaire entre Israël et Téhéran se poursuit. Donald Trump a considérablement haussé le ton contre l’Iran mardi 17 juin, assurant notamment que les États-Unis “savaient exactement où se cachait” le guide suprême iranien Ali Khamenei mais qu’ils ne comptaient pas le tuer “pour le moment”. Dans un message en lettres majuscules sur sa plateforme Truth Social, le président américain a aussi exigé une “CAPITULATION…

SOMA INKURU

Derrière le silence: L’impact caché des MST au Rwanda

Dans les couloirs feutrés du Centre Hospitalier de Kibagabaga, les voix sont basses, les regards fuyants. Ici, comme dans de nombreux centres de santé à travers le pays, les patients atteints de maladies sexuellement transmissibles (MST) viennent chercher un traitement… souvent trop tard. Et souvent, seuls. Malgré les campagnes de sensibilisation, les chiffres dévoilés par le Rwanda Biomedical Center (RBC) dressent un constat alarmant : plus de 18 000 nouveaux cas de MST ont été enregistrés en 2024. Les infections les plus courantes sont la syphilis, la gonorrhée et la…

SOMA INKURU

Ni iki kihishe inyuma yo kongera kugaragara kwa COVID-19 mu Rwanda?

Mu gihe benshi bibwiraga ko icyorezo cya COVID-19 cyarangiye burundu, hari ibimenyetso bigaragaza ko yongeye kwigaragaza mu bice bitandukanye by’u Rwanda. Mu byumweru bitatu bishize, ibitaro bikuru bya Kigali (CHUK) hamwe n’ibigo nderabuzima byo mu ntara byatangiye kwakira abarwayi bafite ibimenyetso bya COVID-19, harimo inkorora, umuriro, umunaniro ukabije n’ibibazo byo guhumeka. Icyorezo cya COVID-19 cyongeye gutera impungenge mu Rwanda, ariko ntikiragera ku rwego rw’ihungabana rikomeye. Abaganga n’inzego z’ubuzima barakangurira abaturage kudacogora, kuko uko kwirinda no gukingirwa bigaragaza ko bishobora gutuma iyi ndwara idakwirakwira nk’uko byigeze kuba mbere. Ubuhamya bw’abayirwaye: “Numvaga…

SOMA INKURU

Uburinganire si intambara y’abagabo n’abagore– Imwe mu myumvire ikibangamira ihame ry’ubwuzuzanye mu Rwanda

U Rwanda, kimwe mu bihugu byashyize imbere politiki ihamye y’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo, ariko haracyagaragara inzitizi zishingiye ku myumvire itariyo, zibuza abaturage kugera ku nyungu nyazo z’iri hame. Izi nzitizi ntizishingiye ku mategeko, ahubwo zigaragara cyane mu mitekerereze, imico n’imyumvire igiciriritse cyane cyane mu rugo. Imyumvire ikirimo urujijo… Mu murenge wa Rwaza, akarere ka Musanze, twaganiriye na Mukamana Vestine, umugore w’imyaka 38, ufite abana bane, atangaza ko hakiri abagabo binangiye ku bijyanye n’ubwuzuzanye mu rugo. Yagize ati: “Nigeze kugerageza kubwira umugabo ko twafata icyemezo cyo kohereza umwana wacu w’umukobwa…

SOMA INKURU