Abaturage n’abayobozi bo mu karere ka Musanze barasabwa gushyira imbaraga mu irondo ry’umwuga, bitewe n’uko hari ahakigaragara ibyuho byinjiriramo ibyaha bikabuza umudendezo abaturage. Mu Mirenge igize Akarere ka Musanze yatangijwemo irondo ry’umwuga, abaturage n’abayobozi bahuriza ku buryo ryagize akamaro. Mu nama mpuzabikorwa y’Akarere ka Musanze yahurije hamwe inzego z’umutekano n’iz’Akarere, umuyobozi ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage mu Ntara y’Amajyaruguru, Superintendent Alex Ndayisenga yagaragaje ko hakiri icyuho mu kubungabunga umutekano. Yasobanuye ko ibyo bituma haba ibyaha biterwa n’ibiyobyabwenge, inzoga z’inkorano n’amakimbirane aganisha ku kwicana kw’abashakanye. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko…
SOMA INKURUCategory: politike
Ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida Senateri byatangiye
Abakandida Senateri batorwamo 14 hashingiwe ku nzego z’imitegekere y’igihugu, 1 utorwa mu mashuri makuru ya Leta n’umwe utorwa mu mashuri makuru yigenga baratangira ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Mbere, tariki 26 Kanama 2024. Urutonde rw’AbakandidaSenateri rwemejwe rugaragaza ko mu Ntara y’Amajyaruguru abiyamamaza ari 3, Intara y’Amajyepfo ni 7, Intara y’Iburasirazuba ni 5, Intara y’Iburengerazuba ni 9 naho abiyamamaza mu Mujyi wa Kigali ni 4. Abiyamamaza mu Mashuri Makuru ya Leta ni 3 mu gihe umwe yimamaza mu Mashuri Makuru yigenga. Amatora y’abasenateri ateganijwe kuba ku itariki 16 na 17…
SOMA INKURUNine priority sectors for new industrial policy in Rwanda
The Cabinet, on August 23, approved Rwanda Industrial Policy which the Ministry of Trade and Industry (MINICOM) indicated aims to contribute to Rwanda’s Vision 2050 by accelerating the structural transformation of the country and enabling the development of a competitive and export-oriented private sector. The 10-year industrial policy runs from 2024 through 2034. The new policy has five pillars, namely improving industrial capabilities in export-oriented industries, increasing the level of investment & access to finance, developing technology, science and innovation capabilities, building the required infrastructure and spatial planning, and supporting…
SOMA INKURUSamuel Dusengiyumva re-elected Mayor of Kigali
BY TUYISHIME Eric Samuel Dusengiyumva has been re-elected Mayor of Kigali, Rwanda’s bustling capital, in a major political event. The re-election marks a continuation of Dusengiyumva’s leadership, which has been characterised by a strong focus on urban development, expanding infrastructure and improving the quality of life for Kigali residents. Background and Achievements Dusengiyumva first assumed office as mayor during a period when Kigali was undergoing rapid urbanization. His administration focused on several key areas: Urban Planning and Infrastructure: Under his leadership, Kigali has seen extensive development in its infrastructure. This…
SOMA INKURUAfrica’s inaugural AI summit brings 1000 global leaders to Kigali
In the next two months, Kigali will be the focal point as 1000 leaders from the global Artificial Intelligence (AI) ecosystem will gather from October 8 to 9, at Kigali Convention Centre, for Africa’s inauguration AI summit. This event, hosted by the Centre for the Fourth Industrial Revolution Rwanda (C4IR Rwanda) in collaboration with the World Economic Forum (WEF), is set to advance an ambitious vision for Africa’s leadership in the age of Al. The two-day summit will attract a diverse range of participants, including heads of state, ministers, industry…
SOMA INKURUDemocrats ‘enthused’ as Harris prepares to accept nomination at Chicago convention
US Vice President Kamala Harris has enjoyed a steady rise in her favorability ratings, with her party members energized over her candidacy as the Democratic National Convention opens in Chicago Monday. But thousands of activists calling for a Gaza ceasefire are expected to converge at the convention, exposing increasing opposition, particularly among young voters, over the Biden’s administration handling of the Middle East conflict. A refreshed Democratic Party reintroduces itself to a divided nation this week, having been transformed by the money, momentum, relief and even joy that followed Vice President Kamala Harris‘…
SOMA INKURUSur X, l’entretien entre Elon Musk et Donald Trump débute par une “cyberattaque”
Elon Musk, patron du réseau social X, a offert, lundi soir, une plateforme au candidat à la présidentielle américaine Donald Trump, avec une conversation diffusée sur le compte de l’ancien président. La retransmission a cependant été perturbée par une “cyberattaque massive”, a indiqué Elon Musk. L’interview de Donald Trump par Elon Musk a démarré avec plus de 40 minutes de retard, lundi 12 août, sur le réseau social X, à cause d’une cyberattaque “massive” selon le propriétaire de la plateforme. L’entretien a d’abord été inaccessible pendant de longs moments, à…
SOMA INKURUParliament: New speaker to be elected by August 22
The swearing-in of Rwanda’s new Members of Parliament (MPs) also called Deputies is expected by August 22, going by a provision in the constitution that stipulates that before assuming their duties, lawmakers must take an oath of office within 30 days after being elected. This means that they will take an oath before August 22, but not after that date. Article 66 of the constitution, which talks about the commencement of office for Members of Parliament, provides that before assuming his or her duties, a member of Parliament takes the…
SOMA INKURUM23 yafashe umujyi wa Ishasha unizeza byinshi abaturage baho
Umutwe wa M23 watangaje ku cyumweru ko wafashe umujyi wa Ishasha uherereye ku mupaka wa DR Congo na Uganda mu majyaruguru y’intara ya Kivu ya Ruguru muri 60km uvuye mu mujyi wa Rutshuru-Centre. Ku mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga na bamwe mu bakuriye M23, umwe mu barwanyi bayo yagaragaye abwira abasivile baje kubakira bati: “M23 ije kubacungira umutekano n’ibyanyu…Barrières za FDLR ntimuzongera kuzibona, FDLR igomba gusubira iwabo mu Rwanda, aba Mai-Mai bari hano mubabwire baze dufatanye kubaka igihugu…Aho M23 iri nta kibazo gihari”. Uruhande rwa leta cyangwa ingabo za leta…
SOMA INKURUAbaturage barataka kwibwa miliyoni 64, abayobozi bo ntibabikozwe
Mu gihe abaturage basaga 500 bibumbiye mu Itsinda Twivane mu Bukene ryo mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze basabye ko hakurikiranwa abayobozi babo banyereje miliyoni 64 Frw bakusanyije nk’imisanzu ya mituweli n’ubwizigame, abayobozi b’inzego z’ibanze bo ntibemeranya n’abo baturage ku ngano y’amafaranga bavuga ko yanyerejwe. Bamwe mu baturage bagize Itsinda Twivane mu Bukene bagiye kuri Sacco Ihirwe Busogo kugenzura amafaranga basigaranye kuri konti, dore ko nyuma y’inyerezwa ry’ayo mafaranga, kuri ubu kwivuza no kwiteza imbere kuri aba banyamuryango bagaragaza ko ari ikibazo kibakomereye. Nubwo abaturage batangaza ibi umucungamutungo…
SOMA INKURU