The world Teachers’ Day will be celebrated in Rwanda on December 14, under the theme “The teachers we need for the education we want: The global imperative to reverse the teacher shortage.” The day is also aimed at examining how schooling systems, communities, societies, and families perceive, appreciate, and effectively support instructors. Speaking to some of the educators, they highlighted the cause of teacher shortage, how to address it, and the support they require from society. William Niyonzima, a teacher at the Institute of Applied Sciences (INES) – Ruhengeri, explained…
SOMA INKURUCategory: politike
Tanzania: Abatangaje urupfu rwa vice-Perezida bari guhigwa bukware
Igihuha cy’urupfu rwa Visi Perezida Philip Mpango cyatangiye gukwirakwizwa mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’uko hari hashize ukwezi kurenga uyu mugabo atagaragara mu ruhame. Ku Cyumweru tariki 10 Ukuboza mu 2023, nibwo Visi Perezida wa Tanzania, Philip Mpango, yongeye kugaragara mu ruhame ubwo yari yitabiriye Misa kuri Paruwasi yitiriwe Maria Theresa Ledochowska, i Dodoma muri Tanzania. Uyu mugabo uvuga ko yari amaze ukwezi kurenga mu kazi hanze y’igihugu, yatangaje ko yakomerekejwe n’ibi bihuha by’urupfu rwe. Inzego z’ubuyobozi muri Tanzania zatangiye iperereza rigamije gushakisha abantu baherutse gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga ko…
SOMA INKURURwanda’s inflation eases ahead of festive season
The increase of consumer prices on Rwanda’s market has eased, reaching 9.2 per cent in November, the first-time inflation has fallen below double digits in 2023. Inflation is the pace at which prices of consumables increase on the market year on year and on a monthly basis, it is calculated based on approximately 1,622 products in 12 urban centres of Rwanda. In November 2022, it reached its highest peak at 21.7 percent before starting a decelerating trend since the beginning of 2023, to round at 9.2 percent in November 2023,…
SOMA INKURUIngabo za EAC zoherejwe mu butumwa bwa “EACRF”, bwasezereye iz’u Burundi zakoreraga muri teritwari ya Masisi
Ubuyobozi bw’Umutwe w’Ingabo za EAC zoherejwe mu butumwa bw’Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, EACRF, bwasezereye iz’u Burundi zakoreraga muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni igikorwa cyayobowe na Komanda wa EACF, Gen Maj Alphaxard Muthuri Kiugu. Ibiro bya EACRF byatangaje ko Maj. Gen. Kiugu yashimiye Ingabo z’u Burundi akazi keza zakoze, kaganisha ku gushakira amahoro arambye n’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC mu bice birimo Kilolirwe, Kitshanga na Masisi muri teritwari ya Masisi. Maj. Gen. Kiugu yazibwiye ati “Ubutumwa bwanyu hamwe n’izindi Ngabo za…
SOMA INKURUIcyizere cy’agahenge muri Gaza gikomeje kugabanuka
Mu nama mu murwa mukuru Doha, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani yavuze ko Qatar izakomeza umuhate wayo wo kotsa igitutu impande zombi kugira ngo habeho agehenge, nubwo gutera ibisasu kwa Israel “kurimo kugabanya amahirwe” yuko habaho akandi gahenge. Iki gihugu cyo mu Kigobe cy’Abarabu cyagize uruhare rukomeye mu biganiro byagejeje ku gahenge kamaze icyumweru kabaye mu mpera y’Ugushyingo (11), katumye bamwe mu bashimuswe barekurwa. Ku cyumweru, Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko “intambara irarimbanyije”. Yavuze ko mu minsi ya vuba aha ishize, “abaterabwoba ba Hamas babarirwa muri za…
SOMA INKURUM23 yatangaje agace yigaruriye gaherereye muri teritwari ya Masisi
Umutwe wa M23 watangaje ko wigaruriye agace ka Mushaki muri teritwari ya Masisi nyuma y’imirwano ikomeye yahuje uwo mutwe n’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe nka FDLR, ingabo z’u Burundi n’abacanshuro. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane tariki 7 Ukuboza n’umuvugizi w’uyu mutwe, Major Willy Ngoma abinyujije ku rubuga rwe rwa X. Yagaragaje ko muri iyo mirwano ikomeye uruhande rwa Leta rwahatsindiwe ndetse rukahatakariza benshi mu basirikare. Yagize ati “Intare za Sarambwe zabohoje Mushaki, umwanzi yahunze yasize intwaro nyinshi n’amasasu. Batakaje bikomeye ubuzima.” Mushaki ni agace…
SOMA INKURUAmasezerano n’u Rwanda acyemura impungenge zo mu mategeko – Cleverly
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza James Cleverly avuga ko amasezerano mashya n’u Rwanda acyemura impungenge z’Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza, mu kwezi gushize rwanzuye ko iyi gahunda ya leta inyuranyije n’amategeko. Urukiko rwavuze ko iyo gahunda, izatuma abimukira boherezwa mu Rwanda, ishobora kubamo ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu. James Cleverly yashimangiye ko u Rwanda “rwiyemeje mu buryo bugaragara kandi bwumvikana neza kubungabunga umutekano w’abantu baza hano [mu Rwanda]”. Iki gikorwa kiri muri gahunda ya leta yo guca intege abimukira ntibambuke umuhora wa Channel mu mato matoya. Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak yavuze ko “guhagarika…
SOMA INKURUM23 yasohoye itangazo rikakaye
Umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye tariki ya 3 Ukuboza 2023 yagize ati “Nyuma y’uko ingabo za EACRF zitangiye kuva muri RDC, M23 izisubiza kandi igume mu duce twose yari yarashyikirije ingabo za EACRF mu gihe cy’ibiganiro by’amahoro, hagamijwe imibereho myiza y’abaturage b’abasivili.” Itangazo ryasohowe na EACRF rigaragaza ko muri Kivu y’Amajyaruguru nta mutekano uhari bitewe n’intambara yongeye kubura kuva mu Ukwakira 2023, bigatuma benshi bava mu byabo. Kanyuka yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta, FARDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo na FDLR igizwe n’abasize bakoze Jenoside mu Rwanda,…
SOMA INKURUM23 rebels vow to retake positions as EAC force begins withdrawal
The M23 rebel group operating in eastern DR Congo has said it will reoccupy the positions it handed over to the East African Community Regional Force (EACRF). The announcement comes after the regional force began withdrawing from the positions in North Kivu Province on Saturday, December 2, less than 10 days before its mandate expires. “Following the departure of the EACRF from DRC, for the well-being of the civilian population, the M23 will recover and occupy all its areas that it handed over to EACRF at the beginning of the peace process,”…
SOMA INKURUIbyishimo bidasanzwe mu mfungwa z’Abanya Palestine zarekuwe
Israel yarekuye imfungwa 30 z’Abanya-Palestine yari yarafunze nyuma y’uko abaturage bayo 10 n’abanyamahanga babiri bari barafashwe bugwate na Hamas barekuwe. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki 28 Ugushyingo 2023, kibaye mu minsi itandatu yashyizweho hagati y’impande zombi cyo kurekura imbohe zari zarafunzwe. Magingo aya, Israel imaze kurekura Abanya-Palestine 180 barimo abagore n’abana mu gihe Hamas yo imaze kurekura abantu 81 biganjemo abaturage ba Israel. Hagati aho, Ingabo za Israel zafunze inzira zose zinjira mu Mujyi wa Gaza, zishyiraho za bariyeri impande zose ku buryo abantu binjira n’abasohoka bagomba…
SOMA INKURU