Hari ku munsi wa Kabiri w’icyumweru tariki 26 Mata 2011, mu rwunge rw’ amashuri rwa Kanyinya, mu karere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, ubwo umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Jeannette Kagame, yatangizaga ku mugaragaro gahunda yo gutanga urukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura ku bana b’abakobwa bafite imyaka iri hagati ya 12 na 16 y’amavuko. Icyo gihe Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko bimaze kugaragara ko mu Rwanda hari abagore n’abakobwa bicwa na kanseri y’inkondo y’umura, ari nayo mpamvu Leta yafashe gahunda yo gukingira abana b’abakobwa bakiri bato (abangavu), batarageza…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Ubukwe bw’icyamamare mu muziki Davido bwavugishije benshi
Muri Nigeria mu mujyi wa Lagos, ibitangazamakuru bigaruka ku myidagaduro n’imbuga nkoranyambaga byiriwe bihanze amaso ubukwe bwa Davido na Chioma Avril Rowland bamaze kubyarana abana batatu mu myaka isaga 10 bamaranye. Muri ubu bukwe bwitabiriwe na benshi Chioma yapfukamye hasi agaburira umugabo we nyuma yo kwemererwa kubana nk’ umugabo n’umugore mu buryo bwemewe n’amategeko, Davido nawe amuha impano y’imodoka nshya. Ni ubukwe bwitabiriwe n’ibyamamare ndetse n’abanyacyubahiro barimo, Oluṣẹgun Ọbasanjo wayoboye Nigeria kuva 1999 kugeza 2007, Sanwo Olu Mayor w’umujyi wa Lagos. Don Jazzy, Mr P , Rudeboy , Patoranking, Chike, Lojay…
SOMA INKURUKenya: Five die as President Ruto deploys military to quell protests
At least five protesters have reportedly been shot dead by police in Kenya and a section of parliament has gone up in flames as demonstrations against new tax proposals escalate. An angry crowd breached police lines to storm parliament in the capital Nairobi before setting parts of it ablaze. In an address on Tuesday evening, President William Ruto said that an otherwise peaceful protest mainly by young Kenyans was infiltrated by ‘criminals’ and he said that all means would be deployed to “thwart any attempts by dangerous criminals to undermine…
SOMA INKURUKwigirira icyizere byamurinze agahinda gakabije nyuma y’ihohoterwa yakorewe
Umutesi Jane wo mu murenge wa Kiramuruzi, akarere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, yatangaje ko nyuma yo guterwa inda afite imyaka 16, ubuzima bukamukomerana, abavandimwe be bakamwirukana mu rugo akajya gusembera, kwigirira icyizere byamufashije kwigobotora ubuzima bubi ndetse binamurinda kuba yakwandura indwara zinyuranye zirimo na virusi itera SIDA, kuri ubu akaba yitunze we n’umwana we kandi babayeho neza. Ubwo twasuraga Umutesi twasanze amaze kugira imyaka 21, afite umwana w’imyaka itanu, yatangaje ubuzima bushaririye yanyuzemo akimara guterwa inda, akamburwa ubumuntu, musaza we babanaga akamwirukana amubwira ko adakeneye kubana n’indaya mu rugo, akajyenda…
SOMA INKURUCAF yatangaje igihe igikombe cy’Afurika cy’Ibihugu cya 2025 kizakinirwa n’aho kizabera
Mu nama ya Komite Nyobozi y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika ‘CAF’ yateranye ku wa Gatanu tariki 21 Kamena 2024 i Cairo mu Misiri iyobowe na Perezida w’iri mpuzamashyirahamwe, Dr Patrice Motsepe yemeje ko igikombe cy’Afurika cy’Ibihugu cya 2025 kizakinirwa muri Maroc, kizatangira tariki 21 Ukuboza 2025 gisozwe tariki 18 Mutarama 2026. Muri iyi Nama ya Komite Nyobozi ya CAF kandi yemeje ko igikombe cy’Afurika cy’Abagore WAFCON 2024 kizabera muri Maroc kizatangira tariki 5 Nyakanga kugeza tariki 26 Nyakanga 2024. Iri rushanwa mpuzamahanga rya CAN, rizaba rikinwe ku nshuro ya 35,…
