Now Man city is on top of the premier league which is the best advice, the lesson is never give up “said pep guardiola’’ Defender Aymeric laporte met David Silva’s free- kick to head home his fourth goal of the season, putting city in front before half – time. Sergio Aguero and Raheem sterling both spurned decent opportunities to extend city’s lead after the break before Gabriel Jesus sealed victory in stoppage time. It was far from a vintage display by city, who instead had to show their battling…
SOMA INKURUYear: 2019
Umubyeyi wa Cristiano yagaragaje ko ubuzima bw’umwana we butatuma afata ku ngufu
Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo Dolores Aveiro yavuze ko azi neza umuhungu we ndetse yibaza icyo Mayorga yari agiye gukora muri Hoteli yarimo Cristiano Ronaldo asaba n’ubutabera kubitekerezaho. Uyu mubyeyi yashimangiye ko umuhungu we atigeze afata ku ngufu Kathryn Mayorga wabimushinje ndetse avuga ko uyu mukobwa atari agiye gukina amakarita muri Hoteli yarimo Cristiano Ronaldo. Uyu Mayorga yemeje ko Cristiano Ronaldo yamufashe ku ngufu ubwo bahuriraga muri Hoteli mu mwaka wa 2009 ubwo yiteguraga kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid avuye muri Manchester United, ariko umubyeyi wa Cristiano ntabikozwa, yagize ati…
SOMA INKURUUkunganya kwa Barcelone na Real Madrid kwahawe impamvu nyinshi
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Gashyantare 2019 nibwo uyu mukino wabereye kuri ‘Camp Nou stadium’ witabirwa n’abantu ibihumbi 92 008, ikipe ya FC Barcelone yari iri mu rugo yakinnye iminota 63 y’uyu mukino idafite kabuhariwe Lionel Messi wagize ikibazo cy’imvune mu mukino iyi kipe yanganyijemo na Valencia CF muri shampiyona ya Espagne mu mpera z’icyumweru gishize, gituma akora imyitozo inshuro imwe gusa muri iki cyumweru, ibi bikaba ari byo byatumye FC Barcelone inganyiriza iwabo 1-1na Real Madrid. Igice cya mbere cyarangiye ikipe ya Real Madrid ifite…
SOMA INKURUInshamake y’ubuzima bwa Nyampinga w’u Rwanda 2019
Hashize igihe kitageze ku byumweru bibiri, u Rwanda rubonye Nyampinga mushya, akaba ari Nimwiza Meghan, wavutse tariki ya 10 Ukwakira 1998, avukira mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gikondo. Mu kiganiro yagiranye na Teradignews, Nimwiza yashimangiye ko akunda indirimbo zituje ariko zikomoka muri Afurika. Miss 2019 Nimwiza Meghan Nyampinga w’u Rwanda 2019 Nimwiza yanahishuye ko akunda abahanzi bose bo mu Rwanda ariko akaba adashobora gukundana n’umuhanzi ahubwo akaba yahitamo gukundana n’umukinnyi w’umupira w’amaguru. Nimwiza Meghan kandi avuga ko kugeza ubu amahitamo ye amwerekeza mu kuba yajya mu rukundo n’umukinnyi…
SOMA INKURUYijeje abantu umuti wa Sida none yafashwe
Muri Zimbabwe umupasiteri Walter Magaya wari wijeje ibitangaza abantu ko yabonye umuti uvura indwara nyinshi zirimo na SIDA, yatawe muri yombi ashinjwa kubeshya abantu no kubizeza ibitangaza no kurenga ku mategeko agenga ubucuruzi bw’imiti muri Zimbabwe, akagurisha umuti abwira abayoboke be ko ukiza indwara zirimo na Sida, agapaki k’uwo muti yita ko uvura Sida, akaba yakagurishaga $1000, ni ukuvuga asaga ibihumbi 800 by’amafaranga y’u Rwanda. Ikinyamakuru NewsDay cyo muri Zimbabwe cyatangaje ko Walter Magaya w’imyaka 35 wacuruzaga umuti yita Aguma ukoze mu bimera, ubu ategereje igifungo azahabwa n’urukiko. Pasiteri Magaya…
