Nk’ahandi hose mu gihugu, abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo kwitorera Perezida wa Repubulika n’Abadepite. Ukurikije uko amatora asanzwe ategurwa n’uko aba yitezwe, hari ibishya byagiye bigaragaramo bitamenyerewe. Ni mu gikorwa cyabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Nyakanga 2024, kibera hirya no hino mu gihugu. Ukurikije uko amatora asanzwe agenda, hari ibisa n’ibyatunguranye ukabona ko n’ababarura amajwi batabifiteho amakuru afatika hamwe bakabanza kugisha inama. 1.Usoma amajwi ni umwe Mu byumba byinshi by’itora, uwasomaga ibiri ku mpapuro abaturage batoreyeho wasangaga ari umwe, undi uri imbere agahira yandika ibyo basomye. Nubwo…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Ngoma: Urubyiruko rwatoye bwa mbere rwageneye ubutumwa abazatorwa
Mu gihe Abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Umukuru w’igihugu n’Abadepite, uyu munsi tariki ya 15 Nyakanga 2024, urubyiruko rutoye bwa mbere rwagaragaje ibyishimo rufite byo kuzuza izo nshingano nk’abinjiye mu cyiciro cy’abafatwa nk’abakuze. Ibynshimo byabo ariko bigeretseho n’ibyifuzo bafite ku bayobozi bitoreye. Urubyiruko rutoye bwa mbere, ni ukuvuga abujuje imyaka 18 ndetse n’abayirengejeho gato ariko bari bataratora na rimwe, batangaza ko banezerewe kuko bumva bakoze igikorwa gikomeye cyo kwitorera abayobozi ndetse barimo na Perezida wa Repubulika. Abatoreye kuri Groupe scolaire Rurenge Protestant iherereye mu kagali ka Gitaraga, umurenge wa…
SOMA INKURUBugesera: Site y’itora yarangije gutora saa yine za mu gitondo
Mu gihe ama site y’itora atandukanye yagize ibibazo byo kugira abantu benshi bakomeje kwiyongera bakarenza igihe cyo gusoza amatora cya saa cyenda, bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera baciye agahigo ko kurangiza kwitorera abayobozi mu masaha atatu. Abesheje agahigo ni abo mu murenge wa Mayange kuri site y’urwunge rw’amashuri rwa Kibenga aho itora ryarangiye rugikubita. Aha Kibenga hatoreye abaturage 2944 bakaba barangije amatora saa yine za mu gitondo, maze abaturage bisubirira mu mirimo yabo inyuranye. Mu karere ka Bugesera muri Rusange, amatora yaranzwe n’udushya twinshi. Nko mu murenge…
SOMA INKURURubavu: Urubyiruko n’abagabo barasaba amahirwe adasanzwe agenerwa ‘’Indatwa’’
Abenshi mu bagana ‘’indatwa’’ (izina rihabwa indaya) bo mu karere ka Rubavu biganjemo urubyiruko, bashyira mu majwi inzego zinyuranye z’ubuzima kubima amahirwe yo guhabwa imiti ku buntu ibarinda kwandura virusi itera SIDA izwi nka “PrEP”, hakaba hari n’abemeza ko ishobora kuba inyuzwa muri za farumasi kugira ngo yishyurwe. Uwo twahaye izina rya Rukundo utuye mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Gisenyi, atangaza ko uriya muti urinda kwandura virusi itera SIDA badahabwa amahirwe yo kuwubona, akemeza ko mu myaka 10 amaze atangiye gukora imibonano mpuzabitsina n’abagore banyuranye, yagerageje kujya kuwusaba…
SOMA INKURUM23 accuses DR Congo army of violating humanitarian truce
The M23 rebels in eastern DR Congo on Sunday, June 7, accused the government coalition of violating a humanitarian truce that was negotiated to facilitate aid delivery to displaced people and allow for the safe return to their homes in North Kivu province. Brokered by the United States, the truce that began on June 5 was supposed to end on July 19. The M23 rebel group and the Congolese government had agreed to the US proposal for a two-week proposal but both said they would remain vigilant for any violations.…
SOMA INKURULe mari reste en prison en attendant un éventuel procès, accusé du meurtre de sa femme
La Cour d’appel de Toulouse a refusé mardi de remettre en liberté Cédric Jubillar, accusé du meurtre de son épouse Delphine, disparue fin 2020 dans le Tarn, et doit se prononcer en septembre sur son renvoi aux assises. A la sortie de l’audience de la chambre de l’instruction de la Cour d’appel de Toulouse, qui s’est tenue à huis clos, ses avocats ont assuré avoir obtenu qu’une enquête de faisabilité soit réalisée afin de déterminer s’il pourrait sortir sous bracelet électronique de prison, où il se trouve depuis trois ans.…
SOMA INKURUJoe Biden s’entête, les démocrates paniquent : qui craquera en premier ?
