Du côté de Marseille, la saison 2023-2024 aura été pénible, entre valse des entraîneurs et chemin de croix en Ligue 1. Heureusement, la Coupe d’Europe a été là pour ramener de la joie sur le Vieux-Port. Une joie que les fans marseillais espèrent voir perdurer alors que l’OM aborde sa demi-finale aller de ligue Europa, jeudi, face à l’Atalanta Bergame. Coiffer au poteau le PSG en remportant une Coupe d’Europe avant la capitale ? Les Marseillais en rêvent, fidèles à leur crédo “À jamais les premiers !”, et alors que l’éventuelle finale…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Bivugwa ko yaramaze iminsi afungiye muri USA, yagaragaye mu Rwanda
Kuri uyu wa gatatu tariki 2 Gicurasi 2024, nibwo Semuhungu Eric wiyemerera ko ari umutinganyi ndetse ntatinye no kubigaragaza ku mbuga yasesekaye ku kibuga cy’indege cya Kanombe. Semuhungu wari umaze igihe abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,byavuzwe ko yavuyeyo yirukanywe, nyuma y’igihe kinini yari amaze yarabuze ku mbuga nkoranyambaga, aho byavuzwe ko yari yaratawe muri yombi. Nta kintu Semuhungu yavuze kuri iyi ngingo ubwo yashyiraga hanze andi mashusho, amwerekana ari muri Kigali Serena Hotel ari naho acumbitse. Bivugwa ko yaziraga kuryamana n’umwana w’umuhungu ukiri muto, yarangiza agafata ayo mashusho…
SOMA INKURUDore indwara zikomeje guhitana benshi mu gihe kuzirinda bishoboka
Imibare itangazwa n’inzego z’ubuzima ikomeje kugaragaza ko indwara zitandura zikomeje gukaza umurego mu kuzahaza benshi. Nk’urugero, abarwayi ba diyabete, umuvuduko w’amaraso, kanseri n’izindi bakomeje kwiyongera ku buryo buhangayikishije. N’ubwo bimeze gutyo ariko, kuzirinda birashoboka kandi mu buryo bworoshye bwashobokera buri wese. Amagara ntaguranwa amagana! Hari indwara zisanzwe zizwi ndetse zimenyerewe kuko zabayeho kuva kera, ariko ubu hagezweho indwara zitandura kandi zikomeje guhitana abantu benshi, nyamara abantu bakaba batazifatira ingamba ngo bazirinde. Uyu munsi turebere hamwe indwara ya DIYABETE. Indwara ya Diyabete ni indwara mbi kandi ihitana abantu benshi ku isi,…
SOMA INKURUIhohoterwa ryose n’iryo abantu bibwira ko atari ryo rikorerwa umwana rifite amategeko arihana
Abantu benshi bakunze gukora amakosa ku bana arimo kubakubita, kubakomeretsa ndetse no kubakoresha imirimo ivunanye, kubasambanya ndetse n’ibindi bibi bikorwa bitandukanye nyamara batazi ko ibyo bikorwa bihanwa n’amategeko. Mu gitabo cy’amategeko mpana byaha cy’u Rwanda hakubiyemo ibihano bihabwa umuntu wese uhohotera umwana mu rwego rwo ku murengera no kumurinda ihohoterwa iryo ariryo ryose ryamukorerwa. Itegeko n°71/2018 ryo ku wa 31/08/2018 ryerekeye kurengera umwana mu ngingo ya 28 ivuga ko bitabangamiye ibihano birushijeho gukomera biteganywa n’andi mategeko, umuntu wese uhoza umwana ku nkeke cyangwa umuha ibihano biremereye cyangwa bitesha agaciro harimo…
SOMA INKURURBC yatagije uburyo bushya bwo kurwanya Maraliya hakoreshejwe Drone
Ikigo cy’Igihugu Gishizwe Ubuzima “RBC”, cyatagije uburyo bushya bwo gutera umuti wica imibu mu bishanga, bakoresheje indege zitagira abapirote “Drone”. Phocas Mpazimpaka umukozi muri RBC ushinzwe ishami ryo gukumira indwara avuga ko abashakashatsi b’iki kigo bari gukora igerageza ngo barebe akamaro ko gukumira malaria binyuze mu gukoresha drones zitera imiti mu bishanga bikikije Kigali. Mpazimpaka akomeza avuga ko iyo guteza umuti drones bikozwe bikomatanyije no gutera umuti hakoreshejwe amapompo, bigabanya cyane gukura kw’imibu itera Malariya iba isanzwe ituye mu bishanga. Umubu ntushobora kororoka utabonye ahantu hari amazi ho gutera amagi,…
