Bidasubirwaho byemejwe ko umuntu wa gatatu yakize VIH/SIDA, byagenze gute?

Umugabo wahawe izina rya Duesseldorf yabaye umuntu wa gatatu byemejwe ko atagifite mu maraso ye ubwandu bwa virusi itera Sida, nyuma y’uko ahinduriwe amaraso ku buryo yanavuwe indwara ya cancer ifata mu misokoro izwi nka leukemia. Uyu murwayi wiswe Duesseldorf afite imyaka 53, amazina ye nyakuri ntabwo yigeze atangazwa. Bivugwa ko mu 2008 yapimwe agasanganwa agakoko gatera Sida, hashize iminsi mike, aza gusanganwa leukemia, cancer yo mu marasi yica kubi. Abandi bantu babiri bakize virusi itera Sida na Cancer, ni abarwayi b’i Berlin n’i Londres. Mu mwaka wa 2013, bamuhinduriye…

SOMA INKURU

Perezida Joe Biden yagize uruzinduko rutunguranye

Kuri uyu wa mbere tariki 20 Gashyantare 2023, bitunguranye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagiriye uruzinduko  muri Ukraine, rwafashwe nk’ikimenyetso cy’ubufatanye mu gihe hasigaye iminsi mike ngo umwaka wuzure uhereye igihe u Burusiya bwatereye iki gihugu. Hari hashize igihe bihwihwiswa ko Biden azasura Ukraine ku matariki yegereye iya 24 Gashyantare, u Burusiya bwatangirijeho intambara. Biden yahuye na Zelenskyy mu ngoro ye (Mariinsky) aho yatangarije ko Amerika izatanga inkunga y’inyongera ya miliyoni 465 z’amadolari yo gushyigikira iki gihugu mu gihe intambara ikomeje. Yagize ati “Nyuma y’umwaka umwe,…

SOMA INKURU

Ubuyobozi bw’Itorero ry’abangirikani mu Rwanda ntibukozwa ibyo guha ikaze abatinganyi

Mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Gashyantare nibwo Ubuyobozi bw’Itorero ry’Abangilikani mu Bwongereza bweruye butangaza ko bwemeye umubano w’abaryamana bahuje ibitsina, banahabwa ikaze mu rusengero, nubwo batemerewe gusezeranywa imbere y’Imana, Itorero ry’Abangilikani mu Bwongereza ryavuze ko kugeza ubu abaryamana bahuje ibitsina bashobora gusengerwa n’abapadiri n’abandi batorewe umurimo wa Aritali muri iri torero ndetse bakabaha n’umugisha. Iby’iyi nkuru bikimara kumenyekana, Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda ryahise risohora itangazo rivuga ko ryitandukanyije n’iki cyemezo cya bagenzi babo bo mu Bwongereza. Mu kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cyo kuri iki Cyumweru tariki 19 Gashyantare 2023, Musenyeri w’Itorero…

SOMA INKURU

Koreya ya Ruguru yarashe misile nyuma yo gukangisha kwihimura

Koreya ya Ruguru ku wa gatandatu yarashe misile yo mu bwoko bwa ‘ballistic’ yambukiranya imigabane (ICBM) mu myitozo “itunguranye” yo kwemeza ubushobozi bw’iyo ntwaro, nkuko byavuzwe n’igitangazamakuru cya leta. Yagurutse intera ya kilometero 900 mu gihe cy’iminota 67, igwa mu nyanja y’Ubuyapani. Koreya ya Ruguru yavuze ko iryo gerageza rya misile ryerekanye ko iki gihugu gifite ubushobozi bwo guhangana n’ingabo z’abanzi nk’Amerika na Koreya y’Epfo. Bibaye mbere y’imyitozo ya gisirikare ihuriweho n’Amerika na Koreya y’Epfo yo mu kwezi gutaha kwa gatatu, imyitozo igamije gufasha kwirinda inkeke zikomeje kwiyongera z’ibitero by’intwaro…

SOMA INKURU

Israeli diplomat removed from African Union summit

A bloc official says the envoy was removed because she was not duly accredited to attend the event in Ethiopia. A senior Israeli diplomat has been removed from the African Union’s annual summit in Ethiopia as a dispute over Israel’s accreditation to the bloc escalated. A video posted on social media showed security personnel walking Ambassador Sharon Bar-Li out of the auditorium during the opening ceremony of the summit in Addis Ababa on Saturday. Ebba Kalondo, the spokesperson for the African Union’s chairman, said the diplomat was removed because she…

