Abatuye Umujyi wa Kigali baraburirwa mu kwishimira iminsi mikuru isoza umwaka

Mu kiganiro n’Abanyamakuru,Umujyi wa Kigali wasabye abawutuye kwidagadura ariko ntibarenze urugero ngo bigere ubwo babangamira abandi. Ibi abayobozi b’Umujyi wa Kigali babigarutseho bakomoza ku myifatire ikwiye kuranga abatuye Umujyi muri iyi minsi mikuru cyane ko abantu baherutse gukomorerwa kujya bidagadura bakageza mu gitondo muri wikendi. Meya mushya w’Umujyi wa Kigali,Dusengiyumva Samuel yavuze ko abazagira ibihe byo kwidagadura muri iyi minsi mikuru bakwiye kuzirikana ko bafite abo baturanye na bo badakwiye kubabangamira. Ati “Uretse no mu gihe cy’iminsi mikuru, abanyamategeko baravuga ngo aho uburenganzira bwawe burangirira niho ubwa mugenzi wawe butangirira.…

SOMA INKURU

Umugabo wa mbere wafunzwe imyaka myinshi ari umwere

Simmons yafunzwe imyaka 48, ukwezi kumwe n’iminsi 18 kubera iyicwa rya Carolyn Sue Rogers ryabaye mu 1974, mu bujura bwabereye mu iduka ricuruza inzoga zikaze (liqueur/liquor) mu nkengero za Oklahoma City, umurwa mukuru wa leta ya Oklahoma. Ibyo bimugira imfungwa ya mbere yamaze igihe kirekire muri gereza muri Amerika ikaba igizwe umwere, nk’uko bitangazwa n’ikigo gikusanya amakuru yo ku rwego rw’igihugu y’abagiye bahanagurwaho icyaha. Simmons yari afite imyaka 22 ubwo we n’undi bareganwaga, Don Roberts, bahamwaga n’icyaha bagakatirwa igihano cy’urupfu mu mwaka wa 1975. Nyuma ibyo bihano byaragabanyijwe bihinduka gufungwa…

SOMA INKURU

EAC Regional Force completes withdrawal from DR Congo

The East African Community Regional Force (EACRF) on Thursday, December 21, completed its exit from Goma, capital of DR Congo’s North Kivu Province, citing a mixture of successes and drawbacks during its stay in the unstable country. The East African Community Regional Force with troops from Kenya, Burundi, Uganda, and South Sudan, begun withdrawing from DR Congo, in early December, just over a year since it was deployed to support peace efforts for the country’s conflict-ridden east. The first group of up to 100 Kenyan troops boarded a plane at Goma Airport…

SOMA INKURU

Ubwoko bushya bwa coronavirus bukomeje gukwirakwira ku isi, abatarikingije mu kaga gakomeye

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kugenzura no kurwanya indwara “CDC” cyatangaje ko indwara ya Coronavirus yihinduranyije izwi nka “JN.1”  ikomeje gukwirakwira muri iki gihugu, ndetse mu byumweru bike ishobora no kuba yageze mu bindi bice by’Isi, kigaragaza ko abanze gufata inkingo za Covid-19 zirimo n’izishimangira ari bo bari mu byago bikomeye, kuko ubudahangarwa bw’imibiri yabo bufite ubushobozi buri hasi cyane bwo kuba bwahangana n’iyi ndwara. Iki kigo kigaragaza ko mu bandura Coronavirus bashya, abari kuba bafite JN.1 bangana na 20%, ikavuga ko iri kuzamuka ku buryo bwihuse…

SOMA INKURU

Iby’amatora muri RDC bikomeje kuzamo ibibazo

Abakandida batanu bari mu bahataniye umwanya w’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) basabye ko amatora asubirwamo kuko yabayemo ibitubahirije amategeko. Aya matora yari yateganyijwe kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, guhera saa kumi n’ebyiri z’igitondo (ku masaha y’i Kinshasa), ariko hari n’aho byageze saa saba z’amanywa ataratangira. Kubera ubu bukererwe, Komisiyo yigenga ishinzwe amatora, CENI, yaraye itangaje ko site z’itora zafunguwe zikerewe zirakomeza gutorerwamo kugeza saa Tanu z’ijoro. Byamenyekanye kandi ko hari site z’itora zitigeze zitorerwaho. CENI yabyemeje, itangaza ko abagombaga kuzitoreraho batora mu gitondo cy’uyu wa…

