Ibibazo bigaragara mu kugurisha imitungo mu cyamunara ni ingingo ihangayikishije abaturage nk’uko bisobanurwa n’umuryango urwanya ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda. Uyu muryango ugaragaza ko muri uyu mwaka wa 2023 wakiriye ibibazo 3,770 bishingiye kuri cyamunara byaturutse mu baturage 3,740. Muri aba bagaragaje ibibazo byakarengane 49% ni abagore naho 51% ni abagabo. Mu bibazo byakiriwe na Transparency International Rwanda bishingiye ku kuba abaturage batishimiye agaciro nyako gahabwa imitungo yabo mu gihe cya cyamunara. Mu isesengura ryakozwe n’uyu muryango urwanya ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda byagaragaye ko imitungo myinshi ihabwa nibura agaciro…
SOMA INKURUCategory: politike
EALA: Abadepite harimo uwo mu Rwanda bateranye amagambo karahava
Umudepite uhagarariye u Rwanda mu Nteko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA),Hon. Fatuma Ndangiza, yasabye mugenzi we wa DRC kudakomeza gushinja ibinyoma u Rwanda. Ubwo bari mu bikorwa by’iyi Nteko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba,yaberaga i Arusha muri Tanzania,umudepite w’umunyekongo witwa Evariste Kalala, yahenze ibi biganiro bigiye gusozwa,azamura ibinyoma ko u Rwanda rufite uruhare mu bibazo biri muri Congo. Yagize ati “Hari benshi muri DRC bari kwicwa kandi n’umutungo kamere w’igihugu cyacu uri kwibwa n’igihugu tuzi ko turi kumwe mu Muryango.” Undi munyekongo François Ngate Mangu yahise nawe ashyigikira ibyo mugenzi we…
SOMA INKURUMusanze: Yisenyeyeho inzu yubakiwe na leta
Mu kagari ka Sahara, umurenge wa Busogo, akarere ka Musanze, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Nganizi, ushakishwa nyuma yo gutoroka amaze gusambura inzu yabagamo akagurisha amabati, inzugi n’amadirishya. Yabikoze kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Ugushyingo 2023, ubwo yacunze imvura iguye aca mu rihumye abaturage n’ubuyobozi, asambura inzu yubakiwe na Leta nk’umuturage utishoboye, nyuma yo gusambura amabati akuramo n’inzugi ndetse n’amadirishya ajya kubigurisha. Nganizi ni umwe mubasigajwe inyuma n’amateka, utuye muri ako gace, abaturage bavuga ko imyitwarire ye idasanzwe, kuko yari yasambuye iyo nzu mbere, akaba yari amaze ibyumweru bibiri ayibamo…
SOMA INKURUFormer governor Gasana’s bail hearing underway in Nyagatare
The former Governor of Eastern Province, Emmanuel Gasana on Friday morning arrived at Nyagatare Primary Court for his arraignment and bail hearing in a case in which he faces charges of abuse of office. He is also accused of soliciting and accepting illegal benefits. Gasana, who was suspended as Eastern Province Governor by the Prime Minister on October 25, before his arrest on October 26, faces allegations stemming from an investigation by the Rwanda Investigation Bureau (RIB). The investigation focused on suspected criminal activities he allegedly committed during his tenure…
SOMA INKURUKagame in Riyadh ahead of inaugural Saudi-Africa summit
President Paul Kagame on Thursday, evening, arrived in Riyadh for the inaugural Saudi-Africa Summit slated for November 10, the president’s office has announced. The summit, expected to take place at the King Abdulaziz International Conference Center, brings together leaders from over 50 countries throughout the Middle East and Africa. Saudi and African officials hope the meeting will lead to a long-term partnership between the Kingdom and the African Union, particularly capitalizing on pre-existing economic, cultural, and diplomatic relations while setting out to forge new ones. The summit comes at a…
