Bugesera: Abafite ubumuga batoranye akanyamuneza umudepite uzabahagararira

Nk’ahandi hose hirya no hino mu Rwanda, muri iki gitondo cyo kuwa 16 Nyakanga 2024, abafite ubumuga bahagarariye abandi baturutse mu mirenge 15 igize akarere ka Bugesera, bahuriye ku murenge wa Nyamata, bagamije gutora umukandida uzabahagararira mu Nteko Ishingamategeko. Abagize inteko itora bahurije ku byiza bategereje ku mukandida uzatorwa ndetse banemeza ko kuza gutora bibatera akanyamuneza. Nkurunziza Jean D’Amour utuye mu kagali ka Nemba akaba afite ubumuga bw’ingingo avuga ko yishimiye cyane uko amatora y’abafite ubumuga yateguwe ndetse n’icyo ategereje ku mukandida uzatorwa. Yagize ati: “Mu bakandida 13 bo ku…

SOMA INKURU

Amatora 2024: Bimwe mu byatunguranye mu ibarura ry’amajwi mu matora ya Perezida wa Repubulika n’Abadepite  

Nk’ahandi hose mu gihugu, abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo kwitorera Perezida wa Repubulika n’Abadepite. Ukurikije uko amatora asanzwe ategurwa n’uko aba yitezwe, hari ibishya byagiye bigaragaramo bitamenyerewe. Ni mu gikorwa cyabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Nyakanga 2024, kibera hirya no hino mu gihugu. Ukurikije uko amatora asanzwe agenda, hari ibisa n’ibyatunguranye ukabona ko n’ababarura amajwi batabifiteho amakuru afatika hamwe bakabanza kugisha inama. 1.Usoma amajwi ni umwe Mu byumba byinshi by’itora, uwasomaga ibiri ku mpapuro abaturage batoreyeho wasangaga ari umwe, undi uri imbere agahira yandika ibyo basomye. Nubwo…

SOMA INKURU

Ngoma: Urubyiruko rwatoye bwa mbere rwageneye ubutumwa abazatorwa

Mu gihe Abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Umukuru w’igihugu n’Abadepite, uyu munsi tariki ya 15 Nyakanga 2024, urubyiruko rutoye bwa mbere rwagaragaje ibyishimo rufite byo kuzuza izo nshingano nk’abinjiye mu cyiciro cy’abafatwa nk’abakuze. Ibynshimo byabo ariko bigeretseho n’ibyifuzo bafite ku bayobozi bitoreye. Urubyiruko rutoye bwa mbere, ni ukuvuga abujuje imyaka 18 ndetse n’abayirengejeho gato ariko bari bataratora na rimwe, batangaza ko banezerewe kuko bumva bakoze igikorwa gikomeye cyo kwitorera abayobozi ndetse barimo na Perezida wa Repubulika. Abatoreye kuri Groupe scolaire Rurenge Protestant iherereye mu kagali ka Gitaraga, umurenge wa…

SOMA INKURU

Bugesera: Site y’itora yarangije gutora saa yine za mu gitondo

Mu gihe ama site y’itora atandukanye yagize ibibazo byo kugira abantu benshi bakomeje kwiyongera bakarenza igihe cyo gusoza amatora cya saa cyenda, bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera baciye agahigo ko kurangiza kwitorera abayobozi mu masaha atatu. Abesheje agahigo ni abo mu murenge wa Mayange kuri site y’urwunge rw’amashuri rwa Kibenga aho itora ryarangiye rugikubita. Aha Kibenga hatoreye abaturage 2944 bakaba barangije amatora saa yine za mu gitondo, maze abaturage bisubirira mu mirimo yabo inyuranye. Mu karere ka Bugesera muri Rusange,  amatora yaranzwe n’udushya twinshi. Nko mu murenge…

SOMA INKURU

M23 accuses DR Congo army of violating humanitarian truce

The M23 rebels in eastern DR Congo on Sunday, June 7, accused the government coalition of violating a humanitarian truce that was negotiated to facilitate aid delivery to displaced people and allow for the safe return to their homes in North Kivu province. Brokered by the United States, the truce that began on June 5 was supposed to end on July 19. The M23 rebel group and the Congolese government had agreed to the US proposal for a two-week proposal but both said they would remain vigilant for any violations.…

SOMA INKURU

Joe Biden s’entête, les démocrates paniquent : qui craquera en premier ?