Joe Biden et les démocrates sont engagés dans un cycle infernal. Chaque jour depuis le débat calamiteux du 27 juin, l’inquiétude quant à l’état de santé du président américain grandit et les appels à se retirer au profit d’un autre candidat se multiplient. En réaction, chaque jour ou presque, Joe Biden espère mettre fin au vacarme dans son camp en répétant qu’il se maintient. Lundi 8 juillet n’échappe pas à la règle. Cette fois, c’est dans une lettre adressée aux membres du Congrès que le chef de l’État à réitéré…
SOMA INKURURubavu: Imbogamizi ku mahirwe ahabwa ‘’Indangamirwa’’ yo kwirinda virusi itera Sida
Rubavu ni akarere gahana imbibe n’umujyi wa Goma wo mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kakaba karangwa n’uburanga bunyuranye, ibi bikaba byongera urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu ari nako abakora uburaya biyongera. Kuba hateye gutya, inzego z’ubuzima zashyizeho uburyo bwizewe “PrEP” bufasha abakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye kutandura virusi itera SIDA ku gipimo cya 99%. Magingo aya, hari abatabikozwa barimo n’abakorwa umwuga w’uburaya bakunze kwita ‘’Indangamirwa’’. Umuti uzwi nka PrEP (Pre-Exposure Prophylaxis) wemejwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) mu 2015, ko ukora neza mu kurinda abantu kwandura HIV…
SOMA INKURUGenetically modified cassava seeds create hope for farmers after devastating diseases
By NIKUZE NKUSI Diane Rwanda Agriculture and Animal Resources Development Board (RAB) says genetically modified cassava seeds are expected to save farmers from losses incurred due to devastating diseases that have been affecting crop production. Rwandan farmers lack improved cassava varieties resistant to the main cassava diseases; Cassava Brown Streak Disease (CBSD) and Cassava Mosaic Disease (CMD). The diseases have affected cassava productivity, threatening the income and food security in the country. Kabore, a cassava virus disease which spread in Rwanda, in 2013, causes root rot rendering cassava inedible. The…
SOMA INKURUWaruziko indwara y’imidido itibasira amaguru gusa? Menya byinshi kuri iyi ndwara
Imidido ni indwara irangwa no kubyimba ibice runaka by’umubiri cyane cyane amaguru. Gusa si yo yonyine ashobora kubyimba kuko n’ibindi bice bishobora kubyimba nk’intoki, cyangwa imyanya ndangagitsina. Iyi ndwara ikaba ari ingaruka z’uko urwungano rwa lymph (aya ni amatembabuzi aba mu mubiri ariko atari amaraso, nayo akaba afite imiyoboro yayo) ruba rwangiritse iyo miyoboro ikipfundika noneho lymph ikirundira aho hipfunditse. Imiyoboro ya lymph iba inyuranamo n’iy’amaraso Urwungano rwa lymph akamaro karwo ni ukurinda umubiri indwara muri rusange cyane cyane iziterwa na mikorobi. Imidido irangwa n’iki? Nk’uko tumaze kubibona ikimenyetso cya…
SOMA INKURU