SOMA INKURUNyamagabe kamwe mu turere Malariya yibasiye bikomeye hafashwe ingamba zo kuyirandura
Ikigo cy’Igihugu Gishizwe Ubuzima “RBC” cyatagije ubukanguramba bwo kurwanya Malariya mu karere ka Nyamagabe, bugamije ko buri rugo rugomba gutunga inzitaramibi iteye umuti, mu rwego rwo kurandura maralia Burundi yazahaje abaturange. Uwamariya Agnes, umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, atangaza ko guhugura abaturage bo mu byiciro binyuranye ari ngombwa kugira ngo abaturage basobanukirwe uko barwanya imibu yo soko y’indwara ya malariya. Uyu muyobozi akomeza atangaza ko imibare y’abarwaye Malariya irimo kwiyongera, kuko mu mwaka ushize wa 2023 nibura umuturage 1 mu baturage 10 (111/1000) yarwaye Malaria. Malariya…
SOMA INKURUApril 25, 1994: UN avoids labelling Tutsi killings as genocide
April 25, 1994 was the 19th day of the Genocide against the Tutsi. Killings of Tutsi had spread across the country. In the former Gitarama, Butare and Kibuye prefectures, Interahamwe, government soldiers and local leaders led the killing campaign. Despite evidence of genocidal killings in Rwanda, the United Nations Security Council failed to label the massacres of Tutsi as a genocide due to France’s push to avoid a more precise terminology. Since the beginning of the Genocide on April 7, the French authorities were concerned that RPF-Inkotanyi would win the…
SOMA INKURULes 5 principales conséquences du manque de sommeil
Normalement nous avons besoin de 7 à 9 heures de sommeil par nuit pour assurer nos activités quotidiennes de façon optimale. Ce n’est plus un secret, le sommeil est essentiel pour la récupération physique et mentale. À court et à long terme, la privation de sommeil peut avoir des effets néfastes sur le fonctionnement du corps et du cerveau. Les principales causes du manque de sommeil Bien souvent, nos nuits se suivent, mais ne se ressemblent pas. Le plus fréquemment, le manque de sommeil vient d’une insomnie ponctuelle, comme lorsque…
SOMA INKURUUSA: La Congrès américain a adopté une loi menaçant TikTok
La Congrès américain a adopté, mardi, une loi menaçant TikTok d’interdiction aux États-Unis, à moins que le réseau social ne coupe ses liens avec sa maison-mère ByteDance, et plus largement avec la Chine. Les États-Unis accentuent la pression sur TikTok. Le Congrès américain a adopté, mardi 23 avril, une loi demandant au géant TikTok de couper ses liens avec sa maison-mère ByteDance, et plus largement avec la Chine, sous peine de se voir interdit aux États-Unis. Le président Joe Biden a aussitôt annoncé qu’il allait promulguer le texte, adopté quelques jours plus tôt à la Chambre…
SOMA INKURUCéline Dion se confie sur sa maladie dans un rare entretien
La chanteuse canadienne Céline Dion, toujours souffrante, s’est confiée sur sa maladie en accordant son premier entretien depuis l’annonce de son diagnostic, au magazine Vogue France dont elle fait la couverture qui sort mercredi. Diagnostiquée à l’automne 2022 d’une pathologie neurologique rare, le syndrome de la personne raide (SPR), la mégastar québécoise de 56 ans a indiqué suivre cinq jours par semaine une “thérapie athlétique, physique et vocale” durant lesquels elle travaille à la fois le corps et la voix. “Ça va bien, mais c’est beaucoup de travail. C’est un…
SOMA INKURU