Abagabo biganjemo abo mu kagari ka Basumba, mu murenge wa Bigogwe n’abandi bashinjwa kurya mu tubari ibirimo inyama zokeje ku biti, iz’ingurube zizwi nk’akabenzi, ibirayi bikaranze mu mavuta, amagi n’ibindi ndetse bakarenzaho inzoga birengagije ko mu ngo zabo batasizeyo ibyo kurya ibi bikaba bikunze kuba intandaro y’inzara n’amakimbirane mu ngo bikarangira zisenyutse. Bamwe mu bagabo bahisemo guhindura iyi myitwarire bahoranye, bavuga ko mbere yo guhinduka bangizaga imitungo y’urugo ndetse bagahohotera n’abo bashakanye, bikabahoza mu bukene bukabije n’amakimbirane mu miryango. Ntakaziraho Jean de Dieu yagize ati “Narebye igihe natakaje ndeba umutungo…
SOMA INKURUCategory: politike
La Corée du Nord a tiré un deuxième missile balistique en moins de vingt-quatre heures
Pyongyang a lancé lundi ce qui semble être un missile balistique, a déclaré Séoul, soit le deuxième tir de missile effectué en moins de vingt-quatre heures. Le dernier tir effectué par la Corée du Nord était probablement capable d’atteindre “tout le territoire des États-Unis”, selon un responsable japonais de la Défense. Quelques heures seulement après le lancement d’un missile balistique à courte portée, la Corée du Nord a procédé lundi 18 décembre à un essai de son missile balistique intercontinental le plus avancé capable d’atteindre les États-Unis, le dernier tir en date d’une…
SOMA INKURUImpanuka yateje ubwoba n’impagarara ku mutekano wa Perezida Joe Biden
Ku Cyumweru, tariki 17 Ukuboza 2023, ubwo Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavaga ku biro bishinzwe gukurikirana ibikorwa bye byo kwiyamamaza muri Leta ya Delaware, imwe mu modoka yari iri mu zimuherekeje yagonzwe n’indi yaturutse ku ruhande, bitera ubwoba n’impagarara ku mutekano we. Iyi modoka yagonzwe yari iri muri metero 40 ivuye aho iya Perezida Biden yari iri. Byatumye uyu Mukuru w’Igihugu ahita ahabwa indi mu modoka ndetse ahungishwa vuba na bwangu. Umwe mu bakozi bo muri White House, wabonye ibi biba, yabwiye umunyamakuru w’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, ko “Yaba…
SOMA INKURUPerezida Joe Biden ashobora kweguzwa manda ye itarangiye
Ikinyamakuru Reuters cyatangaje ko abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahagarariye ishyaka ry’aba-Républicain, batoye ko Perezida Joe Biden akorwaho iperereza rishobora kumweguza, mu gihe habura amezi ngo manda ye ya mbere irangire.Iri tora ryabaye kuri uyu wa 13 Ukuboza 2023, abagize inteko 221 bo mu ishyaka ry’aba-Républicain batoye ko Biden akorwaho iperereza, mu gihe 212 ba Démocrates babyanze. Impamvu y’iri tora ni uruhare ishyaka ry’aba Républicain rikeka ko Biden yaba afite mu ishoramari umuhungu we, Hunter Biden, yakoreye mu mahanga arimo Ukraine n’u Bushinwa, kuva mu…
SOMA INKURUAmakuru mashya kuri Kabuga Félicien iregwa ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi
Urugereko rwo mu Buholandi rwaburanishaga Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, rwabwiwe ko hari intambwe imaze guterwa mu gushaka igihugu azarekurirwamo by’agateganyo. Kabuga, inyandiko y’urukiko ivuga ko afite imyaka 88, ntiyari ari mu cyumba cy’urukiko kubera uburwayi. Muri Nzeri (9) uyu mwaka, uru rukiko rwasigaye ruca imanza zasizwe n’urwari urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, rwanzuye ko rukomeje ingingo yo guhagarika by’igihe kitazwi urubanza rwa Kabuga ku mpamvu z’uburwayi, kandi ko azarekurwa by’agateganyo. Icyo cyemezo cyamaganywe na leta y’u Rwanda n’abarokotse jenoside. Kabuga aregwa…
