The presence in eastern DR Congo of the FDLR, a UN-sanctioned group linked to the 1994 Genocide against the Tutsi in Rwanda, unresolved historical grievances and blaming Rwanda for the M23 rebellion have led to diplomatic rift between the two countries, according to the Rwandan Parliament. This was said on Wednesday, June 5, as an ad hoc house committee set up to investigate the role of colonial legacy in conflicts in the Great Lakes Region and its impact on DR Congo-Rwanda tensions presented its findings to a Plenary Session. According…
SOMA INKURUCategory: politike
Icyo urubyiruko rusabwa mu gihe cy’amatora na nyuma yayo
Urubyiruko rwasabwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora “NEC” kuzitabira amatora ku gihe, kugira ngo amasaha yo gutora asozwe nta bantu bakiri ku mirongo, bityo byorohereze ababarura amajwi gutangira akazi kabo. Urubyiruko kandi rusabwa kuzitwara neza nyuma y’amatora, kuko mu myaka yashize mu mateka y’igihugu urubyiruko rwakoreshejwe mu bikorwa bibi bishobora guteza umutekano muke mu baturage. Ku kijyanye n’imbogamizi urubyiruko ruhura nazo, zo kuba hari abantu batisanga muri sisiteme, cyangwa indangamuntu itagaragara muri iryo koranabunga, NEC isobavuga ko abafashe indangamuntu ku nshuro ya kabiri bamaze guhuzwa n’aho bazatorera, naho abanyeshuri bazaba bakiri…
SOMA INKURUM23 yatanze gasopo ku ngaho za MONUSCO
Radio Okapi itangaza ko impande zombi guhera kuwa gatandatu kugeza ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 2 Kamena M23 yari ihanganye bikomeye na FARDC ishaka kwigarurira Kanyamahoro ariko FARDC ibifashijwemo na brigade itabara aho rukomeye ya MONUSCO M23 ntibyayishobokera. Ibi byatumye umutwe wa M23 uha gasopo Monusco kubera gufasha ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC , mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi wa m23 Lawrence Kanyuka bavuze ko Monusco nikomeza guha ubufasha iri huriro bizabahatira gufata ibindi byemezo. Hashize igihe kinini ingabo za FARDC ndetse na MONUSCO bikorana bwihishwa mu…
SOMA INKURUBiremezwa ko M23 yagose umujyi wa Kanyabayonga nyuma yo kwigarurira ibice binyuranye
Biremezwa ko umujyi wa Kanyabayonga wamaze kugotwa n’ingabo z’umutwe w’inyeshyamba za M23, bikaba binavugwa ko abasilikare ba FARDC bagera kuri 234 biciwe mu mirwano i Mirangi, Kyagara na Birundure Aya makuru akaba yemejwe n’umuvugizi mu bya gisilikare Lt.Col Willy Ngoma mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune, umunyamakuru muri Congo Kinshasa Micombero Batubenga nawe yahamije aya makuru aho yavuze ko muri turiya duce twabaye isibaniro. Uduce twa Birundure turi mu ntera ya Km 30 ugana mu mujyi wa Kanyabayonga na Mirangi nuko biri mu ntera ijya kungana. Umuvugizi wa Sosiyete Sivile Bwana…
SOMA INKURUIsura nshya mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Nyuma yo kugirwa Minisitiri w’intebe, Madame Judith Suminwa Tuluka afatanije na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo yatangaje abagize Guverinoma nshya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abagize iyi leta bari mu bice bigera kuri bitanu. Hari igice kigizwe n’aba minisitiri b’intebe bungirije, ba minisitiri ba leta, minisitiri, intumwa(minisitiri delegués) na ba visi minisitiri. Jaquemain Shabani yahawe kuyobora ibikorwa by’imbere mu gihugu, ushinzwe ubwikorezi yagizwe Jean Pierre Bemba, ubwunganizi Gay Kabombo, ubukungu Daniel Mukoko Samba, mu gihe ushinzwe abakozi ba leta ari Lihahu Ebula naho Guylain Nyembo yashizwe ibijanye no gukora gahunda…
