Musha-Mwulire: Urubyiruko rwahishuye inzititizi rufite mu kwirinda virusi itera SIDA

Mu mirenge ya Musha na Mwulire igize akarere ka Rwamagana, mu Ntara y’Iburasirazuba bemeza ko basobanukiwe n’uburyo bunyuranye bwo kwirinda kwandura virusi itera SIDA, ko ariko kutabona agakingirizo mu buryo buboroheye ari imwe mu nzira ibashora mu kuba bakwandura. Umwe mu bacukuzi ukorera ikigo Trinity Musha gicukura amabuye y’agaciro mu karere ka Rwamagana, atangaza ko akenshi baba aho bacukurira bagasohoka rimwe na rimwe, ko ariko iyo hagize umukobwa cyangwa umugore uza kumureba kujya mu gasantire gushaka agakingirizo bimugora. Uyu musore utarashatse ko amazina ye atangazwa, ufite imyaka 23, yagize ati:…

SOMA INKURU

Rwamagana: Abanyeshuri bagaragaje imbogamizi bafite mu kwirinda virusi itera SIDA

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima “RBC” igaragaza ko ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA bwiganje mu rubyiruko ruri hagati y’imyaka 15 na 24, ku kigero cya 35% ariko nubwo bimeze gutya urubyiruko rwo mu mashuri yisumbuye rwiga ruba mu kigo rutangaza ko rufite imbogamizi mu gukumira no kwirinda ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA. Iyi mbogamizi ikaba yatangajwe n’abanyeshuri biga banacumbika mu bigo by’amashuri biherereye mu karere ka Rwamagana, aho bagize bati: ” Tugorwa no kwipimisha Virusi itera SIDA kuko nta serivice zo kuyipima ziba ku ishuri, bisaba kujya mu mavuriro…

SOMA INKURU

Dore indwara zikomeje guhitana benshi mu gihe kuzirinda bishoboka

Imibare itangazwa n’inzego z’ubuzima ikomeje kugaragaza ko indwara zitandura zikomeje gukaza umurego mu kuzahaza benshi. Nk’urugero, abarwayi ba diyabete, umuvuduko w’amaraso, kanseri n’izindi bakomeje kwiyongera ku buryo buhangayikishije. N’ubwo bimeze gutyo ariko, kuzirinda birashoboka kandi mu buryo bworoshye bwashobokera buri wese. Amagara ntaguranwa amagana! Hari indwara zisanzwe zizwi ndetse zimenyerewe kuko zabayeho kuva kera, ariko ubu hagezweho indwara zitandura kandi zikomeje guhitana abantu benshi, nyamara abantu bakaba batazifatira ingamba ngo bazirinde. Uyu munsi turebere hamwe indwara ya DIYABETE. Indwara ya Diyabete ni indwara mbi kandi ihitana abantu benshi ku isi,…

SOMA INKURU

Nyamagabe kamwe mu turere Malariya yibasiye bikomeye hafashwe ingamba zo kuyirandura

Ikigo cy’Igihugu Gishizwe Ubuzima “RBC” cyatagije ubukanguramba bwo kurwanya Malariya mu karere ka Nyamagabe, bugamije ko buri rugo rugomba gutunga inzitaramibi iteye umuti, mu rwego rwo kurandura maralia Burundi yazahaje abaturange. Uwamariya Agnes, umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, atangaza ko guhugura abaturage bo mu byiciro binyuranye ari ngombwa kugira ngo abaturage basobanukirwe uko barwanya imibu yo soko y’indwara ya malariya. Uyu muyobozi akomeza atangaza ko imibare y’abarwaye Malariya irimo kwiyongera, kuko mu mwaka ushize wa 2023 nibura umuturage 1 mu baturage 10 (111/1000) yarwaye Malaria. Malariya…

SOMA INKURU

Les 5 principales conséquences du manque de sommeil

Normalement nous avons besoin de 7 à 9 heures de sommeil par nuit pour assurer nos activités quotidiennes de façon optimale. Ce n’est plus un secret, le sommeil est essentiel pour la récupération physique et mentale. À court et à long terme, la privation de sommeil peut avoir des effets néfastes sur le fonctionnement du corps et du cerveau. Les principales causes du manque de sommeil Bien souvent, nos nuits se suivent, mais ne se ressemblent pas. Le plus fréquemment, le manque de sommeil vient d’une insomnie ponctuelle, comme lorsque…

