Ubwo Ingabo za Uganda zinjiraga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bwo gushaka amahoro, zahawe ikaze n’ubuyobozi bw’umutwe wa M23. Izi ngabo zinjiye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo muri iki cyumweru, aho zigiye mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu itsinda rizwi nka EACRF. Izi ngabo zinjiriye ku mupaka uhuza Uganda na RDC, uherereye i Bunagana mu gace kamaze igihe kinini kagenzurwa na M23. Ubuyobozi bw’uyu mutwe bwagiye guha ikaze izi ngabo, aho abarwanyi bawo bari bayobowe n’Umuvugizi wa M23, Maj Willy Ngoma. Amafoto yagiye hanze, agaragaza…
SOMA INKURUCategory: politike
Ruhango: Nyuma yo gukuramo inda yakoze amahano
Niyitegeka Marie Thèrese wo mu mudugudu wa Nyamutarama, akagari ka Kabuga, mu murenge wa Mbuye, mu karere ka Ruhango, arashinjwa kwiba umwana. Abahaye amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru bavuga ko uyu Niyitegeka Marie Thèrese wari urwariye mu Bitaro Bikuru bya Kaminuza i Butare (CHUB) yacunze ko mugenzi we ahuze afata umwana we w’uruhunja abyaye aramwiba ahita acika. Abaturage bavuga ko babonye inzego z’umutekano Polisi na DASSO zita muri yombi uwo mugore zikamushinja ko umwana ahetse yamwibye umubyeyi we mugenzi we. Bavuze ko Niyitegeka yakuyemo inda, yigira inama yo kwiba uwo…
SOMA INKURUUmuryango w’Abibumbye washyize hanze ikiwutera ubwoba hagati y’u Rwanda na Congo
Raporo y’ Umuryango w’Abibumbye yagaragaje ko kuva mu Ukuboza umwaka ushize muri 2022 kugeza ubu, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamaze gupfa abaturage 700 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro irimo ADF, CODECO n’indi. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yagaragaje ko ahangayikishijwe no kuba ikibazo cy’umutekano muke muri RDC kigenda kirushaho gufata indi ntera aho gukemuka, aho yagize ati “Ikibazo cy’umutekano muke cyagiye kirushaho gufata indi ntera mu ntara eshatu ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo kikagendana n’ukwiyongera kw’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikorerwa abasivile.” Umunyamabanga…
SOMA INKURUManifestations au Kenya: Gaz lacrymogènes contre le convoi de l’opposant Odinga
La police kényane a tiré lundi des gaz lacrymogènes à Nairobi contre le convoi du chef de l’opposition Raila Odinga qui a appelé ses partisans à manifester contre le gouvernement et l’inflation, au lendemain de l’interdiction de tout rassemblement. Il s’agit de la deuxième journée de rassemblement à l’appel du chef de l’opposition contre le président William Ruto. Raila Odinga, candidat malheureux à la présidentielle d’août dernier, continue d’affirmer qu’elle lui a été “volée” et que le gouvernement Ruto est “illégitime”. “Nous demandons la baisse du coût de la vie,…
SOMA INKURUNyaruguru: Bagowe no kwishyura inguzanyo mu madorari barayihawe mu manyarwanda
Hari abahinzi b’icyayi bakorana na sosiyete SCON mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko barimo gusabwa kwishyura amafaranga y’umurengera ku nguzanyo bahawe ngo batangire guhingira icyayi iyi sosiyete. Ubusanzwe uko SCON ikorana n’abashaka guhinga icyayi, ibaha inguzanyo y’amafaranga, ikabagurira ingemwe z’icyayi ndetse n’ifumbire byose bizishyurwa nta nyungu igiyeho nk’uko bikubiye mu masezerano aba baturage bagirana na SCON. Ibi byose bikorwa hagamijwe gushaka icyayi gihagije kizakoreshwa ubwo uruganda rw’iyi sosiyeye ruri kubakwa mu Murenge wa Kibeho ruzaba rwatangiye gutunganya umusaruro. Ikibazo kuri ubu aba bahinzi basigaranye ngo ni uko bari gusabwa kwishyura…
