Afurika ifite byinshi byagira umumaro-Perezida Kagame

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 2 Ukuboza 2020 mu nama ya gatanu yahuje abayobozi bakomeye ku ruhande rwa Afurika n’u Burayi hifashishijwe ikoranabuhanga, biga ku bufatanye bw’imigabane yombi bugamije iterambere, Perezida Kagame yatangaje ko Afurika ifite byinshi byagirira umumaro ubufatanye bw’imigabane yombi, haba mu kubyaza umusaruro umutungo ifite cyangwa abaturage bayituye. Nyuma yo kubitangaza Perezida Kagame yanavuze ko hari uburyo Afurika yakunze gufatwa n’abanyaburayi kutari ko, bikagaragarira mu bufatanye n’umubano imigabane yombi yagiye igirana. Ati “Turashaka kugeza uyu mubano ku rundi rwego mu bijyanye n’imyumvire imwe ku miyoborere. Imyitwarire nk’iy’umugenzuzi…

SOMA INKURU

Bobi Wine yatangaje ko agiye kwiyamamaza mu isura nshya

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki 3 Ukuboza 2020, umuhanzi uzwi nka Bobi Wine kuri ubu akaba ari guhatanira kuyobora igihugu cy’abaturanyi cya Uganda, yashyize ku rukuta rwa Twitter rwe amafoto amugaragaza yambaye nk’umusirikare ugiye ku rugamba, ayaherekesha amagambo avuga ko nubwo yanyura mu gicucucucu cy’urupfu adateze kugira ubwoba. Kuri ayo mafoto, uyu mugabo yari yambaye igisarubeti cy’umutuku, ingofero itukura n’inkweto zimeze nk’iz’abasirikare. Yari yambaye kandi agakote kameze nk’akadatoborwa n’amasasu. Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bavuze ko bibabaje kubona umukandida uhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu ageze aho yambara nk’umusirikare…

SOMA INKURU

Icyegeranyo cya Covid-19 mu Rwanda no ku isi

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Ukuboza 2020, habonetse abarwayi bashya 14 b’icyorezo cya  Koronavirusi (COVID-19) n’abakize 28, bituma umubare w’abamaze gukira ugera ku 5,544 bangana na 93.2% by’abarwayi bamaze gutahurwa mu Rwanda kuva muri Werurwe. Abarwayi bashya barimo bane batahuwe mu Mujyi wa Kigali, ikenda babonetse mu Karere ka Musanze, n’undi umwe wabonetse mu Karere ka Rubavu. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko ikomeje gukora ibishoboka byose ngo ihagarike ubwandu bushya bwagaragaye ko bwiganje muri za gereza no mu nkambi z’impunzi mu bice bitandukanye. Kugeza ubu abarwayi bamaze gutahurwaho COVID-19…

SOMA INKURU

Herekanywe abagabo bakekwaho ibyaha binyuranye bifashishije inyandiko mpimbano

Ejo hashize Kuwa Kabiri tariki ya 01 Ukuboza Polisi y’u Rwanda yerekanye Rwabukwisi Albert ukekwaho kuba yakoraga inyandiko mpimbano yifashishije kashe 47 z’ibigo bitandukanye bya Leta ibyigenga n’amabanki. Yafatanwe n’abandi bantu babiri ari bo Ndagano Fardjallah Kazimbaya na Kalisa Ismael, aba barakekwaho ubufatanye na Rwabukwisi mu gukora urushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga, bakaba banarufatanywe. Ubwo berekwaga itangazamakuru ku kicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali Rwabukwisi Albert, yari kumwe na Ndagano Fardjallah Kazimbaya ndetse na Kalisa Ismael. Ndagano Fardjallah Kazimbaya yasabwe na mushiki we, Uwase Sharifa Kazimbaya uba muri…

SOMA INKURU

Icyo Perezida Kagame asaba abanyafurika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasabye Abanyafurika kurenga gutekereza ku by’aka kanya, bagakusanya ubushobozi n’ibitekerezo bishya byihutisha iterambere abaturage b’Afurika bakeneye. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Ukuboza 2020, mu ijambo yagejeje ku Ihuriro ry’Abanyafurika baba mu mahanga ryizihizaga isabukuru y’imyaka 10 rimaze rigaragaza ubufatanye mu guharanira iterambere ry’Afurika. Yavuze ko mu myaka ishize Ihuriro ry’Abanyafurika baba mu mahanga ryagiye rihuriza hamwe ibihumbi by’ abantu bahuje imyumvire, b’abizerwa, bagize uruhare mu guhindura Umugabane w’Afurika mu bihe bitandukanye. Yashimangiye ko muri uyu mwaka iryo huriro,…

