Turacyafite inzozi: Ubuhamya bw’abafite virusi itera SIDA, bayimaranye imyaka irenga 20

Mu gihe benshi bagikeka ko kugira virusi itera SIDA ari iherezo ry’ubuzima, hari abanyarwanda batanga ubuhamya bw’uko bashobora kuyigira kandi bakabaho igihe kirekire, bagakomeza kubaho neza no kugera ku nzozi zabo. Ibanga ni uko benshi muri bo baba barayivumbuye hakiri kare, bitabira gahunda yo gufata imiti neza igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA, bakubahiriza inama bagirwa n’abaganga babakurikirana umunsi ku wundi kandi bakirinda kwiha akato ubwabo ndetse ntibanacibwe n’intege n’abashaka kukabaha. Ubuhamya bwa kubaka benshi “Namenye ko nanduye virusi itera SIDA, mu mwaka wa 2001, numva isi indangiriyeho” Mukamana Thérèse,…

SOMA INKURU

Don’t Underestimate Tuberculosis: The Hidden Truths Behind a Deadly Disease

Tuberculosis (TB) has long been a global health crisis and Rwanda is no exception. Despite significant progress in addressing infectious diseases, TB remains one of the leading causes of death in the country. With thousands of new cases reported each year, the battle against this airborne disease is far from over. The Rwanda Biomedical Center (RBC) reports that TB incidence is higher in certain regions, such as Kigali and Western Province, where overcrowded living conditions and poor sanitation exacerbate the spread of the disease. Additionally, drug-resistant TB remains a significant…

SOMA INKURU

Sous le soleil, le danger : Ce que votre peau endure sans que vous ne le sachiez

Lorsque les rayons du soleil caressent notre peau, ils semblent inoffensifs, agréables même. Pourtant, derrière cette sensation de chaleur et de lumière se cache un ennemi silencieux, capable de causer des dommages graves, parfois irréversibles, à notre peau. Les rayons UV, un poison invisible Le Docteur Sophie Kayumba, dermatologue à la Clinique Centrale de Kigali, alerte: « Beaucoup de gens pensent que seuls les coups de soleil sont dangereux. Mais les rayons ultraviolets (UV), surtout en milieu tropical, pénètrent en profondeur dans la peau, provoquant un vieillissement prématuré, des taches, et…

SOMA INKURU

Umuburo ku bishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye bitwaje ibisubizo by’ako kanya!

Ni kenshi habaho ubukangurambaga bwo kwipimisha virusi itera SIDA kugira ngo buri muntu amenye uko ahagaze, ariko ibisubizo bitangwa ako kanya bigaragaza ko umuntu atanduye ndetse n’uwo bari kumwe. ntibikwiriye kuba imbarutso yo gukorana imibonano mpuzabitsina idakingiye. Ibi bikaba bitangazwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima “RBC”, kiburira buri wese bitewe n’imiterere n’uburyo virusi itera SIDA yandura. Dr Ikuzo Baslile, umuyobozi w’ishami rirwanya SIDA muri RBC, yaburiye abantu bose bishora mu gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, bizeye ibisubizo baba babonye nyuma yo kwipima (Rapid test) cyangwa kwipimisha, kuko hari igihe babona ibisubizo byaba intandaro…

SOMA INKURU

Serivise ku bivuriza kuri mitiweli zikomeje kunozwa

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko kuri ubu hongerewe ubushobozi n’imiti itangirwa kuri ‘Mutuelle de Sante’ iriyongera ikaba igeze ku 1500 ivuye kuri 800 yari iriho mu bihe byashize. Yagize ati “Bitewe n’indwara abaturage bakunze kwivuza, byabaye ngombwa ko ikigega cya mituweri gishyiramo serivisi nshya, zirimo indwara zitandura nk’imiti ya kanseri, imiti y’indwara z’umutima, insimburangingo…” Yakomeje agaragaza ko hari gahunda yo gukemura ibibazo bishingiye ku miti abaturage bakunze kugaragaza ko badahabwa iyo bivurije kwa muganga ahubwo bagasabwa kujya kuyigurira hanze y’ibitaro. Ati “Hari ukongera imiti…

