Imikino: Shampiyona yo gusiganwa ku magare ntikibaye

Mu mpera z’iki cyumweru tariki 19 na 20 Ukuboza 2020 hari hateganyijwe shampiyona y’umukino wo gusiganwa ku magare “National Championships 2020” ariko kubera gahunda yo kubahiriza  amabwiriza yo kwirinda COVID-19 iyi shampiyona nta bwo ikibaye. Ibi byemejwe n’ishyirahamwe  ry’umukino w’amagare mu Rwanda “FERWACY” aho babinyujije ku rubuga rwa “ Twitter” bagize bati “ Mu rwego rwo kubahiriza amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira  rya COVID-19, shampiyona y’igihugu y’umukino w’amagare 2020 yari iteganyijwe ku wa Gatandatu tariki ya 19 Ukuboza 2020 no ku Cyumweru 20 Ukuboza 2020 ntikibaye.”    Iyi shampiyona y’igihugu …

SOMA INKURU

Buyoya wayoboye u Burundi yapfuye

Amakuru dukesha BBC avuga ko Majoro Petero Buyoya yapfuye ageze ku myaka 71 y’ubukuru, akaba yaguye i Paris mu Bufaransa, ariko akaba yari aherutse gukatirwa igifungo cya burundu n’inkiko z’u Burundi. Majoro Petero Buyoya wayoboye u Burundi muri manda ebyiri (1987-1993, 1996-2003) ingana n’imyaka 13, yitabye Imana azize COVID-19 nk’uko byatangajwe n’umuryango we. Petero Buyoya kimwe na bagenzi be bagera kuri 18 bakurikiranyweho kwica Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi wa mbere wishyiriweho n’abaturage Perezida Melchior Ndadaye tariki 21 Ukwakira 1993. Majoro Buyoya abaye umuntu wa kabiri wayoboye u Burundi witabye Imana muri uyu…

SOMA INKURU

Uganda: Hakozwe impinduka zidasanzwe mu gisirikare n’igipolisi

Kuri uyu wa Gatatu nibwo hatangajwe amavugurura anyuranye mu gisirikare n’igipolisi bya Uganda, akaba yakozwe na perezida Yoweri Kaguta Museveni,  aho umuhungu we  Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yongeye kumugira umuyobozi w’umutwe ushinzwe kumurinda. Mu zindi mpinduka zakozwe, Maj Gen Paul Lokech yagizwe umuyobozi wungirije wa Polisi asimbuye Maj Gen Sabiiti Muzeyi. Ntabwo icyateye Museveni gukora impinduka cyane cyane ku buyobozi bw’umutwe umurinda kiramenyekana gusa hashize iminsi hari imvururu zishingiye ku matora ateganyijwe umwaka utaha, aho abatavuga rumwe na Leta bagiye bibasirwa cyane ndetse mu kwezi gushize hapfuye abasaga 50. Mu…

SOMA INKURU

Uko iburana ry’umunyamakuru Ndayizeye Phocas na bagenzi ryagenze

Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukuboza 2020, nibwo umunyamakuru Phocas Ndayizera hamwe na bagenzo be 12 bareganwa mu rubanza rumwe baburanye hifashishijwe ikoranabuhanga mu Rugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru mu Rwanda ruri i Nyanza ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka. Abareganwa n’Umunyamakuru Phocas Ndayizera ni Karangwa Eliaquim, Niyonkuru Emmanuel alias Elungu, Niyihoze Patrick alias Nick, Byiringiro Garnon alias Bingo, Bikorimana Bonheur, Bizimana Terence, Munyensanga Martin alias Corbon, Mushimiyimana Yves, Nshimyumuremyi Jean Claude alias Kayima, Rutaganda Bosco, Nshiragahinda Erneste na Ukurikiyimfura Théoneste. Abaregwa bose baburanye bari muri Gereza ya Mageragere iri mu…

SOMA INKURU

Icyasimbuye inama y’umushyikirano yasubitswe kubera Covid-19

Inama y’Abaminisitiri yemeje isubikwa ry’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yagombaga kuba ku nshuro ya 18 kubera ubwiyongere bw’icyorezo cya Coronavirus mu gihugu, igena ko ijambo rigaragaza uko igihugu gihagaze Umukuru w’Igihugu yagombaga kuzatangiramo, azarigeza ku baturage mu kiganiro kizaba ku wa 21 Ukuboza. Inama y’Abaminisitiri yemeje isubikwa ry’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yagombaga kuba ku nshuro ya 18 kubera ubwiyongere bw’icyorezo cya Coronavirus mu gihugu, igena ko ijambo rigaragaza uko igihugu gihagaze Umukuru w’Igihugu yagombaga kuzatangiramo, azarigeza ku baturage mu kiganiro kizaba ku wa 21 Ukuboza. Umwanzuro wo gusubika Umushyikirano w’uyu mwaka, ni umwe…

