Indege yahagaritse urujyendo bitunguranye kubera ibisiga

Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana i Cairo, nyuma y’uko igonganye n’ibisiga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko uru rugendo rwari rwahawe izina rya MS835 rwahagaritswe ku wa Gatanu tariki 1 Werurwe mu 2024. Ni nyuma y’uko iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 737/800 yari itwaye abagenzi 116, yagonganye n’ibisiga ubwo yari iri guhaguruka ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali ariko itaragera mu kirere. Nyuma yo kubona iyi mpanuka, umupilote wari utwaye iyi ndege yasubitse urugendo,…

SOMA INKURU

Abanyagihugu ba Santrafrika basabwe kwigira kuri Polisi y’u Rwanda

Abatuye Intara ya Mbomou muri Santrafrika basabwe gufata amasomo kuri Polisi y’u Rwanda mu bikorwa birimo umuganda rusange n’ibindi bikomeje guteza imbere imibereho y’abaturage. Babisabwe na Madamu Benguerre Pierrette, uyobora iyo Ntara ubwo bari mu muganda rusange wabaye tariki 2 Werurwe 2024. Ni umuganda Abapolisi b’u Rwanda bagize Itsinda rya RWAFPU-32 riri mu butumwa bwa MINUSCA bakoranye n’abaturage bo mu mujyi wa Bangassou mu Ntara ya Mbomou. Uyu muganda witabiriwe kandi n’abayobozi ku rwego rw’Intara, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu bitanga umusanzu mu butumwa bwo kugarura amahoro, abo…

SOMA INKURU

Minister Kabarebe urges Rwandan parents abroad to teach children Kinyarwanda

The Minister of State for Foreign Affairs in Charge of Regional Cooperation, Gen (Rtd) James Kabarebe has urged Rwandan parents living abroad to teach their children Kinyarwanda and consider bringing them to visit their motherland. Speaking at a hybrid event celebrating International Mother Language Day for Rwandans in the diaspora on March 2, he emphasised that the connection would help them appreciate the country, its beauty, and its people, and understand true values compared to their current places of residence. The Minister of State for Foreign Affairs in Charge of…

SOMA INKURU

Affaire d’espionnage : Berlin accuse Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser” l’Allemagne

Le ministre allemand de la Défense a accusé dimanche Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser l’Allemagne” – un propos tenu suite à la diffusion depuis la Russie d’échanges confidentiels entre des officiers allemands sur d’éventuelles livraisons d’armes à l’Ukraine. Berlin cible Moscou après une “très grave” fuite au sein de l’armée allemande. Le ministre de la Défense a accusé dimanche 3 mars Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser l’Allemagne“, à la suite de la diffusion depuis la Russie d’échanges confidentiels entre des officiers allemands sur des livraisons d’armes à l’Ukraine. “Il s’agit simplement d’utiliser cet enregistrement…

SOMA INKURU

Majchrzak wins Rwanda Challenger 1 title

Kamil Majchrzak on Saturday, March 2, won the first week of the Rwanda Challenger 50 Tour tournament after beating Marco Trungelliti 6-4, 6-4 in the final held at Kigali Ecology Tennis Club. It is a fifth ATP Challenger title for the 28-year-old Pole and his first major trophy since returning to the Tour at the start of 2024 after serving a 13-month ban for alleged doping. Meanwhile, defeat for Argentine Trungelliti, means he takes his wait for a third ATP Challenger title into Week 2 of Rwanda Challenger, which begins…

SOMA INKURU

Imyumvire yo kugendera kure yatiza umurindi SIDA ikomeje kwica abatari bake ku isi

Kwandura virusi itera SIDA kuri ubu ntibikiri nk’uko byari mu myaka 20 ishize, ariko ntibibujije ko SIDA ikiri ikibazo gikomeye gihangayikishije isi. Ku rwego rw’isi abasaga miliyoni 38,4 bafite virusi itera SIDA, muri bo miliyoni 36,7 ni abantu bakuru naho miliyoni 1,7 ni abana bari munsi y’imyaka 15, mu gihe 54% by’abafite virusi itera SIDA ari abagore n’abangavu, abenshi ni abo muri Afurika y’ubutayu bwa Sahara aho u Rwanda ruherereye. Ubushakashatsi bwakusanyije ibitekerezo by’inzobere ku bijyanye n’impamvu abantu barushaho kumva nabi iby’ubwandu bwa virusi SIDA kugeza aho iki cyorezo cyararika…

SOMA INKURU

Kuvuguruzanya kwa Benjamin Netanyahu na Perezida Biden guhatse iki ku ntambara yo muri Gaza?

