TimesLive yatangaje ko Bwana Judas Chiloane w’imyaka 60, umuyobozi muri polisi ushinzwe umutekano wo mu muhanda ahitwa Bushbuckridge,muri Afurika y’Epfo bivugwa ko yarasiwe mu ntebe z’inyuma z’imodoka ya Ford Ranger bakkie ubwo yari ashishikaye ari kwiha akabyizi n’umukunzi we. Icyakora ngo abarashe ntacyo batwaye umukunzi w’uyu mupolisi. Ku wa mbere, tariki ya 15 Werurwe,nibwo abantu babiri bakekwaho icyaha, Charles Mbungeni Mabuza na Howard Mashego bakekwaho ubwo bwicanyi, bagejejwe imbere y’urukiko. Kapiteni Dineo Sekgotodi, umuvugizi wa Polisi ya Hawks yagize icyo avuga ku byabaye kuri uyu wa kane, tariki ya 16…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Ni iki kihishe inyuma y’igongwa rya Drone?
Indege y’intambara y’Uburusiya yagonganye na drone ya Amerika,bituma iyi ndege itagira umupilote ya Amerika igwa mu Nyanja yirabura (Mer Noire/Black Sea), nk’uko bitangazwa n’igisirikare cya Amerika. Ibi byerekana ko intambara hagati y’Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishoboka,kubera intambara yo muri Ukraine igenda ifata indi ntera. Amerika ivuga ko iyo drone yari ku kazi kayo ka buri munsi mu kirere mpuzamahanga ubwo indege ebyiri z’intambara z’Uburusiya zageragezaga kuyitangira. Uburusiya buvuga ko iyi drone yahanutse nyuma yo “kugerageza gukwepa n’ubuhanga bwinshi”, bugahakana ko izi ndege ebyiri zitigeze zikoranaho. Minisiteri y’ingabo…
SOMA INKURURepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ifite byinshi byo gukemura -Loni
Intumwa z’akanama k’umutekano ka Loni zagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ifite byinshi byo gukemura ngo igire umutekano, harimo no kwirinda ko intwaro z’igisirikare cyayo zijya mu maboko y’imitwe yitwaje intwaro. Byatangajwe na Ambasaderi w’u Bufaransa muri Loni, Nicolas de Rivière wagaragaje ko 80 % by’intwaro inyeshyamba zo muri Congo zikoresha, zituruka mu bubiko bw’igisirikare cya Leta (FARDC). Nicolas de Rivière n’itsinda yari ayoboye, ku cyumweru tariki 12 Werurwe nibwo basoje uruzinduko bagiriraga muri Congo, hagamijwe kureba intandaro y’ibibazo by’umutekano muke bimaze iminsi mu Burasirazuba bw’icyo gihugu. Kugeza ubu…
SOMA INKURUFootball has a special place in Rwanda -Kagame
President Paul Kagame on Tuesday, March 14, received the CAF President’s Outstanding Achievement Award 2022 in an awarding ceremony held in Kigali on the margins of the 73rd FIFA Congress that takes place this week. The award was an occasion to celebrate African leaders who made meaningful contributions to the development of football in Africa. CAF President Patrice Motsepe, alongside FIFA President Gianni Infantino, conferred the award to Kagame and Moroccan Minister of Education and Sports Chakib Benmoussa who received the award on behalf of King Mohamed VI of Morocco after the…
SOMA INKURUWhy Rwanda banned sale of unrefrigerated meat
Rwanda has banned the supply and sale of meat that is not chilled in cold-rooms for at least 24 hours as means to curb zoonotic and transmissible diseases. According to the Registration and Licensing Specialist at Rwanda Inspectorate, Competition and Consumer Protection Authority (RICA) Gaspard Simbarikure, the directive is based on regulation governing meat businesses adopted in May 2022 but which was not adequately being enforced. He said that the directive is not for beef or pork only since ‘each animal species can have zoonotic and or transmissible diseases.’ Zoonosis is an infection or disease that is transmissible from animals to…
SOMA INKURULes villas de stars les plus chères de l’histoire d’Hollywood
1. Kylie Jenner Prix : 36,5 millions de dollars*. Lieu : Holmby Hills, Californie Kylie Jenner a surpris tout le monde lorsqu’elle est devenue la star du clan Kardashian-Jenner. En tant que magnat de la beauté, Kylie Jenner vaut une somme d’argent incroyable même si elle n’a qu’une vingtaine d’années. La mère d’un enfant a acheté quelques propriétés en son temps, dont un manoir de 36,5 millions de dollars dans les Holmby Hills. Kylie Jenner – Holmby Hills ©Kathy Hutchins / Shutterstock.com @luxeestate/Instagram Kylie a toujours été très protectrice de sa vie…
SOMA INKURULe rapprochement entre l’Arabie saoudite et l’Iran, une première étape pour la paix au Yémen ?