SOMA INKURULes Etats-Unis une nouvelle fois au bord de la paralysie budgétaire
Moins de deux mois après avoir évité l’impasse politico-financière, les Etats-Unis se retrouvent à nouveau au bord du précipice: le Congrès américain n’a plus qu’une semaine pour s’entendre sur un nouveau budget et éviter la paralysie de l’administration fédérale. Aucune des deux chambres du Congrès – ni le Sénat aux mains des démocrates, ni la Chambre des représentants contrôlée par les républicains – ne sont pour l’instant parvenues à adopter une loi de finances pour prolonger le budget de l’Etat fédéral, qui expire à minuit dans la nuit de vendredi…
SOMA INKURURDC: M23 appréhende des soldats burundais
Le Mouvement du 23 mars (M23) affirme avoir capturé des soldats de la Force de Défense Nationale du Burundi (FDNB) dans la guerre contre la coalition gouvernementale au Nord Kivu dimanche dernier avec des éléments de preuve à l’appui. L’armée burundaise n’a pas encore démenti quatre jours après. Un communiqué du porte-parole de FDNB, Colonel Floribert Biyereke, passe sous silence cet incident grave de dimanche dernier. Il a été rendu public ce 9 novembre 2023. Le porte-parole du M23, Major Willy Ngoma, a pourtant déclaré que parmi les prisonniers de guerre capturés…
SOMA INKURUU Rwanda rwamaganiye kure ibirego RDC ikomeje kurushinja
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagaragaje ukuri ku binyoma Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ikomeje gushinja u Rwanda ku bibazo bya politiki byayinaniye gukemura. Minisitiri Dr Biruta, yabigarutseho mu kugaragariza amahanga ko Leta ya RDC, ikomeje kubigira akamenyero gushinja u Rwanda ibirego bishingiye ku binyoma, mu gihe yananiwe gukemura ibibazo by’imiyoborere biri imbere mu gihugu. Yagize ati “Byahindutse nk’umuco. RDC yabigize akamenyero gushinja u Rwanda ibibazo by’imiyoborere byayinaniye gukemura.” Yakomeje avuga ko ibi byose Guverinoma ya RDC ibikora yirengagije ko ku butaka bwayo, mu burasirazuba…
SOMA INKURUIGP Felix Namuhoranye yatanze impanuro zikomeye ku bapolisi berekeje mu butumwa bw’amahoro
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) CG Felix Namuhoranye, ku wa Mbere tariki 6 Ugushyingo, yahaye impanuro abapolisi 340 bitegura kujya muri butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri ibyo bihugu byombi. Ubwo yabahaga impanuro, IGP Felix Namuhoranye yabibukije inshingano zabo nk’abapolisi bagiye guhagararira u Rwanda mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye. Yagize ati: “Icyo musabwa ni ugukomeza guhesha ishema igihugu, ibendera ry’u Rwanda rigahora hejuru, kandi ibyo bijyana n’ubunyamwuga, disipulini no guhora mwiteguye kuzuza inshingano zanyu mu bihe byose. Mugomba gusigasira ibyo bagenzi banyu bakoze ndetse mukarushaho no kubiteza imbere,…
SOMA INKURUBitunguranye Perezida Zelensky yasubitse amatora
Kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Ugushyingo mu 2023. Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje icyemezo yafashe cyo gusubika amatora, akaba yemeza ko abona iki atari igihe cyiza cyo kujya mu matora kubera intambara iki gihugu kirimo n’u Burusiya. Ati “Tugomba gufata umwanzuro ko iki ari igihe cyo kwirwanaho, igihe cy’urugamba ruzagena ahazaza h’igihugu n’abaturage. Nemera ko iki atari igihe cyiza cy’amatora.” Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Ukraine yari ateganyijwe muri Werurwe mu 2024. Perezida Zelensky Yakomeje avuga ko muri iki gihe Abanya-Ukraine bakeneye kunga ubumwe aho gutandukanywa n’amatora. …
SOMA INKURU