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko ukuntu igihugu cye gishyigikiwe n’abaturage muri Amerika bizafasha Israel kurwana “kugeza ku ntsinzi yuzuye” kuri Hamas. Mu itangazo ku wa kabiri, Netanyahu yasubiyemo ibyo mu makusanyabitekerezo bigaragaza ko Abanyamerika barenga 80% bashyigikiye Israel mu ntambara muri Gaza. Avuze ibyo nyuma yuko Perezida w’Amerika Joe Biden aburiye ko Israel iri mu byago byo gutakaza abayishyigikiye ku isi muri iyi ntambara. Abategetsi bo muri Amerika bavuga ko barimo gukora ku gishobora kuvamo amasezerano y’agahenge. Mu itangazo rye, Netanyahu yavuze ko guhera mu ntangiriro y’intambara,…

SOMA INKURU

Exécutions, viols… Des expertes de l’ONU s’alarment des violences contre les femmes à Gaza

Des expertes mandatées par l’ONU ont exigé lundi une enquête après des accusations d’exécutions et de viols par les forces israéliennes contre des femmes et filles palestiniennes à Gaza et en Cisjordanie. Elles dénoncent des “traitements inhumains et dégradants”, des agressions sexuelles, et des détentions et exécutions arbitraires. Les accusations portées sont graves. Des expertes de l’ONU ont rapporté, le 19 février, des accusations de violences, notamment sexuelles, visant des femmes et des filles palestiniennes à Gaza et en Cisjordanie, imputées aux forces israéliennes. Elles exigent une “enquête indépendante et impartiale” et…

SOMA INKURU

Hakomeje kwibazwa ikihishe inyuma yo gucika intege kwa APR FC imbere ya Gasogi United

Umukino uheruka guhuza APR FC  na Gasogi United, aya makipe yombi yanganyije 0-0 ariko biciye muri penaliti, Gasogi United isezerera ikipe y’Ingabo kuri penaliti 4-3. Benshi bahise batangira kwibaza ibanga Gasogi United igendana iyo igiye gukina na APR FC, cyane ko bimaze kugaragara ko ikomeje kuyigora aho bahuriye hose. Aganira n’itangazamakuru, rutahizamu w’iyi kipe, Iradukunda Kabanda Serge, yavuze kimwe mu bimaze iminsi bibafasha kudatsindwa n’iyi kipe y’Ingabo. Ati “APR FC tuyifata nk’izindi kipe. Ni ikipe tumaze kumenyera, turayiga iyo tugiye gukina. Tukiga imikinire yayo. Umukino wa gicuti twakinnye tukayitsinda, watumye…

SOMA INKURU

Impamvu u Rwanda rwagizwe icyicaro nyafurika cy’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Inkingo

Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Inkingo (International Vaccine Institute/IVI), cyatangaje ko u Rwanda rubaye icyicaro cyacyo muri Afurika, nyuma yo gusuzuma ubusabe bw’ibihugu 5 byo kuri uyu mugabane muri uku kwezi kwa Gashyantare 2024. Iki kigo gishinzwe inkingo cyamaze kugirana amasezerano na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) na Kaminuza y’u Rwanda izagira uruhare mu mikorere y’iki kigo, kizashingwa mu Rwanda bitarenze uyu mwaka wa 2024. IVI ni Umuryango ufite icyicaro i Seoul muri Koreya y’Epfo, ukaba ugizwe n’abahanga bashinzwe gukora politiki n’ubushakashatsi ku bijyanye n’inkingo, gukora izo nkingo no kuzigeza ku bagenerwabikorwa ’ku giciro…

SOMA INKURU