SOMA INKURUWorld Teacher’s Day: Why teachers’ shortage is still an issue
The world Teachers’ Day will be celebrated in Rwanda on December 14, under the theme “The teachers we need for the education we want: The global imperative to reverse the teacher shortage.” The day is also aimed at examining how schooling systems, communities, societies, and families perceive, appreciate, and effectively support instructors. Speaking to some of the educators, they highlighted the cause of teacher shortage, how to address it, and the support they require from society. William Niyonzima, a teacher at the Institute of Applied Sciences (INES) – Ruhengeri, explained…
SOMA INKURUTanzania: Abatangaje urupfu rwa vice-Perezida bari guhigwa bukware
Igihuha cy’urupfu rwa Visi Perezida Philip Mpango cyatangiye gukwirakwizwa mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’uko hari hashize ukwezi kurenga uyu mugabo atagaragara mu ruhame. Ku Cyumweru tariki 10 Ukuboza mu 2023, nibwo Visi Perezida wa Tanzania, Philip Mpango, yongeye kugaragara mu ruhame ubwo yari yitabiriye Misa kuri Paruwasi yitiriwe Maria Theresa Ledochowska, i Dodoma muri Tanzania. Uyu mugabo uvuga ko yari amaze ukwezi kurenga mu kazi hanze y’igihugu, yatangaje ko yakomerekejwe n’ibi bihuha by’urupfu rwe. Inzego z’ubuyobozi muri Tanzania zatangiye iperereza rigamije gushakisha abantu baherutse gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga ko…
SOMA INKURURwanda’s inflation eases ahead of festive season
The increase of consumer prices on Rwanda’s market has eased, reaching 9.2 per cent in November, the first-time inflation has fallen below double digits in 2023. Inflation is the pace at which prices of consumables increase on the market year on year and on a monthly basis, it is calculated based on approximately 1,622 products in 12 urban centres of Rwanda. In November 2022, it reached its highest peak at 21.7 percent before starting a decelerating trend since the beginning of 2023, to round at 9.2 percent in November 2023,…
SOMA INKURUIngabo za EAC zoherejwe mu butumwa bwa “EACRF”, bwasezereye iz’u Burundi zakoreraga muri teritwari ya Masisi
Ubuyobozi bw’Umutwe w’Ingabo za EAC zoherejwe mu butumwa bw’Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, EACRF, bwasezereye iz’u Burundi zakoreraga muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni igikorwa cyayobowe na Komanda wa EACF, Gen Maj Alphaxard Muthuri Kiugu. Ibiro bya EACRF byatangaje ko Maj. Gen. Kiugu yashimiye Ingabo z’u Burundi akazi keza zakoze, kaganisha ku gushakira amahoro arambye n’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC mu bice birimo Kilolirwe, Kitshanga na Masisi muri teritwari ya Masisi. Maj. Gen. Kiugu yazibwiye ati “Ubutumwa bwanyu hamwe n’izindi Ngabo za…
SOMA INKURUIcyizere cy’agahenge muri Gaza gikomeje kugabanuka
Mu nama mu murwa mukuru Doha, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani yavuze ko Qatar izakomeza umuhate wayo wo kotsa igitutu impande zombi kugira ngo habeho agehenge, nubwo gutera ibisasu kwa Israel “kurimo kugabanya amahirwe” yuko habaho akandi gahenge. Iki gihugu cyo mu Kigobe cy’Abarabu cyagize uruhare rukomeye mu biganiro byagejeje ku gahenge kamaze icyumweru kabaye mu mpera y’Ugushyingo (11), katumye bamwe mu bashimuswe barekurwa. Ku cyumweru, Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko “intambara irarimbanyije”. Yavuze ko mu minsi ya vuba aha ishize, “abaterabwoba ba Hamas babarirwa muri za…
SOMA INKURU