Rwandan musicians Bruce Melodie, Bwiza, Dr Claude, Ariel Wayz, Alyn Sano and Riderman led the stage with powerful performances that left residents in Musanze District entertained as Rwanda Patriotic Front (RPF-Inkotanyi) and its flag bearer Paul Kagame began presidential and parliamentary campaigns at Busogo ground on Saturday, June 22. The first stop of the campaign, which is set to reach 19 districts of Rwanda, attracted tens of thousands of RPF allied party members, all who were not only happy to see their candidate, but also to witness performances by some…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Sobanukirwa n’uwemerewe gutora, utabyemerewe n’uwatorera aho ageze hose mu Rwanda
Umukozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) ushinzwe gutangaza amakuru y’urwo rwego, Moïse Bukasa Karani, atangaza ko kugeza ubu urutonde rw’abemerewe gutora Perezida wa Repubulika n’Abadepite mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka wa 2024 ruriho amazina n’imyirondoro by’Abanyarwanda hafi miliyoni 9 n’ibihumbi 500. Bukasa avuga ko umuntu wese ufite indangamuntu y’u Rwanda kandi wujuje imyaka 18 agomba kugenzura ko ari no kuri lisiti y’itora kuko Komisiyo y’Amatora ikorana n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), aho abantu bose bujuje imyaka 18 y’amavuko bahita bashyirwa kuri iyo lisiti. Bukasa yagize ati “Abafite imyaka 18…
SOMA INKURUUmubyeyi wa Ish Kevine ntakozwa ibyamuvuzweho
Mu minsi yashize nibwo RIB yari yatangaje ko umuhanzi Ish Kevin ari umwe mu basangira n’itsinda ry’abasore bashinjwaga kwiba hirya no hino mu mujyi wa Kigali, ariko ibi umubyeyi w’uyu muhanzi ntabikozwa. Umubyeyi wa Ish Kevin, uzwi ku izina rya Semana atangaza ko ibyo RIB yatangaje habayemo kwibeshya. Ati: “Ibyo numvise byo bisa n’aho ntacyo byantwaye cyane ko nabonaga bisa n’aho bibeshye, ikibazo yagize abana baramusuye barasangira, umwana ntabwo yari azi ibyo bari bavuye gukora, bashobora kuba bari kwishima bavuye mu makosa, kiriya ntabwo nakimubazeho rwose nasanze atari ikosa namuhanira,…
SOMA INKURURepublican Guard secured third consecutive title victory
The Republican Guard (RG) team on Sunday, June 16, won their third straight RDF Liberation Cup competition after defeating Basic Military Training Center Nasho (BMTC Nasho) 3-0 in the 2024 final match held at Kigali Pelé Stadium . The final match that attracted many spectators, was also attended by Minister of Defence Juvenal Marizamunda and Rwanda Defence Force Chief of Defence Staff, Gen Mubarakah Muganga and other senior RDF officers. A notable highlight of the match was the presence of the commandant of the Republican Guard, Major General Willy Rwagasana…
SOMA INKURUIndwara z’umutima ntawe zitakwibasira, dore bimwe mu bimenyetso bigaragaza uwo zafashe
Indwara z’umutima nubwo hari benshi bakunze gutekereza ko zifata abakuze, nyamara muri iki gihe siko bimeze kuko n’abato zisigaye zibibasira ahanini bitewe n’ihindagurika mu buryo turya ndetse nuko tubaho. Nk’uko tubikesha urubuga rwa sante.fr hatangazwa ko kurya ibiryo byuzuyemo amavuta mabi kandi byahinduwe cyane, kudakora imyitozo ngorora mubiri, gukora igihe kirekire utaruhuka ndetse na stress nyinshi ni bimwe mu byongera ibyago byo kwibasirwa n’indwara z’umutima mu bakiri bato. Mu gihe wifuza kuramba no kubaho neza, umutima wawe ugomba kuwurinda hakiri kare bimwe mu bishobora kuwangiza. Buri rugingo rw’umubiri mbere yo…
SOMA INKURUUne “pauvreté alimentaire sévère” touche plus d’un quart des enfant de moins de 5 ans sur la planète