SOMA INKURUIgisirikare cya Israel cyakoze ibidasanzwe mu mujyi wa Jenin
Igisirikare cya Israel cyavuze ko abasirikare bayo barenze ku mabwiriza y’imikorere ubwo umugabo w’Umunye-Palestine wakomeretse bamuzirikaga imbere ku modoka, mu gitero cyo mu mujyi wa Jenin muri West Bank (Cisjordanie). Ingabo za Israel (IDF) zemeje ko ibyo byabaye, nyuma yuko bifashwe muri videwo igatangazwa ku mbuga nkoranyambaga. Itangazo rya IDF ryavuze ko uwo mugabo yakomerekeye mu kurasana kwabayeho muri icyo gitero, akaba acyekwa kukigiramo uruhare. Umuryango w’uwo mugabo wakomeretse wavuze ko ubwo basabaga ko haza imodoka y’imbangukiragutabara (ambulance), igisirikare cya Israel cyafashe uwo mugabo, kimuzirika ku gice cy’imbere cyo hejuru…
SOMA INKURURwanda : début des campagnes électorales en vue des élections présidentielles et législatives
La campagne électorale a débuté samedi au Rwanda en vue des élections présidentielles et législatives du mois prochain. Trois candidats à la présidence sont en lice : le président sortant Paul Kagame, du Front patriotique rwandais (FPR, au pouvoir), Frank Habineza, du Parti démocratique vert du Rwanda et Philippe Mpayimana, un candidat indépendant. M. Kagame, qui est au pouvoir depuis 2000, a lancé sa campagne dans le district de Musanze, de la province du Nord, où il a déclaré lors d’un grand rassemblement que la politique du FPR consistait à…
SOMA INKURUPrésidentielle américaine : Donald Trump en quête du soutien des chrétiens évangéliques
L’ancien président américain Donald Trump a appelé, samedi, les chrétiens évangéliques à voter pour lui lors de l’élection présidentielle de novembre. Se présentant comme un défenseur de la liberté religieuse, le milliardaire a assuré aux évangéliques, qui ont été déterminants dans son accession au pouvoir en 2016 et dont beaucoup restent très loyaux, qu’il continuerait à protéger leur foi. Un appel du pied appuyé. L’ex-président américain Donald Trump a exhorté samedi 23 juin les chrétiens évangéliques, essentiels pour sa course à la Maison Blanche, à voter pour lui lors de la présidentielle…
SOMA INKURUNyuma yo kurangiza ibihano bya FERWAFA Héritier Luvumbu yasubiye mu ikipe yigeze gukinira
Umunyekongo Héritier Nzinga Luvumbu warangije ibihano yari yarafatiwe na Ferwafa kubera kuvanga umupira na politiki, yasinyiye ikipe ya Vita Club mu buryo bwemewe n’amategeko akaba ari ku nshuro ya Kabiri agiye gukina muri AS Vita Club. Uyu mukinnyi wahoze muri Rayon Sports ari kumwe na Sylla Aboubacar ukomoka muri Côte d’Ivoire na Mohamed Lamine Ouatarra bakuye muri JS Kabyle yo muri Algeria, berekanywe n’iyi kipe yo muri Congo Kinshasa nk’abakinnyi bayo mu myaka ibiri iri imbere. Mu ntangiriro z’uyu mwaka nibwo Umunye-Congo Luvumbu yatandukanye na Rayon Sports binyuze mu bwumvikane…
SOMA INKURU“Alarming” consumption of alcohol and e-cigarettes among adolescents, says WHO
The consumption of alcohol and electronic cigarettes among 11-15 year old is “alarming”, according to a report from the European branch of the WHO which recommends public health measures to limit access to alcoholic beverages. “The widespread use of harmful substances among children in many countries in the European region – and beyond – poses a serious threat to public health,” warned the regional director of the World Health Organization (WHO ) Hans Kluge, quoted in a press release. In particular, he calls for increasing taxes, limiting points of sale…
SOMA INKURU