Mu gihe isi igenda ishyira imbaraga mu guteza imbere ikoranabuhanga n’ubukungu, inzobere z’ubuvuzi zivura indembe ziturutse mu bihugu bitandukanye zahuriye i Kigali mu nama iharanira ko ubushakashatsi mu buvuzi bw’indembe budakomeza kuba uburenganzira bw’ibihugu bikize gusa. Mu gihe cy’iminsi itatu, abaganga, abashakashatsi n’abarimu ba kaminuza baturutse muri Canada, Irlande, na Afurika y’Uburasirazuba baganiriye ku buryo ubuvuzi bw’indembe bwashingira ku makuru y’ubushakashatsi, aho gutegereza ibisubizo biturutse hanze. Iyi nama yakiriwe n’ikigo CIIC-HIN gifite icyicaro mu Rwanda, gikora ubushakashatsi mu by’ubuzima. Umuyobozi wacyo, Prof. Jeannine Condo, yasobanuye ko intego ari ugufasha abaganga…
SOMA INKURUCategory: Inkuru zikunzwe
Chriss Eazy mu isura nshya y’imikorere
Inzoga ikunzwe cyane mu Rwanda, Mützig, yatangije urugendo rushya rwo kwegera urubyiruko n’abakunzi bayo binyuze mu muziki, isinya amasezerano y’ubufatanye n’umuhanzi Chriss Eazy nk’umu-ambasaderi mushya w’ikirango cyayo. Uyu muhanzi w’imyaka 25, wamamaye mu bihangano byubaka ibyishimo n’urukundo, agiye kuba ijwi n’isura nshya ya Mützig mu bikorwa byo kwamamaza no mu birori. Ni ubufatanye bwitezweho guhuza igikundiro cya Mützig n’imbaraga z’urubyiruko rw’Abanyarwanda. Umuyobozi ushinzwe ikirango cya Mützig yatangaje impamvu bahisemo Chriss Eazy. Ati:“agaragaza indangagaciro zacu, umurava, ubwitange n’intsinzi. Ubu bufatanye burenze kwamamaza, ni ubutumwa bwo gushishikariza Abanyarwanda kwizihiza intambwe batera mu…
SOMA INKURUCirrhose du foie: Un tueur silencieux
At the University Hospital of Kigali (CHUK), the corridors of the hepatology department are full. Patients wait, some with blank stares, others with fragile hope. Liver cirrhosis, a disease long unknown to the general public, is wreaking havoc there. It gradually destroys this vital organ, often without warning. Behind the walls of the pavilion, Aimable, 42, a former taxi driver, recounts his struggle: ” My stomach started to swell, I thought it was just indigestion. But after several tests, the doctor told me that my liver was damaged. I had…
SOMA INKURUEMPOWERING EVERY VOICE: THE JOURNEY OF CHILDREN WITH DISABILITIES IN RWANDA
By Diane NKUSI NIKUZE In the heart of Rwanda’s social tapestry lies a community often overlooked, yet essential in the narrative of progress: children with disabilities. The findings from the 2022 Rwandan census provide a revealing insight into their journey, illuminating both the challenges they face and the strides made towards inclusive empowerment. Prevalence of Disabilities The 2022 census paints a picture of resilience within Rwanda’s diverse landscape, identifying 391,775 individuals aged 5 years and above living with disabilities. These figures, accounting for 3.4% of the population, showcase the varied…
SOMA INKURUImyuka ihumanya ikirere imbogamizi ku isi n’u Rwanda rudasigaye
Guhumana ku ikirere bikomeje kuba ikibazo gikomereye isi n’u Rwanda rudasigaye, bikaba binemezwa na raporo zinyuranye zirimo iya Banki y’Isi (World Bank), aho mu mwaka wa 2022 yagaragaje ko mu mijyi ikura ku muvuduko na Kigali irimo, imyuka iva mu binyabiziga ari yo soko nyamukuru ya 40% by’ihumana ry’ikirere. Ubushakashatsi bwa UNEP (United Nations Environment Programme) bwo mu mwaka wa 2021 bwerekanye ko muri Afurika, ihumana ry’ikirere ritwara ubuzima bw’abantu basaga miliyoni 1.1 buri mwaka. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa kabiri, tariki 16 Nzeri 2025, u Rwanda rwifatanyaga…
SOMA INKURUKigali: Imyiteguro ya shampiyona y’Isi y’amagare irarimbanyije n’ishyaka ryo kwandika amateka