Selon les experts du Moyen-Orient, si le rapprochement entre Riyad et Téhéran venait à se concrétiser dans les prochaines semaines, ses effets devraient se faire attendre au Yémen, où les deux puissances régionales pèsent sur la guerre en cours dans le pays depuis huit ans. Échange de prisonniers et une certaine modération sont peut-être à l’ordre du jour. Analyse. L’accord sur le rétablissement des liens entre l’Arabie saoudite et l’Iran était à peine conclu, le 10 mars à Pékin, que tous les regards se sont tournés vers le Yémen, où les deux…
SOMA INKURUAbategetsi ba RDC bashobora kuzisanga muri ICC -Senateri Uwizeyimana Evode
“Ku bitureba nka Guverinoma rero, ntidushaka ko abantu bazongera kuvuga ko dukorana n’indi mitwe. Ntabwo ari imitwe yitwaje intwaro mu gihe abantu barwanira igihugu cyabo kuko abo bantu ni abantu bakunda igihugu cyabo.” Ayo ni amagambo ya Minisitiri ushinzwe amashuri Makuru na za Kaminuza muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Muhindo Nzangi Butondo, ubwo ku wa 6 Werurwe 2023, yeruraga ko Guverinoma y’igihugu cye, igiye gukorana n’imitwe yitwaje Intwaro mu kurwanya M23. Ni ukuvuga ko imitwe ivugwa ko igiye gukorana n’Ingabo za Leta (FARDC) irimo Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR, Nyatura,…
SOMA INKURUUmuburo ku iruka ry’ikirunga cya Nyamuragira
Abahanga mu bumenyi bw’ibirunga bavuze ko babonye urumuri ku gasongero k’ikirunga cya Nyamuragira mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru mashya y’abo bahanga avuga ko urwo rumuri rwatewe no kugenda kw’amazuku cyangwa amahindure (lave) mu bujyakuzimu bugufi yerekeza ku munwa w’ibanze w’ikirunga Nyamulagira. Mu kiganiro n’abanyamakuru mu ijoro ryo ku wa mbere, Minisitiri w’itangazamakuru akaba n’umuvugizi wa leta ya DR Congo, Patrick Muyaya, yavuze ko urwo rumuri rwatangiye kuboneka guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h). Muyaya, asubiramo amakuru y’ikigo cya Goma cyiga ku birunga, yavuze ko mu gihe…
SOMA INKURUUSA: Buri masegonda 40 umwana aburirwa irengero
Raporo y’Urwego rw’Ubutasi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) igaragaza ko buri masegonda 40 umwana wo muri icyo gihugu aba ashimuswe cyangwa akaburirwa irengero. Iyi raporo igaragaza ko kimwe cya kabiri cy’abana bari munsi y’imyaka itandatu bashimutwa n’abo mu miryango yabo, cyane cyane bigakorwa n’umwe mu babyeyi b’uwo mwana bahanye gatanya. Ni mu gihe umwe mu bana barindwi uri hagati y’imyaka 10-18 aburirwa irengero ari we wafashe umwanzuro wo kuva mu muryango we akagenda ameze nk’uwuhunze, ibimuviramo kuba mu buzima bwo ku muhanda. Abo bikura mu muryango yabo, 75%…
SOMA INKURU