=Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 07 Kamena 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera kuri Sitasiyo ya Ndera mu Karere ka Gasabo, ku bufatanye n’izindi nzego yatahuye urugo rwakorerwagamo inzoga zitemewe zizwi ku izina ry’Agasusurutso, zari litiro 6,000 zuzuye mu ngunguru 22, zafatiwe mu kagari ka Cyaruzinge mu mudugudu wa Ayabakora. Ubwo izi nzoga zari zigiye kumenwa hari Mwizerwa Olivier, umukozi w’Ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA). Yavuze ko kugira ngo amakuru amenyekane byaturutse kuri umwe mu baturage bakora ikinyobwa kitwa Agasusurutso ndetse abifite ibyangombwa avuga…
SOMA INKURUCategory: Amakuru mashya
Amabwiriza mashya ku mazu akorerwamo isuku “salon de coiffure “
Leta y’u Rwanda ibinyujije mu Ikigo k’Igihugu Gitsura Ubuziranenge (RSB) yatangaje amabwiriza agomba kubahirizwa n’abakora cyangwa abagana mu nzu zitunganya uburanga (salons) mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Ayo mabwiriza yahujwe n’amabwiriza y’ubuziranenge asanzwe yarashyizweho na RSB ashimangira kwimakaza ubunyamwuga ku batunganya uburanga; ndetse aje gushimangira umusaruro w’urugendo RSB yakoranye n’abakora umwuga wo gutunganya uburanga guhera mu mwaka wa 2016, aho bagiye bahabwa amahugurwa atandukanye arebana n’ibisabwa n’ibigomba kuzuzwa mu mu kubahiriza amabwiriza agenga uwo mwuga. Mu kiganiro Umuyobozi wa RSB Murenzi Reymond yagiranye n’Imvaho Nshya, yatangaje ko ayo…
SOMA INKURUNyuma y’imyiteguro benshi bagereranyaga nk’ubukwe byasubitswe
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje bitunguranye ko ingendo zerekeza mu Ntara ndetse n’iz’abamotari, zari ziteganyijwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 1 Kamena 2020, zitakibaye kubera ingamba zo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19. Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe riragira riti: “Nyuma y’isesengura, ingendo hagati y’intara zitandukanye, hagati y’intara n’Umujyi wa Kigali hamwe na moto zitwara abagenzi biracyabujijwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage. Ingamba nshya zo kurwanya Covid-19 zizatangazwa n’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 2 Kamena 2020.” Iki kemezo gifashwe nyuma y’aho imyiteguro ku bamotari ndetse n’ibigo…
SOMA INKURUAirtel Rwanda is ready to help Kigali motorcyclists and passengers safety
Today 28th May 2020, Airtel Rwanda announced it’s readiness to fully equip Kigali motorcyclist’s taxis with a brand new reflective jacket and a cashless digital payment option through Airtel Money during this coronavirus crisis, RURA on 27th May 2020, announced that Airtel Rwanda has been putting measures to allow motorcyclists take up cashless payment to allow motorcyclists from 1st June 2020. Upon the release of Moto. Amit Chawla Managing Director of Airtel Rwanda said “In this times of reopening, we are extremely excited to delight motorcyclists with an AIRTEL vest…
SOMA INKURUImyiteguro y’amabwiriza mashya irakomeje ku bamotari
Abamotari by’umwihariko abakorera mu Mujyi wa Kigali bategetswe gukoresha ikoranabuhanga rya mubazi ndetse bakishyurwa hakoreshejwe Mobile Money hatabayeho guhererakanya amafaranga mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya COVID19 giterwa na Coronavirus, ibi bitangajwe nyuma y’amezi arenga 2 badakora, bakaba bitegura gusubira mu kazi tariki 1 Kamena 2020. Ibindi abamotari n’abagenzi basabwe n’ukugendana alukoro yica udukoko[hand sanitizer] no kugendana agatambaro ko kwambara imbere y’ingofero. Kwambara udupfukamunwa bo n’abagenzi batwaye ndetse no kwirinda guparika mu bikundi bagasiga umwanya hagati ya moto zabo. Nk’uko byatangajwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 18 Gicurasi 2020, bimwe…