SOMA INKURU

Sobanukirwa itandukaniro ry’umuntu ufite virusi itera SIDA n’urwaye SIDA

Usanga akenshi abantu bagorwa no gutandukanya gutandukanya umuntu urwaye SIDA n’ufite Virusi itera SIDA. Kudasobanukirwa iri tandukaniro niryo rituma hari benshi bagwa mu mutego wo kuba bakwandura cyangwa bagakwirakwiza ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA. Nk’uko Sante.fr ibitangaza Virus itera SIDA ni ubwandu bwa virusi irwanya ubwirinzi bw’umubiri, iyo uwayanduye adakurikiranywe neza ngo yiyiteho, afate indyo yuzuye ndetse n’ibindi byose bituma umubiri we umererwa neza ukagira ubwirinzi buri hejuru niyo itera SIDA ikaba indwara cg uruhurirane rw’indwara zizahaza umubiri. Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA itaraboneka, kwandura VIH no…

SOMA INKURU

Byinshi ku ndwara y’igituntu ndetse n’abo gikunze kwibasira kurusha abandi

Igituntu ni indwara ikunze gufata cyane cyane ibihaha, ikaba iterwa na bagiteri (bacteries). Uretse ibihaha, igituntu gishobora gufata n’izindi ngingo harimo igufwa ry’umugongo, impyiko, ndetse n’ubwonko. Ibimenyetso byakuburira ko wibasiwe n’indwara y’igituntu Ibimenyetso by’igituntu cyibasiye ibihaha ni inkorora irenge ibyumweru bibiri, iherekejwe no gukorora  ugacira amaraso, kubabara mu gituza cyangwa kubabara mu gihe uhumeka cyangwa ukorora, kunanuka, umunaniro udashira, umuriro, kubira  ibyuya mu ijoro no kunanirwa kurya. Mu gihe igituntu cyafashe impyiko, igufa ry’umugongo cyangwa ubwonko, ibimenyetso byacyo birahinduka, bitewe n’aho cyafashe. Iyo igituntu cyafashe igufwa ry’umugongo, umuntu ababara umugongo,…

SOMA INKURU

 Rwanda: Un projet de recherche cherche à lutter contre les maladies mentales dans les écoles

Des chercheurs de l’Université du Rwanda, en collaboration avec l’Université d’Aarhus au Danemark, ont lancé le projet Cross-Mind. Ce programme de recherche vise à aborder et à réduire les problèmes de santé mentale dans les écoles primaires et secondaires du Rwanda. Selon l’Enquête sur la santé mentale au Rwanda, 2023, environ un adolescent sur dix à travers le pays est confronté à un problème de santé mentale. L’étude montre également que les Rwandais âgés de 14 à 25 ans souffrent de troubles psychologiques tels que la dépression, l’anxiété et les…

SOMA INKURU

Comment éviter la diarrhée pendant le voyage?

La diarrhée peut avoir plusieurs causes : changements des habitudes alimentaires, nourriture trop épicée ou contaminée par des virus ou des parasites, abus d’alcool ou de soleil et coup de chaleur. Puisque la diarrhée du voyageur peut survenir lorsque vous vous rendez dans la plupart des destinations voyage, voici quelques trucs simples pour l’éviter lors de vos vacances. Voici nos meilleurs conseils pour éviter de vivre ce type de maux en voyage : -S’hydrater, Faire les bons choix alimentaires, Éviter de s’exposer trop longtemps au soleil, Garder une hygiène irréprochable…

SOMA INKURU

Rwanda: Nubwo malariya yagabanyutse, haracyagaragara ibyiciro by’abo yibasira cyane

Bugesera ni kamwe mu turere 10 mu gihe cyashize kagaragaragamo umubare uri hejuru w’abarwaye malariya, ariko kuri ubu inzego z’ubuzima zemeza ko yagabanyutse bifatika nyuma y’ingamba zikomatinyije yaba iz’ubwirinzi n’iz’ubuvuzi zafashwe. Nubwo bimeze gutya hari ibyiciro by’abo ikomeje kwibasira cyane. Umuyobozi mukuru w’ibitaro bya Nyamata, Dr Rutagengwa William, yatangaje ko mu myaka 15 ishize, malariya yahoze iri mu ndwara za mbere yaba mu bitaro ndetse no mu bigo nderabuzima by’akarere ka Bugesera, biturutse ku miterere yaho kuko ubushyuhe buhaba, ububobere, ibishanga, ibiyaga, ibihuru n’ibibanza bicyubakwa n’ibindi byatumaga imibu yororoka cyane,…

SOMA INKURU