Les 5 principales conséquences du manque de sommeil

Normalement nous avons besoin de 7 à 9 heures de sommeil par nuit pour assurer nos activités quotidiennes de façon optimale. Ce n’est plus un secret, le sommeil est essentiel pour la récupération physique et mentale. À court et à long terme, la privation de sommeil peut avoir des effets néfastes sur le fonctionnement du corps et du cerveau. Les principales causes du manque de sommeil Bien souvent, nos nuits se suivent, mais ne se ressemblent pas. Le plus fréquemment, le manque de sommeil vient d’une insomnie ponctuelle, comme lorsque…

SOMA INKURU

Yateye utwatsi uwamuhanuriye ubukwe na Papa Sava, anahishura ingaruka ubu buhanuzi buzamugiraho

Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava muri filime ya Papa Sava, yavuze ko umupasiteri uherutse kumuhanurira ubukwe bwe na Papa Sava ibyo yakoze ari ubutubuzi kuko ntaho bihuriye n’ukuri. Mu minsi ishize nibwo hagiye hanze amashusho y’umupasiteri ahanurira Mama Sava ko agiye gukora ubukwe na Papa Sava bakorana. Mama Sava yavuze ko byose byabaye mu mpera z’umwaka ushize ubwo yajyaga gusengera mu rusengero rw’uwo mupasiteri. Ati “Hariya ni i Kanombe mu rusengero ntibuka, ntabwo nsanzwe mpasengera nari natumiwe n’inshuti zanjye njyayo ari ubwa mbere. Uriya ntabwo ari umwuka wera rwose!”…

SOMA INKURU

Sobanukirwa itandukaniro ry’umuntu ufite virusi itera SIDA n’urwaye SIDA

Usanga akenshi abantu bagorwa no gutandukanya gutandukanya umuntu urwaye SIDA n’ufite Virusi itera SIDA. Kudasobanukirwa iri tandukaniro niryo rituma hari benshi bagwa mu mutego wo kuba bakwandura cyangwa bagakwirakwiza ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA. Nk’uko Sante.fr ibitangaza Virus itera SIDA ni ubwandu bwa virusi irwanya ubwirinzi bw’umubiri, iyo uwayanduye adakurikiranywe neza ngo yiyiteho, afate indyo yuzuye ndetse n’ibindi byose bituma umubiri we umererwa neza ukagira ubwirinzi buri hejuru niyo itera SIDA ikaba indwara cg uruhurirane rw’indwara zizahaza umubiri. Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA itaraboneka, kwandura VIH no…

SOMA INKURU

Byinshi ku ndwara y’igituntu ndetse n’abo gikunze kwibasira kurusha abandi

Igituntu ni indwara ikunze gufata cyane cyane ibihaha, ikaba iterwa na bagiteri (bacteries). Uretse ibihaha, igituntu gishobora gufata n’izindi ngingo harimo igufwa ry’umugongo, impyiko, ndetse n’ubwonko. Ibimenyetso byakuburira ko wibasiwe n’indwara y’igituntu Ibimenyetso by’igituntu cyibasiye ibihaha ni inkorora irenge ibyumweru bibiri, iherekejwe no gukorora  ugacira amaraso, kubabara mu gituza cyangwa kubabara mu gihe uhumeka cyangwa ukorora, kunanuka, umunaniro udashira, umuriro, kubira  ibyuya mu ijoro no kunanirwa kurya. Mu gihe igituntu cyafashe impyiko, igufa ry’umugongo cyangwa ubwonko, ibimenyetso byacyo birahinduka, bitewe n’aho cyafashe. Iyo igituntu cyafashe igufwa ry’umugongo, umuntu ababara umugongo,…

SOMA INKURU

Rwanda: Nubwo malariya yagabanyutse, haracyagaragara ibyiciro by’abo yibasira cyane

Bugesera ni kamwe mu turere 10 mu gihe cyashize kagaragaragamo umubare uri hejuru w’abarwaye malariya, ariko kuri ubu inzego z’ubuzima zemeza ko yagabanyutse bifatika nyuma y’ingamba zikomatinyije yaba iz’ubwirinzi n’iz’ubuvuzi zafashwe. Nubwo bimeze gutya hari ibyiciro by’abo ikomeje kwibasira cyane. Umuyobozi mukuru w’ibitaro bya Nyamata, Dr Rutagengwa William, yatangaje ko mu myaka 15 ishize, malariya yahoze iri mu ndwara za mbere yaba mu bitaro ndetse no mu bigo nderabuzima by’akarere ka Bugesera, biturutse ku miterere yaho kuko ubushyuhe buhaba, ububobere, ibishanga, ibiyaga, ibihuru n’ibibanza bicyubakwa n’ibindi byatumaga imibu yororoka cyane,…

