Uko ubuzima bwa Yves Kimenyi buhagaze nyuma yo kugira imvune ikomeye

Umunyezamu Kimenyi Yves wa AS Kigali yabazwe neza,ku wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023 nkuko byatangajwe n’iyi kipe ye kuri uyu wa 31 Ukwakira. Uyu munyezamu wakiniwe nabi na rutahizamu wa Musanze FC, Peter Agblevor ku cyumweru gishize, yamaze kubagirwa mu Bitaro by’Inkuru Nziza biherereye i Gikondo. AS Kigali ibinyujije kuri X (Twitter), yatangaje ko kubagwa kwa Kimenyi byagenze neza ndetse bitanga icyizere ko azakira vuba. Bati “Amakuru agezweho ku munyezamu wacu, Kimenyi Yves. Ejo kubagwa byagenze neza kandi umukinnyi wacu arimo koroherwa.” AS Kigali yakomeje igira iti “Turashimira…

SOMA INKURU

Gitifu w’umurenge wanyereje amafaranga y’abaturage yakatiwe

 Mwenedata Olivier wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Gahara, mu karere ka Kirehe,  yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu no kwishyura amafaranga yanyereje n’Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma, akaba yahamijwe icyaha cyo kunyereza umutungo w’abaturage. Yatawe muri yombi tariki ya 12 Nyakanga 2023, nyuma yo gufatirwa mu murenge wa Kigina nk’uko byemejwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB. Tariki ya 23 Ukwakira 2023, Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishije mu mizi uyu muyobozi, hemezwa ko umwanzuro uzasomwa tariki ya 30 Ukwakira. Mwenedata yakatiwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023, nyuma yo kugubwa  gitumo ari kubikuza…

SOMA INKURU

Iki ni igihe cy’intambara, nta gahenge kagomba kubaho- Benjamin Netanyahu

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko nta gahenge kagomba kubaho mu ntambara na Hamas, avuga ko iki ari “igihe cy’intambara”. Mu kiganiro n’abanyamakuru ari i Tel Aviv mu ijoro ryo ku wa mbere, Netanyahu yavuze ko ashaka gusobanura neza aho Israel ihagaze, agira ati: “Nkuko Amerika itari kwemera agahenge nyuma y’iraswa rya Pearl Harbour [bikozwe n’igisirikare cy’Ubuyapani mu ntambara ya kabiri y’isi] cyangwa nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyo ku itariki ya 11 Nzeri (9) [mu 2001], Israel ntizemera guhagarika imirwano na Hamas nyuma y’ibitero biteye ubwoba byo ku itariki…

SOMA INKURU

DR Congo ceasefire breaches: AU rethinks peace interventions

The African Union is rethinking future intervention missions in conflict zones as ceasefire breaches in the Democratic Republic Congo are forcing the East African Community Regional Force (EACRF) into combat, The East African reports. The African Union first launched its Disarmament, Demobilisation and Reintegration programme in 2011, targeting conflicts like the one in the DRC. This week, the continental bloc said its fourth phase of disarmament programmes in conflict zones will largely rely on local peace solutions backed by data. The UN Department of Peace Operations and the World Bank are…

SOMA INKURU

Des États-Unis à l’Europe, des initiatives pour mieux encadrer l’intelligence artificielle

Tandis que le président américain Joe Biden a signé lundi un décret destiné à mieux encadrer l’usage de l’intelligence artificielle dans les entreprises, le Royaume-Uni ouvre ce jeudi un grand sommet consacré aux risques associés à l’IA. Le Premier ministre britannique Rishi Sunak mise gros sur cette conférence à laquelle plusieurs dirigeants internationaux doivent participer. “Pour réaliser les promesses de l’IA et éviter les risques, nous devons gouverner cette technologie. Il n’y a pas d’autre solution”. C’est en ces termes que Joe Biden a présenté lundi 30 octobre son nouveau décret…

