One’s upper backbone area is exposed to damage from ‘text neck’ if one spends a lot of time texting or viewing content on a phone or computer with the head in a down-forward position, Minister of Health, Sabin Nsanzimana, warned on February 19. He expressed the warning during a session between the Senate’s Committee on Social Affairs and Human Rights and officials at the Ministry of Health and the Rwanda Biomedical Centre (RBC). The session was assessing Rwanda’s efforts to prevent and treat epidemics. Text neck is a syndrome that…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Ni iki kihishe inyuma y’umubano udasanzwe wa Perezida Kim Jong Un na Putin?
Amakuru dukesha Russian Today, atangaza ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageneye impano y’imodoka mugenzi we wa Koreya Ruguru, Kim Jong Un. Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Gashyantare 2024, nibwo iyi mpano y’imodoka yo mu bwoko bwa Aurus, yakozwe n’uruganda rwo mu Burusiya, Aurus Motors yagejejwe i Pyongyang, kugira ngo ishyikirizwe Perezida Kim. Mushiki wa Perezida Kim, Kim Yo-jong yavuze ko iyi mpano ari ikimenyetso cy’umubano mwiza uri hagati y’aba bayobozi bombi. Ati “Iyi mpano ni ikimenyetso kigaragaza umubano wihariye uri hagati ya Perezida Putin n’umuvandimwe we.” Perezida Putin…
SOMA INKURUUbwicanyi bukomeye hagati ya Wazalendo n’ingabo za Congo
Imirwano yabereye i Goma mu gace ka Lac-vert ku wa 18 Gashyantare 2024, yiciwemo abasirikare batatu ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ubu bwicanye bukaba bwakozwe na Wazalendo nk’uko byatangajwe n’umuyobozi wa kariya gace Dedesi Mitima. Radio Okapi yaatangaje ko uyu muyobozi kuri uyu wa 19 Gashyantare yasobanuye ko abarwanyi babiri ba Wazalendo na bo bapfiriye muri iyi mirwano, gusa icyatumye bahangana ntabwo kiramenyekana. Yagize ati “Ejo twamenye ko batanu bapfuye barimo Wazalendo babiri n’abasirikare ba Congo batatu. Ntabwo tuzi impamvu yatumye barwana.” Ubutegetsi bwa RDC bwakoze ivugurura mu gisirikare…
SOMA INKURUCongo irashinja u Rwanda na M23 urupfu rw’ abasirikare 2 b’Abanyafurika y’Epfo
Mu itangazo rigenewe Abanyamakuru Minisiteri y’Itumanaho n’Itangazamakuru ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize hanze, yavuze ko ingabo z’u Rwanda na M23 aribo bari inyuma y’urupfu rw’ abasirikare 2 b’Abanyafurika y’Epfo ba SANDF baturikanywe n’igisasu cyanakomerekeje batatu. Itangazo riragira riti”Leta ya Congo ibabajwe n’urupfu rw’Abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo (SANDF) barashweho n’igisirikare cy’u Rwanda na M23 ku birindiro byabo biri i Mubambiro kuwa 14 Gashyantare 2024 muri teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru.” Ubwo iki gisasu cyaturikanaga aba basirikare , SANDF yatangaje urupfu rwabo ariko ntiyagaragaza aho cyaturutse n’uwabigizemo uruhare.…
SOMA INKURUInzu 28 zo mu mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai zigiye gusenywa
Muri Mata 2023 ni bwo hamenyekanye ko inzu zubatswe mu mudugudu uzwi nk’Urukumbuzi ziri gusenyuka ndetse biza kugaragara ko zubatswe mu buryo butujuje ubuziranenge. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gusenya inzu 28 zo muri uyu mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai ndetse n’izindi 14 zo mu karere ka Gasabo zubatswe binyuranye n’amategeko. Umujyi wa Kigali wasabye ko bamwe mu bari bawutuyemo bimuka. Ababisabwe ni abari batuye mu nzu eshanu zigeretse zarimo imiryango 23 zitari zujuje ubuziranenge ndetse zimwe muri zo zari zatangiye kwangirika nubwo hari n’izitari…
