Ikibazo cy’amazi gishobora guteza amakuba ku isi -ONU

Raporo y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yaburiye ko hari gututumba amakuba ku isi y’ubucye bw’amazi kandi ko “igihe icyo ari cyo cyose hashobora kubaho ibyago” by’ubucye bw’amazi butewe no kuyakoresha mu buryo burenze urugero no kubera imihindagurikire y’ikirere. Iyi raporo ivuga ko isi “irimo kugenda buhumyi mu nzira iteje ibyago” yo “kuyakoresha bunyamaswa birengeje urugero n’iterambere rirenze urugero”. Iyi raporo yatangajwe ku wa kabiri, mbere yuko haba inama ya mbere ikomeye ya ONU yiga ku mazi ibayeho kuva mu mwaka wa 1977. Intumwa zibarirwa mu bihumbi ziritabira iyi nama y’iminsi itatu i…

SOMA INKURU

USA: Buri masegonda 40 umwana aburirwa irengero

Raporo y’Urwego rw’Ubutasi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) igaragaza ko buri masegonda 40 umwana wo muri icyo gihugu aba ashimuswe cyangwa akaburirwa irengero. Iyi raporo igaragaza ko kimwe cya kabiri cy’abana bari munsi y’imyaka itandatu bashimutwa n’abo mu miryango yabo, cyane cyane bigakorwa n’umwe mu babyeyi b’uwo mwana bahanye gatanya. Ni mu gihe umwe mu bana barindwi uri hagati y’imyaka 10-18 aburirwa irengero ari we wafashe umwanzuro wo kuva mu muryango we akagenda ameze nk’uwuhunze, ibimuviramo kuba mu buzima bwo ku muhanda. Abo bikura mu muryango yabo, 75%…

SOMA INKURU

Abagore batwite n’abonsa bahuye n’imirire mibi bazamutseho 25%

Umubare w’abagore batwite n’abonsa bahuye n’imirire mibi, wazamutseho 25% mu bihugu 12 byo muri Afurika no muri Aziya, guhera mu 2020, nk’uko byagaragajwe muri raporo ya UNICEF. Iyi ni impuruza yerekana ko hakenewe gushora muri gahunda zijyanye n’imirire iboneye. Iyo raporo yasohotse ku wa kabiri tariki 7 Werurwe 2023, aho UNICEF yavuze ko umubare w’ababyeyi batwite n’abonsa bafite ikibazo cy’imirire mibi wazamutse ukava kuri Miliyoni 5.5 ukagera kuri Miliyoni 6.9 mu myaka ibiri ishize. Mu bihugu byahuye n’ihungabana ry’ubukungu ryiyongereye cyane kubera intambara yo muri Ukraine, amapfa yaturutse ku mihindagurikire y’ikirere,…

SOMA INKURU

Ni iki kihishe inyuma ku iperereza ry’inkomoko ya Covid-19 ?

Kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Werurwe nibwo Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe gukora iperereza ikamenya inkomoko y’icyorezo cya Covid-19 kimaze imyaka itatu  yatangiye kumva abatangabuhamya ba mbere mu mujyi wa Washington, intego ni ugukora isesengura bakagaragaza ahantu nyaho Covid-19 yaturutse.  Iyi Kimisiyo yashyizweho igizwe n’abantu 16 bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika. Byitezwe ko hazavugisha inzobere mu buvuzi, abashakashatsi, abanditsi b’ibitabo, abakora ubucukumbuzi n’abandi. Mu cyumweru gishize, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Iperereza cyo muri AmerikA (FBI) Christopher Wray yatangaje ko amahirwe menshi bayaha kuba iyo virusi yaravuye muri Laboratwari…

SOMA INKURU

Malnutrition in pregnancy surges in poor countries

The number of pregnant women and girls who are suffering from malnutrition has soared by 25% in the last two years, the UN children’s agency Unicef says. The world’s poorest regions, such as Somalia, Ethiopia and Afghanistan, have been most affected, its report finds. Unicef estimates that more than one billion women and adolescent girls worldwide are malnourished. It says recent crises including war and Covid have made it increasingly hard for them to get the food they need. Unicef has urged the international community to make food security a…