Ni ku nshuro ya mbere mu mateka ya Afurika, Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera kuri uyu mugabane, kuva tariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025. U Rwanda rukaba rwanditse aya mateka, aho ruzakira abakinnyi barenga 1000 baturutse mu bihugu bisaga 100, ibintu bizahindura isura y’imihanda, ubukerarugendo n’ubucuruzi mu mujyi wa Kigali. Ku ruhande rw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, abakinnyi 23 nibo batoranyijwe barimo kwitoreza mu Bugesera, bakazaba bahagarariye igihugu imbere y’abafana babo. Ibi bikaba binashimangirwa n’umutoza mukuru, Sempoma Félix, utangaza ko imyitozo irimo kugenda neza kandi intego ari ukwandika amateka.…
SOMA INKURUViolences basées sur le genre: Comprendre les 5 formes, leurs impacts et les pistes pour briser le cycle
Malgré les avancées législatives et les multiples campagnes de sensibilisation, les violences basées sur le genre demeurent une plaie sociale qui touche aussi bien les femmes que les hommes, mais dont les principales victimes restent les femmes et les filles. Selon les Nations Unies, une femme sur trois dans le monde a déjà subi une forme de violence physique ou sexuelle. Ces violences prennent plusieurs formes, parfois invisibles, parfois spectaculaires. Cinq d’entre elles sont fréquemment identifiées: La violence physique, la violence sexuelle, la violence psychologique, la violence économique et la…
SOMA INKURUMinisitiri Nelly Mukazayire yigaruriye amarangamutima ya benshi mu buryo butunguranye
Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho adasanzwe agaragaza Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, yifatanya mu myitozo n’ababyinnyi b’itorero Inyamibwa. Ababonye ayo mashusho benshi bagaragaje amarangamutima adasanzwe aherekejwe no kwibaza uko Minisitiri yisanze mu myitozo y’imbyino za gakondo. Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobora iri torero, nta gahunda yari ihari mbere yo kwakira Minisitiri. Yagize ati: “Twari mu myitozo y’ababyinnyi bashya muri Kigali Universe, aturuka inyuma aradusuhuza, hanyuma mu buryo bwadutunguye na we ahita yinjira mu mwitozo. Yadusanzemo iminota igera kuri 15, byari ibintu bishimishije cyane.” Yakomeje atangaza ko iyo myitwarire yagaragaje ko…
SOMA INKURUIngaruka z’itemwa ry’ibiti ku bantu n’ibihe zikomeje kwiyongera, hari icyakorwa mu kuzikumira
Mu bice bitandukanye by’u Rwanda, aho ingo nyinshi zikoresha inkwi n’ibizikomokaho nk’isoko y’ibicanwa, ikibazo cy’itemwa ry’amashyamba ku bwinshi gikomeje kugaragara. Nubwo bifasha mu gutegura ibiribwa n’ubucuruzi bukomoka ku bicanywa bugaha bamwe imibereho, ingaruka zabyo zirenga kure inyungu z’ako kanya. Impuguke mu bidukikije zivuga ko itemwa ry’ibiti ridafite igenamigambi ryongera umuvuduko w’ihindagurika ry’ibihe. Dr. Théophile, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, abisobanura agira ati: “Iyo ibiti bitakiriho, ubushyuhe buzamuka vuba, imvura ikagabanuka cyangwa ikaba nyinshi ku buryo butateganyijwe. Bityo imyaka ntiyera neza, abaturage bagahura n’inzara.” Akomeza atangaza ko amashyamba afasha mu kunyunyuza…
SOMA INKURURwanda’s tourism boom: Stories of transformation from couples, families and individuals
At dawn, the Virunga Mountains rise like guardians over Rwanda’s northern horizon. Their misty peaks, home to the famous mountain gorillas, have become symbols not only of natural beauty but also of an industry reshaping lives across the country “tourism”. In recent years, Rwanda has built a reputation, as one of Africa is safest and most sustainable destinations. Beyond the glossy brochures, however, lie personal stories of how tourism has redefined livelihoods, strengthened families and inspired personal reinvention. A couple rebuilding through tourism In Musanze, a town that serves as…
SOMA INKURU