Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 16 Gicurasi 2021, mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 42 b’icyorezo cya COVID-19, abamaze kugaragarwaho n’icyo cyorezo guhera muri Werurwe 2020 bagera ku 26,141, mu gihe abamaze gukira bageze ku 24,764 bangana na 94.6% barimo abantu 70 bakize. Abarwayi bakirimo kwitabwaho n’abaganga babaye 1,033 muri bo hakaba harembye abantu babiri. Uyu munsi, umugore w’imyaka 81 ni we witabye Imana i Kigali, bituma umubare w’abamaze guhitanwa na cyo ugera kuri 344 bangana na 1.3% by’abatahuweho icyo cyorezo. Abarwayi bashya babonetse barimo abo mu Karere ka Karongi 18, Umujyi wa Kigali…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Rwanda: Ingaruka za Covid-19 kuri za kaminuza zigenga
Abanyeshuri bagera ku bihimbi 10 bigaga muri za kaminuza zigenga n’amashuri makuru mu Rwanda, bahagaritse amasomo yabo, bikomotse ku ingaruka za Covid-19. Umuyobozi w’ihuriro ry’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda ,Kabera Callixte avuga ko ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda, bwagaragaje ko amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda biza ku kubitiro mu bigo byazahajwe n’ingaruka za Covid-19, Kabera avuga ko mu igenzura ryakozwe basanze abanyeshuri bagera ku bihumbi 10 bahagaritse amasomo bitewe n’ingaruka za Covid-19. Yagize ati ”Covid-19 yatumye bamwe mu banyeshuri batakaza ubushobozi bwo kwirihira amashuri, benshi…
SOMA INKURUUko Covid-19 yifashe mu Rwanda no ku isi
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki Cyumweru tariki ya 9 Gicurasi 2021, mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 66 batumye abantu bamaze gutahurwaho na COVID-19 guhera muri Werurwe 2020 bagera ku 25,652. Uyu munsi hakize abantu bashya 34, bituma abamaze gukira icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda bagera ku 24,153 bangana na 94.1% by’abatahuweho uburwayi bose. Abarwayi bakirimo kwitabwaho n’abaganga babaye 1,161 muri bo hakaba nta n’umwe urembye ubarimo, hakaba nta n’uwapfuye ku buryo umubare w’abamaze guhitanwa na cyo ukiri kuri 338 bangana na 1.3% by’abatahuweho icyo cyorezo Guhera ku wa Kane tariki ya 6 kugeza kuri…
SOMA INKURUHuye: Imiryango 64 yaratujwe
Imiryango 64 irimo 56 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yo mu mirenge ya Kigoma, Mukura na Ruhashya mu Karere ka Huye, yahawe inzu zo kubamo kuko yari imaze igihe itagira amacumbi meza yo guturamo. Izo nzu zubatswe muri uyu mwaka wa 2020/21 hagamijwe gufasha abaturage gutura heza no kubaho neza kuko umuryango uhawe inzu iba irimo n’ibikoresho byose by’ibanze mu buzima birimo iby’isuku, ibiryamirwa, ibyo ku meza, intebe, utubati n’ibindi. Imiryango 14 yubakiwe inzu mu mudugudu uri mu Murenge wa Kigoma, indi 34 yubakirwa mu Kagari ka Bukomeye mu Murenge…
SOMA INKURUSudani y’Epfo ibintu bikomeje guhindura isura
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, mu rwego rwo gukomeza inzira y’amahoro, nyuma y’imyaka isaga umunani iki gihugu kirimo imvururu n’umutekano muke bishingiye ku isaranganywa ry’ubutegetsi. CGTN yatangaje ko kuri iki Cyumweru aribwo Perezida Kiir yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, ku gira ngo azabone uko ashyiraho abandi badepite barimo n’abaturutse mu batavuga rumwe na Leta. Hashize imyaka itatu hasinywe amasezerano y’amahoro hagati ya Leta n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi by’umwihariko Riek Machar. Amasezerano yasinywe, avuga ko 1/4 cy’abadepite bagomba kuba baturuka mu ishyaka rya Visi Perezida wa mbere w’iki…