SOMA INKURU

“Je retire ma fille de l’école” : la colère gronde en Iran face aux empoisonnements

En Iran, plusieurs établissements scolaires de jeunes filles ont été ciblés ce week-end et lundi par des intoxications au gaz. Des parents d’élèves ont manifesté, à Téhéran notamment. La colère se répand pour demander des comptes aux autorités et certains envisagent de ne plus envoyer leurs enfants à l’école. “Je retire ma fille de l’école jusqu’à nouvel ordre”. Pour ce père de famille à Téhéran, les nouveaux cas d’empoisonnement d’écolières iraniennes ce week-end, ont été ceux de trop. Sur les réseaux sociaux, il dit ne plus faire confiance au personnel scolaire. “L’enseignante…

SOMA INKURU

Imbogamizi mu kwirinda virusi itera SIDA zikomereye urubyiruko rwa Nyakarambi

Mu gasantire ka Nyakarambi gaherereye mu karere ka Kirehe havugwa uburaya bukabije, kugeza ku bana b’imyaka 14 bavugwaho kwishora mu busambanyi. Igitangaje muri iyi santire ni uko aho usanze abakobwa 10 muri bo 5 baba bafite agapira ko kuboneza urubyaro mu kaboko ndetse bakaba bumva ko ari ubwirinzi bubarinda inda na virusi itera SIDA kuko iby’agakingirizo batabikozwa. Ku rundi ruhande abasore baho bagatangaza ko bafite imbogamizi mu kubona udukingirizo. Akarere ka Kirehe, kamwe mu tugize intara y’Iburasirazuba, gafite isantire ya Nyakarambi ihuriramo abanyamahanga banyuranye by’umwihariko abashoferi b’ibikamyo bituruka muri Tanzaniya,…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma y’ihungabana mu rubyiruko

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe kugenzura no kurinda indwara, CDC kigaragaza ko imibare y’abana b’abanyeshuri bugarijwe n’ikibazo cy’ihungabana ryiyongera umunsi ku wundi. Abugarijwe ngo ni abo mu muryango wa LGBTQ, ab’igitsina gore ndetse n’abandi bariterwa no guhezwa bitewe n’ibara ry’uruhu rwabo. Mu 2021 CDC yatangaje ko 45% by’abanyeshuri bo mu muryango wa LGBTQ bagerageje kwiyahura, mu gihe abana b’abirabura ari bo bagize umubare munini w’abagerageza kwiyambura ubuzima bijyanye n’irondaruhu bakorerwa. Inteko Isinga Amategeko y’u Bwongereza yo yatangiye kuganira ku giciro cyo kujya ku mbuga nkoranyambaga mu kurinda abo bana ndetse mu mwaka…

SOMA INKURU

Half of the world on track to be overweight or obese by 2035

The World Obesity Federation predicts that 51 percent of the world will be overweight, and one in four people will be obese.More than half of the world’s population will be overweight or obese by 2035 without significant action, according to a new report. The World Obesity Federation’s 2023 atlas predicts that 51 percent of the world, or more than four billion people, will be obese or overweight within the next 12 years; of those, nearly two million, or one in four people, will have obesity. Rates of obesity are rising…

SOMA INKURU

Drone zatangiye kwifashishwa mu kugeza imiti ku barwayi ba diyabete

Ubusanzwe abarwayi ba Diyabete byabasabaga kujya gufata imiti ku bitaro cyangwa ibigo nderabuzima, rimwe na rimwe hari abo wasangaga bitwara amatike menshi ku buryo bishobora kubateza ibindi bibazo birimo ubukene bajya gufata imiti. Ni muri urwo rwego ikigo kimenyerewe mu gukoresha indege zitagira abapilote mu kugeza amaraso ku bitaro biyakeneye, Zipline n’abandi bafatanyabikorwa batangiye ubushakashatsi buzamara amezi atandatu bugamije kureba niba izi ndege zajya zishyira imiti abarwayi ba diyabete mu ngo aho gutegereza kujya kuyifata ku mavuriro. Ni umushinga iki kigo gifatanyije na “Partners In Health”. Ku ikubitiro igerageza ryatangiriye…

SOMA INKURU