SOMA INKURU

Indwara zo mu matwi ku isonga mu ndwara 20 zivuzwa na benshi

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), igaragaza ko indwara zifata mu matwi ziri ku rutonde rw’indwara 20, ziza imbere y’izivuzwa n’umubare munini w’abagana ibitaro byo hirya no hino mu gihugu MU Rwanda. Mu bantu babarirwa mu bihumbi 390 bo mu Rwanda bafite hejuru y’imyaka itanu, byagaragaye ko bafite ubumuga, muri bo abagera ku bihumbi 42 bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kandi ahanini bituruka ku ndwara zo mu mu matwi ziba zitaravuwe neza. Kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, hakaba hatangijwe ku mugaragaro ubuvuzi bw’indwara zo mu…

SOMA INKURU

The Alarming Rise of Cervical Cancer in Rwanda: Causes, Impact and Prevention Measures

In recent years, Rwanda has witnessed a troubling increase in cervical cancer cases, a condition that has become one of the leading causes of cancer related deaths among women. Despite advancements in healthcare, the rising number of cases has sparked concern across the country, urging authorities, healthcare professionals and the public to take urgent action. This article delves into the causes behind the increase in cervical cancer in Rwanda, explores its impact on women and their families, and discusses what can be done to prevent the disease. Through personal testimonies,…

SOMA INKURU

Abagenewe urukingo rwa virusi itera SIDA ni bantu ki? Rumara igihe kingana iki?

Gahunda yo gutanga urushinge rukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA “Cabotegravir (CAB-LA)”, yatangijwe mu Rwanda tariki 3 Mutarama 2025, itangirizwa mu bigo nderabuzima bya Gikondo na Busanza biherereye mu mujyi wa Kigali. Uru rushinge ruterwa umuntu utarandura virusi itera SIDA, urwa mbere rukamara ukwezi na ho urwa kabiri rukamara amezi abiri, bivuze ko buri mezi abiri uwahisemo ubu buryo asubira kwiteza urushinge. Iyi gahunda ikaba yaragenewe abafite ibyago byinshi byo kwandura virusi itera SIDA kurusha abandi, barimo abakora uburaya, ababana n’abo bashakanye umwe ari muzima undi yaranduye n’abandi. Umuyobozi…

SOMA INKURU

MINISANTE yakanguriye abaturarwanda gukaza ingamba mu kwirinda indwara y’ibicurane

Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X, Minisiteri y’Ubuzima yibukije abaturarwanda ko bakwiriye kwirinda indwara y’ibicurane muri aya mezi ya mbere y’umwaka cyane koigira ubukana mu gihe cy’ubukonje. Ubu bwoko bw’ibicurane bwa “Influenza A” buterwa na virusi yitwa Influenza ikaba yibasira abantu mu gihe cy’ubukonje cyane, ikaba ikunda kwibasira cyane abana bari munsi y’imyaka itanu, abagore batwite n’abantu bashaje bafite intege nke. Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko kuva mu mwaka wa 2022 kugeza muri uyu mwaka abasanganywe iyi ndwara ya Influenza A mu gihugu hose bangana na 6.6%. Ibiranga uwafashwe…

SOMA INKURU

Minisiteri y’Ubuzima iratanga impuruza ku ndwara ya Malaria

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 4 Mutarama 2025, mu butumwa bw’amashusho, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yashishikarije abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Malaria. Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda itangaza ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma abantu hakiri kare, mbere yo kujya mu nzu, bityo ko hakwiye gushyirwa imbaraga mu gusenya indiri iyo mibu yororokeramo. Mu isuzuma Minisante yakoze ngo yasanze imibu itera Malaria yarahinduye uburyo bwo kwanduza ku buryo izi ngamba zari zisanzweho zitagihagije ngo zikumire iyi ndwara.…

SOMA INKURU