Ingabo z’Ubushinwa mu myitozo n’ibihugu 2 bya Afurika

Kuva tariki 29 Nyakanga 2024 nibwo ingabo z’Abashinwa, Mozambike na Tanzaniya zatangiye gukora imyitozo ihuriweho yitiriwe amahoro n’ubumwe ya 2024 muri Tanzaniya, yibanda ku bikorwa bya gisirikare byo kurwanya iterabwoba. Ingabo z’Abashinwa bitabiriye iyi myitozo ya Peace Unity 2024 zigizwe n’amatsinda abiri: imitwe y’ingabo zo ku butaka yoherejwe n’Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cy’u Bushinwa (PLA) mu gice cyo hagati mu gihugu, hamwe n’imitwe y’Ingabo zo mu mazi yoherejwe n’ubuyobozi bwa PLA mu gice cy’Amajyepfo. Imitwe yo ku butaka igizwe n’ingabo zo mu itsinda rya 82, abashinzwe amakuru n’itumanaho, n’ibitaro bya gisirikare.…

SOMA INKURU

Inyungu z’ikoreshwa ry’bihingwa byahinduriwe uturemangingo ku muhinzi n’umuguzi

Ibihingwa bihindurirwa uturemangingo (DNA) hagamijwe inyungu runaka zose ziganisha mu korohereza no guteza imbere abahinzi ndetse no korohereza ababikoresha aho bigera ku isoko bifite ubuziranenge kandi ku giciro cyiza. Inyungu ziba zigamijwe mu guhindura uturemangingo z’ibihingwa harimo kubyongerera umusaruro, intungamubiri kidasanganywe, ubudahangarwa ku izuba, kwihanganira indwara n’imvura nyinshi,  kuba igihingwa kidakenera guterwa imiti cyangwa iyakoreshwaga ikagabanuka cyane,  kwera mu gihe gito n’izindi. Uyu mwihariko w’ibiribwa byahinduriwe uturemangingo utanga umusaruro ufatika mu bihugu byatangiye gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi aho bigira uruhare mu kurwanya inzara cyane ko bitanga umusaruro utubutse, kandi no…

SOMA INKURU

Kamara Harris yaba ariwe mugore ugiye gukora amateka muri USA

Nyuma y’aho Perezida Joe Biden atangarije kwikura mu guhatanira kuyobora  Leta Zunze Ubumwe za Amerika,visi perezida  we Kamala Harris niwe uri guhabwa amahirwe mu ishyaka ry’Abademokarate yo guhangana na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo 2024, yatsinda  amatora akaba akoze amateka y’umugore wa mbere uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umushakatsi akaba n’umwarimu wigisha muri kaminuza iby’imiyoborere y’abaperezida muri Miller Center, Kaminuza ya Virginia, Barbara Perry, yatangarije africanews ko Kamara Harris afite ibikorwa bimuha amahirwe yo guhatanira kuyobora igihugu cy’igihangange nka Amerika. Ati: “Yarenze inzitizi aba umugore wa mbere utari umuzungu…

SOMA INKURU

Haranugwanugwa uzasimbura ku butegetsi Kim Jong-Un

Ikigo gishinzwe ubutasi muri Koreya y’Epfo cyatangaje ko umukobwa wa Kim Jong-un, amaze igihe ahabwa amasomo ajyanye n’imiyoborere kugira ngo azasimbure se ku buyobozi bwa Koreya ya Ruguru. Kim Jong-Un yatangiye kuyobora Koreya ya Ruguru mu 2011, nyuma y’urupfu rwa Kim Jong-il. Ibijyanye n’aya makuru y’uru rwego rw’ubutasi byatangajwe Bloomberg cyatangaje ko uru rwego rw’iperereza kuwa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024, rwakoze inama ari nayo rwagaragarijemo ko uyu mukobwa wa Kim Jong-Un witwa Kim Ju-ae ariwe uzayobora igihugu nyuma ya se. Aya makuru atangajwe nyuma y’igihugu uyu mukobwa amaze agaragara…

SOMA INKURU

Ibyo ikiganiro cya Perezida Kagama na Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Keir Starmer cyibanzeho