SOMA INKURU

Ibyemezo bishya byo guhangana na Covid-19

Kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020,Perezida Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri yafatiwemo ingamba nshya zo kurwanya icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukaza umurego mu gihugu. Mu Rwanda,Coronavirus yongeye gufata indi sura mu minsi mike ishize, aho mu gihe kitageze ku byumweru bibiri hamaze gupfa abantu batandatu mu gihe abarenga 600 bo bayanduye ndetse guhera mu cyumweru gishize imibare yongeye kuzamuka cyane mu gihugu hose. Ingamba zafashwe ziganjemo kongera kugabanya umuhuro w’abantu benshi yaba mu ma bisi,mu nsengero,mu birori bitandukanye n’ibindi. Mu myanzuro yafashwe harimo ko akarere ka Musanze kashyiriweho amabwiriza y’ umwihariko…

SOMA INKURU

Tropical Storm Bret threatens heavy rain in Venezuela

A rare southerly storm is making its way across Trinidad and Tobago and onto South America.Tropical Storm Bret, the second named storm of the 2017 hurricane season, has started to show signs of development off the coast of Guyana in South America earlier this week.June storms normally tend to develop further north, usually off the Yucatan Peninsula in the Gulf of Mexico or off the southeast US coast.This portion of the Atlantic Basin is an unusual place for storms to develop this (…) A rare southerly storm is making its way…

SOMA INKURU

Ibyo Perezida Kagame yatangaje mu iserukiramuco “Kusi Ideas Festival”

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 08 Ukuboza 2020, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yitabiriye Iserukiramuco “Kusi Ideas Festival” ritegurwa n’Ikigo k’itangazamakuru Nation Media Group (NMG) guhera mu mwaka wa 2019. Iryo serukiramuco (Festival) ni gahunda ishingiye ku kungurana ibitekerezo bigamije kurebera hamwe icyateza imbere Umugabane w’Afurika mu ruhando mpuzamahanga mu kinyejana cya 21. Ni ibirori bikorwa mu buryo bwo kureba uko hashorwa imari mu dushyatndetse no mu mahirwe yabyazwamo umusaruro ugeza Afurika ku nsinzi ijyanye n’icyerekezo 2050. Ibirori by’uyu munsi byabereye mu Ntara ya Kisumu yo mu…

SOMA INKURU

Menya umuntu wa mbere wakingiwe Covid-19 mu Bwongereza

Umukecuru w’imyaka 90 yabaye umuntu wa mbere uhawe urukingo rwa Covid-19, mu gikorwa cy’ikingira kirimo gutangizwa mu Bwongereza. Margaret Keenan, uzuzuza imyaka 91 mu cyumweru gitaha, yavuze ko iyi ari yo “mpano nziza cyane ya mbere y’igihe cy’umunsi mukuru 8w’amavuko” ye. Yatewe urushinge ku isaha ya 06:31 GMT (ni ukuvuga saa mbili n’iminota 31 mu Rwanda no mu Burundi). Urwo rukingo yahawe ni imwe muri doze 800,000 z’urukingo rw’ibigo Pfizer na BionTech zigiye gutangwa mu Bwongereza mu byumweru biri imbere. Byitezwe ko izindi doze zigera kuri miliyoni enye zizaba zageze…

SOMA INKURU

Sobanukirwa urukingo rwa Covid-19 rugiye gutangira gukoreshwa

Kugeza ubu urukingo “Pfizer/BioNTech” rwamaze kwemezwa ko rufite ubushobozi bwo gukingira Coronavirus ku kigereranyo cya 95%, uru rukingo rutwaye igihe gito cyane kigera mu mezi 10 mu gihe ubusanzwe kuvumbura urukingo bishobora gutwara imyaka irenga 10. Uru rukingo rwakozwe ku bufatanye bw’Ubudage n’Ubwongereza ruzajya ruhabwa umuntu inshuro ebyiri mu ntera y’igihe k’iminsi 21,  rugura amadolari 20. Hari izindi nkingo zigeze kure zikorerwa igerageza, zirimo urwitwa Oxford Uni-AstraZeneca, rukorerwa mu Bwongereza, Moderna rurakorerwa muri Leta zunze ubumwe za America, Gameleya (Sputnik V) rukorerwa mu Burusiya. Ku ikubitiro uru rukingo ruzatangira guterwa…

SOMA INKURU