SOMA INKURU

Ibyakorwa n’ushaka kugabanya umubyibuho ukabije nta ngaruka bimugizeho

Umuntu bemeza ko afite umubyibuho udasanzwe iyo ibipimo bya “BMI (Body Mass Index)” birenze 25,  ibyago byinshi biterwa no kugira umubyibuho ukabije harimo kugira indwara zinyuranye z’umutima, diyabete, kubura urubyaro ku bagore, kunanirwa gutera akabariro ku bagabo, n’ibindi binyuranye. Muri iyi nkuru rero tugiye kuganira ibyo wakora kugira ngo ushobore gutakaza ibiro kandi nta zindi ngaruka bikugizeho ndetse n’ibyo wakoresha kugira ngo ubigereho hifashishijwe ubushakashatsi bwatangajwe ku rubuga rwa sante.fr Gerageza gusezera isukari n’ibyo irimo byose Niba ushaka gutakaza ibiro no kunyunguta bombo ntuba ukibyemerewe. Kunywa soda kizabe ikizira kuri…

SOMA INKURU

Umutoza Jose Mourinho yashyize hanze amakuru ya Arsenal na Manchester City

Umutoza Jose Mourinho yavuze ko ikipe iyoboye Premier League, Arsenal nta mahirwe ifite yo gutwara igikombe cya shampiyona uyu mwaka kandi aracyumva Manchester City ariyo ishobora kucyisubiza. Ikipe ya The Gunners yarangije icyumweru iyoboye nyuma yo gutsinda Brighton ibitego 2-0, irusha Liverpool na Aston Villa inota rimwe, mu gihe City yishyuwe ibitego bibiri yari yatsinze mu rugo Crystal Palace,bituma irushwa amanota atanu n’iri ku mwanya wa mbere. Ikipe ya Arsenal niyo iri ku isonga aho irusha amanota atanu City, gusa byitezwe ko iyi kipe yatwaye ibikombe bitatu umwaka ushize izagaruka…

SOMA INKURU

Bruce Melodie yatangaje impamvu atashyira ku mbuga nkoranyambaga ze indirimbo nshya ya The Ben

Ddumba  ubusanzwe witwa Semitego Muzafaru mu kiganiro kigufi kuri Instagram, yatumiyemo umuhanzi Bruce Melodie, uyu muhanzi yanze yivuye inyuma kuba yashyira indirimbo nshya ya The yashyize hanze yitwa  “Ni Forever” yakoreye umugore we Uwicyeza Pamella, ku mbuga nkoranyambaga ze. Mu kubaza Bruce Melodie yabajijwe ikihishe inyuma yo kuba atashyize indirimbo ya The Ben ku mbuga nkoranyambaga ze kandi abandi bahanzi babikoze,  Bruce Melodie amusubiza ko atari akazi ke kwamamaza indirimbo z’abahanzi bagenzi be. Ati “Ni nde wababwiye ko namamaza indirimbo? None se we ajya anshyira ku mbuga ze (posting)? Iyi…

SOMA INKURU

Nyabihu abagabo baba intandaro y’inzara n’amakimbirane bakebuwe

Abagabo biganjemo abo mu kagari ka Basumba, mu murenge wa Bigogwe n’abandi bashinjwa kurya mu tubari ibirimo inyama zokeje ku biti, iz’ingurube zizwi nk’akabenzi, ibirayi bikaranze mu mavuta, amagi n’ibindi ndetse bakarenzaho inzoga birengagije ko mu ngo zabo batasizeyo ibyo kurya ibi bikaba bikunze kuba intandaro y’inzara n’amakimbirane mu ngo bikarangira zisenyutse. Bamwe mu bagabo bahisemo guhindura iyi myitwarire bahoranye, bavuga ko mbere yo guhinduka bangizaga imitungo y’urugo ndetse bagahohotera n’abo bashakanye, bikabahoza mu bukene bukabije n’amakimbirane mu miryango. Ntakaziraho Jean de Dieu yagize ati “Narebye igihe natakaje ndeba umutungo…

SOMA INKURU

La Corée du Nord a tiré un deuxième missile balistique en moins de vingt-quatre heures

Pyongyang a lancé lundi ce qui semble être un missile balistique, a déclaré Séoul, soit le deuxième tir de missile effectué en moins de vingt-quatre heures. Le dernier tir effectué par la Corée du Nord était probablement capable d’atteindre “tout le territoire des États-Unis”, selon un responsable japonais de la Défense. Quelques heures seulement après le lancement d’un missile balistique à courte portée, la Corée du Nord a procédé lundi 18 décembre à un essai de son missile balistique intercontinental le plus avancé capable d’atteindre les États-Unis, le dernier tir en date d’une…

SOMA INKURU