SOMA INKURU

Akato n’ihezwa bikomeye yakorewe ntibyamuciye intege, dore ibanga ryabimufashijemo

Ndagijimana Alufonse, ni umwe mu bafite virusi itera SIDA bo mu karere ka Musanze, atangaza ko nyuma yo kumenyekana ko yanduye virusi itera SIDA, yahawe akato ku buryo bukomeye n’umuryango, abaturanyi kugeza k’uwo bashakanye bamugira igicibwa. Atangaza ko ibi bitamuciye intege, ko ahubwo yaharaniye kubahiriza amabwiriza yahabwaga n’inzego z’ubuzima yamufasha kubaho mu buzima bwiza yirinda kwibasirwa n’ibyuririzi ndetse aniteza imbere. Ati: “Mbere bikimenyekana ko nanduye virusi itera SIDA nahawe akato ku buryo bukomeye, kugeza n’ubwo kunywera ku gikombe nanywereyeho bitashobokaga barakijugunyaga, abana ntibabe banyegera ntihagire n’ukandagira iwanjye ndetse no muri…

SOMA INKURU

Rubavu: Batewe impungenge n’abana bakoreshwa imirimo ivunanye

Abaturage bo mu karere ka Rubavu batewe impungenge ari nako batabariza abana bakoreshwa imirimo ivunanye mu birombe bibumba amatafari ndetse n’ababikoreza amabuye akoreshwa mu bwubatsi. Aba bana usanga bakoreshwa imirimo ivunanye biganjemo abo mu mirenge ya Nyundo na Rugerero, aho usanga abiganje muri iyi mirimo bakomoka mu miryango ikennye, aho bo bivugira ko baba bari gushaka ubuzima. Mu murenge wa Nyundo abana bakora mwene iyi mirimo biganjemo ab’imyaka irindwi kugeza kuri 13, barimo guca inshuro bashaka igitunga imiryango yabo, ibyo bamwe mu babyeyi banenga bavuga ko imiryango yabo yagafashijwe n’ubuyobozi,…

SOMA INKURU

Nyuma y’igihe kinini bivugwa ko bazimye, bagaragaye mu gitaramo umwe muri bo yavunikiyemo

Nyuma y’igihe kitari gito itsinda rya Urban Boys ritagaragara ndetse aho byanavugwaga ko ryasenyutse, ryongeye kugaragara mu gitaramo cya Platini P, nubwo umwe muri bo yahagiriye impanuka ndetse akaba atangaza ko yakurijemo imvune. Nizzo Kaboss akimara kugwa ubwo yari asubiye ku rubyiniro, yavuze ko icyabaye ari uko yanyereye, bityo ko ari impanuka. Iyi mpanuka yabaye ubwo abahoze muri Urban Boys bari ku rubyiniro mu gitaramo cya Platini P, aho yahanutse ku rubyiniro akubita hasi. Nizzo Kaboss wo mu itsinda rya Urban Boys yavuze ko kuva yava mu gitaramo cya Platini…

SOMA INKURU

Abasenateri bahishuye aho ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA bwiganje mu Rwanda

Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu kuri uyu wa 2 Mata 2024, babwiye Inteko Rusange ko basanze icyorezo cya SIDA mu rubyiruko gihangayikishije kuko mu turere 14 basuye hose ubwandu bushya bw’iki cyorezo buri mu rubyiruko ruri hagati yimyaka 19 na 24. Abasenateri kandi bagaragaje ko umuryango nyarwanda ukwiye gukangukira kuganiriza abana babo ibyerekeye icyorezo cya SIDA aho kujya babyumva ku bitangazamakuru gusa, cyangwa babibwiwe n’abantu babashuka bashaka kubabyaza umusaruro. Perezida wa Komisiyo Umuhire Adrie ati “Twasanze mu by’ukuri SIDA iri kwiyongera mu rubyiruko, ndetse n’inzego twaganiriye bakavuga…

SOMA INKURU

Amateka atangaje y’uwatorewe kuyobora Sénégal

Itumbagira ridasanzwe rya Bassirou Diomaye Faye rishyize umusozo ku gihe cyaranzwe n’impinduka zikomeye muri politiki ya Sénégal, cyatunguye benshi. Bacye ni bo bari barigeze bumva ibye mu mwaka ushize, none ubu yitezwe kuba perezida.  Amezi yamaze muri gereza hamwe n’inshuti ye Ousmane Sonko yanagize uruhare rukomeye mu kugenwa kwe nk’umukandida, ku mwanya wa perezida waRepubulika yarangiye mu buryo butunguranye, bombi bafungurwa habura icyumweru ngo amatora ya perezida abe. None ubu Faye agomba kwitegura gutangira gukora impinduka zisesuye yasezeranyije mu kwiyamamaza kwe. Uyu wize amategeko no kuyobora muri kaminuza akaza kuba…

SOMA INKURU