SOMA INKURU

Lionel Messi décroche le Ballon d’Or 2023, son huitième sacre

Lionel Messi a décroché à Paris, lundi soir, le Ballon d’Or 2023. Il obtient pour la huitième fois la plus prestigieuse récompense individuelle au football. Un record absolu et une consécration pour la “Pulga”, qui a remporté en 2022 la première Coupe du monde de sa carrière au Qatar. Et le Ballon d’Or 2023 est attribué à… Lionel Messi. L’attaquant argentin a décroché la plus prestigieuse récompense individuelle au football, lundi 30 octobre à Paris. Il s’agit de son huitième sacre, un trophée qui vient couronner un Mondial-2022 où la “Pulga” a soulevé la première…

SOMA INKURU

Ihohoterwa rikomeye ribera mu mashuri abatamugariyemo bibaviramo urupfu

Caleb Mwangi yarakubiswe cyane ku ishuri yigaho muri Kenya nyuma yuko ariye ibiryo by’inyongera byo ku ifunguro rya mu gitondo, kuburyo yagiye muri ‘coma’ akamara iminsi 11 avurirwa mu cyumba cy’indembe. Se, Fred Mwangi, ati: “Ubwo nahageraga, ntiyashoboraga kuva mu gitanda cye. Ntiyashoboraga kuvuga.” Ibi bimaze imyaka hafi ibiri bibaye, icyo gihe Caleb yari afite imyaka 13. Ubu aho yicaye hagati ya nyina na se mu ntebe y’imisego mu rugo iwabo i Mombasa, umujyi wo muri Kenya ukora ku nyanja, avuga ko rimwe na rimwe hari ubwo ata ubwenge ntamenye…

SOMA INKURU

CG Dan Munyuza yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Misiri

Tariki 29 Ukwakira 2023 nibwo Ambasaderi CG Dan Munyuza yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Misiri. Ubutumwa bwanyuze kuri X ya Ambasade y’u Rwanda mu Misiri, buvuga ko impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu, yazishyikirije Ambasaderi Nabil Habashi, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Repubulika y’Abarabu ya Misiri. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku ya 1 Kanama 2023, yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye z’Igihugu, aho CG Dan Munyuza wari uherutse gusimburwa ku buyobozi bwa Polisi y’Igihugu, yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri. CG Dan Munyuza yagiye kuri uyu mwanya asimbuye…

SOMA INKURU

Urutode rw’abahanzi bayoboye abandi bahataniye ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2023

Juno Kizigenza, Producer Element, Danny Nanone na Alyn Sano bayoboye abahanzi bahataniye ibihembo bya Isango na Muzika Awards (IMA 2023) bigiye gutangwa ku nshuro ya kane. Uyu mwaka abahanzi bahatanye mu byiciro 11 bayobowe na Juno Kizigenza, Producer Element Danny Nanone na Alyn Sano bahataniye ibihembo bitatu. Mu bahanzi bahataniye ibihembo bibiri barimo Yago, Ruti Joel, Israel Mbonyi na Vestine & Dorcas. Indirimbo “Fou de Toi” ya Element, Bruce Melodie na Ross Kana na “Igitangaza” ya Juno Kizigenza zihataniye ibihembo bibiri. Yago, umwe mu basore binjiye mu muziki mu 2022,…

SOMA INKURU

PM Ngirente urges officials to prioritize public service over self-interest

Prime Minister Edouard Ngirente has reminded government officials not to use their positions for their own interests instead of serving Rwandans. He delivered remarks at the conclusion of the 16th forum of the Unity Club Intwararumuri, held under the theme “Ndi Umunyarwanda, the ultimate concept of our existence”, on October 29. Unity Club is an association that brings together members of cabinet – former and present, their spouses, and other top government officials, with the purpose of promoting unity and contributing to the socio-economic development of the country. Ngirente noted…

SOMA INKURU