SOMA INKURUUrubanza rw’abasirikare b’abarundi banze kurwana na M23 rwafashe indi ntera
Mu rubanza rw’abasirikare b’Abarundi bafunzwe bazira kwanga kurwana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye Leta yabo kugirwa abere kandi bagasubizwa mu kazi. Uru rwabereye mu ntara ya Rutana tariki ya 24 Gicurasi 2024, aba basirikare bakaba bashinjwa kwanga kubahiriza amabwiriza y’abayobozi babo, ubwo bari bahanganye n’abarwanyi ba M23. Abasirikare barenga 270 ni bo bari gukurikiranwa muri iyi dosiye. Ibiro ntaramakuru AP by’Abanyamerika muri Gashyantare 2024 byatangaje ko 103 bafungiwe mu ntara ya Rumonge, abandi muri Ngozi, Ruyigi na Bururi. Boherejwe…
SOMA INKURUUkraine: le bilan continue de grimper après la frappe russe sur un hypermarché de Kharkiv
Le bilan de la frappe russe sur un hypermarché de bricolage à Kharkiv, deuxième ville d’Ukraine, continue de grimper, passant à 14 morts dimanche au lendemain de cette attaque qualifiée d’”ignoble” par le président ukrainien. “Le bilan des morts s’élève à 14”, a déclaré le gouverneur de la région de Kharkiv, Oleg Synegubov. Un précédent bilan communiqué par le ministre ukrainien de l’Intérieur, Igor Klymenko, faisait état de douze morts, 43 blessés et 16 disparus à la suite de cette attaque. “Pour eux (les Russes), c’est un plaisir de brûler.…
SOMA INKURUAmarangamutima y’umubyeyi wa Marcel Malanga wagaragaye mu gitero i Kinshasa ari kumwe na se
Umuryango wa Christian Malanga ukomeje kugaragaza imbamutima zawo nyuma y’igitero yagaragaje ko yari ayoboye cyagerageje guhungabanya inzego z’ubutegetsi za Congo ku cyumweru, aho yerekanye umuhungu we Marcel Malanga bari kumwe muri icyo gitero. Brittney Sawyer nyina wa Marcel Malanga, yatangaje kuri Facebook ubutumwa bw’uko ababajwe n’abarimo kumwoherereza amashusho y’umuhungu we. Igisirikare cya DR Congo cyatangaje ko Christian Malanga yishwe arasiwe ku biro by’umukuru w’igihugu nyuma yo kwanga gufatwa n’inzego z’umutekano. Marcel Malanga we ari mu bantu bagera kuri 50 bafashwe n’igisirikare, barimo abanyamerika batatu, n’umunyecongo umwe ufite ubwenegihugu bw’Ubwongereza, nk’uko…
SOMA INKURUMu ruzinduko Corneille Nangaa yagiriye mu bice byafashwe na M23 yishimiye ibyagezweho
Kuri uyu wa Mbere, tariki 20 Gicurasi 2024, Umuyobozi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) Corneille Nangaa yagiriye Uruzinduko rw’akazi mu bice byabohojwe na M23, aho yagaragaje ubwitange budasubirwaho mu iyubakwa n’iterambere rirambye muri Teritware ya Masisi, Rutshuru n’igice cya Nyiragongo, ndetse n’ahandi kuri ubu hari mu maboko y’inyeshyamba z’umutwe wa M23. Umuvuguzi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka watangaje ibi akoresheje urubuga rwa rwa X, yavuze ko Corneille Nangaa mu gukora uru ruzinduko rw’akazi yaherekejwe n’umugaba mukuru w’ingabo za M23, bwana Maj Gen Sultan Makenga. Agaragagaza ko kandi…
SOMA INKURUByinshi kuri Christian Malanga bivugwa ko yishwe wigambye guhirika uutegetsi bwa Congo
Christian Malanga Musumari wayoboye igitero kigambye guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ni umunye-Congo wavutse tariki 2 Gashyantare 1983 avukira i Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Yabaye mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagarutse muri Congo mu mwaka wa 2006 ari nabwo yinjiraga mu gisirikare cya FARDC, akaba yarakivuyemo afite ipeti rya Captaine nyuma yo gushaka kwiyamamariza umwanya w’ubudepite mu mwaka 2011 anyuze mu ishyaka Parti Congolais Uni (PCU) yari yashinze ariko afungwa ataragera ku ntego ze. Amaze gufungurwa mu 2012, yahise…
SOMA INKURU