SOMA INKURUNyuma yo kumena amabanga y’ikipe ye yahagaritswe ashinjwa imyitwarire mibi
Emilio Nsué López ukinira Ikipe y’Igihugu ya Guinée Equatoriale, akaba ari nawe rutahizamu mwiza wa CAN yashinje Ishyirahamwe rya Ruhago mu gihugu cye (FEGUIFUT) kwikubira amafaranga arenga miliyari 1 yari kubeshaho abakinnyi mu irushanwa. Mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu, tariki ya 16 Gashyantare 2024, Emilio yasobanuye byose ubwo yaganiraga n’abafana be ku rukuta rwe rwa Instagram mu buryo bw’ako kanya [Live]. Mu byo yagarutseho harimo impamvu yatumye ahagarikwa na FEGUIFUT kandi ari umwe mu bafashije Ikipe y’Igihugu kwitwara neza igasoreza muri ⅛ cya CAN 2023.…
SOMA INKURUAu Sénégal, le Conseil constitutionnel invalide le report de la présidentielle
Au Sénégal, la Cour constitutionnelle sénégalaise a invalidé jeudi 15 février le report de la présidentielle du 25 février au 15 décembre, plongeant dans l’inconnu le pays en proie à l’une de ses plus graves crises politiques depuis des décennies. L’instance a jugé que le texte de loi adopté par le Parlement pour reporter l’élection présidentielle, qui devait initialement se tenir le 25 février, viole la Constitution et doit être annulé. Le Conseil constitutionnel a par ailleurs annulé le décret du président Sall qui, trois semaines seulement avant l’échéance, modifiait de facto le calendrier…
SOMA INKURUPresident Kagame in Addis Ababa for AU Summit
President Paul Kagame has arrived in Addis Ababa where he joins other Heads of State and Government from across the continent for the 37th Ordinary Session of the Assembly of the Heads of State and Government of the African Union. President Kagame will present a progress report on African Union reforms as the leader of the AU Institutional Reforms mandated by the Heads of State and Government of the Union. In the eight years since the start of the reforms, the revamped Peace Fund now stands close to $400 million…
SOMA INKURUSaint Valentin yabagizeho ingaruka zikomeye, RBC iti: “Gukoresha agakingirizo ntibyakabateye isoni”
Tariki 14 Gashyantare ni umunsi ngarukamwaka ufatwa nk’uw’abakundana, hizihizwa Mutagatifu Valentin “Saint Valentin” ku batari bake. Usanga urubyiruko runyuranye rutangaza ko umunsi nk’uyu aba ari umunsi wo gushimishanya nk’abakundana, bakanemeza ko gushimishanya hataburamo gukora imibonano mpuzabitsina kuri bamwe, ari naho hari abo bigiraho ingaruka zinyuranye. Ibi binemezwa n’abakobwa banyuranye bahindutse ababyeyi imburagihe, bemeza ko umunsi bakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere wari umunsi nk’uyu, aho ari nabwo bamwe batewe inda, akaba ari nacyo gihe bamwe muri bo baherukana n’abiyitaga ba Valentin (abakunzi) babo. Uwo twahaye izina rya Amina w’imyaka 21, ufite…
SOMA INKURUFlight of Innovation: Enhancing Tourism and Conservation Through Local Deliveries
By Diane NKUSI NIKUZE The Rwanda Development Board and Zipline collaborate to enhance tourist experiences through the delivery of ‘Made in Rwanda’ products, while simultaneously strengthening conservation efforts. A pioneering partnership takes flight, promising to revolutionize the intersection of tourism, conservation, and technology. As the dawn breaks over the majestic Volcanoes National Park, the hum of drones fills the air, heralding a new era of sustainable progress. Zipline, a trailblazer in autonomous drone delivery, unveils an unprecedented collaboration with the Rwanda Development Board (RDB). Together, they embark on a mission…
SOMA INKURU