SOMA INKURU

Uko amarushanwa ya “Afrobasket 2021” yarangiye

Kuri iki Cyumweru tariki 29 Ugushyingo 2020 ni bwo hasojwe imikino ibanza yo gushaka itike y’imikino y’Afurika  “Afrobasket 2021”  yaberaga muri Kigali Arena kuva tariki 25 Ugushyingo 2020. Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kyakurikiranye umukino wasoje iri rushanwa wahuje ikipe y’u Rwanda na Sudani y’Amajyepfo Izi kipe zombi ziri mu itsinda D, umukino warangiye ikipe ya Sudani y’Amajyepfo itsinze u Rwanda amanota 67 kuri 55.  Ikipe ya Sudani yatsinze agace ka mbere n’aka kabiri (17-12 na 16-10), ikipe y’u Rwanda yatsinze agace ka 3 amanota 19 kuri 18 itsindwa aka kane …

SOMA INKURU

Uko Covid-19 yifashe mu Rwanda no ku isi

Kugeza kuri iki Cyumweru tariki ya 29 Ugushyingo 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje urupfu rw’umugore w’imyaka 25 y’amavuko ubaye uwa 48 uhitanywe n’icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda, umubare w’abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo ukaba ukiri ku ijanisha rya 0.8%.  Uyu munsi kandi, habonetse abarwayi bashya 28 barimo umunani batahuwe mu Mujyi wa Kigali, umunani babonetse mu Karere ka Musanze, bane bo mu Karere Ka Rubavu, batatu bo mu Karere ka Rusizi, babiri bo mu Karere ka Gicumbi, umwe wo mu Karere ka Nyagatare, umwe wo mu Karere ka Gatsibo n’undi wo muri…

SOMA INKURU

Ingamba nshya mu guca ubucucike mu magereza

Urwego rw’ubucamanza mu Rwanda ruravuga ko harimo gutegurwa politiki ijyanye no gukurikirana ibyaha nshinjabyaha (criminal justice policy) yitezweho kugira uruhare mu kugabanya umubare w’abinjira mu magereza ahubwo bagahabwa ibindi bihano hanze ya gereza. Ibi biravugwa mu gihe ubucucike muri gereza kuri ubu buri hejuru ya 120% by’ubushobozi bwazo. Gukoreshwa imirimo nsimburagifungo, kwambikwa igikomo gituma umuntu agenzurwa aho ari hose ndetse no gutanga amafaranga y’ingwate hari abemeza ko byagira uruhare mu kugabanya umubare w’ubucucike bw’abafungirwa mu magereza ari hirya no hino mu gihugu. Perezida w’Urugaga rw’abavoka mu Rwanda Kavaruganda Julien asanga…

SOMA INKURU

U Rwanda rwasabwe kwimura ambasade yarwo

Kugeza ubu Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Guatemala nibyo bihugu byonyine bifite ambasade zabyo i Yeruzalem, ni mu gihe ibindi 87 byo bizifite muri Israel usanga ziherereye i Tel Aviv na Herzliya. Muri Gicurasi 2018, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyatunguye isi, zemeza ko Yeruzalemu itagabanyije ariwo Murwa Mukuru wa Israel, ndetse ihita ihimurira ambasade yayo iyivanye i Tel Aviv. Ibi byari bikubiye mu mugambi wa perezida Donald Trump nk’uko yari yabisezeranyije mu Ukuboza 2017. Kwimurira ambasade yayo i Jeruzalem byateje impagarara kuko na Palestine ivuga ko…

SOMA INKURU

You probably don’t need to eat as many fruits and vegetables as you think

Can’t choke down another helping of broccoli? You may not need to eat as much as you think: Eating tons of fruits and vegetables may not be any more protective in helping you live longer than eating just a few servings a day, a new study published in The Lancet suggests.In the study, researchers quizzed over 135,000 people from 18 different countries on their eating and lifestyle habits, as well as their health history. Then, they followed them up for an average of about 7 years to see how (…) Can’t…

SOMA INKURU