Joe Biden et les démocrates sont engagés dans un cycle infernal. Chaque jour depuis le débat calamiteux du 27 juin, l’inquiétude quant à l’état de santé du président américain grandit et les appels à se retirer au profit d’un autre candidat se multiplient. En réaction, chaque jour ou presque, Joe Biden espère mettre fin au vacarme dans son camp en répétant qu’il se maintient. Lundi 8 juillet n’échappe pas à la règle. Cette fois, c’est dans une lettre adressée aux membres du Congrès que le chef de l’État à réitéré…

SOMA INKURU

Rwanda : début des campagnes électorales en vue des élections présidentielles et législatives

La campagne électorale a débuté samedi au Rwanda en vue des élections présidentielles et législatives du mois prochain. Trois candidats à la présidence sont en lice : le président sortant Paul Kagame, du Front patriotique rwandais (FPR, au pouvoir), Frank Habineza, du Parti démocratique vert du Rwanda et Philippe Mpayimana, un candidat indépendant. M. Kagame, qui est au pouvoir depuis 2000, a lancé sa campagne dans le district de Musanze, de la province du Nord, où il a déclaré lors d’un grand rassemblement que la politique du FPR consistait à…

SOMA INKURU

Sobanukirwa n’uwemerewe gutora, utabyemerewe n’uwatorera aho ageze hose mu Rwanda

Umukozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC)  ushinzwe gutangaza amakuru y’urwo rwego, Moïse Bukasa Karani, atangaza ko kugeza ubu urutonde rw’abemerewe gutora Perezida wa Repubulika n’Abadepite mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka wa 2024 ruriho amazina n’imyirondoro by’Abanyarwanda hafi miliyoni 9 n’ibihumbi 500. Bukasa avuga ko umuntu wese ufite indangamuntu y’u Rwanda kandi wujuje imyaka 18 agomba kugenzura ko ari no kuri lisiti y’itora kuko Komisiyo y’Amatora ikorana n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), aho abantu bose bujuje imyaka 18 y’amavuko bahita bashyirwa kuri iyo lisiti. Bukasa yagize ati “Abafite imyaka 18…

SOMA INKURU

Rwandan MPs ask DR Congo to disarm FDLR, address historical grievances

The presence in eastern DR Congo of the FDLR, a UN-sanctioned group linked to the 1994 Genocide against the Tutsi in Rwanda, unresolved historical grievances and blaming Rwanda for the M23 rebellion have led to diplomatic rift between the two countries, according to the Rwandan Parliament. This was said on Wednesday, June 5, as an ad hoc house committee set up to investigate the role of colonial legacy in conflicts in the Great Lakes Region and its impact on DR Congo-Rwanda tensions presented its findings to a Plenary Session. According…

SOMA INKURU

Icyo urubyiruko rusabwa mu gihe cy’amatora na nyuma yayo

Urubyiruko rwasabwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora “NEC” kuzitabira amatora ku gihe, kugira ngo amasaha yo gutora asozwe nta bantu bakiri ku mirongo, bityo byorohereze ababarura amajwi gutangira akazi kabo. Urubyiruko kandi rusabwa kuzitwara neza nyuma y’amatora, kuko mu myaka yashize mu mateka y’igihugu urubyiruko rwakoreshejwe mu bikorwa bibi bishobora guteza umutekano muke mu baturage. Ku kijyanye n’imbogamizi urubyiruko ruhura nazo, zo kuba hari abantu batisanga muri sisiteme, cyangwa indangamuntu itagaragara muri iryo koranabunga, NEC isobavuga ko abafashe indangamuntu ku nshuro ya kabiri bamaze guhuzwa n’aho bazatorera, naho abanyeshuri bazaba bakiri…

SOMA INKURU