SOMA INKURUUmuyobozi wa RDB yahawe umwanya ukomeye muri OMS
Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) Clare Akamazi, yagizwe umwe mu bagize Inama y’Ubuyobozi batangiranye n’ishingwa rya “WHO Foundation” kuwa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2020, Iyi foundation ikaba yashyizweho n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima “OMS/WHO” nk’Umuryango ufite imikorere yihariye, ugiye gukomeza ibikorwa byo gukusanya inkunga n’ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo by’ubuzima ku rwego mpuzamahanga. Clare Akamanzi azakorana izo nshingano n’abandi bayobozi ndetse n’impuguke zirimo Mr. Bob Carter na Prof. Thomas Zeltner, na bo bari mu bagize Inama y’Ubuyobozi. Clare Akamanzi yakiriye neza kuba umwe mu bagize Inama y’Ubuyobozi bw’uwo…
SOMA INKURUThe partnership between Airtel Africa and UNICEF will have positive impact in education
The partnership between UNICEF and Airtel Africa to support children affected by pandemic COVID-19 to their school closures, will help them to their ongoing leaning online and help their families better enable cash transfers to their children, the most vulnerable are children from sub-saharan AFrica including Rwanda. This partnership ,UNICEF and Airtel Africa aimed at providing children to access online learning and access to cash assistance for their families via mobile cash transfers,and this will use mobile technology during pandemic covid-19 Raghunath Mandava, Airtel africa chief executive officer said that…
SOMA INKURUUmuti wa COVID-19 muri Madagascar waba ugiye gutakarizwa icyizere
Umuntu wa mbere muri Madagascar yishwe na Coronavirus, uyu akaba ari umukozi wo mu rwego rw’ubuzima wari ufite imyaka 57, akaba yari arwaye izindi ndwara zirimo diabetes n’umuvuduko w’amaraso. Akanama gashinzwe kurwanya Coronavirus muri Madagascar, katangaje aya makuru ku cyumweru. Umuvugizi wako Hanta Danielle Vololontiana, yavuze ko uyu mugabo yapfuye kuwa Gatandatu nijoro. Ati “Umugabo yishwe na Covid-19 muri Madagascar, yari afite imyaka 57, ari umwe mu bakozi b’urwego rw’ubuzima”. Madagascar ni cyo gihugu cyatangaje mbere ko cyavumbuye umuti uvura Coronavirus. Perezida wayo, Andry Rajoelina, amaze iminsi akorera ubuvugizi bukomeye umuti…
SOMA INKURUNyuma y’igihe kirekire ashakishwa aragezwa imbere y’urukiko
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020, ni bwo Kabuga Félicien agezwa imbere y’urukiko i Paris mu Bufaransa, aho amenyeshwa ibyaha akurikiranweho. Reuters yatangaje ko umunyamategeko wa Kabuga Felicien witwa Emmanuel Altit yatangaje ko uyu musaza agezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa kabiri. Amakuru avuga ko urukiko rushyiraho inzira zemewe n’amategeko hanyuma rugaha urubanza abandi banyamategeko bashinzwe iperereza mu minsi 8 iri imbere. Kuri uyu wa Kabiri nibwo hamenyekana niba uyu mugabo ushinjwa kuba umuterankunga mukuru wa Jenoside yakorewe Abatutsi yazashyikirizwa urwego rwasigariyeho urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda…
SOMA INKURUThe approach between two pandemics in the world.
HIV Aids Vaccine, and with the ongoing COVID-19 pandemic, the importance of vaccine research to both diseases can not be overstated. As with HIV, the best way to defeat the coronavirus pandemic is through a vaccine and we can draw from 40 years of solid HIV Aids vaccine research to help get us there. SARS-CoV-2, the virus that causes COVID-19, has taken the world by surprise, just as HIV Aids did in the 1980’s. However, unlike HIV, the world has come together and shown that a coordinated, global response to…
SOMA INKURU