SOMA INKURURubavu: Abageni batawe muri yombi
Polisi yo mu Karere ka Rubavu yafashe abantu 71 barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 mu Murenge wa Gisenyi, muri bo 42 bakaba bari bari kunywera inzoga mu tubari naho 31 bari mu bukwe barimo n’abageni. Abafashwe barimo kunywa inzoga barimo abari barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19, aho abantu bari bari kunywa begeranye mu tubari dutatu two mu Mujyi wa Rubavu. Hafashwe abari bari kwiyakira barimo n’abageni bari bavuye gusezerana imbere y’amategeko mu Murenge wa Gisenyi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Bonaventure Twizere…
SOMA INKURUUmuyobozi ukomeye yarasiwe mu musigiti arapfa
Umwe mu bayobozi bakomeye mu idini ya Islam muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarasiwe muri umwe mu misigiti ikomeye muri iki gihugu mu Mujyi wa Beni. Umuntu witwaje intwaro yarashe Sheikh Ali Amini ubwo yari mu masengesho y’umugoroba ku wa Gatandatu hanyuma ahita aburirwa irengero. Bivugwa ko uwo muntu warashwe, yari umwe mu bafite ijambo rikomeye muri ako gace. Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bumaze igihe kinini bwigabijwe n’ikibazo cy’umutekano muke, aho bivugwa ko hasigaye hariyo n’abarwanyi bagendera ku matwara y’idini ya Islam. Imitwe myinshi irwanira mu…
SOMA INKURUU Rwanda rwashyizwe mu bihugu bidafite ubwisanzure mu itangazamakuru
Raporo z’imiryango mpuzamahanga y’abanyamakuru zishyira u Rwanda mu bihugu bya nyuma ku isi aho itangazamakuru ritisanzuye, leta y’u Rwanda yo ivuga ubwo bwisanzure buri ku gipimo cya 77% [2018], abanyamakuru bo ubwabo babivugaho iki? Uyu ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ubwisanzure bw’itangazamakuru, raporo y’uyu mwaka y’umuryango Reporters Without Borders ishyira u Rwanda mu bihugu 30 bya nyuma ku isi “aho itangazamakuru rikinizwe”. BBC yagerageje no kuvugana n’abakuriye abanyamakuru, n’abashinzwe itangazamakuru muri leta ntibyashoboka, abanyamakuru bo bavuga ibitandukanye ku bwisanzure mu kazi kabo mu gihugu. Aisha Rutayisire Bonaventure, amaze imyaka 17 akora…
SOMA INKURUBikanze igisasu batabaza polisi basanga ari ikifashishwa mu gutera akabariro
Ejo hashize kuwa 27 Mata 2021, mu Budage havuzwe inkuru idasanzwe y’abapolisi bashinzwe gutegura ibisasu bahamagajwe n’umuntu wari uri gukorera siporo mu gace ka Bavaria kari mu Mujyi wa Passau, ababwira ko abonye gerenade bahageze basanga ari ibikinisho byifashishwa mu mibonano mpuzabitsina. DW yatangaje ko uwatabaje polisi ari umugore wavuze ko abonye ikintu akeka ko ari gerenade. Polisi nayo imenyesha itsinda rishinzwe ibyo gutegura ibisasu ritangira iperereza. Iryo tsinda ryaje gutangaza ko ryasanze icyatabarijwe atari gerenade ahubwo ari agakapu kabonerana karimo ikintu cya plastique kimeze nka gerenade,udukingirizo tubiri tutarakoreshwa ndetse…
SOMA INKURUKirehe: Abafungwa batanu bishwe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mata 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Nyarubuye, mu karere ka Kirehe, yarashe imfungwa eshanu zari zagerageje gutoroka ubwo zari zigiye gukaraba. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP Kabera John Bosco yagize ati “ Abapolisi bahaga amazi yo gukaraba abafungwa mu gitondo. Binjijemo amazi rero abandi bahita basohoka bariruka, abapolisi barasa hejuru abandi banga guhagarara, nibwo barashemo abo batanu”. Izo mfungwa zarasiwe kuri sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) zitegereje kugezwa mu bushinjacyaha. CP Kabera yavuze ko inzego zibishinzwe…
SOMA INKURU