SOMA INKURUUN mission accuses EU of aiding crimes against humanity in Libya
Fact-finding mission says state security forces and armed militia groups have committed a wide array of war crimes and crimes against humanity. United Nations investigators say there is evidence that crimes against humanity have been committed against Libyans and migrants stuck in Libya, including women being forced into sexual slavery. The investigators commissioned by the UN Human Rights Council also faulted the European Union for sending support to Libyan forces that they say contributed to crimes against migrants and Libyans. Investigators said they are deeply concerned by the deteriorating human…
SOMA INKURUHakomeje gututumba urunturuntu hagati y’u Bufaransa na Burkina Faso
Guverinoma ya Burkina Faso yafunze ibikorwa bya Televiziyo y’Abafaransa (France 24), izira guha ikiganiro Umuyobozi w’Umutwe wa Al Qaeda muri Maghreb (AQIM). Itangazo ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Burkina Faso, Jean-Emmanuel Ouedraogo, rivuga ko mu guha urubuga Umuyobozi Mukuru wa AQIM (Al Qaeda in the Islamic Maghreb), France 24 yahindutse umuyoboro w’itumanaho ry’abakora iterabwoba, inaha rugari iterabwoba n’imvugo z’urwango ziganisha ku ntego z’uyu mutwe muri Burkina Faso. Itangazo rikomeza riti “Bityo, Guverinoma mu nshingano zayo no mu nyungu zikomeye z’igihugu, yafashe icyemezo cyo guhagarika gahunda z’ibiganiro za France 24…
SOMA INKURURusesabagina yaba akiri mu gihugu? Impamvu ikimwicaje mu Rwanda ni iyihe?
Amakuru aheruka yemeza ko Paul Rusesabagina akiri i Kigali ari kumwe n’abahagarariye Qatar mu Rwanda kuva yarekurwa mu ijoro ryo kuwa gatanu. Kuwa gatanu, umuvugizi wungirije wa leta y’u Rwanda yabwiye BBC ko Rusesabagina nyuma yo kurekurwa agomba “gusaba kuva mu gihugu nk’uko biteganywa n’amaegeko”. Byitezwe ko igihe icyo aricyo cyose ashobora guhabwa ubwo burenganzira akava mu Rwanda, ariko ntabwo ahita ajya mu rugo rwe muri Amerika, araca muri Qatar. Mbere gato y’uko arekurwa kuwa gatanu, Dr. Majed Al Ansari umujyanama wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Qatar yatangaje kuri Twitter…
SOMA INKURUUwahoze ari Perezida wa USA yatangije ibikorwa byatunguye benshi
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye ibikorwa byo kwiyamamariza kuzongera kuyobora iki gihugu binyuze mu matora ya Perezida ateganyijwe mu 2024. Ibikorwa byo kwiyamamaza Donald Trump yabitangiye ku wa Gatandatu tariki 25 Werurwe mu 2023, ahera i Waco muri Leta ya Texas. Muri aka gace uyu mugabo yakiriwe n’abakunzi be babarirwa mu bihumbi, abagezaho imigabo n’imigambi ye yazashyira mu bikorwa mu gihe baba bongeye kumugirira icyizere. Trump yabwiye ibihumbi by’abari bamukurikiye ko hari abantu bamaze igihe bamugendaho ariko uburyo bwonyine bwo kubacecekesha ari ukongera gusubira…
SOMA INKURUM23 ikomeje gushinja igisirikare cya Congo ubwicanyi bw’abasivile
Umutwe wa M23 wasabye Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba ziri mu butumwa bw’amahoro muri RDC, EACRF, n’itsinda rishinzwe kugenzura ibibera ku mipaka, EJVM, gukora iperereza ku byaha birimo gukorwa n’ingabo za Leta ya Congo. Uyu mutwe washinje ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kugaba ibitero mu bice bya Busumba na Rugogwe, byaguyemo abasivili 17 naho 14 bagakomereka bikomeye. Ni ibitero byabaye mu gitondo cyo ku wa 25 Werurwe 2023, mu rugamba rumaze igihe ruhanganishije impande zombi. Mu itangazo yasohoye, M23 yakomeje ivuga ko uretse abasivili bapfuye abandi bagakomereka,…
SOMA INKURU