Yafatiwe mu cyuho aje gusambanyiriza uumwana yigisha iwabo

Umwarimu wigisha kuri Hillside College Mityana, muri Uganda,John Senfuma w’imyaka 40,yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gushaka gusambanya umukobwa w’imyaka 15 mu rugo iwabo. Ibi byabaye ubwo abarera uyu mwana w’umukobwa bacunze Senfuma yinjiye mu cyumba bakeka ko agiye gusambanya uyu mwana wabo baramufata. Nk’uko polisi ya Kanyanya aho ukekwa afungiye ,madamu Sheilah w’imyaka 26 utuye ahitwa Kyebando Erisa Zone mu karere ka Kampala District niwe watanze ikirego cyane ko ariwe wareraga uyu mwana. Amashusho yafatiwe muri uru rugo yakwirakwijwe henshi, yerekana Senfuma asaba imbabazi aba babyeyi, bizamura uburemere bw’ibirego.…

SOMA INKURU

ibihugu byombi byasinye amasezerano y’ubufatanye mu mutekano

Kuwa Gatatu tariki 17 Mutarama 2024,   Minisitiri w’Umutekano, Alfred Gasana n’intumwa ayoboye aho ari mu ruzinduko muri Qatar, yagiranye ibiganiro na mugenzi we Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al-Thani, bigamije gufatanya mu rwego rw’umutekano mu bihugu byombi. Minisitiri Gasana muri uru ruzinduko rw’iminsi itatu, ayoboye intumwa zirimo Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye. aba ba Minisitiri b’umutekano bombi bahagarariye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano, ndetse n’inzego zishinzwe kubahiriza amategeko z’ibihugu byombi. Minisitiri w’Umutekano muri Qatar, Sheikh Khalifa bin Hamad bin…

SOMA INKURU

Yarafushye aruma umugore bimuviramo gutakaza igice cy’ugutwi

Umugabo wigisha ku Rwunge rw’Amashuri rwa Ntura mu karere ka Rusizi yarumye umugore we ugutwi ubwo bakimbiranaga amushinja kumuca inyuma, igice kimwe cyako agikuraho. Umugore wakorewe ihohoterwa nawe yarafite inshingano mu Rwunge rw’Amashuri rwa Giheke. Abaturanyi batabaye uwo muryango utuye mu mudugudu wa Rugombo, akagari ka Giheke, umurenge wa Giheke, akarere ka Rusizi, basanze uyu mugore warumwe ugutwi avirirana mu gihe umugabo we yari afite amaraso ku munwa ameze nk’umaze kurya inyama mbisi. Umuturanyi w’uyu muryango wahaye amakuru Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru, yavuze ko uru rugomo rwabaye mu rukerera…

SOMA INKURU

M23 yatangaje ko ingabo za RDC zabakoreye ubushotoranyi bukomeye bazishyura ikiguzi kinini

Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa gisirikare, Major Willy Ngoma, yatangaje ko kwicwa kw’abasirikare bayo bakuru bishwe kuwa 16 Mutarama 2024, ari ubushotoranyi Ingabo za RDC zakoreye uyu mutwe, mu gihe impande zombi zari zaremeye guhagarika imirwano. Yagize ati “Baje kutugabaho ibitero. Abofisiye babiri bagiraga uruhare mu guhumuriza abaturage, nk’igihe Leta yarasaga amabombe ku nzu, ibitaro n’amashuri, abagabo babaga hafi y’abaturage, bumvaga abaturage, babafashaga, ni abakomanda b’intwari, babishe.” Yavuze ko Ingabo za Leta ya RDC zahaye ubutumwa M23 kandi ngo yabwumvise. Ati “Bazishyura ikiguzi kinini. Dufite imbaraga, turiteguye bijyanye n’intego…

SOMA INKURU

Bimwe mu byifuzo byabafasha kwirinda virusi itera SIDA

Hirya no hino mu gihugu hagaragara abatwara abagenzi kuri moto “abamotari”, abenshi muri bo bakaba babarizwa mu cyiciro cy’urubyiruko, kuri ubu ubushakashatsi bukaba bwarerekanye ko rwibasiwe cyane n’ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA, hejuru y’ibyo bakaba ari abantu bakora akazi kabahuza n’abantu benshi batandukanye aho batangaza ko hatabayeho kwirinda ariko bakanabifashwamo n’inzego zinyuranye z’ubuzima icyorezo cya virusi itera SIDA kitabareba izuba. Kubwimana Anatori, utuye mu mudugudu wa Kacyiru, akagali ka Mahango, umurenge wa Rebezo, mu karere ka Ngoma, yagize ati “Urubyiruko rwinshi rw’abamotari bahura n’ibibazo byo kwandura indwara zandurira mu…

