Umubyeyi wa Miss w’u Bubiligi 2024, Madamu Gakire yatangaje byinshi ku intsinzi y’umwana we

Gakire Joceline, akaba umubyeyi wa Miss Kenza Johanna Ameloot wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Bubiligi 2024 ahigitse abakobwa 32, yatangaje ko byamuteye ishema cyane ndetse anasobanura ko iyi ntsinzi ari iy’igihugu cye cy’inkomoko u Rwanda. Ati “Icyo nababwira ni uko nanjye byantunguye ariko narishimye cyane , byateye ishema u Rwanda igihugu nturukamo ari nacyo gihugu cya Kenza, birongera bitera ishema n’igihugu yavukiyemo cy’u Bubiligi. Urebye  amateka twaciyemo, icyo twishimira ni uko aba bana twabyaye baduhesha ishema, mbega Kenza sinzi uko namuvuga.” Yakomeje avuga ko ibyabaye ku mukobwa we atari abyiteze,…

SOMA INKURU

Uwahoze mu Nteko Ishingamategeko ya DRC yinjiye mu ihuriro ririmo M23 anatangaza icyabimuteye

Kuwa 26 Gashyantare 2024 nibwo uwahoze ari umudepite muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu barwanashyaka bakuru b’ishyaka MLC, Mamba Jean Jacques  yatangaje ukwinjira kwe muri AFC (Alliance Fleuve Congo) ifite M23 nk’umutwe wa gisirikare wayo, ubwo yari i Bruxelles mu Bubiligi. AFC ni ihuriro ryashinzwe mu Ukuboza 2023 na Corneille Nangaa wabaye Perezida wa Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDC, rikaba rikorana na M23 nk’umutwe wayo wa gisirikare. Mamba yasobanuye ko yiyunze kuri AFC kugira ngo yifatanye na bagenzi be bari muri iri huriro gushakira RDC amahoro yakomeje kubura…

SOMA INKURU

Perezida Biden yatanze icyizere cy’agahenge ka vuba muri Gaza

Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko afite icyizere ko agahenge kazagerwaho mu ntambara ya Israel na Hamas muri Gaza “bitarenze ku wa mbere utaha”. Abivuze mu gihe hari amakuru ko hari intambwe runaka yatewe mu biganiro bikomeje muri Qatar birimo abahagarariye Israel na Hamas. Biden yagize ati: “Umujyanama wanjye mu by’umutekano w’igihugu ambwira ko turi hafi [kugera ku gahenge].” Israel yagabye igitero cyagutse cyo mu kirere no ku butaka muri Gaza nyuma yuko abagabo bitwaje imbunda bo muri Hamas bishe abantu hafi 1,200 mu majyepfo ya Israel, ku itariki ya…

SOMA INKURU

Elevating midwifery: A transformative journey to reach zero preventable maternal deaths in Rwanda

Rwanda has undergone a remarkable journey in tackling maternal mortality rates (MMR) over the past decade. From an alarming 1,071 maternal deaths per 100,000 live births in 2010, the country managed to accelerate reduction reaching 210 in 2015. but in recent years the decline has been slower with MMR standing at 203 per 100,000 live births in 2020, showing a limited decline of only seven data points over five years. With Rwanda currently operating at a ratio of one skilled health professional per 1,000 people, below the WHO recommended minimum…

SOMA INKURU

Guerre Israël-Hamas : pourquoi l’Autorité palestinienne change de gouvernement

Le gouvernement de l’Autorité palestinienne (AP) a remis lundi sa démission au président Mahmoud Abbas. L’entité gouvernementale qui gouverne avec des pouvoirs limités en Cisjordanie occupée est vivement critiquée depuis le 7 octobre par les Palestiniens de l’intérieur pour son “impuissance” face à Israël à Gaza et en Cisjordanie occupée. Ce changement d’exécutif à venir semble être “un petit pas dans la bonne direction” en vue d’une réforme de l’AP, mais le chemin est encore long. “J’ai présenté la démission du gouvernement à monsieur le Président (Mahmoud Abbas) le 20…

SOMA INKURU

Rwanda finally passes law on GMO: What next?

Rwanda, on February 21, published in its Official Gazette a law governing biosafety, which seeks to ensure that genetically modified organisms (GMOs) are handled, transferred and used safely in the country. According to the purpose of the law, it establishes an adequate level of protection in the field of the safe transfer and use of living modified organisms ((LMOs) – also known as GMOs – resulting from modern biotechnology that may have an adverse effect on the conservation and sustainable use of biological diversity while taking into consideration the effect of…

SOMA INKURU

Abapolisi bane batawe muri yombi bashinjwa gucuruza abantu

Kenya isanzwe ari inzira kuri benshi mu banya-Ethiopia bagana muri Afurika y’Epfo mu buryo butemewe nk’uko bigaragazwa n’ishami ry’Umuryango mpuzamahanga rishinzwe iby’abimukira “IOM”, muri iki gihugu haranavugwa abapolisi batawe muri yombi bashinjwa gucuruza abantu. Byemejwe ko abapolisi bane bo muri Kenya batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu bucuruzi bw’abantu nyuma yo kuvumbura inzu yari ihishwemo abanya-Ethiopia 37 mu birometero 16 uvuye mu murwa mukuru Nairobi. Abo banya-Ethiopia babwiye abayobozi ko bari bagiye muri Afurika y’Epfo gushaka ubuzima bwiza. Ntabwo biramenyekana uburyo bageze muri iyo nzu n’ababifitemo uruhare bose kuko hakiri…

SOMA INKURU

Bruce Melodie atangaza byinshi akesha Trace Awards

Umuhanzi  Itahiwacu Bruce  uzwi nka Melodie witegura gushyira hanze album yise “Sample” muri Gicurasi, yatangaje ko igihembo cya Trace Awards nk’umuhanzi wahize abandi mu Rwanda muri 2023 byatumye arushaho kumenyekanisha umuziki nyarwanda ku ruhando rw’isi. Ibi Melodie akaba yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Trace FM yo muri Kenya cyagarutse ku muziki we n’ishusho afite kuri Trace Awards iherutse kubera mu Rwanda. Bruce Melodie ari kubarizwa muri Kenya mu bikorwa bitandukanye bya muzika, yajyanye na Producer Prince Kiiiz ubarizwa muri Country Records Bruce Melodie avuga ko bwa mbere bamubwira ko azaririmba…

SOMA INKURU

RDC: Le premier ministre Sama Lukonde démissionne

Le Premier ministre de la République Démocratique du Congo, Jean-Michel Sama Lukonde, a démissionné. Cette décision a déclenché la dissolution de son gouvernement. Après sa démission, Jean-Michel Sama Lukonde va rejoindre le parlement.   La présidence de la RDC a, ce mardi 20 février 2024, annoncé la démission du premier ministre Jean-Michel Sama Lukonde. Ce dernier a remis sa démission au président Félix Tshisekedi huit jours après la validation de son mandat de député national. Cette démission du premier ministre de la RDC a entrainé la dissolution de son gouvernement.…

SOMA INKURU

Rwanda to France: DR Congo crisis can be over if ‘real issues’ are addressed

The Rwandan government spokesperson Yolande Makolo, has responded to the accusations by France that Rwanda supports M23 rebels in eastern DR Congo. In a post on social media platform X, Makolo said on Tuesday, February 20, the French government was in position to know that a solution to the conflict in eastern DR Congo would be found if the root causes were addressed. “No one knows more about the root causes and history of the conflict in eastern DRC than France,” Makolo said. The Congolese government accuses Rwanda of supporting…

SOMA INKURU