Nyagatare: Hakenewe ubukangurambaga ku bangavu babyaye mu gutegura ifunguro ryuzuye

Mu karere ka Nyagatare, umurenge wa Rwimiyaga bamwe mu baturage basanga igituma hari abana bagwigira abenshi biterwa n’ababyeyi benshi batazi kubagaburira no gutegura ifunguro ryuzuye harimo abangavu babyaye bakiri bato. Ndikubwimana Emmanuel avuga ko umurenge wabo muri rusange utari ukwiriye kuba hari umwana ufite ikibazo k’igwigira, kuko abaturage benshi usanga bishoboye ariko bafite ubumenyi buke mu kugaburira abana babo. Yagize ati “ hakenewe inyigisho zihariye ku bangavu babyaye kuko kugira ngo babashe kwita ku bana babo cyane ku mirire bitabira cyane ibikomaka ku matungo cyane igi kuko ariryo ridahenze ukurikije…

SOMA INKURU

Imyitwarire iboneye ya Sosiyete Sivile n’ Itangazamakuru mu bihe by’ ibyorezo

Mu gihe ubushakashatsi bwerekana ko isi ishobora guhura n’ ibindi byorezo bikomeye, itangazamakuru na sosiyete sivile bisabwa kurushaho gukora kinyamwuga mu gukora ubuvugizi, gutara ndetse no mu gutangaza inkuru mu bihe ibyorezo byibasiye sosiyete hagamijwe kurwanya ibihuha n’ubwoba. Iyi ntero yashimangiwe kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Werurwe 2023 n’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa  Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC), Emmanuel Mugisha ubwo yibutsaga abanyamakuru bakora inkuru z’ ubuzima bibumbiye muri ABASIRWA ko basabwa kurushaho kubahiriza amahame nshingiro y’ umwuga wabo cyane cyane mu bihe isi irushaho guhura n’ ibyorezo bikomeye biherekejwe n’ ibihuha…

SOMA INKURU

Bamushyingiye ku ngufu birangira aciwe ukuguru n’ukuboko

Umugore w’imyaka 17 uzwi ku izina Malama Hauwa Mohamed yaciwe ukuboko n’ukuguru n’umugabo bamushyingiye ku ngufu ahitwa Kebbi muri Nigeria. Uyu mugore bamushyingiye ku ngufu adashaka uyu mugabo none byarangiye amuteye ubumuga bukomeye. Uyu mugore Hauwa yavuze ko uyu mugabo we yagiye akamara amezi menshi atagera mu rugo hanyuma agaruka afite umuhoro aramutema nta kintu bapfuye. Uyu mugore yavuze ko uyu mugabo yakundaga kumufata ku ngufu ubwo yarimo kuvurirwa ku bitaro byitwa Birnin Kebbi ibikomere yatewe. Abayobozi bo mu gace uyu mugore yari atuyemo bahise bamenya ibyo uyu mugore yakorewe…

SOMA INKURU

Half of the world on track to be overweight or obese by 2035

The World Obesity Federation predicts that 51 percent of the world will be overweight, and one in four people will be obese.More than half of the world’s population will be overweight or obese by 2035 without significant action, according to a new report. The World Obesity Federation’s 2023 atlas predicts that 51 percent of the world, or more than four billion people, will be obese or overweight within the next 12 years; of those, nearly two million, or one in four people, will have obesity. Rates of obesity are rising…

SOMA INKURU

Séismes en Turquie: Arrêt des recherches, exceptées deux provinces

Deux semaines après le double séisme du 6 février, qui a provoqué la mort de près de 45 000 personnes en Syrie et en Turquie, dont plus de 40 000 pour la seconde, Ankara a décidé d’arrêter les recherches, sauf dans les deux provinces les plus touchées du pays : celles de Hatay et de Kahramanmaras. Quatorze jours après les séismes du 6 février, la Turquie a décidé, dimanche 19 février, d’arrêter les recherches sauf dans les deux provinces les plus touchées, Kahramanmaras et Hatay, a annoncé l’agence gouvernementale de…

SOMA INKURU

Byinshi ku mpanuka y’ubwanikiro bw’ibigori yahitanye abatari bake

Mu mujyi wa Kigali, mu karere ka Gasabo, mu murenge wa Rusororo, akagari ka Gataraga, mu gitondo cyo kuwa gatanu nibwo nibwo habaye impanuka ihitana abantu 11 bagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori hakomereka 36, ubwo bari mu mirimo yo gutunganya umusaruro wabyo. Ibi byabaye ahagana saa mbili za mu gitondo.  Abari bari aho impanuka yabereye batangaje ko yatewe n’umuyaga ndetse ubwanikiro butari bukomeye mu gihe bwariho ibigori byinshi cyane, banemeje ko ibigori byagwiriye abaturage ari ibyo bari bamaze gukura mu murima banze kubisiga ku gasozi bakaba bakoreraga muri koperative y’abahinzi. Uwitwa Mukarutesi…

SOMA INKURU

Musanze: Historically Marginalized women decry serious sexual and physical abuse

By NIKUZE NKUSI Diane   Historically Marginalized women from Kinigi and Nyange Sectors in Musanze district, Northern Province say that despite the Covid-19 pandemic taking all the focus of wellbeing of citizens there are serious injustices in form of physical and sexual abuse facing these communities and if not attended to urgently could result into loss of life. Taking a tour through the homes of these Historically Marginalized women’s communities, you will be surprised by seeing the old mud houses with only few strings where the few belongings and clothes…

SOMA INKURU