SOMA INKURUUburyo bwakoreshwa mu kwipima kanseri y’ibere
Kuri iki cyumweru tariki 3 Mutarama 2019, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kurwanya kanseri wabereye ahakorerwaga imyitozo ngororamuburi ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali, Minisiteri w’Ubuzima Dr Gashumba Diane yahishuriye abari bitabiriye icyo gikorwa ko umugore ku giti cye ashobora kwipima akamenya niba arwaye kanseri y’ibere cyangwa ari muzima. Minisitiri w’Ubuzima Dr. Diane Gashumba yashimangiye ko kanseri y’ibere umugore ashobora kuyisuzuma itaramugera kure, buri gitondo akumva niba nta tubyimba afite mu ibere, akareba niba ritarahinduye ibara cyangwa se niba imoko yirinjiye mu ibere. Ati “Ibyo rero iyo ubibonye uhita wihutira…
SOMA INKURUIcyo Minisante ivuga ku kuba Ebola isatiriye u Rwanda
Hamaze iminsi hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu bitangazamakuru binyuranye havugwa ko Ebola iri kurushaho gusatira u Rwanda ko ari muri urwo rwego Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’Ubuzima “OMS” rigiye koherereza u Rwanda ibikoresho nkenerwa ndetse n’impuguke mu kuvura no guhangana n’icyo cyorezo cya Ebola, ibi byateye abaturarwanda banyuranye ubwoba ndetse n’umuhangayiko, ariko Minisiteri y’Ubuzima yo yatangaje ko nta cyorezo cya Ebola kirangwa mu Rwanda kuko yafashe ingamba zihamye zo kuyikumira. Kuri uyu wa mbere tariki 28 Mutarama nibwo Minisiteri y’Ubuzima yashimangiye ko nta tangazo yigeze igezwaho…
SOMA INKURUUmukobwa wahize abandi gukundwa birangiye abishimangiye
Mwiseneza Josiane ukomoka mu Karere ka Karongi, mu Ntara y’Iburengerazuba, waje mu marushanwa yo guhatanira miss Rwanda 2019, akahagera bamwe bamubona nk’uwaherekeje abandi, ariko bikarangira akunzwe cyane yatowe nk’umukobwa ukunzwe cyane ni ukuvuga watowe cyane “Miss popularity”. Mwiseneza Josiane umwana uvuka aho benshi bita mu cyaro ndetse mu muryango udakize, Dore ko yageze aho bajonjoreraga abahagarariye Intara yahageze bimugoye yakoze urugendo rw’amaguru rutari ruto akoze amateka atazibagirana. …
SOMA INKURUIngamba z’urubyiruko mu guhashya igwingira ry’abana
Abakorera bushake b’urubyiruko rwibumbiye hamwe bageze ku ibihumbi magana abiri na miongo itanu rwahigiye kurwanya igwingira ry’abana bivuye inyuma, uyu muhigo bakaba barawuhigiye Porogaramu Mbonezamikurire y’abana bato. Buri mukorerabushake yiyemeje ko mu Mudugudu atuyemo azarwanya igwingira ry’abana yivuye inyuma, akabigeraho …
SOMA INKURUUSA:Kwita k’umurwayi uri muri koma byavuyemo umwana
Umuforomo witwa Nathan Sutherland w’imyaka 36 y’amavuko, wakoraga ku ivuriro ryitwa Hacienda guhera mu mwaka wa 2011, niwe bikekwa ko yateye inda umugore umaze imyaka myinshi muri ibyo bitaro ari muri koma, uyu muforomo akaba yari ashinzwe kumwitaho, akaba yafashwe na polisi yo muri Leta ya Arizona mu Mujyi wa Phoenix. Umuyobozi wa Polisi mu Mujyi wa Phoenix, Jeri Williams, yavuze ko Sutherland yaketsweho ko ari we wateye inda umurwayi nyuma y’iperereza ryakozwe. Ati “Twasabwaga kumuta muri yombi tubigiriye uwahohotewe, kandi tubigiriye uyu muntu mushya twungutse mu muryango wacu, uru…
SOMA INKURU