Drake icyamamare mu muziki wa USA yahombejwe na Mike Tyson asaga miliyoni 400 ku mukino umwe

Umukino w’iteramakofe wabereye kuri AT&T Stadium Arlington, muri Leta ya Texas,  wahuje Mike Tyson na Jake Paul, wahombeje umuraperi Graham (Drake) Amadorali 335,000 ni ukuvuga asaga miliyoni 400 z’amafaranga y’u Rwanda. Ibi byabaye nyuma y’uko abari bagize akanama nkemurampaka bahurije ku kuba Jake Paul wamamaye kuri YouTube no ku mbuga nkoranyambaga, ari we utsinze nyuma yo kugira amanota 80-72, 79-73 na 79-73, mu gihe umuraperi  Aubrey Drake yari yayategeye Mike Tyson kariya kayabo k’amafaranga kugira ngo atsinde uyu mukino w’iteramakofe. Ikinyamakuru The Vanguard, kivuga ko Mike Tyson iyo aza gutsinda,…

SOMA INKURU

Ikipe ya PSG ikomeje kwinangira kwishyura umwenda ifitiye Kylian Mbappé

Nubwo ikipe PSG yategetswe na Ligue de Football Professionnel (LFP), ishinzwe gucunga ibikorwa byose bijyanye n’umupira w’amaguru muri Federasiyo y’Umupira w’amaguru w’umwuga mu Bufaransa, igomba kwishyura umwenda ifitiye Kylian Mbappé, ariko yo ikomeje kubyanga kugeza n’ejo ku wa Gatanu tariki 25 Ukwakira 2024, nk’uko byatagajwe n’ibinyamakuru bitandukanye harimo na France 24. Komisiyo yo muri Ligue de Football Professionnel (LFP), yari yemeje ko ikipe ya PSG igomba guha Kylian Mbappé miliyoni 55 z’Amayero z’umwenda imubereyemo, ariko iyi kipe yaraye itangaje ko itazabikora. Uwo mwenda Kylian Mbappé yishyuza ikipe ya PSG yahoze…

SOMA INKURU

Rwanda’s Cycling Team Wins Gold at African Championships in Eldoret, Kenya

The Rwandan National Cycling Team clinched the gold medal in the mixed team time trial event at the African Cycling Championships, held in Eldoret, Kenya. The event took place on Thursday, October 10, 2024, marking the second day of the championship. The time trial involved six participating countries, each with a mixed team comprising three men and three women. Rwanda’s winning team included cyclists Mugisha Moïse, Ingabire Diane, Mukashema Josiane, Nzayisenga Valentine, Masengesho Vainqueur, and Tuyizere Étienne. They completed the 44.8-kilometer race in 1 hour and 6 seconds, finishing 39…

SOMA INKURU

Basketball: Patriots BBC Defeats APR BBC in a Close Game

In the basketball league playoffs, Patriots BBC defeated APR BBC with a score of 61-49, tying the series at 2-2. Stephaun Branch of Patriots BBC scored the most points in the game. The match started with both teams showing great energy, but the players were cautious, avoiding making early mistakes. The first quarter did not see many points compared to previous games, and there was no clear lead as the teams ended the quarter tied at 14-14. In the second quarter, before the teams went for halftime, Patriots were leading…

SOMA INKURU

CAF CL: Pyramids jet in ahead of APR clash

The Egyptian football giants, Pyramids FC, have arrived in Kigali ahead of their crucial CAF Champions League encounter against Rwandan champions APR FC. The highly anticipated clash is set to take place at the Amahoro Stadium, with both teams vying for a spot in the next round of the prestigious African tournament. Pyramids FC, known for their robust squad and tactical prowess, touched down in Rwanda earlier today with a full squad, including key players who are expected to make a significant impact in the match. The team’s arrival has…