SOMA INKURU

Côte d’Ivoire: Face au suicide, une jeunesse trop souvent désemparée

Une récente étude révèle que la Côte d’Ivoire se place au troisième rang des pays africains les plus touchés par le suicide, particulièrement chez les 20-29 ans. Ils sont confrontés à de nombreux écueils : des taux de chômage et de déscolarisation élevés, ainsi qu’une forte inflation. Sans compter qu’à l’instar de plusieurs pays africains, la santé mentale est un tabou, que tente de briser la jeunesse ivoirienne à coups de sensibilisation et de groupes de discussion.  Après avoir subi en Côte d’Ivoire des maltraitances physiques pendant son enfance, puis des violences verbales et…

SOMA INKURU

Séismes en Turquie: Arrêt des recherches, exceptées deux provinces

Deux semaines après le double séisme du 6 février, qui a provoqué la mort de près de 45 000 personnes en Syrie et en Turquie, dont plus de 40 000 pour la seconde, Ankara a décidé d’arrêter les recherches, sauf dans les deux provinces les plus touchées du pays : celles de Hatay et de Kahramanmaras. Quatorze jours après les séismes du 6 février, la Turquie a décidé, dimanche 19 février, d’arrêter les recherches sauf dans les deux provinces les plus touchées, Kahramanmaras et Hatay, a annoncé l’agence gouvernementale de…

SOMA INKURU

Aratabaza nyuma yo guhozwa ku nkeke abwirwa ko azicwa

Ni kenshi twumva hirya no hino umugabo yishe umugore cyangwa umugore yishe umugabo, nyuma inzego z’ibanze zigatangaza ko uwo muryango warangwagamo amakimbirane ariko bikagera aho umwe mu bashakanye yica undi nta cyakozwe ngo hirindwe ubu bwicanye. Ni muri urwo rwego Mukagasana Francine, utuye mu mudugudu wa Kibaye, akagali ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru atabaza biturutse ku kuba umugabo we amuhoza ku nkeke, amukubitira aho amusanze hose ari nako amubwira ko azamwica ariko yagana inzego z’ubuyobozi bw’ibabze ntarenganurwe. Yagize ati “Umugabo wanjye afite undi mugore w’ihabara yashatse, iyo…

SOMA INKURU

Imitungo y’umuhungu wa Perezida ikomeje gufatirwa no gutezwa cyamunara

Imitungo  irimo ubwato bunini bugezweho ndetse n’inyubako ebyir by’umuhungu wa Perezida akaba nawe akaba vsi perezida wa Guinée équatoriale, Teodorin Nguema Obiang Mangue izatezwa cyamunara aho yafatiriwe muri Afurika y’Epfo, kugira ngo hishyurwe umunyemari wamureze avuga ko yamukoreye iyicarubozo. Mu mitungo y’uyu muhungu wa Perezida wa Guinée équatoriale izatezwa cyamunara Umunyemari Daniel Janse van Rensburg wareze Teodorin, avuga ko ikirego cyatangiye mu 2016 gusa uko atsinze, uwo muhungu wa Perezida agahita atanga ubujurire. Janse yavuze ko byatangiye mu myaka icumi ishize ubwo Gabriel Angabi wahoze ari Meya w’Umujyi wa Malabo,…

SOMA INKURU

U Burundi bwabeshyuje ibyatangajwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Mu kiganiro n’abanyamakuru, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu Martin Ninteretse yatangaje ko ibyatangajwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika ko umurwa mukuru wa Bujumbura ushobora kwibasirwa n’ibitero by’iterabwoba ko ari amakuru y’ibihuha ahubwo ari abashaka gutera ubwoba abarundi, kandi umutekano w’iguhugu ucunzwe neza. Leta zunze Ubumwe za Amerika zari zasohoye itangazo risaba abaturage bayo kwitwararika no kugira amakenga yo kujya ahantu hahurira abantu benshi kuko hari ibitero by’iterabwoba bishobora kwibasira iki gihugu. Minisitiri Ninteretse yashimangiye ko umutekano w’igihugu uhagaze neza, cyane ko iki gihugu giherutse kwakira inama y’abakuru b’ibuhugu bya…

SOMA INKURU