Ibiro by’umukuru w’igihugu “Village Urugwiro”, byatangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer bahuriye i Paris mu Bufaransa, aho bagiye mu muhango wo gutangiza imikino ya Olempike, bagirana ikiganiro. Village Urugwiro yatangaje ko Perezida Kagame na Starmer bavuganje ku bijyanye n’ubucuruzi, siporo, ikoranabuhanga no kubungabunga ibidukikije. “Uyu munsi i Paris, Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza baganiriye ku bushake buhuriweho bwo gukomeza ubufatanye butanga umusaruro, mu bucuruzi, siporo, ikoranabuhanga no kubungabunga…

SOMA INKURU

Rwanda – Vue d’ensemble

Petit État d’Afrique de l’Est enclavé et densément peuplé, le Rwanda possède des terres vallonnées et fertiles et une population de plus de 13 millions d’habitants. Bordé à l’ouest par la République démocratique du Congo (RDC), voisin autrement plus vaste et riche, il est entouré par la Tanzanie à l’est, l’Ouganda au nord et le Burundi au sud. Au cours de la dernière décennie, le Rwanda est parvenu, avec l’appui de la Banque mondiale et du Fonds monétaire international (FMI), à mettre en place d’importantes réformes économiques et structurelles et…

SOMA INKURU

Uganda: Iby’imyigaragambyo bikomeje guhindura isura

Ibinyamakuru byo muri Uganda biri kwandika ku myigaragambyo iri kuhabera byatangaje ko ibyamamare byagerageje kuyitabira bari gutabwa muri yombi isaha ku yindi. Ibi bibaye mu gihe Polisi yo muri Uganda ihanganye bikomeye n’urubyiruko rwigabije imihanda mu myigaragambyo bise ‘March2Parliament’. Umwe mu batawe muri yombi hakiri kare ni umunyarwenya Obed Lubega uzwi nka Reign uyu akaba yaramamaye mu itsinda ‘Maulana&Reign’ watawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 akaba yahise ajyanwa gucumbikirwa kuri sitasiyo ya Polisi ya Nateete. Undi watawe muri yombi mu rubyiruko rukomeje imyigaragambyo rwamagana…

SOMA INKURU

Over 235,000 candidates begin secondary school national examinations

A total of 235,572 students have commenced the secondary school national examinations, designed to evaluate learning outcomes in lower and upper secondary education. These exams guide student selection and orientation from lower to upper secondary education and serve as a basis for awarding advanced-level certificates. The examinations kicked off on Tuesday, July 23, and are expected to run until August 2. They are being administered across 1,423 selected examination centers nationwide, involving 14,277 invigilators. According to the National Examinations and School Inspection Authority (NESA), 143,842 O-Level candidates (63,546 males and…

SOMA INKURU

Perezida Kagame yatambukije ubutumwa bw’ishimwe

Mu butumwa Perezida Paul Kagame yanyujije ku mbuga nkoranyambaga akoresha yashimiye abayobozi n’abantu banyuranye bo hirya no hino ku isi bamwifurije imirimo myiza, nyuma yo gutorerwa indi manda yo kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Mu bakuru b’ibihugu yashimiye harimo uwa Barbados, Central African Republic, Chad, Comoros, Cuba, Djibouti, Egypt, Ethiopia, Guinea-Bissau, Guinea, Kazakhstan, Kenya, Liberia, Madagascar, Mauritius, Morocco, Mozambique, Oman, Qatar, Senegal, Seychelles, Somalia, South Sudan, Switzeland, Tanzania, Turkiye, Uganda, Venezuela, Zambia n’ibindi bihugu bitandukanye, abasezeranya gukomeza ubufatanye. Yagize ati: “Twiteguye gukomeza imikoranire ibyara inyungu hagati y’abaturage…

SOMA INKURU

Amajwi y’agateganyo yerekanye ko abakandida depite ba FPR baje ku isonga

Nyuma y’uko Abanyarwanda batoye mu buryo butaziguye Abadepite bagomba kuvamo 53 baturuka mu mitwe ya politike inyuranye harimo n’umukandifa wigenga, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, “NEC”, yatangaje amajwi y’ibanze, aho abakandida b’ishyaka FPR Inkotanyi aribo baje ku isonga.  Byatangajwe ko abanyarwanda batoye neza bagera kuri 8,730,059, Umuryango FPR Inkotanyi wagize 62% ni ukuvuga amajwi miliyoni  5,471,104 hamwe n’indi mitwe ya politiki bafatanyije harimo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR. Hakurikiyeho Ishyaka Riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu, Parti Liberale “PL” ryagize 10.97%, hakurikiraho Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’abaturage “PSD” ryagize 9.48%,…

SOMA INKURU