SOMA INKURU

Nyabihu: Impungenge ni zose ku gihombo gishingiye ku mbuto bahawe

Bamwe mu baturage bahinga ibigori mu kibaya cya Rubumba mu murenge wa Rugera, mu karere ka Nyabihu, batewe impungenge n’igihombo bashobora guhura nacyo bitewe n’imbuto yo gutubura bahawe itarimo kubaha icyizere cy’umusaruro bari biteze. Bamwe muri aba baturage bavuga ko bahabwa iyi mbuto y’ibigori yo gutubura, bari bafite icyizere cyo kuyibonamo umusaruro nk’uko bari basanzwe bawubona. Nubwo batarasarura, batewe impungenge n’ibimenyetso barimo kubona kuri bimwe mu bigori byahetse ntibizane impeke uko bikwiye. Gutubura izi mbuto mu mirima y’aba baturage byakozwe na Koperative KOTEMI na kompani ya TRI SEED yatanze iyi…

SOMA INKURU

Entre la France et Gaza, le destin brisé de familles séparées par la guerre

Parmi les personnes rapatriées de Gaza par la France, plusieurs ont été contraintes de laisser derrière elles des proches n’ayant pas obtenu d’autorisation de sortie de la part des autorités israéliennes. Des situations dramatiques dénoncées par leurs avocats, qui demandent à Paris d’accentuer la pression sur Israël pour obtenir leur exfiltration de l’enclave palestinienne. Ils ont dû laisser derrière eux un être cher avec chaque jour la peur de recevoir une terrible nouvelle. Pour certains évacués de la bande de Gaza, bombardée sans relâche par l’armée israélienne, la vie s’écrit en pointillés en France, plombée…

SOMA INKURU

Rwandan women’s return to fertility varies with birth control methods – new study

Rwandan women who use barrier (such as condoms) and traditional (such as periodic abstinence or withdrawal) birth control methods are more likely to get pregnant again within a year, in contrast to those utilising longer-term methods like contraceptive implants or injections, a new study published in the RBC journal has found. Titled “Return to Fertility after Discontinuation of Modern Contraceptive Methods in Rwanda”, the study revealed that, after one year, 94 per cent of women utilising barrier and traditional methods experienced pregnancy. Rates were slightly lower for other methods, with…

SOMA INKURU

Musanze: Ushinzwe umutekano mu mudugudu arashinjwa n’abaturage kubarya asaga miliyoni 60

Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Mutaboneka, akagari ka Kavumu, umurenge wa Busogo, mu karere ka Musanze, barashinja ushinzwe umutekano mu mudugudu kurigisa miliyoni 63Frw, bari bizigamye ngo bazagabane. Aba baturage babwiye Radio/TV1 ko mu mwaka wa 2023uyu muyobozi  yabatwaye amafaranga bagombaga kugabana mu itsinda rigizwe n’abantu 400. Umwe yagize ati: “Twavuze yuko mu kwezi kwa karindwi ,duhana amasezerano yuko tuzaba turangije itsinda ryacu, tukagabana mu kwezi kwa cyenda.Ukwezi kwa cyenda kwarageze, batubwira yuko nta kugabana kuriho, yuko hari umugabo visi perezida, yatorokanye arenga miliyoni 4.5frw. “    …

SOMA INKURU

Perezida wa Rayon Sports yashyize ukuri hanze kwibazwaga na benshi

“Nibambwira bati warakoze cyane mu myaka ine, reka dushake undi nzababwira ngo murakoze cyane, Imana ibahe umugisha, ibyo ntakoze muzabimbabarire, ni ko nari nshoboye. Ni uko bizagenda.” Ibi bikaba byatangarijwe mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere, tariki 15 Mutarama 2024,ku cyicaro gikuru cya Rayon Sports aho Uwayezu Jean Fidele perezida w’iyi kipe. Yakomeje agira ati: “Ikimpangayikishije ni ukurangiza manda ndimo, ibindi abantoye, ba nyiri Rayon Sports, sinzi niba banashima ibyo mbakorera. Nibasanga narabakoreye, bakansaba kongera kwiyamamaza nanjye nzaza.” Uwayezu utangaza ko arajwe ishinga no gushakira ikipe ya Rayon Sports…

SOMA INKURU