Plus de 180 millions d’enfants de moins de cinq ans souffrent d’une “pauvreté alimentaire sévère”, selon un rapport de l’Unicef publié mercredi. Ce phénomène se concentre dans 20 pays, avec des situations particulièrement préoccupantes en Somalie, en Guinée, en Guinée-Bissau ou encore en Afghanistan. Plus d’un enfant de moins de 5 ans sur quatre dans le monde vit dans une “pauvreté alimentaire sévère”, soit plus de 180 millions d’enfants qui risquent des séquelles graves faute d’une alimentation nutritive et diversifiée, alerte le Fonds des Nations unies pour l’enfance (Unicef) dans un rapport…
SOMA INKURUIbyo wamenya kuri parike y’Akagera
Akagera ni imwe muri Parike nkuru z’igihugu cy’u Rwanda, ikaba iri ku buso bwa kilometero kare 1222, ikaba ikora ku turere twa Kayonza, Nyagatare na Gatsibo, mu ntara y’Iburasirazuba. Inyamaswa ziba muri parike y’Akagera ziba ahantu bitewe n’impamvu eshatu harimo aho inyamaswa ibonera umutekano, aho ikura ibyo kurya n’aho yabonera ubuhehere ndetse n’amazi. Abasura parike y’Akagera bavuga ko banezezwa n’ubwoko bw’inyamaswa buyibarizwamo by’umwihariko inyamaswa eshanu nini z’inkazi harimo Inkura, Intare, Imbogo, Inzovu n’Ingwe. Uretse buriya bwoko butanu bw’inyamaswa z’inkazi muri parike y’Akagera hagaragaramo amoko y’inyoni agera kuri 490, ibiti by’iminyinya ndetse…
SOMA INKURUIkipe ya Rayon Sports yibitseho umukinnyi mushya
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi mwiza wa shampiyona y’u Burundi 2023-2024 ,Niyonizeye Fred w’imyaka 22 wakiniraga ikipe ya Vital’o yatwaye shampiyona. Amakuru dukesha Kigali Today,aravuga ko Fred Niyonizeye ukina hagati mu kibuga yugarira cyangwa asatira ari mu muryango winjira mu ikipe ya Rayon Sports ndetse bamaze kumvikana ibishoboka byose, bikaba bivugwa ko yasinye amasezerano y’imyaka ibiri aho yahawe Miliyoni 17 Frw, akaba azajya ahembwa ibihumbi 900 Frw by’umushahara ku kwezi. Bumvikanye ko Rayon Sports nta mafaranga yari ifite azishyurwa nyuma gusa ngo nta masezerano yari yasinywa. Abamuhagarariye ndetse…
SOMA INKURURIB yaburiye abahanzi bo mu Rwanda
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku wa 6 Kamena 2024 mu gikorwa cyo gusubiza telefone abantu bazibwe ndetse hanerekanwa abasore batanu bashinjwa kuziba,Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yaburiye abahanzi bakora ibihangano byuzuyemo ibitutsi. Ati “Hari abahanga ibishegu, bogeza ibikorwa by’ubwomanzi n’ubusambanyi, ubu haje n’abatuka abantu bagatuka ababyeyi. Turagira inama abahanzi yo guhanga ibihangano bitabahanganisha n’amategeko kuko guhanga igihangano kiguhanganisha n’amategeko ari inzira yo kuzima, ibihangano nk’ibi bituma utamara igihe, ni byiza guhanga igihangano gituma abantu bahora bakumva bakajya bahora bakwibuka.” Ibi Dr. Murangira yabigarutseho mu gihe muri…
SOMA INKURUNyamasheke: Aracyekwaho gukorera icyaha cy’iyicarubozo umugore we
Tariki ya 1 Kamena 2024, ni bwo bivugwa ko Munyandekwe utuye mu mudugudu wa Kanombe, akagari ka Kagarama, mu murenge wa Mahembe yafashe umugore we amubohesha imigozi ya pulasitiki amaguru n’amaboko, amufungirana mu cyumba n’idirishya ryacyo arifungisha imisumari ku buryo ridashobora gufungurwa. Aya makuru yagiye hanze ubwo umuturanyi w’uru rugo yabazaga umwe mu bana babo aho nyina yagiye akamusubiza ko papa wabo yamuboshye akamufungirana mu cyumba kimwe mu nzu yabo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mahembe, Uwizeyimana Emmanuel yabwiye itangazamakuru ko Munyandekwe Elisha w’imyaka 47 yatawe muri yombi tariki 5 Kamena…
SOMA INKURU