SOMA INKURU

Yasezeye muri Rayon Sports bitunguranye

Namenye Patrick wari umunyamabanga mukuru w’ikipe ya Rayon Sports yasezeye ku nshingano ze yari amazemo imyaka ibiri.Amakuru y’ubwegure bwe yatangiye guhwihwiswa ku mugoroba wo kuwa Mbere, tariki ya 2 Nzeri 2024. Namenye yamaze kumenyesha Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle ko nyuma y’minsi 30 iri imbere, kuva tariki ya 1 Ukwakira 2024 atazaba akiri umukozi w’iyi kipe. Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Roben, yabwiye Radio Rwanda ko bamenye ko Namenye agiye kwerekeza ahandi. Yagize ati “Hari ibiganiro byabaye hagati ye n’ubuyobozi bwa Rayon Sports amenyesha ubuyobozi ko yabonye akandi…

SOMA INKURU

Angleterre: Arsenal lâche ses premiers points contre Brighton

Arsenal, réduit à dix, s’est tiré une balle dans le pied samedi contre Brighton (1-1) et a perdu ses premiers points de la saison en Premier League, une opportunité à saisir pour Manchester City en soirée. Les “Gunners” comptent sept points après trois matches, comme Brighton, ce qui les place sous la menace de Manchester City, en visite à West Ham (18h30), et de Liverpool qui se déplace dimanche à Manchester United. Chez eux, les Londoniens ont perdu le contrôle après l’expulsion de Declan Rice (49e) pour un second avertissement…

SOMA INKURU

Hamenyekanye amatsinda amakipe ya Basketball y’abatarengeje imyaka 18 aherereyemo

Amakipe y’u Rwanda muri Basketball y’Abatarengeje imyaka 18 mu bahungu n’abakobwa yamenye amatsinda azaba aherereye mu gikombe cy’Afurika, FIBAU18AfroBasket, kizabera muri Afurika y’Epfo. Iyi tombola yabereye mu Mujyi wa Kigali, ku Cyumweru, tariki ya 25 Kanama 2024. Ikipe y’u Rwanda mu bahungu iri mu Itsinda C hamwe na Maroc, Zambia na Afurika y’Epfo, izakira irushanwa mu gihe bashiki babo bo bisanze mu itsinda A hamwe na Tunisia, Cameroun na na Afurika y’Epfo izaba iri mu rugo. #FIBAU18AfroBasket izahuza ibihugu 12, iteganyijwe kubera mu Mujyi wa Pretoria muri Afurika y’Epfo ku…

SOMA INKURU

Ibyaranze irushanwa ry’amagare ryabaye muri weekend

Kuwa Gatandatu tariki 17 Kanama 2024 no ku Cyumweru tariki 18 Kanama 2024 hakinwe shampiyona y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare, aho ku munsi wa mbere hakinwe agace ko gusiganwa umuntu ku giti cye (Individual Time Trial), mu gihe ku munsi wa kabiri hakinwe gusiganwa mu muhanda muri rusange (Road Race). Ni isiganwa ahanini ryaranzwe no guhangana hagati y’abakinnyi ba Benediction Club nka Mugisha Moise waje no kugera aho asiga abandi iminota irenga irindwi, ihanganye na Java Innovotec irimo abakinnyi nka Areruya Joseph, Patrick Byukusenge n’abandi. Iyi shampiyona ikaba yegukanywe…

SOMA INKURU

Impinduka muri Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Abanyamuryango ba Federasiyo ya Volleyball mu Rwanda (FRVB) bemeje ko shampiyona y’umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 mu cyiciro cya mbere wazatangira tariki ya 18 Ukwakira uyu mwaka wa 2024, ndese hazaba hakoreshwa ibyuma bifata amashusho yo mu kibuga “Video Challenge”  abenshi bazi ku izina rya VAR. Iri koranabuhanga ribarizwa hagati y’ibihumbi 25 na 50 by’amadolari bitewe n’aho wariguze ndetse n’umubare wa cameras ushaka, rifasha umusifuzi kwemeza neza niba umupira waguye mu kibuga cyangwa hanze, umukinnyi kuba yafashe ku rushundura (Net Touching) cyangwa se niba umupira wamukozeho mbere y’uko ujya hanze…

SOMA INKURU